Perezida Paul Kagame witabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku Bukungu (World Economic Forum, WEF) kuri uyu wa Kabiri yaganiriye n’abayobozi batandukanye ku bufatanye …
Ubukungu
-
-
Sanlam, the largest non-banking financial services company in Africa, and Allianz, one of the world’s leading insurers and asset managers with a …
-
AmakuruAmakuru y'ingenziImirireUbukungu
Iterambere ry’Ubuhinzi muri Afurika ryagombye gushingira ku ikoranabuhanga rigezweho “Dr Mukeshimana”
by adminby adminNi amagambo agarukwaho na Minisitiri w’Ubuhinzi n’Ubworozi w’u Rwanda Dr. Mukeshimana Gerardine kuri uyu wa kabiri Tariki ya 26 Mata 2022, ubwo …
-
AmakuruAmakuru y'ingenziImibereho ya buri munsiUbukungu
Ngoma:Hatangijwe gahunda yiswe “Umwana mu Rugo”
by adminby adminIyi ni gahunda igamije guherekeza no gusubiza mu buzima busanzwe abantu bagororewe mu bigo bitandukanye by’Ikigo cy’igihugu gishinwe ingororamuco (NRS) birimo ikigo …
-
-
Urwego rw’Igihugu rw’Iterambere, RDB, rwatangaje ko mu 2021 rwanditse ishoramari ringana na miliyari 3,7$, rivuye kuri miliyari 1,3$ ryanditswe mu mwaka wabanje. …
-
AmakuruUbukungu
Sina Gerard Nyirangarama yishimira cyane imikoranire iri hagati y’Abikorera na Leta y’u Rwanda
by adminby adminNi mu kiganiro Umunyemari akaba n’uwashinze akanayobora Ese Urwibutso Sina Gerard Nyirangarama yatangaje, ubwo hari hamaze kuba amatora y’Abayobozi bashya b’Urugagaga rw’abikorera …
-
AmakuruAmakuru y'ingenziUbukungu
Kicukiro-Niboye: Hatashywe Ibiro by’Akagari ka Gatare kubatswe n’abaturage hanatangizwa iyubakwa ry’umuhanda wabo
by adminby adminUmuyobozi w’umujyi wa Kigali Bwana Rubingisa Prudence, kuri uyu wa Kabiri tariki ya 15 Werurwe 2022, yafunguye ku mugaragaro ibiro bishya by’Akagari cy’Ikitegererezo ka …
-
AmakuruAmakuru y'ingenziImiyoborereUbukungu
Kicukiro-Niboye: Umuturage Umufatanyabikorwa mu Iterambere
by adminby adminIyi ni insanganyamatsiko y’igikorwa nyamukuru cyateguwe n’Umurenge wa Niboye wo mu Karere ka kicukiro hagamijwe ahanini kwifatanya no gushimira abafatanyabikorwa bagira uruhare …
-
AmakuruAmakuru y'ingenziImirireUbukungu
Hatangijwe ubukangurambaga ku buhinzi bw’umwimerere
by adminby adminKuri uyu wa 3 Werurwe 2022, Mu Rwanda hatangijwe ubukangurambaga bugamije gushishikariza abahinzi n’abandi Baturarwanda muri rusange, kwinjira mu buhinzi bw’umwimerere hagamijwe …