• Latest
Nyagatare: Sinamenye Albert umwarimu w’indashyikirwa mu gihugu 2020,inzego zitandukanye zagize icyo zitangaza ku kuba indashyikirwa.

Nyagatare: Sinamenye Albert umwarimu w’indashyikirwa mu gihugu 2020,inzego zitandukanye zagize icyo zitangaza ku kuba indashyikirwa.

October 5, 2020
Inama ya 20 ya “Africa Food Systems” igiye kubera mu Rwanda

Inama ya 20 ya “Africa Food Systems” igiye kubera mu Rwanda

August 21, 2026
Ubuyobozi bwa Ecole Les Rossignols bishimiye intsinzi yo kugira umwana wabaye uwa 2 ku urwego rw’igihugu

Ubuyobozi bwa Ecole Les Rossignols bishimiye intsinzi yo kugira umwana wabaye uwa 2 ku urwego rw’igihugu

August 21, 2026
Ecole International La Racine yo mu Karere ka Bugesera yongeye guca agahigo iza ku mwanya wa 1 mu mashuri abanza

Ecole International La Racine yo mu Karere ka Bugesera yongeye guca agahigo iza ku mwanya wa 1 mu mashuri abanza

August 23, 2026
IKINYAMAKURU IGISABO NOMERO 36 CYASOHOTSE : SPECIAL ITANGIRA RY’AMASHURI 2026-2027

IKINYAMAKURU IGISABO NOMERO 36 CYASOHOTSE : SPECIAL ITANGIRA RY’AMASHURI 2026-2027

August 19, 2026
RBL Playoffs 2026: APR BBC yatangiye imikino ya kamarampaka ihana Patriots BBC

RBL Playoffs 2026: APR BBC yatangiye imikino ya kamarampaka ihana Patriots BBC

August 22, 2026
Spiro yamuritse moto nshya EKON M1 V3, ‘Moto y’Imisozi Igihumbi’

Spiro yamuritse moto nshya EKON M1 V3, ‘Moto y’Imisozi Igihumbi’

August 18, 2026
Umuryango Mère du Verbe wizihije Imyaka 32 umaze bamwe mu bana baharerererwa bahabwa Amasakaramentu atandukanye.

Umuryango Mère du Verbe wizihije Imyaka 32 umaze bamwe mu bana baharerererwa bahabwa Amasakaramentu atandukanye.

August 16, 2026
Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

August 10, 2026
Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

August 10, 2026
Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

Amagambo ya Perezida NEVA yatumye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’U Burundi bihagarara

August 10, 2026
Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yahaye umukoro intore z’Indangamirwa

Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yahaye umukoro intore z’Indangamirwa

August 10, 2026
CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

July 27, 2026
  • About
  • Advertise
  • Privacy & Policy
  • Contact
igisabo.rw
Advertisement
ADVERTISEMENT
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
    • All
    • Kwisi hose(world)
    • POLITIKE
    • Ubukungu
    • Ubumenyi(Science)
    Inama ya 20 ya “Africa Food Systems” igiye kubera mu Rwanda

    Inama ya 20 ya “Africa Food Systems” igiye kubera mu Rwanda

    Ubuyobozi bwa Ecole Les Rossignols bishimiye intsinzi yo kugira umwana wabaye uwa 2 ku urwego rw’igihugu

    Ubuyobozi bwa Ecole Les Rossignols bishimiye intsinzi yo kugira umwana wabaye uwa 2 ku urwego rw’igihugu

    Ecole International La Racine yo mu Karere ka Bugesera yongeye guca agahigo iza ku mwanya wa 1 mu mashuri abanza

    Ecole International La Racine yo mu Karere ka Bugesera yongeye guca agahigo iza ku mwanya wa 1 mu mashuri abanza

    IKINYAMAKURU IGISABO NOMERO 36 CYASOHOTSE : SPECIAL ITANGIRA RY’AMASHURI 2026-2027

    IKINYAMAKURU IGISABO NOMERO 36 CYASOHOTSE : SPECIAL ITANGIRA RY’AMASHURI 2026-2027

    RBL Playoffs 2026: APR BBC yatangiye imikino ya kamarampaka ihana Patriots BBC

    RBL Playoffs 2026: APR BBC yatangiye imikino ya kamarampaka ihana Patriots BBC

    Spiro yamuritse moto nshya EKON M1 V3, ‘Moto y’Imisozi Igihumbi’

    Spiro yamuritse moto nshya EKON M1 V3, ‘Moto y’Imisozi Igihumbi’

    Trending Tags

    • Trump Inauguration
    • United Stated
    • White House
    • Market Stories
    • Election Results
  • IKORANABUHANGA
    • All
    • Apps
    • Gadget
    • Mobile
    • Startup
    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Trending Tags

    • Nintendo Switch
    • CES 2017
    • Playstation 4 Pro
    • Mark Zuckerberg
  • IMYIDAGADURO
    • All
    • FILIMI
    • Imikino n'Imyidagaduro
    • Muzika
    • Siporo
    RBL Playoffs 2026: APR BBC yatangiye imikino ya kamarampaka ihana Patriots BBC

    RBL Playoffs 2026: APR BBC yatangiye imikino ya kamarampaka ihana Patriots BBC

    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    Hatangijwe Isiganwa ngaruka mwaka INGUFU N’IGARE RACE ku Ubufatanye na FERWACY

    Hatangijwe Isiganwa ngaruka mwaka INGUFU N’IGARE RACE ku Ubufatanye na FERWACY

    CECAFA: Amatike yageze hanze

    CECAFA: Amatike yageze hanze

  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
    • All
    • Fashion(Imideri)
    • Imirire
    • Ubucyerarugendo
    • Ubuzima
    Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

    Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

    OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

    OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Gakenke: Ruli Mining Trade Ltd, imyaka 15  y’intangarugero mu bigendanye n’ubucukuzi   bw’amabuye y’agaciro

    Gakenke: Ruli Mining Trade Ltd, imyaka 15 y’intangarugero mu bigendanye n’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro

    Bumbogo-Gasabo: Mukakarangwa Immaculée yasenyewe na Mudugudu Gitifu w’Akagari n’uw’Umurenge bavuga ko ntacyo babiziho

    Bumbogo-Gasabo: Mukakarangwa Immaculée yasenyewe na Mudugudu Gitifu w’Akagari n’uw’Umurenge bavuga ko ntacyo babiziho

    Trending Tags

    • Golden Globes
    • Game of Thrones
    • MotoGP 2017
    • eSports
    • Fashion Week
  • INCAMACYE
    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga  udushya no gutanga akazi

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga udushya no gutanga akazi

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

No Result
View All Result
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
    • All
    • Kwisi hose(world)
    • POLITIKE
    • Ubukungu
    • Ubumenyi(Science)
    Inama ya 20 ya “Africa Food Systems” igiye kubera mu Rwanda

    Inama ya 20 ya “Africa Food Systems” igiye kubera mu Rwanda

    Ubuyobozi bwa Ecole Les Rossignols bishimiye intsinzi yo kugira umwana wabaye uwa 2 ku urwego rw’igihugu

    Ubuyobozi bwa Ecole Les Rossignols bishimiye intsinzi yo kugira umwana wabaye uwa 2 ku urwego rw’igihugu

    Ecole International La Racine yo mu Karere ka Bugesera yongeye guca agahigo iza ku mwanya wa 1 mu mashuri abanza

    Ecole International La Racine yo mu Karere ka Bugesera yongeye guca agahigo iza ku mwanya wa 1 mu mashuri abanza

    IKINYAMAKURU IGISABO NOMERO 36 CYASOHOTSE : SPECIAL ITANGIRA RY’AMASHURI 2026-2027

    IKINYAMAKURU IGISABO NOMERO 36 CYASOHOTSE : SPECIAL ITANGIRA RY’AMASHURI 2026-2027

    RBL Playoffs 2026: APR BBC yatangiye imikino ya kamarampaka ihana Patriots BBC

    RBL Playoffs 2026: APR BBC yatangiye imikino ya kamarampaka ihana Patriots BBC

    Spiro yamuritse moto nshya EKON M1 V3, ‘Moto y’Imisozi Igihumbi’

    Spiro yamuritse moto nshya EKON M1 V3, ‘Moto y’Imisozi Igihumbi’

    Trending Tags

    • Trump Inauguration
    • United Stated
    • White House
    • Market Stories
    • Election Results
  • IKORANABUHANGA
    • All
    • Apps
    • Gadget
    • Mobile
    • Startup
    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Trending Tags

    • Nintendo Switch
    • CES 2017
    • Playstation 4 Pro
    • Mark Zuckerberg
  • IMYIDAGADURO
    • All
    • FILIMI
    • Imikino n'Imyidagaduro
    • Muzika
    • Siporo
    RBL Playoffs 2026: APR BBC yatangiye imikino ya kamarampaka ihana Patriots BBC

    RBL Playoffs 2026: APR BBC yatangiye imikino ya kamarampaka ihana Patriots BBC

    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Abanyamakuru 2 ba Kigalitoday basezeranye kubana Akaramata

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    Rayon sport yaguze Myugariro w’Umunya Cote d’ivoire

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    CECAFA: APR yisubiyeho itsinda umukino wa kabiri

    Hatangijwe Isiganwa ngaruka mwaka INGUFU N’IGARE RACE ku Ubufatanye na FERWACY

    Hatangijwe Isiganwa ngaruka mwaka INGUFU N’IGARE RACE ku Ubufatanye na FERWACY

    CECAFA: Amatike yageze hanze

    CECAFA: Amatike yageze hanze

  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
    • All
    • Fashion(Imideri)
    • Imirire
    • Ubucyerarugendo
    • Ubuzima
    Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

    Umuherwe Bill Gates yasuye u Rwanda

    OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

    OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Gakenke: Ruli Mining Trade Ltd, imyaka 15  y’intangarugero mu bigendanye n’ubucukuzi   bw’amabuye y’agaciro

    Gakenke: Ruli Mining Trade Ltd, imyaka 15 y’intangarugero mu bigendanye n’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro

    Bumbogo-Gasabo: Mukakarangwa Immaculée yasenyewe na Mudugudu Gitifu w’Akagari n’uw’Umurenge bavuga ko ntacyo babiziho

    Bumbogo-Gasabo: Mukakarangwa Immaculée yasenyewe na Mudugudu Gitifu w’Akagari n’uw’Umurenge bavuga ko ntacyo babiziho

    Trending Tags

    • Golden Globes
    • Game of Thrones
    • MotoGP 2017
    • eSports
    • Fashion Week
  • INCAMACYE
    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga  udushya no gutanga akazi

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga udushya no gutanga akazi

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

No Result
View All Result
igisabo.rw
No Result
View All Result
Home Amakuru Ubumenyi(Science)

Nyagatare: Sinamenye Albert umwarimu w’indashyikirwa mu gihugu 2020,inzego zitandukanye zagize icyo zitangaza ku kuba indashyikirwa.

admin by admin
October 5, 2020
in Ubumenyi(Science)
0
Nyagatare: Sinamenye Albert umwarimu w’indashyikirwa mu gihugu 2020,inzego zitandukanye zagize icyo zitangaza ku kuba indashyikirwa.
0
SHARES
1.3k
VIEWS
Share on FacebookShare on Twitter

 Ku itariki ya 05 ukwakira buri mwaka hizihizwa umunsi wa mwalimu,kuri ino nshuro uyu munsi ugiye kwizihizwa mu buryo budasanzwe kubera icyorezo cya covid 19,aho ibirori byo kuwizihizwa biza kunyura ku bitangazamakuru by’igihugu guhera saa cyenda z’amanywa,ni muri urwo rwego Ikinyamakuru Igisabo.rw tugiye kubagezaho bimwe mu mateka y’umwalimu witwa Sinamenye Albert wahize abandi muri uno mwaka.

Sinamenye Albert yabonye izuba kuya 26/04/1984, akaba yaravukiye mu Murenge wa Gatunda wo mu Karere ka Nyagatare,akaba avuka kuri Karangwa Jean Bosco na Nibarere Verene,kugeza ubu akaba atuye mu Murenge wa Rukomo muri Nyagatare.

Mwalimu Sinamenye Albert yize amashuri abanza muri Rukomo I Primary School,atangirira amashuri yisumbuye kuri College ADEGI Gituza,ayakomereza kuri Ecole Secondaire de Kicukiro (EFOTEK) mi ishami ry’imibare n’ubugenge(Math-Physics),yakomeje icyiciro cya mbere cya kaminuza mu ishuri rikuru nderabarezi rya Kigali (KIE)Mu ishami ry’imibare,ubugenge n’uburezi(Maths-Physics and Education),amashuri yayakomereje mu cyiciro cya kabiri cya kaminuza muri kaminuza ya Mount Kenya University muri ya mashami yakurikiranye kuva cyera,uyu mwalimu wihebeye umwuga w’uburezi kuva cyera yatangiye yigisha muri College chretien de Muvumba(COCMU) I Nyagatare ,Ahava ajya Kwigisha muri Rukomo Secondary School SOPEM I Nyagatare,nyuma yerekeza muri G.S Rwebare maze nyuma yo kubona impamyabushobozi y’icyiciro cya kabiri cya kaminuza agaruka muri Rukomo Secondary School SOPEM I Nyagatare Ariho yabereye indashyikirwa agikora

Sinamenye Albert umwarimu w’indashyikirwa ya 2020 mu gihugu

Bimaze kumenyekana ko mwalimu Sinamenye Albert yabaye umwarimu w’indashyikirwa kandi turi mu bihe abana batari kujya ku ishuri,twiyambaje umuyobozi w’ikigo cy’uburezi REB Dr Ndayambaje Irene maze agira ati’’nubwo abanyeshuri batajyaga kwiga ariko hari abarimu bagaragaje ubushake bwo gufasha abanyeshuri ubwo bari bari mu rugo,ndetse bafasha abaturage kwibonera ibisubizo by’ibibazo bafite aho guheranwa n’icyorezo cya Covid 19,

hari kandi n’abarimu bagaragaje ishyaka ryo kwiteza imbere muri bino bihe,by’akarusho hari abarimu bahanze udushya dutandukanye twagiriye akamaro abanyeshuri ndetse n’abaturage muri rusange,ibyo bikaba byaragendeweho hatoranywa umwarimu w’indashyikirwa muri uno mwaka wa 2020.

Dr Ndayambaje Irene umuyobozi wa REB yemezako abarimu bahize abandi ari abakoze ibikorwa byafashije abanyeshuri n’abaturage mu gihe cya covid 19

Mu buhamya butangwa n’abarimu bakorana na Sinamenye bemeza ko nabo batunguwe n’uburyo yazanye impinduka zitandukanye nk’umwarimu w’ubumenyingiro muri Sopem,mu gihe cya covid 19 uyu mwalimu yakoze umushinga wo gukora umuti usukura intoki izwi nka hand sanitizer yifashishwa na benshi mu guhangana na covid 19,ibi bikaba byarafashije abatari bacye ndetse nawe bikamwinjiriza amafaranga,ni ubuhamya twahawe n’umwalimu uhagarariye abandi (Doyen) muri Sopem ariwe Nzabonariba Theodor.

Mwalimu Nzabonariba Theodor Uhagarariye abarimu muri Sopem Nawe yemeza ko Albert ari indashyikirwa bidashidikanywaho

Mwalimu Sinamenye kandi mu rwego rwo guteza imbere imyigishirize atoza abana guhanga udushya ,yafashije abanyeshuri yigisha mu kigo cya SOPEM gukora Periscope(Jomeri)ifasha umuntu kureba kure,bayikoze bifashishije ibikariro n’indorerwamo (Mirror).

Abana bigishwa na Sinamenye Albert bari mu bumenyingiro bwo gukora Perescope(Jimeri)

Mu bihe bya covid 19 kandi uyu mwarimu aho gutaka inzara,ibi bihe byamubereye umwanya mwiza wo gukurikirana ibikorwa bye by’ubworozi bw’inkoko maze abuteza imbere nawe bimufasha kongera umusaruro w’ibyo yinjizaga.

Sinamenye Yakoze umuti usukura intoki mu rwego rwo kurwanya covid 19

Ikinyamakuru igisabo cyaganiriye na bamwe mu bafite aho bahuriye n’uburezi by’umwihariko ku busobanuro buhabwa umwalimu w’indashyikirwa maze Madamu Musabwa Semariza ushinzwe uburezi mu Karere ka Burera  ati’’umwalimu w’indashyikirwa ni uwagaragaje ibikorwa byiza kurusha abandi hashingiwe ku nkingi ziba zatanzwe na REB, Akomeza agira ati’’guhemba umwalimu w’indashyikirwa ni igikorwa cyiza kuko bitera abandi akanyabugabo bigatuma bakorera ku mihigo.

Umukozi ushinzwe uburezi mu karere ka Kamonyi  Bwana Uwamahoro Fidel nawe yatangarije Igisabo.rw ko’’ Umwarimu  w’indashyikirwa  bisobanuye umwarimu wakoze neza umurimo  we , agahanga udushya mu burezi ariko muri iki gihe duhanganye n’icyorezo cya COVID 19 ,Akaba ashoboye gufasha abanyeshuri ndetse n’ababyeyi  hakoreshwejwe  ikorana  buhanga.

Sinamenye Albert yifatanya n’abaturage mu bikorwa byo kubaka ibyumba by’amashuri

Musabwa Semariza Yakomeje agira ati’’Umwarimu  agirwa indashyikirwa hashingiwe ku manota yagize  ni ukuvuga umwarimu warushije  abandi hakurikijwe ingingo zatanzwe na REB :mu buryo bukurikira:

Ibikorwa bishingirwaho mu gutanga amanota mu giHe cy’amarushanwaAmanota/100 Mu mashuri abanza/AMASHURI YISUMBUYE
1.Umwarimu ategura neza amasomo kandi akifashisha ikoranabuhanga mu kwigisha/25 pts
2. Umwarimu yashoboye guhanga udushya yifashishije ikoranabuhanga mu gufasha abanyeshuri muri iki gihe bari mu rugo kubera icyorezo cya cov1D – 19/25pts
1. Umwarimu yagaragaje ibikorwa bifatika by’intangarugero mu mibanire ye na bagenzi be muri ikigihe k’icyorezocya COVID-19./10pts
2. Umwarimu yitabiriye ibikorwa rusange yahamagawemo bijyanye no kubaka Ibyumba by’ amashuri, gufataneza ibikoresho bibitse mu mashuri nka muzasobwa, ibitabo n’ibindi)/5pts
3. Umwarimu yakoze ibikorwa Byindashyikirwa mu kurwanya ihohoterwa rikorerwa abana no kurinda ko abana bashorwa mu mirimo itajyanye n’ikigero cyabo muri ikigihe k’icyorezo cya COVID-19./5pts
4. Yagize uruhare rukomeye mu kuba intangarugero no gukangurira abaturanyi be kubahiriza amabwiriza yo kwirinda icyorezo cya COVID-19./5pts
1. Ni umunyamuryango w’Umwarimu SACCO/5 pts
2. Hari ibikorwa by’indashyikirwa agaragaza mu kwiteza imbere/l0pts
3.Yahanze udushya mu rwego rwo kurwanya icyorezocya COVID 19 agamije kwiteza imbere/ 10pts
IGITERANYO CY’AMANOTA YOSE100
Bimwe mu bipimo bigenderwaho hatoranywa umwarimu w’indashyikirwa
Mwalimu Sinamenye afatanya n’abandi mu bikorwa byo gufasha abatishoboye

Dushingiye ku byatangajwe na bamwe mu bashinzwe uburezi mu turere dutandukanye ndetse n’ubuhamya butangazwa n’umuyobozi wa SOPEM Bwana Ntambara  Phocus aho yatangarije itangazamakuru ko Mwalimu Sinamenye Albert asanzwe ari umwalimu mwiza,kandi ukunda gukoresha ikoranabuhanga mu kazi ke ka buri munsi,kuri Phocus ngo byabashimishije kuba yagizwe indashyikirwa ariko ngo nta nubwo byabatangaje cyane kubera imikorereye isanzwe irangwa no guhanga udushya no gukorera ku mihigo.ibi bikababigaragaza ko uyu mwalimu ari indashyikirwa koko.

Kuba Sinamenye Albert yabaye umwarimu w’indashyikirwa byabaye ishema ku Karere ka Nyagatare nkuko byatangajwe n’umuyobozi wa kano Karere Bwana Mushabe David Claudian aho agira ati’’twanejejwe no kumenya ko twongeye kugira umwalimu w’indashyikirwa ku rwego rw’igihugu,dore ko no mu mwaka wa 2018 nabwo Akarere kacu kari kesheje umuhigo wo kugira umwarimu w’indashyikirwa,ibi bikaba ari umukoro ukomeye wo gukomeza gukora neza kugirango dusigasire ibyiza tumaze kugeraho.

Mushabe David Claudian nawe yishimiye kuba bongeye kugira umwalimu w’indashyikirwa mu rwego rw’Igihugu

tubibutse ko uyu mwarimu aherutse guhabwa igihembo na sendika y’abarimu mu Rwanda mu rwego rwo kumushimira ndetse n’ikigo akoraho cya SOPEM kikagenerwa inkunga y’ibihumbi Maganane (400,000 frw)azafasha abarezi bo muri icyo kigo mu gushyira mu bikorwa umushinga wabo w’ubworozi bw’ingurube,ibi bibaye mu gihe hategerejwe umuhango wo kwizihiza umunsi wa mwarimu uri bube kuri uyu wa 05 ukwakira ibirori biza kwizihizwa hiyambajwe itangazamakuru.

Sinamenye Albert mugihe cya Covid 19 yabonye umwanya wo guteza imbere ubworozi bwe bw’inkoko
Abana bigishwa na Sinamenye biga bashyira mu bikorwa bifashishije ibikoresho byabugenewe
Abanyeshuri biga muri SOPEM Aho Sinamenye Albert yigisha bimakaje ikoranabuhanga mu myigire yabo

Inkuru yateguwe na: NDAYISABA Eric

Contact: 0782511443

Email: ndayisabaeric501@gmail.com

Twitter: NDAYERICUS

Previous Post

Ishyaka PSR mu ngamba nshya zo kurengera ibidukikije

Next Post

Perezida wa Kiyovu Sport yijeje abakinnyi bafitiwe amadeni Ko Bazishyurwa Bidatinze

admin

admin

Next Post
Ubumwe bw’ikipe ya Kiyovu Sport ibanga rikomeye barusha andi makipe

Perezida wa Kiyovu Sport yijeje abakinnyi bafitiwe amadeni Ko Bazishyurwa Bidatinze

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Stay Connected test

  • 99 Subscribers
ADVERTISEMENT
  • Trending
  • Comments
  • Latest

Dore igisubizo ku bagabo bafite igitsina gito

December 30, 2020
Sobanukirwa uko amapeti y’abapolisi mu Rwanda arutanwa n’imishahara yabo

Sobanukirwa uko amapeti y’abapolisi mu Rwanda arutanwa n’imishahara yabo

September 19, 2020

Gitisi Secondary & TVET School ni Amizero arambye y’urubyiruko rwahisemo kuhiga

September 3, 2021
Menya ibigo by’amashuri by’ubukombe mu byigenge hano mu Rwanda

Menya ibigo by’amashuri by’ubukombe mu byigenge hano mu Rwanda

December 14, 2020

Hello world!

1
Kicukiro: Akagari ka Nyanza  bakomeje kubaka akajagari bakingiwe ikibaba n’Abayobozi b’inzego z’ibanze

Kicukiro: Akagari ka Nyanza bakomeje kubaka akajagari bakingiwe ikibaba n’Abayobozi b’inzego z’ibanze

1

Washington prepares for Donald Trump’s big moment

0
Inama ya 20 ya “Africa Food Systems” igiye kubera mu Rwanda

Inama ya 20 ya “Africa Food Systems” igiye kubera mu Rwanda

0
Inama ya 20 ya “Africa Food Systems” igiye kubera mu Rwanda

Inama ya 20 ya “Africa Food Systems” igiye kubera mu Rwanda

August 21, 2026
Ubuyobozi bwa Ecole Les Rossignols bishimiye intsinzi yo kugira umwana wabaye uwa 2 ku urwego rw’igihugu

Ubuyobozi bwa Ecole Les Rossignols bishimiye intsinzi yo kugira umwana wabaye uwa 2 ku urwego rw’igihugu

August 21, 2026
Ecole International La Racine yo mu Karere ka Bugesera yongeye guca agahigo iza ku mwanya wa 1 mu mashuri abanza

Ecole International La Racine yo mu Karere ka Bugesera yongeye guca agahigo iza ku mwanya wa 1 mu mashuri abanza

August 23, 2026
IKINYAMAKURU IGISABO NOMERO 36 CYASOHOTSE : SPECIAL ITANGIRA RY’AMASHURI 2026-2027

IKINYAMAKURU IGISABO NOMERO 36 CYASOHOTSE : SPECIAL ITANGIRA RY’AMASHURI 2026-2027

August 19, 2026

Recent News

Inama ya 20 ya “Africa Food Systems” igiye kubera mu Rwanda

Inama ya 20 ya “Africa Food Systems” igiye kubera mu Rwanda

August 21, 2026
Ubuyobozi bwa Ecole Les Rossignols bishimiye intsinzi yo kugira umwana wabaye uwa 2 ku urwego rw’igihugu

Ubuyobozi bwa Ecole Les Rossignols bishimiye intsinzi yo kugira umwana wabaye uwa 2 ku urwego rw’igihugu

August 21, 2026
Ecole International La Racine yo mu Karere ka Bugesera yongeye guca agahigo iza ku mwanya wa 1 mu mashuri abanza

Ecole International La Racine yo mu Karere ka Bugesera yongeye guca agahigo iza ku mwanya wa 1 mu mashuri abanza

August 23, 2026
IKINYAMAKURU IGISABO NOMERO 36 CYASOHOTSE : SPECIAL ITANGIRA RY’AMASHURI 2026-2027

IKINYAMAKURU IGISABO NOMERO 36 CYASOHOTSE : SPECIAL ITANGIRA RY’AMASHURI 2026-2027

August 19, 2026

We bring you the latest news with facts. Check our landing page for details.

Follow Us

Browse by Category

Recent News

Inama ya 20 ya “Africa Food Systems” igiye kubera mu Rwanda

Inama ya 20 ya “Africa Food Systems” igiye kubera mu Rwanda

August 21, 2026
Ubuyobozi bwa Ecole Les Rossignols bishimiye intsinzi yo kugira umwana wabaye uwa 2 ku urwego rw’igihugu

Ubuyobozi bwa Ecole Les Rossignols bishimiye intsinzi yo kugira umwana wabaye uwa 2 ku urwego rw’igihugu

August 21, 2026
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMYIDAGADURO
  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
  • INCAMACYE

© 2016 All Right Reserved IGISABO NEW PAPER Developed by ~MORGAN NIYITEGEKA

No Result
View All Result
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMYIDAGADURO
  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
  • INCAMACYE

© 2016 All Right Reserved IGISABO NEW PAPER Developed by ~MORGAN NIYITEGEKA