Imvugo imaze kuba ikimenywa na bose igira iti ‘’ icyambere ni amakuru’’ abamenye iri banga bamaze kuribyaza umusaruro aho bashyikiriza amakuru abayakeneye maze bikababyarira umusaruro.
Amakuru acuruzwa ate?
Ubu ku isi yose bamwe mu baherwe bamaze kuba ibirangirire kubera gucuruza amakuru, aha twavuga ibinyamakuru bitandukanye bikomeye ku isi , aba bikoramo babaye abaherwe kubera kugeza amakuru kubatabasha kuyibonera.
Ibigo bikomeye by’itumanaho aheshi byungukira mu babigana bashaka guhana amakuru na bagenzi babo ndetse no gusangira ibitekerezo, aha twavuga abakoresha whatsapp, facebook, instagram n’izindi mbuga nkoranyambaga.
Ikoranabuhanga kandi ryiyambazwa n’abatari bacye kugirango bamenyekanishe ibikorwa byabo, bamamaze ndetse hari n’abaryifashisha kugirango bahinduke ibyamamare maze ibyo bakora birusheho kugenda neza.
Ese birashoboka ko mu Rwanda umuntu yakwinjira mu bucuruzi bw’amakuru?
Igisubizo ni yego, ariko mu bihugu bitaratera imbere bisaba kuba ufite icyo utangaho amakuru, urugero ushobora ku menyesha abantu aho babona ibicuruzwa runaka, icyo gihe abo urangiye bakaguha igihembo kizwi nka komisiyo, ushobora kurangira abantu ahantu babona ubuvuzi bw’indwara bafite batari bazi ko imiti yazo ihari, icyo gihe banyiri ugucuruza iyo miti na nyiri ukuyigura bakaguha igihembo.
Ubu bucuruzio rero hano mu Rwanda burashoboka kandi bukorwa na benshi bukabatunga n’imiryango yabo, gusa bisaba ubushishozi no kuba umenyereye akazi k’ubushabitsi kandi utagira isoni zo gusobanurira abantu ibyo ukora.
Ubu ibigo bitandukanye bikoresha buno bucuruzi mu kugezaho abantu serivise zitandukanye cyane cyane iz’ubuzima, dore ko hari benshi barinda Babura ubuzima bwabo kubera kutamenya ko hari ubuvuzi bugezweho buri mu Rwanda.
Mu rwego rwo guha abanyarwanda serivise nziza tugiye kuzajya tubagezaho inkuru zagufasha kwihangira umurimo kandi ukiteza imbere ikinjiza ifaranga.
Bisaba iki kugirango winjize amafaranga ukoresheje ikoranabuhanga n’itumanaho?
Wikongera kwirirwa upfusha ubusa amafaranga ugura internet yo kureba ibidafite umumaro, ubu wakoresha internet yawe uyibyaza amafaranga wibereye iwawe cyangwa mu kandi kazi usanzwe ukora, bisaba kuba ufite telefoni igezweho (smart phone cg Computer ndetse ukagira na internet), maze ukajya usangiza isi yose amakuru y’ubuzima ndetse n’imiti yabafasha aho bari hose ku isi.
Ikinyamakuru igisabo nicyo cyonyine kiguhuza n’ibigo bikomeye kandi byemewe mu Rwanda mu gufasha abatari bacye kumenya amakuru y’ubuzima bwabo ndetse n’uburyo barinda ubuzima bwabo bakoresheje imiti itagira ingaruka ku mu biri, wowe icyo usabwa ni ugukwirakwiza aya makuru kuri benshi bashoboka maze ku biguzwe byose ugahabwa igihembo mu buryo bufatika.
Niba wari warabuze akazi cyangwa uhembwa umushahara utakunyuze, cyangwa ushaka kwikorera ku giti cyawe duhamagare/whatsapp kuri 0782511443 cyangwa utwandikire kuri email: ndayisabaeric501@gmail.com tugusobanurire uko watangira kwinjiza ifaranga itavuye aho uri. Turagufasha kumenye uko bikorwa kandi tugufashe kugeza ubashije gutangira kwinjiza ifaranga. tugane utandukane n’ubushomeri cyangwa udusure aho dukorera I Remera mu mujyi wa Kigali mu nyubako ikoreramo RMC/ARJ.
Mu nkuru zacu z’ubutaha tuzabagezaho imiti ikoze mu bimera igezweho ku rwego mpuzamahanga, ifite umwihariko mu kuvura indwara zikomeye.maze ayo makuru uyasangize abatuye isi maze nawe ubashe kubona ifaranga.


