Muri iki gitondo nibwo AJSPOR Yasohotse itangazo risa n’irinenga abanyamakuru b’imikino kuri Radiyo 10, ndetse na Radio ubwayo, Gusa iri tangazo ryanenzwe n’abakurikiranira hafi siporo mu Rwanda ku kuko nta mukono ugaragara ry’uwasinye kuri iri tangazo, ibi bikaba byaherikaga ku itangazo ryari ryasohowe na minisiteri.
AJSPORT muri rino tangazo yagaragaje ko yitandukanyije n’imikorere y’abanyamakuru ba siporo kuri Radio 10, aho yagize iti’’

