Hamaze kumenyekana umunsi abanyeshuri bazatangirira ibiruhuko

admin
1 Min Read

Mu gihe ibizamini byo mu mashuri abanza n’a’y’isumbuye birimbanyije, Ubuyobozi bwa Ministeri y’Uburezi bafatanyije n’Ikigo cy’igihugu gishinzwe Uburezi NESA, bamaze gutangaza gahunda n’uburyo abana bazajya mu biruhuko bisoza umwaka w’amashuri 2023-2024 kuva kuwa 05 kugeza kuwa 08 Nyakanga 2024, bityo basaba ababyeyi kwihutira kugeza ku bana babo amafaranga y’urugendo ruzabakura mu bigo byabo berekeza iwabo.

Itangazo rya NESA rivuga ko ingendo za mbere zizatangira gukurikizwa tariki 5-8 Nyakanga 2024.

Share This Article
Leave a Comment

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *