Perezida wa Sudani y’Epfo, Salva Kiir Mayardit, yirukanye umwe mu ba Visi Perezida be, Benjamin Bol Mel, amwambura ipeti rya ‘General’ ndetse …
November 2025
-
-
Urukiko rw’Ibanze rwa Kiyumba mu Karere ka Muhanga, rwakatiye Musonera Germain igifungo cy’imyaka 20, runamutegeka guha IBUKA indishyi z’akababaro zingana na Miliyoni …
-
Minisitiri w’Ibikorwaremezo, Dr Jimmy Gasore, yateguje ko mu bihe biri imbere abatuye mu Mujyi wa Kigali bafite amikoro make bazajya bararana muri …
-
AmakuruImibereho ya buri munsiUbukungu
Ibura ry’ibyapa biyobora na Nomero ziranga inzu bibangamiye abasura umujyi wa Rubavu
by adminby adminKimwe n’indi mijyi ikomeye yo mu Rwanda, Umujyi wa Rubavu ugendwa n’abaturutse imihanda yose y’isi, uretse abanyarwanda abanyamahanga bawirirwamo bakanawuraramo, gusa ikibazo …
-
AmakuruImibereho ya buri munsiUncategorized
Minisitiri Dr Biruta yajyanye ubutumwa bwa Perezida Kagame muri Angola
by adminby adminMinisitiri w’Umutekano mu Gihugu, Dr Vincent Biruta, yashyikirije João Lourenço wa Angola ubutumwa bwa Perezida Paul Kagame bwo kwifuriza iki gihugu isabukuru …
-
AmakuruUburezi
Madamu Jeannette Kagame yashimiye Ishuri Rikuru rya Kepler ryimakaza uburezi budaheza
by adminby adminMadamu Jeannette Kagame yagaragaje ko yanejejwe n’uburyo ishuri rya Kepler College rishyigikira uburezi budaheza cyane impunzi kuko nk’umuntu wakuriye mu buhunzi yumva …
-
Abakora ubucukuzi bw’amabuye y’Agaciro bakorera mu ishyamba rya Gishwati mu karere ka Nyabihu mu Ntara y’Iburengerazuba, bavuga ko bishimira intambwe bamaze kugeraho …
-
AmakuruIkoranabuhanga
IBTC Kigali ishyigikiye ko gahunda z’ikoranabuhanga na Tekinike zakwigishwa mu Kinyarwanda
by adminby adminUmuyobozi mukuru wa IBTC Kigali ikigo kizobereye mu gutanga serivisi z’Ikoranabuhanga dore ko gifite n’ishuri ryigisha ibigendanye no gukora no gutunganya amashusho …
-
AmakuruImikino n'Imyidagaduro
Rutongo Mines FC yinjiye muri ½ itsinze GMDC 3 ku ubusa
by adminby adminMu mukino wo kwishyura muri ½ ku makipe ari guhatanira igikombe cy’irushanwa riri guhuza Ibigo bikora ku bigendanye n’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro, kuri …
-
AmakuruUbukunguUncategorized
Sina Gerard Nyirangarama yavuze kubikubiye mu gitabo “Umuhangamirimo mu rugendo rw’Ubuzima”
by adminby adminImbere yabitabiriye Umunsi Mukuru Nyafurika w’Abanditsi wabaye kuwa 06 Ugushyingo 2025, Rwiyemezamirimo akaba n’Umwanditsi Dr Sina Gerard yasobanuye birambuye ibikubiye mu gitabo …