Polisi y’u Rwanda yagaragaje ko Umuryango w’Abibumbye, ukwiye kwihutira gutabara abaturage bari mu bice birangwamo amakimbirane, mu gihe amahoro ataregerwaho. U Rwanda …
June 2024
-
-
Perezida wa Angola, João Lourenço, yatangaje ko hari gukorwa ibishoboka kugira ngo Perezida Paul Kagame w’u Rwanda na Félix Tshisekedi wa Repubulika …
-
Kagame Paul, umukandida ku mwanya w’Umukuru w’Igihugu uhagarariye Umuryango FPR-Inkotanyi n’indi mitwe ya politike umunani yamushyigikiye, yatangaje ko iterambere Abanyarwanda bagezeho ritabashyira …
-
AmakuruAmakuru y'ingenziUburezi
Abafite abana muri Mother Mary International School Complex bavuga ko bahisemo neza
by adminby adminMu gikorwa cyo gusoza umwaka w’amashuri 2023-2024 hatangwa impamyabumenyi ku bana basoje ikiburamwaka Nursary n’abo mu mwaka wa gatandatu ubanza Primary, ababyeyi baharereshereza …
-
Uncategorized
Abakozi n’abakiri mu myitozo y’akazi muri Highsec Company Ltd bahuguwe ku bigendanye n’amatora
by adminby adminMu gihe abanyarwanda bose bakomeje kwitegura amatora y’umukuru w’igihugu n’ay’Abadepite hakorwa gahunda yo kwiyayamamaza no kwamamaza , Ikigo kigenga gishinzwe gucunga umutekano …
-
AmakuruAmakuru y'ingenziPOLITIKEUbutabera
Burundi: Gen Bunyoni wabaye Minisitiri w’Intebe yakatiwe burundu
by adminby adminGeneral Alain Guillaume Bunyoni wahoze ari Minisitiri w’intebe w’u Burundi, yatsinzwe mu rubanza bujurire, akatirwa gufungwa ubuzima bwose. Urukiko rukuru rw’ubujurire rwemeje …
-
AmakuruAmakuru y'ingenziImibereho ya buri munsiImiyoborere
Nimutora ishyaka rya ‘Green Party’ ntabwo muzicuza-Dr Frank Habineza ubwo yiyamamarizaga mu Karere ka Nyanza
by adminby adminUmukandida wa ‘DGPR’ Dr Frank Habineza ubwo yiyamamazaga mu Karere ka Nyanza yabwiye abaturage baho ko nibaramuka babagiriye icyizere bakabatora mu matora …
-
AmakuruAmakuru y'ingenziImibereho ya buri munsiImiyoborerePOLITIKE
Dr Frank Habineza yemereye abaturage ba Nyagatare kujya bafungura gatatu ku munsi
by adminby adminKu munsi wa gatanu w’ibikorwa byo kwiyamamaza, Umukandida ku mwanya wa Perezida wa Repubulika watanzwe n’ishyaka riharanira demokarasi no kurengera ibidukikije ‘Democratic …
-
AmakuruAmakuru y'ingenziImiyoborerePOLITIKE
Dr Frank Habineza yijeje abaturage ba Kirehe ko ubukerarugendo bugiye kuba mpuzamahanga kubura amazi bikaba amateka
by adminby adminUbwo yiyamamazaga ku munsi wa Kane, Dr Frank Habineza watanzwe n’ishyaka riharanira demokarasi no kurengera ibidukikije ‘Democratic Green Party’ yijeje abaturage ba …
-
AmakuruAmakuru y'ingenziUburezi
Hamaze kumenyekana umunsi abanyeshuri bazatangirira ibiruhuko
by adminby adminMu gihe ibizamini byo mu mashuri abanza n’a’y’isumbuye birimbanyije, Ubuyobozi bwa Ministeri y’Uburezi bafatanyije n’Ikigo cy’igihugu gishinzwe Uburezi NESA, bamaze gutangaza gahunda …