Perezida Kagame yavuze ko ubwo u Rwanda rwatangiraga urugendo rwo kongera kwiyubaka, ikintu cy’ibanze kandi gikomeye rwakoze ari uguhindura imyumvire y’abaturage bumvaga …
April 2024
-
-
AmakuruPOLITIKE
Senateri Evode Uwizeyimana yagaragaje ko ibikorwa bya Tsisekedi bisa n’ibya Habyariman
by adminby adminSenateri mu Nteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda akaba n’Umunyamategeko, Uwizeyimana Evode, yemeza ko Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi, …
-
Urukiko rw’Ibanze rwa Nyarugenge kuri uyu wa kane tariki 18 Mata 2024 rwahamije umunyamakuru Nkundineza Jean Paul ibyaha byo gutukana mu ruhame …
-
AmakuruPOLITIKE
Umugaba mukuru w’ingabo za Kenya ashobora kuba yaguye mu mpanuka y’indege
by adminby adminKajugujugu yari irimo Umugaba Mukuru w’Ingabo za Kenya, Général Francis Omondi Ogolla, yakoze impanuka ikomeye kuri uyu wa 18 Mata 2024, irashya …
-
AmakuruImibereho ya buri munsi
Guverinoma y’u Rwanda yongereye ingengo y’imari itanga nka nkunganire muri gahunda yo kugaburira abana ku ishuri
by adminby adminGuverinoma y’u Rwanda yongereye ingengo y’imari itanga nka nkunganire muri gahunda yo kugaburira abana ku ishuri aho yavuye kuri miliyari 6 Frw …
-
Ibi byagarutsweho na Minisitiri w’Intebe Dr Edouard Ngirente kuri uyu wa Kane, ubwo yagezaga ku bagize Inteko Ishinga amategeko Imitwe yombi ibikorwa …
-
Mu rukerera rwo kuri uyu wa Gatatu tariki 17 Mata 2024, nibwo ikipe y’Ingabo z’Igihugu cy’u mu mukino wa Handball (APR HC), …
-
Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen Muhoozi Kainerugaba, yakiriye itsinda ry’abasirikare b’u Rwanda riyobowe n’Umugaba w’Ingabo zirwanira ku butaka, Gen Maj Vincent …
-
AmakuruPOLITIKE
Minisitiri w’Intebe Dr. Ngirente yakiriye Madamu Heike Uta Dettmann, Ambasaderi w’Ubudage mu Rwanda
by adminby adminMinisitiri w’Intebe Dr. Ngirente kuri uyu wa Gatatu tariki 17 Mata 2024 yakiriye Madamu Heike Uta Dettmann, Ambasaderi w’Ubudage mu Rwanda bagirana …
-
AmakuruPOLITIKE
U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi
by adminby adminUmunyamabanga Uhoraho muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Clementine Mukeka yakiriye itsinda ry’abayobozi bo muri Georgia, riyobowe n’Umuyobozi ushinzwe Afurika n’Uburasirazuba bwo hagati …