Kuri uyu wa Mbere muri Village Urugwiro, Perezida wa Repubulika Paul Kagame yakiriye mugenzi we wa Madagascar Andry Rajoelina uri mu ruzinduko …
August 2023
-
-
Mu birori byo kwizihiza Umunsi w’Umuganura byabereye mu Murenge wa Gataraga mu Karere ka Musanze, Minisitiri w’Urubyiruko Dr Utumatwishima Jean Népo Abdallah, …
-
AmakuruPOLITIKEUncategorized
Dr Bizimana yagize icyo abwira abibaza ku by’amoko Gakondo
by adminby adminMinisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu, Dr Jean Damascène Bizimana yatangaje ko ubwoko gakondo abantu bahuriyeho igihe abantu bashaka kubukoresha mu nzira zimika …
-
Nyuma y’imyaka ibiri inzego z’umutekano z’u Rwanda zifatanya n’iza Mozambique kurwanya iterabwoba mu Ntara ya Cabo Delgado, abayobozi mu bihugu byombi baravuga …
-
Abanyarwanda baba hirya no hino mu Bubiligi bahuriye mu gikorwa cyo kwihiziza ‘Umuganura’ ufatwa nk’umunsi ukomeye mu muco Nyarwanda. Mu muco nyarwanda …
-
AmakuruKwisi hose(world)Uburezi
U Rwanda rugiye kwakira abanyeshuri b’Abanya Sudani
by adminby adminKaminuza y’u Rwanda yahaye ikaze abanyeshuri 200 bigaga ibijyanye n’ubuvuzi mu gihugu cyabo cya Sudani cyugarijwe n’intambara aho bagiye gukomereza amasomo mu …
-
AmakuruUncategorized
Ishoramari mu rwego rw’umutekano wo kuri murandasi mu Rwanda ryikubye gatatu
by adminby adminIshoramari mu rwego rw’umutekano wo kuri murandasi mu Rwanda ryikubye gatatu mu myaka irenga itatu ishize. Ni mu gihe ku isi buri …
-
AmakuruPOLITIKE
Inama y’Abaminisitiri : Ange Kagame na Dan Munyuza bahawe inshingano nshya
by adminby adminInama y’Abaminisitiri yashyizeho abayobozi bashya mu nzego zitandukanye z’igihugu, aho nka CG Dan Munyuza wari uherutse gusimburwa ku buyobozi bwa Polisi y’Igihugu …
-
AmakuruKwisi hose(world)
Niger : Abasirikare bakoze coup d’Etat barakataje bafata i byemezo bikomeye
by adminby adminAbasirikare baherutse guhirika ubutegetsi bwa Perezida wa Niger, Mohamed Bazoum, banataye muri yombi abandi bategetsi batatu bakomeye, nyuma yo gufunga abandi barimo …
-
AmakuruUncategorized
Akamanzi yagaragaje bimwe mu byafasha kuzamura ubukungu mu 2035
by adminby adminUmuyobozi w’Urwego rushinzwe Iterambere, RDB, Clare Akamanzi yagaragaje ko gushyira imbaraga mu butubuzi bw’imbuto bugezweho, bizafasha u Rwanda muri gahunda rwihaye yo …