Ikigo cy’igihugu gishinzwe ibarurishamibare, cyatangaje ko mu kwezi k’Ugushyingo 2022, hirya no hino mu Rwanda ibiciro ku masoko byazamutse ku ijanisha rya …
December 2022
-
-
Abasenateri bibumbiye muri Komisiyo y’Imibereho y’Abaturage n’Uburenganzira bwa Muntu muri Sena, bagiranye ibiganiro na Minisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu [Minaloc] harebwa uruhare rw’inzego z’ibanze …
-
AmakuruPOLITIKE
Sena yemeje ubwegure bwa Dr Iyamuremye,Hon Nyirasafari ahita amusimbura
by adminby adminMu ijoro ryakeye nibwo Dr. Iyamuremye yasohoye itangazo rivuga ko yeguye kubera impamvu z’uburwayi. Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu Taliki …
-
Uncategorized
“KIGALI SHOPPING FESTIVAL EXPO ” ije gufasha abantu gusoza umwaka no gutangira umushyashya neza
by adminby adminNi Imurikagurisha ryiswe “KIGALI SHOPPING FESTIVAL EXPO” ryateguwe ku nshuro ya mbere n’Urugaga rw’abikorera mu Rwanda PSF, rifite intego yo gufasha abanyarwanda …
-
Dr Iyamuremye Augustin wari Perezida wa Sena y’u Rwanda yeguye kuri izi nshingano ndetse no ku zo kuba umusenateri mu Nteko Ishinga …
-
AmakuruImikino n'Imyidagaduro
Umutoza wa Gorilla FC yakubitiwe kuri Stade azira amarozi
by adminby adminUmutoza wa Gorilla FC yaraye akubitiwe kuri Stade Regional i Nyamirambo ubwo yashinjwaga gushaka kwinjira mu rwambariro rwa Rayon Sports ngo agire …
-
AmakuruUbutabera
Ngoma: Uwishe murumuna we bapfa ikiryabarezi yavuze ko arwaye mu mutwe
by adminby adminUbushinjacyaha ku Rwego rw’Ibanze rwa Ngoma mu karere ka Ngoma, bwasabiye igihano cyo gufungwa burundu umugabo ukurikiranyweho icyaha cyo kwica murumuna we …
-
Umugabo wiyise umuhanuzi muri Amerika yari afite abagore barenga 20, bamwe muri bo batarageza imyaka 18, nk’uko bivugwa na FBI. Samuel Rappylee …
-
Urwego rwa Police rushinzwe umutekano wo mu muhanda (Traffic Police), inzego z’ubuyobozi bw’ibanze, Ikigo cy’Igihugu Gikwirakwiza Amashanyarazi (REG) n’igishinzwe Amazi, Isuku n’Isukura …
-
AmakuruUbukungu
Perezida Kagame yitabiriye itangwa ry’ibihembo byitiriwe Emir wa Qatar
by adminby adminPerezida Paul Kagame kuri uyu wa Kane yifatanyije na Emir wa Qatar, Sheikh Tamim Bin Hamad Al Thani, Intumwa yihariye y’Ishami ry’Umuryango …