Abakuru b’ibihugu bigize Inama Mpuzamahanga y’Akarere k’Ibiyaga Bigari bayobowe na Perezida wa Angola, João Manuel Gonçalves Lourenço ku wa Gatatu bahuriye mu …
November 2022
-
-
Imwe mu ngingo zimaze iminsi zigibwaho impaka n’Abanyarwanda bo mu byiciro bitandukanye, ni ijyanye no kuzamura imyaka yo kwemererwa kunywa inzoga ikava …
-
Urwego Mpuzamahanga Rwashyiriweho Gukora Imirimo y’Insigarira y’Inkiko Mpanabyaha (IRMCT) rwakomeje kuburanisha urubanza rwa Félicien Kabuga mu mizi humvwa abatangabuhamya bamushinja kugira uruhare …
-
Ibiganiro ku kibazo cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo byari biteganyijwe kubera i Nairobi muri Kenya tariki 21 Ugushyingo 2022 byimuriwe i …
-
AmakuruImibereho ya buri munsiUbuzima
Twishakemo ibisubizo bigamije impinduka ku Iterambere ridaheza
by adminby adminIyi ni Insanganyamatsiko y’uyu mwaka igendanye n’umunsi mpuzamahanga wahariwe abantu bafite ubumuga, umunsi wizihizwa kuwa 03 Ukuboza kwa buri mwaka, nk’uko bitangazwa …
-
AmakuruUncategorized
Rwanda: 24% bakoresha amashanyarazi aturuka ku mirasire y’izuba
by adminby adminImibare igaragara ku rubuga rwa Sosiyete y’u Rwanda Ishinzwe Ingufu (REG) yerekana ko mu Rwanda ingo zifite amashanyarazi ziyongereye, ndetse n’izituye kure …
-
AmakuruPOLITIKE
Nta mwuka mubi ugihari, ibibazo bisigaye byakemurwa buhoro buhoro- Perezida Ndayishimiye ku mubano w’igihugu cye n’u Rwanda
by adminby adminPerezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yashimangiye ko nta kibazo gikomeye gisigaye mu mubano n’u Rwanda, ndetse ko n’ikijyanye n’abantu bashatse guhirika ubutegetsi …
-
AmakuruUbukungu
Uruganda rwa Bralirwa Plc na Airtel Rwanda abasoreshwa banini baje ku isonga mu kwishyura neza imisoro ya 2021-2022
by adminby adminMu muhango wo guhemba no gushimira abasora, wabaye kuwa 21 Ugushyingo 2022, Uruganda rumaze kuba ubukombe mu kwenga no kugeza ku banyarwanda …
-
AmakuruUbukungu
Mutangana Yohani Batisita ashimishijwe n’igihembo yahawe cyo gutanga no kwishyura neza imisoro yahariwe inzego z’ibanze
by adminby adminUmusaza umenyerewe mu bacuruzi no mu banyenganda bakomeye mu Rwanda, Mutangana Yohani Batisita, ari mubashimiwe na Guverinoma y’u Rwanda kuri uyu wa …
-
AmakuruImibereho ya buri munsiUncategorized
Abaturiye ikiyaga cya Kivu bahangayikishijwe n’imyanda ikigaragara mo
by adminby adminMuri iki kiyaga hagaragaramo imyanda ya pulasitiki n’indi itandukanye. Abanyarwanda bahaturiye batangaza ko ntacyo badakora ngo bagikorere isuku, ariko imyanda ituruka mu …