UAP Insurance Rwanda is fully adopting the brand of its majority shareholder, Old Mutual, effective 11 February 2022. Old Mutual acquired a …
February 2022
-
-
AmakuruAmakuru y'ingenzi
Cabo Delgado: Ingabo z’u Rwanda zishe inyeshyamba zibohora Ruvuma na Pundanhar
by adminby adminIngabo z’u Rwanda (RDF) ziri mu butumwa bwo kugarura amahoro mu Ntara ya Cabo Delgado muri Mozambique zigaruriye uduce twa Pundanhar na …
-
AmakuruAmakuru y'ingenziPOLITIKEUbukungu
Perezida Paul Kagame yagiriye uruzinduko muri Qatar
by adminby adminPerezida Kagame yagiriye uruzinduko rw’akazi i Doha muri Qatar mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere. Yakiriwe n’Umuyobozi ushinzwe Protocole muri Minisiteri …
-
AmakuruAmakuru y'ingenziPOLITIKE
Umuyobozi Mukuru wa Polisi ya Centre Afrique yagiriye uruzinduko mu Rwanda
by adminby adminUbuyobozi bwa Polisi y’u Rwanda bwakiriye Komiseri Mukuru wa Polisi ya Centrafrique witwa Bienvenu Zokoue uri mu Rwanda mu ruzinduko rw’akazi. Yakiriwe …
-
Uncategorized
Uyobora ihuriro “Union” ry’aba Motari muri Gasabo arasobanura imikoranire yabo n’abo bahagarariye
by adminby adminMu gihe benshi bibazaga itandukaniro riri hagati y’impuzabakoperative n’ihuriro by’aba Motari, ubahagarariye mu Karere ka gasabo arabisobanura mu buryo burambuye, akavuga n’icyo …
-
Abantu 120 bo mu Murenge wa Gatunda mu Karere ka Nyagatare, tariki 10 Gashyantare 2022, bahawe amahugurwa y’umunsi umwe yo kwirinda no …
-
Uyu Mudugudu w’Icyitegererezo wahawe izina rya ‘Bwiza Riverside Homes’ uhanzwe amaso nk’ugiye guhindura isura y’imiturire igezweho kandi iciriritse muri Kigali, wubatswe mu …
-
AmakuruAmakuru y'ingenzi
Amwe mu ma Koperative y’aba Motari akomeje kubabera uburyo bwo kwigira no kwiteza imbere
by adminby adminIyi ni imvugo igarukwaho inshuro nyinshi na Bwana Ndagijimana Cryiaque Umuyobozi wa Koperative TUBANE HAFI y’urubyiruko rw’abatwara abagenzi kuri za Moto bazwi …
-
AmakuruAmakuru y'ingenziUbucyerarugendo
Perezida yakiriye mu Biro bye Robert Pires na Ray Parlour bakiniye Arsenal
by adminby adminPerezida Paul Kagame, kuri uyu wa Gatatu tariki 09 Gashyantare 2022 yakiriye mu biro bye, Village Urugwiro, abahoze bakinira Arsenal ndetse bakayikoramo …
-
Mu myaka igera kuri icyenda Koperative y’abakora umurimo wo gutwara abagenzi kuri Moto yitwa Dufatanye Motard Gasabo “CO.D.M. G” ikorera mu murenge …