Ku ikubitiro Ntirushwa Christophe wayoboraga umurenge wa Mageragere yimuwe ajya kuyobora umurenge wa Kigali. Ni mugihe Niyibizi Jean Claude wayoboraga umurenge wa …
September 2021
-
-
Ibiro by’ikinyamakuru Igihe.com hafashwe n’inkongi kandi amafoto arerekana ko hahiye ibintu byinshi. Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda CP John Bosco Kabera yabwiye …
-
Uncategorized
“Uruganda Ingufu Gin Ltd ruje gukemura ibibazo byaterwaga n’ibiyoga by’ibikorano” Min. Gatabazi
by adminby adminNi ibyatangajwe na Ministiri w’Ubutegetsi bw’igihugu Gatabazi JMV, mu muhango wo gutangiza Ku mugaragaro uruganda Ingufu Gin Ltd ruherereye mu Karere ka …
-
Uncategorized
Abanyamakuru batatu b’imikino bari bakunzwe kuri Radio 10 bamaze kuyicika
by adminby adminAmakuru agera ku kinyamakuru igisabo.rw/ ni avuga ko abanyamakuru Axelle Horaho, Sam Karenzi na Taifa Karisa Bruno bari bamenyerewe banakunzwe kuri Radio …
-
AmakuruIkoranabuhangaKwisi hose(world)
Ikinyamakuru Igisabo Vol ya 17 cyasohotse Special Itangira ry’amashuri 2021-2022
by adminby adminKanda hano usome amakuru yose https://igisabo.rw/wp-content/uploads/2021/09/Igisabo-vol-17-page-1-16-light-website.pdf
-
Uncategorized
Itangazo rikangurira ababyeyi kuza kwandikisha abana babo muri APAPER COMPLEX SCHOOL
by adminby adminUBUYOBOZI BW’ISHURI RYA APAPER COMPLEX SCHOOL RIHEREREYE KACYIRU N’ I REMERA BURAMENYESHA ABABYEYI BIFUZA KURERERA MURI IRYO SHURI MU MWAKA W’AMASHURI WA …
-
Uncategorized
U Rwanda rwatangiye Shampiyona Nyafurika ya Volleyball rutsinda u Burundi (Amafoto)
by adminby adminU Rwanda rwatsinze u Burundi amaseti atatu ku busa mu mukino warwo wa mbere wo mu Itsinda A muri Shampiyona Nyafurika ya …
-
Doumbouya ni we muri iki gihe uyobora Guinée Conakry nyuma yo guhirika ubutegetsi bwa Alpha Condé watangiye kuba Perezida wa kiriya gihugu …
-
Amakuru y'ingenzi
UBUREZI : Indangagaciro z’Umuco Nyarwanda intego nshya y’Ishuri Mother Mary International School Complex ritangiranye mu masomo ya 2021-2022
by adminby adminMu gutangiza umwaka w’amashuri 2021-2022 kuri uyu wa mbere tariki ya 06 Nzeri 2021, Ubuyobozi bukuru bw’ishuri mpuzamahanga Mother Mary Inernational School …
-
Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, yakiriye indahiro z’abayobozi bakuru batanu baherutse gushyirwa mu myanya mu nzego zitandukanye z’igihugu harimo iza Minisitiri mushya …