Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, ku gicamunsi cyo kuri uyu wa 6 Nyakanga 2021, yakiriye Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Angola, …
July 2021
-
-
Itariki 06 z’ukwa karindwi buri mwaka abantu ku isi bizihiza umunsi mpuzamahanga wo gusomana, igikorwa inzobere zivuga ko ari ingenzi mu buzima. …
-
Mu Karere ka Nyamagabe mu Murenge wa Kaduha, Akagali ka Kavumu, Umudugudu wa Gahama hatashywe umudugudu w’icyitegererezo wuzuyemo inzu 32. Izi nzu …
-
A military plane has crashed in the southern Philippines killing at least 29 people, with dozens more pulled alive from the burning …
-
Perezida Paul Kagame yavuze ko Umudugudu w’Icyitegererezo wa Kinigi mu Karere ka Musanze watashywe kuri iki Cyumweru, ari umwe mu mishinga ishimangira …
-
Uncategorized
KWIBOHORA 27: Ubuyobozi bw’Ishyaka Riharanira Ubumwe bw’Abanyarwanda na Demokarasi (UDPR) burifuriza abaturarwanda umunsi mwiza wo Kwibohora
by adminby adminBubinyujije mu itangazo rigenewe abanyamakuru, Ubuyobozi bw’Ishyaka Riharanira Ubumwe bw’Abanyarwanda na Demokarasi (UDPR) bunejejwe no kwifatanya n’abayoboke b’iri shyaka, abanyarwanda n’inshuti zabo …
-
AMAFOTO Abifuza kugura iyi modoka ku giciro kiri hasi cyane mwaduhamagara kuri +250 781 300 749 mukayihabwa. Irakomeye Kandi ifite ibyangombwa byose. …
-
Uncategorized
Uganda: Paramount Hospital irashinjwa gufatira umurambo w’umurwayi kandi bataramwitayeho
by adminby adminUmuryango wo muri Uganda ugiye kujyana mu nkiko ibitaro bya Paramount Hospital kuba byarafatiriye umurambo w’umubyeyi wabo kuko babuze amafaranga yo kwishyura. …
-
Uncategorized
Malawi: Abadepite b’abagore batangaje benshi bambara nk’abanyeshuri b’abakobwa
by adminby adminAbadepite b’abagore ba Malawi batangaje abantu benshi bambara impuzankano z’abanyeshuri b’abakobwa mu gutanga ubutumwa bwabo. Ku mbuga nkoranyambaga abaturage ba Malawi bahanahanye …
-
Uncategorized
CP John Bosco Kabera, yasabye abantu bose guca ukubiri n’urwitwazo urwo arirwo rwose rwatuma batubahiriza amabwiriza yo kwirinda Covid-19
by adminby adminMu gihe guhera kuri uyu wa 1 Nyakanga 2021, Abaturarwanda batangira kubahiriza amabwiriza mashya ya Covid-19, Umuvugizi wa Polisi y’Igihugu, CP John …