• Latest
Bugesera : Umurenge wa Gashora wahagurukiye kwigisha  gukumira no kurwanya Covid 19  wifashishije abahura n’abantu  benshi kurusha abandi buri munsi

Bugesera : Umurenge wa Gashora wahagurukiye kwigisha gukumira no kurwanya Covid 19 wifashishije abahura n’abantu benshi kurusha abandi buri munsi

June 25, 2021
Impera za 2026 zirasiga mu Rwanda hatangwa umuti urinda kwandura SIDA

Impera za 2026 zirasiga mu Rwanda hatangwa umuti urinda kwandura SIDA

January 15, 2026
Uganda: Abatrage bazindukiye mu matora y’umukuru w’igihugu

Uganda: Abatrage bazindukiye mu matora y’umukuru w’igihugu

January 15, 2026
Perezida Kagame yakiriye ba Ambasaderi 2 bashya

Perezida Kagame yakiriye ba Ambasaderi 2 bashya

January 15, 2026
Muhanga : Uwitwa Venuste Havugimana arishyuza AFRISET Ibiva mu butaka butari ubwe

Muhanga : Uwitwa Venuste Havugimana arishyuza AFRISET Ibiva mu butaka butari ubwe

January 14, 2026
Perezida Kagame yizeje ubufatanye Gen Doumbouya wa Guinea

Perezida Kagame yizeje ubufatanye Gen Doumbouya wa Guinea

January 6, 2026
RDB yagabanyije ibiciro byo gusura Ingagi

RDB yagabanyije ibiciro byo gusura Ingagi

January 6, 2026
I Ngoma abantu 15 bakubiswe n’Inkuba ,9 bahasiga ubuzima

I Ngoma abantu 15 bakubiswe n’Inkuba ,9 bahasiga ubuzima

January 5, 2026
Ruben Amorim watozaga Manchester United yirukanwe

Ruben Amorim watozaga Manchester United yirukanwe

January 5, 2026
MIGEPROF yatabarije abagore bafunze batajya basurwa

MIGEPROF yatabarije abagore bafunze batajya basurwa

January 5, 2026
Dore zimwe mu ngamba zafatiwe mu Nama yo kurebera hamwe icyateza imbere umuryango

Dore zimwe mu ngamba zafatiwe mu Nama yo kurebera hamwe icyateza imbere umuryango

December 31, 2025
Zibaho wo gatsindwa we, kirazira mu muco wacu- Rutangarwamaboko abwira Pamela

Zibaho wo gatsindwa we, kirazira mu muco wacu- Rutangarwamaboko abwira Pamela

December 31, 2025
Uko Amb. Ndhungirehe afata ihagarikwa rya Gen Ekenge

Uko Amb. Ndhungirehe afata ihagarikwa rya Gen Ekenge

December 31, 2025
  • About
  • Advertise
  • Privacy & Policy
  • Contact
igisabo.rw
Advertisement
ADVERTISEMENT
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
    • All
    • Kwisi hose(world)
    • POLITIKE
    • Ubukungu
    • Ubumenyi(Science)
    Impera za 2026 zirasiga mu Rwanda hatangwa umuti urinda kwandura SIDA

    Impera za 2026 zirasiga mu Rwanda hatangwa umuti urinda kwandura SIDA

    Uganda: Abatrage bazindukiye mu matora y’umukuru w’igihugu

    Uganda: Abatrage bazindukiye mu matora y’umukuru w’igihugu

    Perezida Kagame yakiriye ba Ambasaderi 2 bashya

    Perezida Kagame yakiriye ba Ambasaderi 2 bashya

    Muhanga : Uwitwa Venuste Havugimana arishyuza AFRISET Ibiva mu butaka butari ubwe

    Muhanga : Uwitwa Venuste Havugimana arishyuza AFRISET Ibiva mu butaka butari ubwe

    Perezida Kagame yizeje ubufatanye Gen Doumbouya wa Guinea

    Perezida Kagame yizeje ubufatanye Gen Doumbouya wa Guinea

    RDB yagabanyije ibiciro byo gusura Ingagi

    RDB yagabanyije ibiciro byo gusura Ingagi

    Trending Tags

    • Trump Inauguration
    • United Stated
    • White House
    • Market Stories
    • Election Results
  • IKORANABUHANGA
    • All
    • Apps
    • Gadget
    • Mobile
    • Startup
    eKASH yamurikiwe ku mugaragaro abanyarwanda uko ikoreshwa n’akamaro ibafitiye 

    eKASH yamurikiwe ku mugaragaro abanyarwanda uko ikoreshwa n’akamaro ibafitiye 

    IBTC Kigali ishyigikiye ko gahunda z’ikoranabuhanga na Tekinike zakwigishwa mu Kinyarwanda

    IBTC Kigali ishyigikiye ko gahunda z’ikoranabuhanga na Tekinike zakwigishwa mu Kinyarwanda

    Sosiyete ya MTN Rwanda yatumijweho kugira ngo yisobanure kuri serivise mbi imaze iminsi itanga

    Sosiyete ya MTN Rwanda yatumijweho kugira ngo yisobanure kuri serivise mbi imaze iminsi itanga

    Mu Rwanda hagejejwe telephone za Infinix  zifite umwihariko n’udushya bidasanzwe

    Mu Rwanda hagejejwe telephone za Infinix zifite umwihariko n’udushya bidasanzwe

    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    Trending Tags

    • Nintendo Switch
    • CES 2017
    • Playstation 4 Pro
    • Mark Zuckerberg
  • IMYIDAGADURO
    • All
    • FILIMI
    • Imikino n'Imyidagaduro
    • Muzika
    • Siporo
    Ruben Amorim watozaga Manchester United yirukanwe

    Ruben Amorim watozaga Manchester United yirukanwe

    Zibaho wo gatsindwa we, kirazira mu muco wacu- Rutangarwamaboko abwira Pamela

    Zibaho wo gatsindwa we, kirazira mu muco wacu- Rutangarwamaboko abwira Pamela

    UEFA Champions League: Barcelona na Man city zatsinzwe

    UEFA Champions League: Barcelona na Man city zatsinzwe

    RGB yasheshe komite za Rayon sport Murenzi Abdallah yongera kuyifata bwa 3

    RGB yasheshe komite za Rayon sport Murenzi Abdallah yongera kuyifata bwa 3

    Trinity Nyakabingo FC niyo izahatanira igikombe na Rutongo Mines FC

    Trinity Nyakabingo FC niyo izahatanira igikombe na Rutongo Mines FC

    Rutongo Mines Fc iraranye Ikite iyihesha gukina Umukino wa nyuma

    Rutongo Mines Fc iraranye Ikite iyihesha gukina Umukino wa nyuma

  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
    • All
    • Fashion(Imideri)
    • Imirire
    • Ubucyerarugendo
    • Ubuzima
    Impera za 2026 zirasiga mu Rwanda hatangwa umuti urinda kwandura SIDA

    Impera za 2026 zirasiga mu Rwanda hatangwa umuti urinda kwandura SIDA

    Muhanga : Uwitwa Venuste Havugimana arishyuza AFRISET Ibiva mu butaka butari ubwe

    Muhanga : Uwitwa Venuste Havugimana arishyuza AFRISET Ibiva mu butaka butari ubwe

    RDB yagabanyije ibiciro byo gusura Ingagi

    RDB yagabanyije ibiciro byo gusura Ingagi

    Dore zimwe mu ngamba zafatiwe mu Nama yo kurebera hamwe icyateza imbere umuryango

    Dore zimwe mu ngamba zafatiwe mu Nama yo kurebera hamwe icyateza imbere umuryango

    Abaforomo n’ababyaza basabwe gukunda ibyo bakora

    Abaforomo n’ababyaza basabwe gukunda ibyo bakora

    Rév. Pasiteri Mudagiri Tabazi umwigisha w’Ijambo ry’Imana yatabarutse

    Rév. Pasiteri Mudagiri Tabazi umwigisha w’Ijambo ry’Imana yatabarutse

    Trending Tags

    • Golden Globes
    • Game of Thrones
    • MotoGP 2017
    • eSports
    • Fashion Week
  • INCAMACYE
    Kiliziya ya Ste Famille yizihije Umunsi Mukuru wayo hatangizwa Urugendo rwa Yubile y’Imyaka 50 Arkidiyosezi ya Kigali imaze ishinzwe

    Kiliziya ya Ste Famille yizihije Umunsi Mukuru wayo hatangizwa Urugendo rwa Yubile y’Imyaka 50 Arkidiyosezi ya Kigali imaze ishinzwe

    Polisi y’u Rwanda yungutse abapolisi 1903 bashya

    Polisi y’u Rwanda yungutse abapolisi 1903 bashya

    Abakorera Garage ATECAR bavuga ko bakora biyungura ubumenyi bugendanye n’ibinyabiziga biba bigezweho

    Abakorera Garage ATECAR bavuga ko bakora biyungura ubumenyi bugendanye n’ibinyabiziga biba bigezweho

    Mu cyumweru cyahariwe ubutabera hazibandwa ku buhuza nk’uburyo bufasha kudasiragira mu nkiko

    Mu cyumweru cyahariwe ubutabera hazibandwa ku buhuza nk’uburyo bufasha kudasiragira mu nkiko

    eKASH yamurikiwe ku mugaragaro abanyarwanda uko ikoreshwa n’akamaro ibafitiye 

    eKASH yamurikiwe ku mugaragaro abanyarwanda uko ikoreshwa n’akamaro ibafitiye 

    Amatike ashobora gushira mbere y’igitaramo-Abifuza kuzataramana na Richard Nick Ngendahayo baburiwe

    Amatike ashobora gushira mbere y’igitaramo-Abifuza kuzataramana na Richard Nick Ngendahayo baburiwe

No Result
View All Result
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
    • All
    • Kwisi hose(world)
    • POLITIKE
    • Ubukungu
    • Ubumenyi(Science)
    Impera za 2026 zirasiga mu Rwanda hatangwa umuti urinda kwandura SIDA

    Impera za 2026 zirasiga mu Rwanda hatangwa umuti urinda kwandura SIDA

    Uganda: Abatrage bazindukiye mu matora y’umukuru w’igihugu

    Uganda: Abatrage bazindukiye mu matora y’umukuru w’igihugu

    Perezida Kagame yakiriye ba Ambasaderi 2 bashya

    Perezida Kagame yakiriye ba Ambasaderi 2 bashya

    Muhanga : Uwitwa Venuste Havugimana arishyuza AFRISET Ibiva mu butaka butari ubwe

    Muhanga : Uwitwa Venuste Havugimana arishyuza AFRISET Ibiva mu butaka butari ubwe

    Perezida Kagame yizeje ubufatanye Gen Doumbouya wa Guinea

    Perezida Kagame yizeje ubufatanye Gen Doumbouya wa Guinea

    RDB yagabanyije ibiciro byo gusura Ingagi

    RDB yagabanyije ibiciro byo gusura Ingagi

    Trending Tags

    • Trump Inauguration
    • United Stated
    • White House
    • Market Stories
    • Election Results
  • IKORANABUHANGA
    • All
    • Apps
    • Gadget
    • Mobile
    • Startup
    eKASH yamurikiwe ku mugaragaro abanyarwanda uko ikoreshwa n’akamaro ibafitiye 

    eKASH yamurikiwe ku mugaragaro abanyarwanda uko ikoreshwa n’akamaro ibafitiye 

    IBTC Kigali ishyigikiye ko gahunda z’ikoranabuhanga na Tekinike zakwigishwa mu Kinyarwanda

    IBTC Kigali ishyigikiye ko gahunda z’ikoranabuhanga na Tekinike zakwigishwa mu Kinyarwanda

    Sosiyete ya MTN Rwanda yatumijweho kugira ngo yisobanure kuri serivise mbi imaze iminsi itanga

    Sosiyete ya MTN Rwanda yatumijweho kugira ngo yisobanure kuri serivise mbi imaze iminsi itanga

    Mu Rwanda hagejejwe telephone za Infinix  zifite umwihariko n’udushya bidasanzwe

    Mu Rwanda hagejejwe telephone za Infinix zifite umwihariko n’udushya bidasanzwe

    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    Trending Tags

    • Nintendo Switch
    • CES 2017
    • Playstation 4 Pro
    • Mark Zuckerberg
  • IMYIDAGADURO
    • All
    • FILIMI
    • Imikino n'Imyidagaduro
    • Muzika
    • Siporo
    Ruben Amorim watozaga Manchester United yirukanwe

    Ruben Amorim watozaga Manchester United yirukanwe

    Zibaho wo gatsindwa we, kirazira mu muco wacu- Rutangarwamaboko abwira Pamela

    Zibaho wo gatsindwa we, kirazira mu muco wacu- Rutangarwamaboko abwira Pamela

    UEFA Champions League: Barcelona na Man city zatsinzwe

    UEFA Champions League: Barcelona na Man city zatsinzwe

    RGB yasheshe komite za Rayon sport Murenzi Abdallah yongera kuyifata bwa 3

    RGB yasheshe komite za Rayon sport Murenzi Abdallah yongera kuyifata bwa 3

    Trinity Nyakabingo FC niyo izahatanira igikombe na Rutongo Mines FC

    Trinity Nyakabingo FC niyo izahatanira igikombe na Rutongo Mines FC

    Rutongo Mines Fc iraranye Ikite iyihesha gukina Umukino wa nyuma

    Rutongo Mines Fc iraranye Ikite iyihesha gukina Umukino wa nyuma

  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
    • All
    • Fashion(Imideri)
    • Imirire
    • Ubucyerarugendo
    • Ubuzima
    Impera za 2026 zirasiga mu Rwanda hatangwa umuti urinda kwandura SIDA

    Impera za 2026 zirasiga mu Rwanda hatangwa umuti urinda kwandura SIDA

    Muhanga : Uwitwa Venuste Havugimana arishyuza AFRISET Ibiva mu butaka butari ubwe

    Muhanga : Uwitwa Venuste Havugimana arishyuza AFRISET Ibiva mu butaka butari ubwe

    RDB yagabanyije ibiciro byo gusura Ingagi

    RDB yagabanyije ibiciro byo gusura Ingagi

    Dore zimwe mu ngamba zafatiwe mu Nama yo kurebera hamwe icyateza imbere umuryango

    Dore zimwe mu ngamba zafatiwe mu Nama yo kurebera hamwe icyateza imbere umuryango

    Abaforomo n’ababyaza basabwe gukunda ibyo bakora

    Abaforomo n’ababyaza basabwe gukunda ibyo bakora

    Rév. Pasiteri Mudagiri Tabazi umwigisha w’Ijambo ry’Imana yatabarutse

    Rév. Pasiteri Mudagiri Tabazi umwigisha w’Ijambo ry’Imana yatabarutse

    Trending Tags

    • Golden Globes
    • Game of Thrones
    • MotoGP 2017
    • eSports
    • Fashion Week
  • INCAMACYE
    Kiliziya ya Ste Famille yizihije Umunsi Mukuru wayo hatangizwa Urugendo rwa Yubile y’Imyaka 50 Arkidiyosezi ya Kigali imaze ishinzwe

    Kiliziya ya Ste Famille yizihije Umunsi Mukuru wayo hatangizwa Urugendo rwa Yubile y’Imyaka 50 Arkidiyosezi ya Kigali imaze ishinzwe

    Polisi y’u Rwanda yungutse abapolisi 1903 bashya

    Polisi y’u Rwanda yungutse abapolisi 1903 bashya

    Abakorera Garage ATECAR bavuga ko bakora biyungura ubumenyi bugendanye n’ibinyabiziga biba bigezweho

    Abakorera Garage ATECAR bavuga ko bakora biyungura ubumenyi bugendanye n’ibinyabiziga biba bigezweho

    Mu cyumweru cyahariwe ubutabera hazibandwa ku buhuza nk’uburyo bufasha kudasiragira mu nkiko

    Mu cyumweru cyahariwe ubutabera hazibandwa ku buhuza nk’uburyo bufasha kudasiragira mu nkiko

    eKASH yamurikiwe ku mugaragaro abanyarwanda uko ikoreshwa n’akamaro ibafitiye 

    eKASH yamurikiwe ku mugaragaro abanyarwanda uko ikoreshwa n’akamaro ibafitiye 

    Amatike ashobora gushira mbere y’igitaramo-Abifuza kuzataramana na Richard Nick Ngendahayo baburiwe

    Amatike ashobora gushira mbere y’igitaramo-Abifuza kuzataramana na Richard Nick Ngendahayo baburiwe

No Result
View All Result
igisabo.rw
No Result
View All Result
Home izindi nkuru

Bugesera : Umurenge wa Gashora wahagurukiye kwigisha gukumira no kurwanya Covid 19 wifashishije abahura n’abantu benshi kurusha abandi buri munsi

NIYONKURU Edouard by NIYONKURU Edouard
June 25, 2021
in izindi nkuru
0
Bugesera : Umurenge wa Gashora wahagurukiye kwigisha  gukumira no kurwanya Covid 19  wifashishije abahura n’abantu  benshi kurusha abandi buri munsi
0
SHARES
503
VIEWS
Share on FacebookShare on Twitter

Ni ubukangurambaga buri gukorwa n’Ubuyobozi bw’Umurenge wa Gashora mu Karere ka Bugesera, bugamije guhwitura buri muturage kugira ngo bakomeze kumenya kurushaho uburyo bwo kwirinda, kurwanya no gukumira icyorezo cya Covid  19 bifashishije abahura n’abantu b’ingeri zitandukanye barimo aba Motari, abanyonzi, abikorera ku giti cyabo, abacuruzi, abanyamadini n’abandi.

Umuyobozi w’Umurenge wa Gashora Bwana Kadafi Aimable, aganira n’ikinyamakuru igisabo kuri uyu wa kane tariki ya 24 Kamena 2021, avuga ko ari intego nziza bihaye y’ubukangurambaga mu Murenge abereye umuyobozi,  bagamije ahanini kugeza ubutumwa ku bantu benshi bugamije gukumira no kurwanya kurushaho icyorezo cya Covid 19. Ariyo mpamvu ngo bahisemo kwifashisha  abahura n’abantu benshi,  babafashe guhwitura abaturage mu gikorwa cyo  kwirinda kwandura icyorezo cya Covid 19 gikomeje kugaragaza ubukana n’ubwiyongere bukabije mu Rwanda no hanze yarwo.

Agira ati «Twararebye dusanga ari ngombwa ko twakwifashisha bamwe mu bafatanyabikorwa batandukanye bahura n’abaturage mu buryo butandukanye kubera ko twabonaga ko baramutse binjiye muri gahunda yo gushishikariza abaturage kwirinda no gukumira kurushaho icyo rezo cya Covid 19  byatanga umusaruro mwinshi kurushaho.

Ni muri urwo rwego twahereye ku banyonzi, abamotari bisanzwe bizwi ko bahura kenshi n’abantu bo mu ngeri zitandukanye, baba abo mu miryango yabo, incuti zabo twizera tudashidikanya ko ubutumwa bwabo bugamije kubwira abantu ko batagomba kwirara mu kurwanya Covid 19 buzagera kuri benshi.»

Umuyobozi w’Umurenge wa Gashora Bwana Kadafi Aimable ari gutanga ubukangurambaga

Bwana Kadafi Aimable, avuga ku kiciro cya mbere cy’abo bashaka ko babafash m’ubukangurambaga bwo gushishikariza abantu kwirinda kurushaho Icyorezo cya Covid 19, bifashishije abanyonzi b’amagare n’aba Motari,  bakaba bari bambaye imyenda ibaranga mu kazi kabo, bambaye udupfukamunwa banahana intera ihagije hagati yabo  ngo bazengurutse Ama santeri y’ubucuruzi agize umurenge wa Gashora, barangajwe imbere nawe ubwe yambaye imyenda isa n’iyabo.

Muri icyo gikorwa kandi,  bari kumwe n’uhagarariye abikorera ku giti cyabo n’ abahagarariye Ingabo na Polisi m’Umurenge,  maze  bifashishije indangururamajwi ngo bakaba barabashije gutanga ubutumwa bw’umunsi ku bantu benshi, bityo bataha basobanukiwe kurushaho ububi bw’icyorezo cya Covid 19, n’uburyo buhamye bwo kuyirinda n’ingamba zafashwe na Leta y’u Rwanda kugira ngo itsindwe burundu.

Agira ati « mu butumwa turi kugenda duha abaturage, ahenshi turashingira ku byemezo by’Inama y’Aba Ministiri yateranye kuwa 21 Kamena yafatiwemo ingamba zireba buri munyarwanda wese kugira ngo agire uruhare rugaragara mukurwanya no gukumira Covid 19  iri gukomeza kwiyongera mu buryo bugaragara.

Ubwo bukangurambaga tukaba tubona buri kugenda butanga umusaruro kuko abantu bari kubushima banadusaba kubikomeza kugirango bugere ku bantu benshi.

Abatwara amagare bari mu bahawe ubutumwa

Bwana Kadafi, avuga ko yishimira ko hifashishijwe indangururamajwi n’umutambagiro w’abanyonzi benshi n’aba Motari, abaturage bagendaga baza kumva ubwo butumwa, uwambaye nabi agapfukamunwa, agahita akambara uko bikwiriye, uwakibagiwe akiruka asubira mu rugo kukambara kuko yabonaga abantu bose batwambaye agakorwa n’isoni agasubira inyma yihuse.

Avuga ko icyo gikorwa cyo kwifashisha aba Motari n’abanyonzi kubwira abaturage gukomeza kwirinda kurushaho icyorezo cya Covid 19, cyakorewe m’utugari dutatu muri dutanu tugize umurenge wa Gashora, tubiri twasigaye tukaba twari duteganyijwe natwo kugerwamo muri ubwo buryo kuri uyu wa kane tariki ya 22 Kamena 2021 bigakorwa neza nk’uko byakozwe m’utundi tugari n’udu santeri tw’ubucuruzi.

Muri utwo tugari dutatu twakorewemo ubukangurambaga kandi abenshi bakorera imirimo y’ubucuruzi m’udu Santeri ndetse  n’ imihanda ikoreshwa cyane nka Migina-Kagasa-Mwendo- Quiosque-Migina-Dihiro-Biryogo n’isoko rya Biryogo nyirizina abenshi muri bo bahawe ubutumwa mu buryo burambuye bose bafata umugambi wo kurushaho gufata ingamba no gukaza umurego wo gukumira no kurwanya Covid 19 kurushaho.

Kubera ko abantu benshi bishimiye iki gikorwa cy’ubukangurambaga bugamije gukangura abaturage ngo boye kwirara imbere ya Covid 19, Bwana Aimable Kadafi,  avuga ko mu cyumweru gitaha bateganya no guhura n’abanyamadini, abikorera ku giti cyabo n’abacuruzi muri rusange kugira ngo abo nabo bafashanye muri ubwo bukangurambaga bwo kwigisha abaturage gukomeza kwirinda kurushaho Covid 19 na cyane ko ibi byiciro bibumbiye hamwe nabyo  abaturage benshi byumvikane ko ubutumwa buzagera kuri benshi kurushaho.

Abajijwe niba ubu bukangurambaga ari gahunda y’Akarere kose ka Bugesera Bwana Kadafi, avuga ko ari umwihariko umurenge abereye umuyobozi wahisemo. Gusa akizera ko n’abandi babishatse bareberaho kuko bari kubona ngo  ari uburyo bwiza bwakwifashishwa na buri wese kugira ngo abashe gushishikariza abaturage gukomeza kwirinda icyorezo cya Covid 19 ubutumwa bukabageraho ari benshi.

Avuga kandi ko ubwo bukangurambaga bwo guhwitura abaaturage ari ingenzi kubera ko bashishikarizwa kenshi  kwirinda kurushaho bakibutwa ko hari ibihano biteganyirijwe abica nkana ingamba zashyizweho na Leta zigamije kuyikumira no kuyirwanya burundu, bityo bagashishikarizwa kwikubita agashyi.

Avuga kandi ko kuba ubwe nk’umuyobozi w’Umurenge yarifatanyije n’abanyonzi yambaye imyenda ifite ibara nk’iry’iyabo bambara byatumye bose bamwibonamo maze bose bafata ingamba zo kujyana ubutumwa no mu miryango yabo bwo gukomeza kwambara agapfukamunwa, guhana intera aho bahuriye ari benshi, gukaraba kenshi n’isabune, no gukoresha umuti wica Microbe ku ba Motari mu gihe batwaye abagenzi.

Umurenge wa Gashora uri gukorerwamo igikorwa cy’intangarugero cy’ubukangurambaga bwo kwigisha no guhwitura abaturage ngo bakomeze  gukumira no kurwanya icyorezo cya Covid 19 hifashishijwe abahura nabo kenshi,  ni umwe mu mirenge 15 igize Akarere ka Bugesera mu Ntara y’ Burasirazuba. Ugizwe n’utugari dutanu twose turi gukangurirwa no guhwiturwa ngo abantu  bakomeze kurwanya icyo cyorezo  cya Covid 19, bagamije ko cyatsindwa burundu.

Ibiro by’Umurenge wa Gashora

E.Niyonkuru

Previous Post

Madagascar izuba rikabije ryahateje izara

Next Post

Mvukiyehe Juvenal uyobora Kiyovu Sports ashyigikiye Umukandida Mugabo Nizeyimana Olivier ku mwanya wo kuyobora FERWAFA

NIYONKURU Edouard

NIYONKURU Edouard

Next Post
Mvukiyehe Juvenal uyobora Kiyovu Sports ashyigikiye Umukandida Mugabo Nizeyimana Olivier ku mwanya wo kuyobora FERWAFA

Mvukiyehe Juvenal uyobora Kiyovu Sports ashyigikiye Umukandida Mugabo Nizeyimana Olivier ku mwanya wo kuyobora FERWAFA

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Stay Connected test

  • 99 Subscribers
ADVERTISEMENT
  • Trending
  • Comments
  • Latest
Rurageretse hagati y’uwahoze ari Minisitiri n’uwo yijeje kugira Umugore akishakira undi

Rurageretse hagati y’uwahoze ari Minisitiri n’uwo yijeje kugira Umugore akishakira undi

December 2, 2025

Dore igisubizo ku bagabo bafite igitsina gito

December 30, 2020
Sobanukirwa uko amapeti y’abapolisi mu Rwanda arutanwa n’imishahara yabo

Sobanukirwa uko amapeti y’abapolisi mu Rwanda arutanwa n’imishahara yabo

September 19, 2020

Gitisi Secondary & TVET School ni Amizero arambye y’urubyiruko rwahisemo kuhiga

September 3, 2021
Urwego rw’igihugu rushinzwe Igorora RCS rwirukanye ACP Dr George Ruterana

Urwego rw’igihugu rushinzwe Igorora RCS rwirukanye ACP Dr George Ruterana

6

Hello world!

1
Kicukiro: Akagari ka Nyanza  bakomeje kubaka akajagari bakingiwe ikibaba n’Abayobozi b’inzego z’ibanze

Kicukiro: Akagari ka Nyanza bakomeje kubaka akajagari bakingiwe ikibaba n’Abayobozi b’inzego z’ibanze

1

Shadow Tactics: Blades of the Shogun Review

0
Impera za 2026 zirasiga mu Rwanda hatangwa umuti urinda kwandura SIDA

Impera za 2026 zirasiga mu Rwanda hatangwa umuti urinda kwandura SIDA

January 15, 2026
Uganda: Abatrage bazindukiye mu matora y’umukuru w’igihugu

Uganda: Abatrage bazindukiye mu matora y’umukuru w’igihugu

January 15, 2026
Perezida Kagame yakiriye ba Ambasaderi 2 bashya

Perezida Kagame yakiriye ba Ambasaderi 2 bashya

January 15, 2026
Muhanga : Uwitwa Venuste Havugimana arishyuza AFRISET Ibiva mu butaka butari ubwe

Muhanga : Uwitwa Venuste Havugimana arishyuza AFRISET Ibiva mu butaka butari ubwe

January 14, 2026

Recent News

Impera za 2026 zirasiga mu Rwanda hatangwa umuti urinda kwandura SIDA

Impera za 2026 zirasiga mu Rwanda hatangwa umuti urinda kwandura SIDA

January 15, 2026
Uganda: Abatrage bazindukiye mu matora y’umukuru w’igihugu

Uganda: Abatrage bazindukiye mu matora y’umukuru w’igihugu

January 15, 2026
Perezida Kagame yakiriye ba Ambasaderi 2 bashya

Perezida Kagame yakiriye ba Ambasaderi 2 bashya

January 15, 2026
Muhanga : Uwitwa Venuste Havugimana arishyuza AFRISET Ibiva mu butaka butari ubwe

Muhanga : Uwitwa Venuste Havugimana arishyuza AFRISET Ibiva mu butaka butari ubwe

January 14, 2026

We bring you the latest news with facts. Check our landing page for details.

Follow Us

Browse by Category

Recent News

Impera za 2026 zirasiga mu Rwanda hatangwa umuti urinda kwandura SIDA

Impera za 2026 zirasiga mu Rwanda hatangwa umuti urinda kwandura SIDA

January 15, 2026
Uganda: Abatrage bazindukiye mu matora y’umukuru w’igihugu

Uganda: Abatrage bazindukiye mu matora y’umukuru w’igihugu

January 15, 2026
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMYIDAGADURO
  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
  • INCAMACYE

© 2024 All Right Reserved IGISABO NEW PAPER Developed by ~MORGAN NIYITEGEKA

No Result
View All Result
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMYIDAGADURO
  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
  • INCAMACYE

© 2024 All Right Reserved IGISABO NEW PAPER Developed by ~MORGAN NIYITEGEKA