Ubuzima : uburwayi bwazengerezaga umubiri wacu bwatangiye kubonerwa ibisubizo

admin
4 Min Read

Mu minsi yatambutse hagiye humvikana abavuzi bavuga ko bavura indwara zose, ibi bikaba bitari bisobanutse neza ndetse hari n’abivuzaga bibahenze ariko ugasanga uburwayi bivuje budakize kandi batanze akayabo.

Muri ino nkuru tugiye ku garuka ku bibazo/ indwara  bibangamira  abatari bacye ariko kubera kutamenya amakuru yizewe zimwe muri izo ndwara zikabagira ibimuga cyangwa imibiri yabo igatakaza ubudahangarwa hari n’abatakaza ubuzima.

  1. Abagabo batari bacye bafite ibibazo byo kunanirwa gutera akabariro, gucika intege Acyangwa kubura ubushake mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina

Iki kibazo gikunze kubangamira abagabo benshi, bamwe bagahitamo gukoresha imiti yongera imbaraga, abandi bagahitamo kunywa ibisindisha bibagiwe ko ibyo byose ndetse n’indi miti itizewe bishobora kubagiraho ingaruka, kugeza ubu iki kibazo nyuma y’ubushakashatsi bwimbitse cyamaze kubonerwa igisubizo, nta kindi ni inyongeramirire ikaba n’umuti ariwo Revive.

Kunanirwa gutera akabariro , gucika intege igihe uri mu gikorwa nyirizina. Kubura ubushake , kugira intanga z’ibihuhwe bitera kutabyara bishobora guterwa n’impamvu nyinshi, zirimo kunanirwa k’ubwonko (stress), ingaruka zo kwikinisha, indwara ya prostate n’ibindi bibazo bitandukanye, niyo mpamvu uyu muti witwa Revive ufite ubushobozi bwo gukemura ibyo bibazo byose maze umubiri ugasubira uko bikwiriye.

Revive kandi ifite umwihariko kuko ikoze mu bimera karemano niyo mpamvu nta ngaruka n’imwe igira ku buzima. By’akarusho kandi uyu muti utandukanye n’indi yose kuko utagusaba guhora uwukoresha, ahubwo iyo umubiri umaze gusubira ku murongo urawuhagarika burundu maze igikorwa kikajya kigenda neza.

  • Indwara zifata Abakobwa n’abagore bishingiye mu gutera akabariro

Kimwe n’abagabo, hari abagore bahura n’ibibazo byo kubura ubushake bwo gutera akabariro, abandi ntibagire ububobere cyangwa amavangingo, ibi bikaba byaba intandaro yo gusenya urugo cyangwa gutuma umuryango ubaho utishimye, hari bamwe mu bagore bagerageza kwishakira ibisubizo, bagakoresha amafaranga menshi ariko bikaba iby’ubusa, ubu kampani yo muri asia nabo yabazaniye imiti yizewe, itagira ingaruka n’imwe kandi ikuraho ibyo bibazo burundu, uwo muti witwa Golden SIX

Abageze mu zabukuru kandi ino miti ibarinda indwara zitandukanye zifata abageze mu zabukuru, ivura kuribwa igihe umugore cyangwa umukobwa ari mu mihango ndetse ikarwanya n’indwara y’ubugumba.

  • Indwara z’ubuhumekero, umuvuduko w’amaraso, kanseri, umutima, amibe n’izindi zigoye

Muri bino bihe abantu batari bacye babangamiwe n’indwara zafatwaga nk’izidakira, izindi zigasaba kujya kuzivuza mu mahanga, kugeza ubu ibyo ntibikiri ngombwa kuko hamaze kuvumburwa imiti ikoze mu bimera ishobora guhangana n’izo ndwara.

Muri ino nkuru twashingiye ku makuru yatangajwe n’umuryango w’abibubye ishami rishinzwe ubuzima (OMS), Kandi kugeza ubu ino miti kabuhariwe yamaze no kugera mu Rwanda.

Wifuza kumenya birambuye waduhamagara/whatsaap nimero (0782511443) tukagufasha kubona ino miti ndetse no gusobanurirwa uko ikora, wikongera gutagaguza amafaranga mu bavuzi batizewe kandi bataguha imiti ikwiriye.

Share This Article
Leave a Comment

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *