Ubuzima: sobanukirwa impamvu imiti ikoze mu bimera ivura indwara zikomeye kurusha imiti yitwa ko ari iya kizungu,Dore imiti yagufasha

admin
5 Min Read

Abantu benshi bakunze kwibaza impamvu hari abavuzi bavuga ko bavura indwara zose kandi hari indwara bizwi ko zidakira, ariko nubwo bibaza ibi byamaze kugaragara ko indwara iyariyo yose ishobora kuvurwa cyangwa gukingirwa, ibyo iyo bidakunze habaho kuyigabanyiriza ubukana cyangwa kuyikumira.

Muri bino bihe hadutse abavuzi batandukanye bavuga ko bavura indwara zose byatumye ikinyamakuru igisabo gikora ubusesenguzi kuri ayo makuru, icyagaragaye nuko indwara nyinshi zidakizwa n’imiti yo kwa muganga gusa (imiti ya kizungu), ahubwo hari imiti gakondo ishobora kuvura indwara zisa n’izananiranye bitewe nuburyo iyo miti yatunganyijwe.

Kuki imiti gakondo abantu batayiha agaciro?

Imiti gakondo cyangwa imiti ya Kinyarwanda ikunze kunengwa kubera uburyo iba itunganyijwemo, uburyo ibikwa ndetse n’uburyo icuruzwamo, ibi byose bituma hari abayigirira impungenge zo kuba iba itujuje ubuziranenge, gusa byagaragaye ko iramutse itunganyijwe neza ishobora kuvura indwara zitandukanye zisanzwe zifatwa nk’izidakira.

Ubwiza bw’imiti ikoze mu bimera cyangwa inyunganiramirire

Imiti ikoze mu bimera ndetse n’inyunganiramirire ni myiza cyane ugereranyije n’imiti yitwa iya kizungu kuko ikorwa cyangwa itunganywa hatabayeho kongeramo ibinyabutabire (produit chimique), ibyo bituma ino miti nta ngaruka n’imwe igira ku mubiri cyangwa ngo bigusabe guhora uyikoresha, ahubwo ivura ikanakuraho ikibazo mu buryo burambye.

Ese ubu imiti ikoze mu bimera kandi itunganyijwe mu buryo bwa gihanga ibasha kuboneka?

Abantu batari  bake bamaze kumenya ko imiti ikoze mu bimera ikundwa kandi ifite akamaro cyane, batangiye kujya biyitirira kuvura indwara zitandukanye, byatumye abantu benshi babagana ariko bagategereza ko bakira bagaheba, gusa kugeza ubu hamaze kuboneka imiti ikoze mu bimera ndetse n’inyunganiramirire byizewe ku rwego uyikoresheje ibasha gukiza uburwayi kandi ikanakumira izindi ndwara zitandukanye, kugeza ubu ikinyamakuru igisabo cyaganiriye na bamwe mu bakoresheje iyo miti maze batanga ubuhamya ku bibazo bari bafite.

Bwana Niyigaba(yahinduriwe izina), yagize ati’’ hari hashize imyaka 3 kubaka urugo (gukora imibonano mpuzabitsina) byarananiye nsetse niyo nabikoraga rimwe nta minota 2 namaraga mu gikorwa, ariko maze kumenya umuti witwa Revive nawufashe numva nabyo ari ubutekamitwe nkiyo nari narafashe mbere, ariko mu kuri kose ubu nagaruye akanyabugabo kandi si byabindi bya ya miti unywa warangiza igikorwa kugirango usubiremo ukongera kuwunywa , oya uyu muti ukuvura burundu.

Nyinawumuntu(izina yahawe), yari afite indwara ya Amibe, aganira na igisabo .rw yagize ati’’ amibe yaranzengereje ndivuza biranga, mfata imiti ya Kinyarwanda biba ibyubusa, ariko naje kumenya amakuru ko hari umuti ukoze mu bimera kandi ufite umwihariko wo kuvura amibe burundu, nagiye kuwugura ari ukubura uko ngira ariko kugeza ubu mfite ubuzima bwiza nta nzoka zikinzengereza.

Bwana Bicamumpaka na Nzabandora batuye mu karere ka Rwamagana bose bari bahuje ikibazo cy’umuvuduko w’amaraso ndetse na diyabete, bari barivuje byaranze ariko nyuma yo gusobanukirwa ko hari imiti ikoze mu bimera kandi itunganyijwe mu buryo bugezweho, biyemeje gufata imiti ya Spirulina,Golden sixCordy royal jelly, gusa ngo babikoze ari amaburakindi dore ko babonaga ino miti isa nihenze ariko bemeza ko nta gihenda kurusha ubuzima, ubu bombi batangaza ko ubu bameze neza kandi n’umubyibuho ukabije bari bafite ubu wagabanutse.

Kugeza ubu ino miti ikomoka ku bimera ndetse n’inyunganiramirire bifite ubushobozi bwo kuvura indwara zitandukanye ikomoka mu bihugu byo muri aziya bisanzwe byaramamaye mu buvuzi bushingiye ku bimera. Ukaba ushobora kuyibona uhamagaye / whatsaap kuri 0782511443 bakagufasha cyangwa ukandika email: ndayisabaeric501@gmail.com by’akarusho nuko aho uri hose mu Rwanda ino miti ibasha kukugeraho.

Ntiwongere kwivuza kubagutuburira baguha imiti itagufitiye akamaro kandi bakaguca umurengera w’amafaranga

Share This Article
Leave a Comment

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *