Umutungo wa mbere umuntu afite ni ubuzima , tugomba kububungabunga kugirango tubashe gutera imbere, niyo mpamvu ku menya amakuru yagufasha kugira ubuzima bwiza ari ibyingenzi.
Ubu hari uburwayi bwari bwarazahaje abantu, barabuze imiti cyangwa bakababwira ko zidakira burundu, ubu si uko bimeze kuko habonetse imiti ndetse n’inyunganiramirire bikemura ibibazo by’uburwayi, ndetse bikabasha no gukumira indwara zitandukanye.
Abagabo benshi kubera impamvu zitandukanye hari abagorwa no gutera akabariro cyangwa bakarangiza vuba, ibi bishobora guterwa n’impamvu zitandukanye , ubu habonetse umuti ukaba n’inyunganiramirire uzwi nka Revive , ukaba ukoze mu bimera kandi utunganyijwe mu buryo bwa gihanga, ukaba utandukanye n’indi miti kuko wo usubiza umubiri ku murongo bidasabye ko uwukoresha igihe ugiye gutera akabariro gusa.
Abatari bacye bataka indwa ya amibe idakira, ubu iki kibazo cyabonewe igisubizo, aho ushobora gukoresha umuti wa Reish ugakira burundu.
Golden Hypha uyu muti ukaba n’inyunganiramirire nawo ukoze mu bimera, ukaba uturuka muri Asiya, iki ni igisubizo kubafite uburwayi bwa kanseri, umwijima, indwara z’uruhu, ibibyimba byo munda ndetse ukaba akarusho kuko wongera ubudahangarwa bw’umubiri.
Golden six nawo ni igisubizo ku bafite uburwayi butandukanye burimo Impyiko, rubagimpande, kuribwa igihe uri mu mihango, polarize, umuvuduko w’amaraso, kubura ibitotsi, indwara z’umugongo n’izindi, uyu nawo ukaba nta ngaruka n’imwe ugira kuko nawo ukoze mu bimera.
Umuti wamamaye mu rwego mpuzamahanga ni Cordy Royal Jelly, uyu ni igisubizo ku burwayi butandukanye, ukaba ugabanya ibinure mu maraso, ukumira indwara z’umutima, uvura indwara yo kwibagirwa, gukora neza k’ubwonko, uvura umutwe ukabije ndetse ukagabanya umuvuduko w’amaraso.
Abafite ikibazo cy’isukari nyinshi mu mubiri nabo babonye igisubizo, kuko ubu hari umuti , ukaba n’inyunganiramirire uzwi nka Magillan, uyu muti kandi ni mwiza kuko woza imyanda mu mubiri, ukaba uvura igifu ndetse n’amara ugakumira ikibazo cy’impatwe.
Bakubwiraga ko Diyabete idakira, ubu siko bimeze kuko umuti witwa Lowgar ufite ubushobozi bwo kukurinda diyabete, ukavura urwagashya, uyu muti kandi nawo ukemura ikibazo cyo kurangiza vuba, gucika integer igihe cyo gutera akabariro cyangwa kugira ubushake bucye, lowgar wifashishwa mu gukemura indwara z’amenyo, inyota ikabije, kunanuka cyane, kunyaragura n’ibindi.
Kugeza ubu ino miti n’inyunganiramirire ni mpuzamahanga kandi iboneka mu bihugu byose byo ku isi, si izi ndwara gusa kuko hari n’imiti itandukanye yagufasha mu kuvura umunaniro, stress,gutembera neza kw’amaraso, kongera abasirikare b’umubiri ndetse no kubobeza uruhu.
Abafite ikibazo cyo kutabyara(ubugumba) nabo bashobora gukoresha Ca+Fe+Zi plus umubiri ugasubira kuri gahunda bakabona urubyaro, uyu kandi ukaba ukemura ikibazo cyo kurwara umugongo, kuvura uburemba, kungera ubushake bwo kurya, uvura ibisebe,ufasha mu kubona neza,gukora neza k’ubwonko, gukuraho ingaruka za kanseri, kongera amaraso mu mubiri,gukomeza amagufa, amenyo n’inzara.
Uretse imiti itandukanye ubu Wabasha kubona isabune nziza woga ugasinzira neza, ikakurinda indwara z’uruhu ikanarinda impumuro mbi.
Ino miti ndetse n’inyunganiramirire ubu ntibikiri umugani kuko no mu Rwanda ushobora kuyibona, waduhamagara/whatsapp kuri 0782511443 tukaguhuza na muganga, kandi biroroshye kuko aho uri hose mu Rwanda no mu mahanga ino miti ishobora kukugeraho mu buryo bworoshye, wadusanga kandi muri Kigali/Remera tukaguha ubundi bujyanama butandukanye.
TEL: 0782511443
Email: ndayisabaeric501@gmail . com











