INKURU NZIZA KU BAGORE N’ABAKOBWA, ABAGABO NAMWE MURACYAZIRIKANWA

admin
2 Min Read

Nyuma yaho tubazaniye umuti w’abagabo wabafashije mu kwitwara neza mu gutera akabariro witwa REVIVA, Abagabo benshi ukaba warabagiriye akamaro bagatandukana n’ababahaga utabafasha ubu noneho abagore n’abakobwa nawe mwazirikanwe.

Muganga Eric Issa ubu yabazaniye umuti n’inyongeramirire yihariye ku bagore n’abakobwa bari bafite ikibazo cyo kubura amavangingo, kutagira ubushake bwo gutera akabariro, ubu yabazaniye umuti ubafasha kandi wizewe nkuko bisanzwe, uwo muti witwa WOMAN FACTORY.

WOMAN FACTORY Kandi iringaniza imisemburo y’abagore n’abakobwa,ifasha neza kugira uruhu rwiza ku bagore n’abakobwa,ifasha abagore batakibyara,yongera ubushobozi bwo gusama ku bagore kandi ikarinda amagufa.

Iyu muti wagatangaza kandi ugendana n’uwitwa SPIRULINA Kugirango wuzuzanye maze ikibazo umugore cyangwa umukobwa afite, ntiwongere guhangayika ngo ntabwo unezeza umukunzi wawe.

Muganga Issa Eric atangaza ko ku busanzwe hariho Impamvu enye zishobora gutuma Umugore ananirwa gushimisha uwo barwubakanye,muri izo mpamvu twavugamo ubushake buke no kubura amavangingo,Kugabanuka kw, imisemburo mu mubiri we (progesterone na oestrogen),Infections urinaires (ifumbi),amibe, diabete, Hypertension

Umubyibuho ukabije, stress,Imirire itaboneye,Amateka mabi yanyuzemo harimo nko gufatwa ku ngufu,gushyingirwa ku ngufu n’uwo adakunda harebwe izindi nyungu zitari urukundo,gukorerwa n,Andi mahohoterwa ashingiye ku gitsina

Inkuru nziza nuko igisubizo kizewe gihari umugore ufite ikibazo cy, ubushake n, amavangingo watwegera tukaguhuza na muganga cyangwa agahamagara Muganga kuri nimero igendanwa ariyo 0788534855 akamufasha maze ubuzima bukareka ku mubihira.

Nguwo umuti wafashije abagabo bakareka gukorwa n’isoni igihe batera akabariro. niwo wizewe ku rwego mpuzamahanga
Share This Article
Leave a Comment

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *