Inyandiko zitagira umukono muri siporo zikomeje kunengwa, AJSPORT yitandukanyije n’abanyamakuru ba siporo kuri radio 10

admin
0 Min Read

Muri iki gitondo nibwo AJSPOR Yasohotse itangazo risa n’irinenga abanyamakuru b’imikino kuri Radiyo 10, ndetse na Radio ubwayo, Gusa iri tangazo ryanenzwe n’abakurikiranira hafi siporo mu Rwanda ku kuko nta mukono ugaragara ry’uwasinye kuri iri tangazo, ibi bikaba byaherikaga ku itangazo ryari ryasohowe na minisiteri.

AJSPORT muri rino tangazo yagaragaje ko yitandukanyije n’imikorere y’abanyamakuru ba siporo kuri Radio 10, aho yagize iti’’

Ishyirahamwe ry'abanyamakuru ba Siporo mu Rwanda (AJSPOR) ryitandukanyije n'imikorere y'abanyamakuru ba Radio na TV 10
Ishyirahamwe ry'abanyamakuru ba Siporo mu Rwanda (AJSPOR) ryitandukanyije n'imikorere y'abanyamakuru ba Radio na TV 10
Share This Article
Leave a Comment

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *