Mu gihe ubuzima bukomeje kuba bubi bitewe n’icyorezo cya covid19 gikomeje guhangayikisha isi,kugeza ubu imirimo imwe n’imwe yakomeje kugenda idohorerwa nubwo nayo …
January 2021
-
-
POLITIKE
Ethiopia: Uwahoze ari minisitiri w’ububanyi n’amahanga yishwe n’ingabo za Ethiopia
by adminby adminIngabo za Ethiopia zatangaje ko zishe Seyoum Mesfin, wahoze ari Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’iki gihugu akaba n’umwe mu bashinze ishyaka ritavuga rumwe …
-
Abagize Inteko Ishinga Amategeko umutwe w’Abadepite muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika batoye icyemezo cyo kweguza Perezida w’iki gihugu Donald Trump bamushinja …
-
Igisabonews nkuko dusanzwe duhuza abaguzi n’abagurisha,ndetse tugahuza abifuza gukodesha imitungo itandukanye,ubu noneho tukuzaniye inzu y’igitangaza ushobora gukodesha ukayituramo n’umuryango wawe cyangwa ukaba …
-
Ubuzima
kumira indwara,bungabunga ubuzima ukoresheje imiti n’inyunganiramirire by’umwimerere
by adminby adminAmagara araseseka ntayorwa,niyo mpamvu dukwiye kubungabunga ubuzima bwacu dukoresha imiti y’umwimerere,n’inyunganira mirire ituma dusigasira ubuzima bwacu, Madamu Nyirashumbusho Asia uzobereye mu buvuzi …
-
Amakuru
Abigabiza uruzitiro rw’ikigo cya Gisirikare cya Gabiro bashaka kuragiramo bafashwe
by adminby adminAbagera kuri batandatu bo mu Karere ka Gatsibo bafite inzuri zegereye ikigo cya gisirikare cya Gabiro batawe muri yombi bakurikiranyweho gusenya uruzitiro …
-
Amakuru
Amamaza,menyekanisha ibyo ukora,wirengana, gana ikinyamakuru Igisabo.rw kibigufashemo
by adminby adminMuri bino bihe dukomeje guhangana n’icyorezo cya Covid 19,aho ubukungu bwahungabanye bikomeye ,ubu ikinyamakuru cyanyu twaborohereje kwamamaza,kumenyekanisha,kubakorera ubuvugizi no guhuza abaguzi n’abagurisha …
-
Uncategorized
Umuntu wa 113 yishwe na Coronavirus, 167 biganjemo ab’i Kigali barayandura
by adminby adminUmugore w’imyaka 46 wo mu Mujyi wa Kigali yabaye umuntu wa 113 wishwe na Coronavirus kuva iki cyorezo cyatahurwa mu Rwanda. Minisiteri …
-
Amakuru
Perezida Trump yashyize yemera ko yatsinzwe, yizeza ko abateye Inteko Ishinga Amategeko bazabiryozwa
by adminby adminPerezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump yashyize yemera ko yatsinzwe na Joe Biden, yizeza ko hazabaho ihererekanya butegetsi rikozwe …
-
Umunyamakuru Umuhire Valentin wari ufite inararibonye n’uburambe mu mwuga w’itangazamakuru akaba kuri ubu yari umuyobozi mukuru w’ikinyamakuru ValueNews yitabye Imana azize uburwayi. …