Muri bino bihe dukomeje guhangana n’icyorezo cya Covid 19,aho ubukungu bwahungabanye bikomeye ,ubu ikinyamakuru cyanyu twaborohereje kwamamaza,kumenyekanisha,kubakorera ubuvugizi no guhuza abaguzi n’abagurisha mu buryo buboroheye.Dukora kandi inkuru zicukumbuye ku buzima bw’abaturage,dufasha leta ku menya ahari ikibazo kugirango gikemuke mu maguru mashya,dukora inkuru zihwitura abari mu makosa,dukora inkuru zifasha leta kutagwa mu gihombo hasesagurwa imisoro y’abaturage cg ngo yibwe n’abantu ku giti cyabo,dukora inkuru za siporo n’imyidagaduro.inkuru wifuza ishyirwa mu rurimi ukeneye (ikinyarwanda,igifaransa,icyongereza n’igiswahili).tubakorera amashusho y’ibikorwa byanyu tukayashyira no kurubuga rwa youtube yacu
Ikinyamakuru Igisabo newspaper gisanzwe gikorera abuvugizi abarengana,abadafite ubakurikiranira ibibazo bitandukanye,ariko kikaba ari ikinyamakuru cy’ubukombe mu kwamamaza ibikorwa bitandukanye,kumenyekanisha ibyo ukora,guhuza abantu batandukanye,kubatambukiriza amatangazo atandukanye n’ibindi kuri ubu twabashyize igorora mu rwego rwo kubafasha gutambuka muri bino bihe byahungabanyije ubukungu.
Dore bimwe mu bikorwa twakoze kandi tugikora
- Twahuje abaguzi n’abagurisha bagera kuri 634 mu myaka itanu ishize
- Twakoreye ubuvugizi abantu bari barahugujwe isambu bagera kuri 13
- Twakoreye ubuvugizi abahohotewe n’abayobozi bagera kuri 6
- Twamamaje ibikorwa by’inganda n’amavuriro bigera kuri 281
- Twafashije abagera kuri 43 ku menya ahari amavuriro yabafasha ku burwayi bwabo
- Twakoranye n’ibigo by’amashuri bigera kuri 74
- Twamenyekanishije gahunda za leta mu mirenge igera kuri 104 dukorana nayo byihariye
- Twakoranye n’abahanzi bagera kuri 37 mu kumenyekanisha ibikorwa byabo by’ubuhanzi
- Twamenyekanishije ibikorwa bitandukanye by’ubuhinzi n’ubworozi mu turere twose tw’igihugu
- Twakoranye n’amakipe y’imikino itandukanye
- Twakoranye n’abikorera batandukanye nab a rwiyemezamirimo mu guteza imbere ibyo bakora no kubikorera ubuvugizi
- Ukeneye ko tuguhuza n’ibindi binyamakuru tunyureho birakorohera kandi uhendukirwe.
N.B: Abikorera,ba Rwiyemezamirimo,ibigo byigenga n’ibya Leta,umuntu ku giti cye,Amashyirahamwe,ibigo by’imari,amavuriro,amashuri,inzego za leta,Imiryango yigenga n’itegamiye kuri Leta,amatsinda y’abantu ku giti cyabo n’abandi,mwatwegera tukabafasha kugeza kure ibyo mwifuza kandi tukabikurikirana.
Ibiciro byo kwamamaza byagabanyijweho 20%, inkuru z’ubuvugizi ni ubuntu.
Hari serivise udukeneyeho wadusanga aho dukorera imbere ya stade amahoro I Remera mu mujyi wa Kigali cyangwa ukaduhamagara kuri nomero ya terefoni igendanwa ariyo 0782511443/0781300749/0729913413 ziri kuri whatsapp
Wanatwandikira kandi kuri:
Email: ndayisabaeric501@gmail.com
Email: igisabonews1@gmail.com
Twitter : NDAYERICUS