• Latest
Kaminuza yigenga ya Kigali yegukanye ibihembo byinshi mu marushanwa yo gusoma no kwandika ibitabo

Kaminuza yigenga ya Kigali yegukanye ibihembo byinshi mu marushanwa yo gusoma no kwandika ibitabo

April 5, 2025
Impera za 2026 zirasiga mu Rwanda hatangwa umuti urinda kwandura SIDA

Impera za 2026 zirasiga mu Rwanda hatangwa umuti urinda kwandura SIDA

January 15, 2026
Uganda: Abatrage bazindukiye mu matora y’umukuru w’igihugu

Uganda: Abatrage bazindukiye mu matora y’umukuru w’igihugu

January 15, 2026
Perezida Kagame yakiriye ba Ambasaderi 2 bashya

Perezida Kagame yakiriye ba Ambasaderi 2 bashya

January 15, 2026
Muhanga : Uwitwa Venuste Havugimana arishyuza AFRISET Ibiva mu butaka butari ubwe

Muhanga : Uwitwa Venuste Havugimana arishyuza AFRISET Ibiva mu butaka butari ubwe

January 14, 2026
Perezida Kagame yizeje ubufatanye Gen Doumbouya wa Guinea

Perezida Kagame yizeje ubufatanye Gen Doumbouya wa Guinea

January 6, 2026
RDB yagabanyije ibiciro byo gusura Ingagi

RDB yagabanyije ibiciro byo gusura Ingagi

January 6, 2026
I Ngoma abantu 15 bakubiswe n’Inkuba ,9 bahasiga ubuzima

I Ngoma abantu 15 bakubiswe n’Inkuba ,9 bahasiga ubuzima

January 5, 2026
Ruben Amorim watozaga Manchester United yirukanwe

Ruben Amorim watozaga Manchester United yirukanwe

January 5, 2026
MIGEPROF yatabarije abagore bafunze batajya basurwa

MIGEPROF yatabarije abagore bafunze batajya basurwa

January 5, 2026
Dore zimwe mu ngamba zafatiwe mu Nama yo kurebera hamwe icyateza imbere umuryango

Dore zimwe mu ngamba zafatiwe mu Nama yo kurebera hamwe icyateza imbere umuryango

December 31, 2025
Zibaho wo gatsindwa we, kirazira mu muco wacu- Rutangarwamaboko abwira Pamela

Zibaho wo gatsindwa we, kirazira mu muco wacu- Rutangarwamaboko abwira Pamela

December 31, 2025
Uko Amb. Ndhungirehe afata ihagarikwa rya Gen Ekenge

Uko Amb. Ndhungirehe afata ihagarikwa rya Gen Ekenge

December 31, 2025
  • About
  • Advertise
  • Privacy & Policy
  • Contact
igisabo.rw
Advertisement
ADVERTISEMENT
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
    • All
    • Kwisi hose(world)
    • POLITIKE
    • Ubukungu
    • Ubumenyi(Science)
    Impera za 2026 zirasiga mu Rwanda hatangwa umuti urinda kwandura SIDA

    Impera za 2026 zirasiga mu Rwanda hatangwa umuti urinda kwandura SIDA

    Uganda: Abatrage bazindukiye mu matora y’umukuru w’igihugu

    Uganda: Abatrage bazindukiye mu matora y’umukuru w’igihugu

    Perezida Kagame yakiriye ba Ambasaderi 2 bashya

    Perezida Kagame yakiriye ba Ambasaderi 2 bashya

    Muhanga : Uwitwa Venuste Havugimana arishyuza AFRISET Ibiva mu butaka butari ubwe

    Muhanga : Uwitwa Venuste Havugimana arishyuza AFRISET Ibiva mu butaka butari ubwe

    Perezida Kagame yizeje ubufatanye Gen Doumbouya wa Guinea

    Perezida Kagame yizeje ubufatanye Gen Doumbouya wa Guinea

    RDB yagabanyije ibiciro byo gusura Ingagi

    RDB yagabanyije ibiciro byo gusura Ingagi

    Trending Tags

    • Trump Inauguration
    • United Stated
    • White House
    • Market Stories
    • Election Results
  • IKORANABUHANGA
    • All
    • Apps
    • Gadget
    • Mobile
    • Startup
    eKASH yamurikiwe ku mugaragaro abanyarwanda uko ikoreshwa n’akamaro ibafitiye 

    eKASH yamurikiwe ku mugaragaro abanyarwanda uko ikoreshwa n’akamaro ibafitiye 

    IBTC Kigali ishyigikiye ko gahunda z’ikoranabuhanga na Tekinike zakwigishwa mu Kinyarwanda

    IBTC Kigali ishyigikiye ko gahunda z’ikoranabuhanga na Tekinike zakwigishwa mu Kinyarwanda

    Sosiyete ya MTN Rwanda yatumijweho kugira ngo yisobanure kuri serivise mbi imaze iminsi itanga

    Sosiyete ya MTN Rwanda yatumijweho kugira ngo yisobanure kuri serivise mbi imaze iminsi itanga

    Mu Rwanda hagejejwe telephone za Infinix  zifite umwihariko n’udushya bidasanzwe

    Mu Rwanda hagejejwe telephone za Infinix zifite umwihariko n’udushya bidasanzwe

    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    Trending Tags

    • Nintendo Switch
    • CES 2017
    • Playstation 4 Pro
    • Mark Zuckerberg
  • IMYIDAGADURO
    • All
    • FILIMI
    • Imikino n'Imyidagaduro
    • Muzika
    • Siporo
    Ruben Amorim watozaga Manchester United yirukanwe

    Ruben Amorim watozaga Manchester United yirukanwe

    Zibaho wo gatsindwa we, kirazira mu muco wacu- Rutangarwamaboko abwira Pamela

    Zibaho wo gatsindwa we, kirazira mu muco wacu- Rutangarwamaboko abwira Pamela

    UEFA Champions League: Barcelona na Man city zatsinzwe

    UEFA Champions League: Barcelona na Man city zatsinzwe

    RGB yasheshe komite za Rayon sport Murenzi Abdallah yongera kuyifata bwa 3

    RGB yasheshe komite za Rayon sport Murenzi Abdallah yongera kuyifata bwa 3

    Trinity Nyakabingo FC niyo izahatanira igikombe na Rutongo Mines FC

    Trinity Nyakabingo FC niyo izahatanira igikombe na Rutongo Mines FC

    Rutongo Mines Fc iraranye Ikite iyihesha gukina Umukino wa nyuma

    Rutongo Mines Fc iraranye Ikite iyihesha gukina Umukino wa nyuma

  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
    • All
    • Fashion(Imideri)
    • Imirire
    • Ubucyerarugendo
    • Ubuzima
    Impera za 2026 zirasiga mu Rwanda hatangwa umuti urinda kwandura SIDA

    Impera za 2026 zirasiga mu Rwanda hatangwa umuti urinda kwandura SIDA

    Muhanga : Uwitwa Venuste Havugimana arishyuza AFRISET Ibiva mu butaka butari ubwe

    Muhanga : Uwitwa Venuste Havugimana arishyuza AFRISET Ibiva mu butaka butari ubwe

    RDB yagabanyije ibiciro byo gusura Ingagi

    RDB yagabanyije ibiciro byo gusura Ingagi

    Dore zimwe mu ngamba zafatiwe mu Nama yo kurebera hamwe icyateza imbere umuryango

    Dore zimwe mu ngamba zafatiwe mu Nama yo kurebera hamwe icyateza imbere umuryango

    Abaforomo n’ababyaza basabwe gukunda ibyo bakora

    Abaforomo n’ababyaza basabwe gukunda ibyo bakora

    Rév. Pasiteri Mudagiri Tabazi umwigisha w’Ijambo ry’Imana yatabarutse

    Rév. Pasiteri Mudagiri Tabazi umwigisha w’Ijambo ry’Imana yatabarutse

    Trending Tags

    • Golden Globes
    • Game of Thrones
    • MotoGP 2017
    • eSports
    • Fashion Week
  • INCAMACYE
    Kiliziya ya Ste Famille yizihije Umunsi Mukuru wayo hatangizwa Urugendo rwa Yubile y’Imyaka 50 Arkidiyosezi ya Kigali imaze ishinzwe

    Kiliziya ya Ste Famille yizihije Umunsi Mukuru wayo hatangizwa Urugendo rwa Yubile y’Imyaka 50 Arkidiyosezi ya Kigali imaze ishinzwe

    Polisi y’u Rwanda yungutse abapolisi 1903 bashya

    Polisi y’u Rwanda yungutse abapolisi 1903 bashya

    Abakorera Garage ATECAR bavuga ko bakora biyungura ubumenyi bugendanye n’ibinyabiziga biba bigezweho

    Abakorera Garage ATECAR bavuga ko bakora biyungura ubumenyi bugendanye n’ibinyabiziga biba bigezweho

    Mu cyumweru cyahariwe ubutabera hazibandwa ku buhuza nk’uburyo bufasha kudasiragira mu nkiko

    Mu cyumweru cyahariwe ubutabera hazibandwa ku buhuza nk’uburyo bufasha kudasiragira mu nkiko

    eKASH yamurikiwe ku mugaragaro abanyarwanda uko ikoreshwa n’akamaro ibafitiye 

    eKASH yamurikiwe ku mugaragaro abanyarwanda uko ikoreshwa n’akamaro ibafitiye 

    Amatike ashobora gushira mbere y’igitaramo-Abifuza kuzataramana na Richard Nick Ngendahayo baburiwe

    Amatike ashobora gushira mbere y’igitaramo-Abifuza kuzataramana na Richard Nick Ngendahayo baburiwe

No Result
View All Result
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
    • All
    • Kwisi hose(world)
    • POLITIKE
    • Ubukungu
    • Ubumenyi(Science)
    Impera za 2026 zirasiga mu Rwanda hatangwa umuti urinda kwandura SIDA

    Impera za 2026 zirasiga mu Rwanda hatangwa umuti urinda kwandura SIDA

    Uganda: Abatrage bazindukiye mu matora y’umukuru w’igihugu

    Uganda: Abatrage bazindukiye mu matora y’umukuru w’igihugu

    Perezida Kagame yakiriye ba Ambasaderi 2 bashya

    Perezida Kagame yakiriye ba Ambasaderi 2 bashya

    Muhanga : Uwitwa Venuste Havugimana arishyuza AFRISET Ibiva mu butaka butari ubwe

    Muhanga : Uwitwa Venuste Havugimana arishyuza AFRISET Ibiva mu butaka butari ubwe

    Perezida Kagame yizeje ubufatanye Gen Doumbouya wa Guinea

    Perezida Kagame yizeje ubufatanye Gen Doumbouya wa Guinea

    RDB yagabanyije ibiciro byo gusura Ingagi

    RDB yagabanyije ibiciro byo gusura Ingagi

    Trending Tags

    • Trump Inauguration
    • United Stated
    • White House
    • Market Stories
    • Election Results
  • IKORANABUHANGA
    • All
    • Apps
    • Gadget
    • Mobile
    • Startup
    eKASH yamurikiwe ku mugaragaro abanyarwanda uko ikoreshwa n’akamaro ibafitiye 

    eKASH yamurikiwe ku mugaragaro abanyarwanda uko ikoreshwa n’akamaro ibafitiye 

    IBTC Kigali ishyigikiye ko gahunda z’ikoranabuhanga na Tekinike zakwigishwa mu Kinyarwanda

    IBTC Kigali ishyigikiye ko gahunda z’ikoranabuhanga na Tekinike zakwigishwa mu Kinyarwanda

    Sosiyete ya MTN Rwanda yatumijweho kugira ngo yisobanure kuri serivise mbi imaze iminsi itanga

    Sosiyete ya MTN Rwanda yatumijweho kugira ngo yisobanure kuri serivise mbi imaze iminsi itanga

    Mu Rwanda hagejejwe telephone za Infinix  zifite umwihariko n’udushya bidasanzwe

    Mu Rwanda hagejejwe telephone za Infinix zifite umwihariko n’udushya bidasanzwe

    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    Trending Tags

    • Nintendo Switch
    • CES 2017
    • Playstation 4 Pro
    • Mark Zuckerberg
  • IMYIDAGADURO
    • All
    • FILIMI
    • Imikino n'Imyidagaduro
    • Muzika
    • Siporo
    Ruben Amorim watozaga Manchester United yirukanwe

    Ruben Amorim watozaga Manchester United yirukanwe

    Zibaho wo gatsindwa we, kirazira mu muco wacu- Rutangarwamaboko abwira Pamela

    Zibaho wo gatsindwa we, kirazira mu muco wacu- Rutangarwamaboko abwira Pamela

    UEFA Champions League: Barcelona na Man city zatsinzwe

    UEFA Champions League: Barcelona na Man city zatsinzwe

    RGB yasheshe komite za Rayon sport Murenzi Abdallah yongera kuyifata bwa 3

    RGB yasheshe komite za Rayon sport Murenzi Abdallah yongera kuyifata bwa 3

    Trinity Nyakabingo FC niyo izahatanira igikombe na Rutongo Mines FC

    Trinity Nyakabingo FC niyo izahatanira igikombe na Rutongo Mines FC

    Rutongo Mines Fc iraranye Ikite iyihesha gukina Umukino wa nyuma

    Rutongo Mines Fc iraranye Ikite iyihesha gukina Umukino wa nyuma

  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
    • All
    • Fashion(Imideri)
    • Imirire
    • Ubucyerarugendo
    • Ubuzima
    Impera za 2026 zirasiga mu Rwanda hatangwa umuti urinda kwandura SIDA

    Impera za 2026 zirasiga mu Rwanda hatangwa umuti urinda kwandura SIDA

    Muhanga : Uwitwa Venuste Havugimana arishyuza AFRISET Ibiva mu butaka butari ubwe

    Muhanga : Uwitwa Venuste Havugimana arishyuza AFRISET Ibiva mu butaka butari ubwe

    RDB yagabanyije ibiciro byo gusura Ingagi

    RDB yagabanyije ibiciro byo gusura Ingagi

    Dore zimwe mu ngamba zafatiwe mu Nama yo kurebera hamwe icyateza imbere umuryango

    Dore zimwe mu ngamba zafatiwe mu Nama yo kurebera hamwe icyateza imbere umuryango

    Abaforomo n’ababyaza basabwe gukunda ibyo bakora

    Abaforomo n’ababyaza basabwe gukunda ibyo bakora

    Rév. Pasiteri Mudagiri Tabazi umwigisha w’Ijambo ry’Imana yatabarutse

    Rév. Pasiteri Mudagiri Tabazi umwigisha w’Ijambo ry’Imana yatabarutse

    Trending Tags

    • Golden Globes
    • Game of Thrones
    • MotoGP 2017
    • eSports
    • Fashion Week
  • INCAMACYE
    Kiliziya ya Ste Famille yizihije Umunsi Mukuru wayo hatangizwa Urugendo rwa Yubile y’Imyaka 50 Arkidiyosezi ya Kigali imaze ishinzwe

    Kiliziya ya Ste Famille yizihije Umunsi Mukuru wayo hatangizwa Urugendo rwa Yubile y’Imyaka 50 Arkidiyosezi ya Kigali imaze ishinzwe

    Polisi y’u Rwanda yungutse abapolisi 1903 bashya

    Polisi y’u Rwanda yungutse abapolisi 1903 bashya

    Abakorera Garage ATECAR bavuga ko bakora biyungura ubumenyi bugendanye n’ibinyabiziga biba bigezweho

    Abakorera Garage ATECAR bavuga ko bakora biyungura ubumenyi bugendanye n’ibinyabiziga biba bigezweho

    Mu cyumweru cyahariwe ubutabera hazibandwa ku buhuza nk’uburyo bufasha kudasiragira mu nkiko

    Mu cyumweru cyahariwe ubutabera hazibandwa ku buhuza nk’uburyo bufasha kudasiragira mu nkiko

    eKASH yamurikiwe ku mugaragaro abanyarwanda uko ikoreshwa n’akamaro ibafitiye 

    eKASH yamurikiwe ku mugaragaro abanyarwanda uko ikoreshwa n’akamaro ibafitiye 

    Amatike ashobora gushira mbere y’igitaramo-Abifuza kuzataramana na Richard Nick Ngendahayo baburiwe

    Amatike ashobora gushira mbere y’igitaramo-Abifuza kuzataramana na Richard Nick Ngendahayo baburiwe

No Result
View All Result
igisabo.rw
No Result
View All Result
Home Amakuru

Kaminuza yigenga ya Kigali yegukanye ibihembo byinshi mu marushanwa yo gusoma no kwandika ibitabo

NIYONKURU Edouard by NIYONKURU Edouard
April 5, 2025
in Amakuru, Amakuru y'ingenzi, Uburezi
0
Kaminuza yigenga ya Kigali yegukanye ibihembo byinshi mu marushanwa yo gusoma no kwandika ibitabo
0
SHARES
426
VIEWS
Share on FacebookShare on Twitter

Mu gikorwa cyo guhemba za Kaminuza n’amashuri makuru batsinze amarushanwa yo gusoma no kwandika ibitabo yateguwe n’urugaga rw’abanditsi mu Rwanda, Kaminuza yigenga ya Kigali yaje ku mwanya wa mbere mu gutsindisha benshi muri 20 bahembwe, inashimirwa nk’iyaguze ibitabo byinshi byafashije abarushanwa kunguka ubumenyi n’ibitekerezo.

Ni mu gikorwa cyabaye kuri uyu wa 04 Mata 2025 cyo guhemba abanyeshuri bari bamaze igihe mu marushanwa yo gusoma no kwandika, ategurwa n’urugaga rw’abanditsi mu Rwanda ku bufatanye bwa PAN AFRICAN MOVEMENT RWANDA bikaba byabereye kuri Intare Conference ARENA I Rusororo, amarushanwa akaba abaye ku nshuro yayo ya 3.

Igikorwa cyo gutanga ibihembo kandi cyanahuriranye no gutangaza igitabo kivuga ku budasa bw’amatora yo mu Rwanda “Rwanda’s Path to the Elections in Nation Rebirth” cyanditswe na Hategekimana Richard, Umuyobozi w’urugaga rw’abanditsi akaba icyarimwe Perezida w’ishyirahamwe ry’uruganda rw’igitabo.

HATEGEKIMANA Richard, Perezida w’urugaga rw’abanditsi mu Rwanda

Bwana Hategekimana Richard, umuyobozi w’urugaga rw’abanditsi mu Rwanda, avuga ko gukoresha amarushanwa yo kwandika no gusoma bigamije ahanini gufasha abanyeshuri kugira inyota yo gukunda gusoma no kwandika, cyane ko muri kino gihe cy’ikoranabuhanga, abasoma cyangwa ngo bandike bagenda bagabanuka.

Agira ati “Iki gikorwa cyo guhemba abanyeshuri basomye bakandika neza ibitabo. Ni igikorwa kigamije gushyigikira umuco wo gusoma no kuwuteza imbere. Turashimira ababidushyigikiyemo kugira ngo igikorwa kigende neza. Ni ku nshuro ya gatatu ikigorwa kibaye, mu minsi iri imbere tukaba turatangira gutegura icyiciro cya 4 kugira ngo abanyeshuri bo muri za Kaminuza n’amashuri makuru, bakomeze gufashwa gukunda gusoma no kwandika nk’uko bakomeje kubigaragaza.”

Avuga ko ku Isi yose gusoma no kwandika ari ibintu bifata umwanya w’ibanze, cyane ko  ubwenge bwose bukoreshwa mu buzima bwose buturuka ahanini no kuba warasomye. turizera tudashidikanya ko ubwo turi guhera mu rubyiruko rujijutse rwo muri Kaminuza n’amashuri makuru tubatoza gukunda kwandika no gusoma, nta kabuza ko mu minsi iri imbere, tuzaba dufite abahanga benshi nabo bazajya bashishikariza abandi uyu muco mwiza wo gusoma no kwandika.

Agaruka ku gitabo yasohoye Rwanda’s Path to the Elections In Nation Rebirth kivuga ku matora y’u Rwanda, avuga ko yacyanditse agira ngo yerekane uburyo amatora yo mu Rwanda ategurwa kandi agakorwa neza bishingiye kuri politike y’imiyoborere myiza na demokarasi abanyarwanda bahisemo.

Avuga ko ashimira komisiyo y’amatora yamuhaye ibitekerezo kandi ikemera ko gisohoka, agahamya adashidikanya ko amakuru agikubiyemo, azatuma n’abanyamahanga baba badafite amakuru ahagije, bazamenya ko u Rwanda ari igihugu kigendera kuri demokarasi kandi kiyoborwa n’abo benegihugu bihitiyemo ubwabo.

Ku bigendanye n’uburyo amashuri cyangwa abarusanyijwe babonye ibihembo, hahembwe abanyeshuri 20 basomye neza ibitabo bitandukanye kurusha abandi.

Uwahize abandi akaba ari Edwin Chancelin Nahimana wiga mu ishami ry’ubukungu mu mwaka wa 3 muri Kaminuza yigenga ya Kigali ULK. watsindiye igihembo cya Miliyoni y’amafaranga y’u Rwanda, akurikirwa na Reverien Bintunimana wo muri East Africa University Rwanda Nyagatere, Sibomana Shema Elysee wa Ines Ruhengeri n’abandi.

Edwin Chancelin Nahimana yiga muri Kaminuza ya ULK niwe wahize abandi

Mu kugaragaza uburyo Kaminuza yigenga ya ULK yitabiriye irushanwa ibifitemo ubushake, byanagaragajwe kandi n’uburyo mu bindi bihembo byatanzwe yabitwaye byose birimo nk’uwateye inkunga kurusha abandi igikorwa, ULK yabaye  kandi iya mbere nk’uwaguze ibitabo byinshi bifasha abari mu marushanwa gusoma cyane n’ibindi.

Umuyobozi w’icyubahiro akaba n’uwashinze Kaminuza ya Kigali Prof. Rwigamba Balinda, avuga ko bashyigikira kenshi umuco wo gusoma ariyo mpamvu bafashije abanyeshuri babo bakabagurira ibitabo bihagije, kugira ngo bibafashe kunguka ubumenyi buzabaherekeza mu buzima bwabo.

Prof. Rwigamba BALINDA, Umuyoyobozi Mukuru akaba n’uwashinze ULK

Agira ati “Abanyeshuri bacu twabateguye neza, tubaha ibikenewe byose bibafasha muri aya marushanwa. Ibyo birimo kuborohereza mu ngendo, amafunguro, itumanaho n’ibindi. Umuco wo gusoma ni mwiza, turashimira uru rugaga rufasha abanyeshuri kandi rukabakundisha gusoma. Rwose tuzakomeza gukorana, kugira ngo u Rwanda rwacu rukomeze rurangwe no kugira abahanga basobanukiwe no kwandika no gusoma ibyo bazi neza.”

Yishimira cyane ko Kaminuza ya ULK ikomeje kuza ku myanya ya mbere ku bigendanye no kwitabira igikorwa cyo gusoma no kwandika ibitabo bitabo, asaba abanyeshuri, gukomeza kurangwa n’uwo mwete n’umurava uhesha ishema Kaminuza bigamo, aboneraho no gusaba izindi Kaminuza gufata iya mbere bagafasha abanyeshuri babo, kujya bitabira igikorwa ari benshi.

ABITABIRIYE IGIKORWA BASHIMIYE UBUYOBOZI BW’URUGAGA RW’ABANDITSI MU RWANDA.

Abitabiriye igikorwa cyo guhemba abanyeshuri basomye bakanandika neza ibtabo, no gutangaza igitabo kivuga ku matora y’u Rwanda bashimiye urugaga rw’abanditsi mu Rwanda, uburyo bakomeje guteza imbere umuco wo gusoma no kwandika, bikaba bimaze gutanga umusanzu mwinshi mu rubyiruko.

Umunyamabanga Nshingwa bikorwa wa Komisiyo y’Amatora Musabyimana Jean Claude, ashima cyane ibyakozwe bigamije guteza imbere umuco wo gusoma no kwandika.

Jean Claude Musabyimana Umunyamabanga Nshingwabikorwa wa Komisiyo y’amatora mu Rwanda

Agaruka ku gitabo kivuga ku matora mu Rwanda cya Hategekimana Richard, avuga ko ari igikorwa kiza yakoze kigamije kwerekana uburyo amatora yo mu Rwanda akwiriye kuba ikitegerezo kuri benshi.

Agira “Iki gitabo kirimo amakuru menshi yagirira akamaro buri wese ushishikajwe no kumenya uko amatora yo mu Rwanda ategurwa n’uburyo agera ku musaruro nyawo. Turashimira uwanditse iki gitabo ko ibitekerezo Komisiyo yamuhaye yabyubahirije, cyane ko yasabye kugikorera ubugororangingo tukabimufshamo, kikaba gisohotse  gitunganije neza.

Senateri Penine Uwimbabazi intumwa ya rubanda, kimwe n’abandi bose ashima urugaga rw’abanditsi mu Rwanda rukomeje gukundisha urubyiruko kugira umuco wo gusoma no kwandika kugira ngo bige bamenye ariko banasome, banandike.

Senateri Penine Uwimbabazi, intumwa ya rubanda

Asaba abantu kugira inyota yo gusoma no kugura ibitabo bagasoma, cyane ko haba hakubiyemo ubumenyi bwinshi bwabuganira igihe cyose.

Agira ati “Turashimira ibi byose byakozwe. Turakangurira kandi abantu bose gukunda gusoma kandi bagatunga ibitabo iwabo, kugira ngo icyo bakeneye gusoma bakibone hafi. Iyo umuntu yasohoye igitabo nk’iki Rwanda’s Path to The Elections in a nation rebirth kivuga ku matora y’u Rwanda, akaba yifuza ko cyasomwa kigakundwa, bityo akangurira abantu ku kigura ari benshi ndetse n’ibyakibanjirije.”

UWABAYE UWA MBERE YISHIMIYE KUBA YARAHIZE ABANDI.

Edwin Chancelin Nahimana, Umunyeshuri wahize abandi wiga muri ULK, avuga ko yishimiye cyane ibihembo ahawe, akavuga ko bimuhaye imbaraga zo gukunda gusoma no kwandika.

Agira ati “Ndishimye, ndashimira ubuyobozi bwa kaminuza yacu ikomeje kudufasha kubona ibitabo byinshi byo gusoma no kudufasha muri byose kugira ngo tubashe guhiga abandi tuba turi kumwe mu irushanwa.”

ABATERANKUNGA B’IBANZE B’IRUSHANWA BARASHIMIRA AMASHURI YITABIRIYE

Uretse umuyobozi w’icyubahiro akaba uwashinze ULK Prof. Rwigamba Balinda wishimira ibyakozwe, akanahamya ko bazakomeza gushyigikira urugaga rw’abanditsi mu Rwanda, Dr Ignace Niyigaba visi Perezida wa mbere w’urugaga akaba nawe ari umwe mu baterankunga b’ibanze b’irushanwa, avuga ko gusoma no kwandika ari ibintu by’ingenzi bitagomba gusigana mu buzima bwa Muntu.

Dr Ignace Niyigaba uwa kabiri ibumoso umwe mu baterankunga b’Imena akaba na Visi Perezida wa mbere w’urugaga rw’abanditsi mu Rwanda

Avuga ko kuba bageze ku rwego rw’ubuzima barimo kino gihe babikesha ko nabo babashije gusoma no kwandika.

Agira ati ”Kuba turi ku rwego runaka muri kino gihe, ni uko n’ubundi twabashije gusoma ndetse no kwandika. Mu by’ukuri twateye inkunga iki gikorwa cyo guhemba abanyeshuri na za kaminuza tukigira icyacu. Ibyo tubikora, kugira ngo urubyiruko rwacu ruri muri za Kaminuza n’amashuri makuru bakomeze bafashwe gukunda gusoma no kwandika. Ni byiza ko dushyigikira urubyiruko rwacu dushyizeho umwete kandi biri gutanga umusaruro dukurikije uburyo za kaminuza zayitabiriye kandi bakigaragaza ubushake bwo gutsinda.

Madame Uwankwera Judith ni Umunyamabanga w’Urugaga Mukuru w’Urugaga rw’Abanditsi mu Rwanda akaba Rwiyemezamirimo ufite Hotel IBIGABIRO, Rutsiro na Nyamasheke.

Madame Uwankwera Judith umwe mu baterankunga b’imena akaba umunyamabanga mukuru w’urugaga rw’abanditsi mu Rwanda

Avuga ko nawe ari mu bateye inkunga igikorwa ku buryo bugaragara, bagamije gutanga umusanzu wo gushyigikira urubyiruko rw’u Rwanda rufite ubushake bwo gukunda gusoma no kwandika ibitabo.

Agira ati “Twishimiye iki gikorwa uburyo cyateguwe neza kikaba kinasojwe neza. Twateye inkunga iki gikorwa, tugamije ahanini kumenyesha urubyiruko ko gusoma no kwandika nabyo bishobora kubyara ubukungu bw’igihe kirekire, cyane ko hari benshi ku Isi bakize babikesha uwo mwuga.

Igikorwa cyo guhemba abasomye bakanandika neza ibitabo byateguwe n’urugaga rw’abanditsi mu Rwanda, ni ku nshuro yacyo ya 3 kibaye.

Ubuyobozi buvuga ko bimaze gutanga umusaruro uhagije, bashimira cyane abagira uruhare mu migendekere yabyo myiza, abitabira nabo bashima cyane amarushanwa bategurirwa, bakavuga ko yabafashije kunguka ubumenyi buhagije no kugira inyota yo kumenya gusoma no kwandika ibitabo kurushaho.

Ni Igikorwa cyaranzwe no kugira abaterankunga benshi barimo, Kaminuza yigenga ya Kigali ULK, Dr Ignace Niyigaba, Hotel Ibigabiro, Sina Gerard Nyirangarama n’abandi.

Urutonde rw’uko bagiye barushanwa

ANDI MAFOTO:

Previous Post

Ababaruramari b’umwuga bo muri Afurika bagiye guteranira i Kigali mu nteko yabo ya 8

Next Post

Ikinyamakuru Igisabo Nomero ya 29 Cyasohotse Special Kwibuka 31

NIYONKURU Edouard

NIYONKURU Edouard

Next Post
Ikinyamakuru Igisabo Nomero ya 29 Cyasohotse Special Kwibuka 31

Ikinyamakuru Igisabo Nomero ya 29 Cyasohotse Special Kwibuka 31

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Stay Connected test

  • 99 Subscribers
ADVERTISEMENT
  • Trending
  • Comments
  • Latest
Rurageretse hagati y’uwahoze ari Minisitiri n’uwo yijeje kugira Umugore akishakira undi

Rurageretse hagati y’uwahoze ari Minisitiri n’uwo yijeje kugira Umugore akishakira undi

December 2, 2025

Dore igisubizo ku bagabo bafite igitsina gito

December 30, 2020
Sobanukirwa uko amapeti y’abapolisi mu Rwanda arutanwa n’imishahara yabo

Sobanukirwa uko amapeti y’abapolisi mu Rwanda arutanwa n’imishahara yabo

September 19, 2020

Gitisi Secondary & TVET School ni Amizero arambye y’urubyiruko rwahisemo kuhiga

September 3, 2021
Urwego rw’igihugu rushinzwe Igorora RCS rwirukanye ACP Dr George Ruterana

Urwego rw’igihugu rushinzwe Igorora RCS rwirukanye ACP Dr George Ruterana

6

Hello world!

1
Kicukiro: Akagari ka Nyanza  bakomeje kubaka akajagari bakingiwe ikibaba n’Abayobozi b’inzego z’ibanze

Kicukiro: Akagari ka Nyanza bakomeje kubaka akajagari bakingiwe ikibaba n’Abayobozi b’inzego z’ibanze

1

Shadow Tactics: Blades of the Shogun Review

0
Impera za 2026 zirasiga mu Rwanda hatangwa umuti urinda kwandura SIDA

Impera za 2026 zirasiga mu Rwanda hatangwa umuti urinda kwandura SIDA

January 15, 2026
Uganda: Abatrage bazindukiye mu matora y’umukuru w’igihugu

Uganda: Abatrage bazindukiye mu matora y’umukuru w’igihugu

January 15, 2026
Perezida Kagame yakiriye ba Ambasaderi 2 bashya

Perezida Kagame yakiriye ba Ambasaderi 2 bashya

January 15, 2026
Muhanga : Uwitwa Venuste Havugimana arishyuza AFRISET Ibiva mu butaka butari ubwe

Muhanga : Uwitwa Venuste Havugimana arishyuza AFRISET Ibiva mu butaka butari ubwe

January 14, 2026

Recent News

Impera za 2026 zirasiga mu Rwanda hatangwa umuti urinda kwandura SIDA

Impera za 2026 zirasiga mu Rwanda hatangwa umuti urinda kwandura SIDA

January 15, 2026
Uganda: Abatrage bazindukiye mu matora y’umukuru w’igihugu

Uganda: Abatrage bazindukiye mu matora y’umukuru w’igihugu

January 15, 2026
Perezida Kagame yakiriye ba Ambasaderi 2 bashya

Perezida Kagame yakiriye ba Ambasaderi 2 bashya

January 15, 2026
Muhanga : Uwitwa Venuste Havugimana arishyuza AFRISET Ibiva mu butaka butari ubwe

Muhanga : Uwitwa Venuste Havugimana arishyuza AFRISET Ibiva mu butaka butari ubwe

January 14, 2026

We bring you the latest news with facts. Check our landing page for details.

Follow Us

Browse by Category

Recent News

Impera za 2026 zirasiga mu Rwanda hatangwa umuti urinda kwandura SIDA

Impera za 2026 zirasiga mu Rwanda hatangwa umuti urinda kwandura SIDA

January 15, 2026
Uganda: Abatrage bazindukiye mu matora y’umukuru w’igihugu

Uganda: Abatrage bazindukiye mu matora y’umukuru w’igihugu

January 15, 2026
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMYIDAGADURO
  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
  • INCAMACYE

© 2024 All Right Reserved IGISABO NEW PAPER Developed by ~MORGAN NIYITEGEKA

No Result
View All Result
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMYIDAGADURO
  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
  • INCAMACYE

© 2024 All Right Reserved IGISABO NEW PAPER Developed by ~MORGAN NIYITEGEKA