• Latest
Kamonyi : Abatuye Umurenge wa Rukoma n’uwa Ngamba mu Iteramber bakesha DEMICO Ltd

Kamonyi : Abatuye Umurenge wa Rukoma n’uwa Ngamba mu Iteramber bakesha DEMICO Ltd

April 2, 2025
Impera za 2026 zirasiga mu Rwanda hatangwa umuti urinda kwandura SIDA

Impera za 2026 zirasiga mu Rwanda hatangwa umuti urinda kwandura SIDA

January 15, 2026
Uganda: Abatrage bazindukiye mu matora y’umukuru w’igihugu

Uganda: Abatrage bazindukiye mu matora y’umukuru w’igihugu

January 15, 2026
Perezida Kagame yakiriye ba Ambasaderi 2 bashya

Perezida Kagame yakiriye ba Ambasaderi 2 bashya

January 15, 2026
Muhanga : Uwitwa Venuste Havugimana arishyuza AFRISET Ibiva mu butaka butari ubwe

Muhanga : Uwitwa Venuste Havugimana arishyuza AFRISET Ibiva mu butaka butari ubwe

January 14, 2026
Perezida Kagame yizeje ubufatanye Gen Doumbouya wa Guinea

Perezida Kagame yizeje ubufatanye Gen Doumbouya wa Guinea

January 6, 2026
RDB yagabanyije ibiciro byo gusura Ingagi

RDB yagabanyije ibiciro byo gusura Ingagi

January 6, 2026
I Ngoma abantu 15 bakubiswe n’Inkuba ,9 bahasiga ubuzima

I Ngoma abantu 15 bakubiswe n’Inkuba ,9 bahasiga ubuzima

January 5, 2026
Ruben Amorim watozaga Manchester United yirukanwe

Ruben Amorim watozaga Manchester United yirukanwe

January 5, 2026
MIGEPROF yatabarije abagore bafunze batajya basurwa

MIGEPROF yatabarije abagore bafunze batajya basurwa

January 5, 2026
Dore zimwe mu ngamba zafatiwe mu Nama yo kurebera hamwe icyateza imbere umuryango

Dore zimwe mu ngamba zafatiwe mu Nama yo kurebera hamwe icyateza imbere umuryango

December 31, 2025
Zibaho wo gatsindwa we, kirazira mu muco wacu- Rutangarwamaboko abwira Pamela

Zibaho wo gatsindwa we, kirazira mu muco wacu- Rutangarwamaboko abwira Pamela

December 31, 2025
Uko Amb. Ndhungirehe afata ihagarikwa rya Gen Ekenge

Uko Amb. Ndhungirehe afata ihagarikwa rya Gen Ekenge

December 31, 2025
  • About
  • Advertise
  • Privacy & Policy
  • Contact
igisabo.rw
Advertisement
ADVERTISEMENT
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
    • All
    • Kwisi hose(world)
    • POLITIKE
    • Ubukungu
    • Ubumenyi(Science)
    Impera za 2026 zirasiga mu Rwanda hatangwa umuti urinda kwandura SIDA

    Impera za 2026 zirasiga mu Rwanda hatangwa umuti urinda kwandura SIDA

    Uganda: Abatrage bazindukiye mu matora y’umukuru w’igihugu

    Uganda: Abatrage bazindukiye mu matora y’umukuru w’igihugu

    Perezida Kagame yakiriye ba Ambasaderi 2 bashya

    Perezida Kagame yakiriye ba Ambasaderi 2 bashya

    Muhanga : Uwitwa Venuste Havugimana arishyuza AFRISET Ibiva mu butaka butari ubwe

    Muhanga : Uwitwa Venuste Havugimana arishyuza AFRISET Ibiva mu butaka butari ubwe

    Perezida Kagame yizeje ubufatanye Gen Doumbouya wa Guinea

    Perezida Kagame yizeje ubufatanye Gen Doumbouya wa Guinea

    RDB yagabanyije ibiciro byo gusura Ingagi

    RDB yagabanyije ibiciro byo gusura Ingagi

    Trending Tags

    • Trump Inauguration
    • United Stated
    • White House
    • Market Stories
    • Election Results
  • IKORANABUHANGA
    • All
    • Apps
    • Gadget
    • Mobile
    • Startup
    eKASH yamurikiwe ku mugaragaro abanyarwanda uko ikoreshwa n’akamaro ibafitiye 

    eKASH yamurikiwe ku mugaragaro abanyarwanda uko ikoreshwa n’akamaro ibafitiye 

    IBTC Kigali ishyigikiye ko gahunda z’ikoranabuhanga na Tekinike zakwigishwa mu Kinyarwanda

    IBTC Kigali ishyigikiye ko gahunda z’ikoranabuhanga na Tekinike zakwigishwa mu Kinyarwanda

    Sosiyete ya MTN Rwanda yatumijweho kugira ngo yisobanure kuri serivise mbi imaze iminsi itanga

    Sosiyete ya MTN Rwanda yatumijweho kugira ngo yisobanure kuri serivise mbi imaze iminsi itanga

    Mu Rwanda hagejejwe telephone za Infinix  zifite umwihariko n’udushya bidasanzwe

    Mu Rwanda hagejejwe telephone za Infinix zifite umwihariko n’udushya bidasanzwe

    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    Trending Tags

    • Nintendo Switch
    • CES 2017
    • Playstation 4 Pro
    • Mark Zuckerberg
  • IMYIDAGADURO
    • All
    • FILIMI
    • Imikino n'Imyidagaduro
    • Muzika
    • Siporo
    Ruben Amorim watozaga Manchester United yirukanwe

    Ruben Amorim watozaga Manchester United yirukanwe

    Zibaho wo gatsindwa we, kirazira mu muco wacu- Rutangarwamaboko abwira Pamela

    Zibaho wo gatsindwa we, kirazira mu muco wacu- Rutangarwamaboko abwira Pamela

    UEFA Champions League: Barcelona na Man city zatsinzwe

    UEFA Champions League: Barcelona na Man city zatsinzwe

    RGB yasheshe komite za Rayon sport Murenzi Abdallah yongera kuyifata bwa 3

    RGB yasheshe komite za Rayon sport Murenzi Abdallah yongera kuyifata bwa 3

    Trinity Nyakabingo FC niyo izahatanira igikombe na Rutongo Mines FC

    Trinity Nyakabingo FC niyo izahatanira igikombe na Rutongo Mines FC

    Rutongo Mines Fc iraranye Ikite iyihesha gukina Umukino wa nyuma

    Rutongo Mines Fc iraranye Ikite iyihesha gukina Umukino wa nyuma

  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
    • All
    • Fashion(Imideri)
    • Imirire
    • Ubucyerarugendo
    • Ubuzima
    Impera za 2026 zirasiga mu Rwanda hatangwa umuti urinda kwandura SIDA

    Impera za 2026 zirasiga mu Rwanda hatangwa umuti urinda kwandura SIDA

    Muhanga : Uwitwa Venuste Havugimana arishyuza AFRISET Ibiva mu butaka butari ubwe

    Muhanga : Uwitwa Venuste Havugimana arishyuza AFRISET Ibiva mu butaka butari ubwe

    RDB yagabanyije ibiciro byo gusura Ingagi

    RDB yagabanyije ibiciro byo gusura Ingagi

    Dore zimwe mu ngamba zafatiwe mu Nama yo kurebera hamwe icyateza imbere umuryango

    Dore zimwe mu ngamba zafatiwe mu Nama yo kurebera hamwe icyateza imbere umuryango

    Abaforomo n’ababyaza basabwe gukunda ibyo bakora

    Abaforomo n’ababyaza basabwe gukunda ibyo bakora

    Rév. Pasiteri Mudagiri Tabazi umwigisha w’Ijambo ry’Imana yatabarutse

    Rév. Pasiteri Mudagiri Tabazi umwigisha w’Ijambo ry’Imana yatabarutse

    Trending Tags

    • Golden Globes
    • Game of Thrones
    • MotoGP 2017
    • eSports
    • Fashion Week
  • INCAMACYE
    Kiliziya ya Ste Famille yizihije Umunsi Mukuru wayo hatangizwa Urugendo rwa Yubile y’Imyaka 50 Arkidiyosezi ya Kigali imaze ishinzwe

    Kiliziya ya Ste Famille yizihije Umunsi Mukuru wayo hatangizwa Urugendo rwa Yubile y’Imyaka 50 Arkidiyosezi ya Kigali imaze ishinzwe

    Polisi y’u Rwanda yungutse abapolisi 1903 bashya

    Polisi y’u Rwanda yungutse abapolisi 1903 bashya

    Abakorera Garage ATECAR bavuga ko bakora biyungura ubumenyi bugendanye n’ibinyabiziga biba bigezweho

    Abakorera Garage ATECAR bavuga ko bakora biyungura ubumenyi bugendanye n’ibinyabiziga biba bigezweho

    Mu cyumweru cyahariwe ubutabera hazibandwa ku buhuza nk’uburyo bufasha kudasiragira mu nkiko

    Mu cyumweru cyahariwe ubutabera hazibandwa ku buhuza nk’uburyo bufasha kudasiragira mu nkiko

    eKASH yamurikiwe ku mugaragaro abanyarwanda uko ikoreshwa n’akamaro ibafitiye 

    eKASH yamurikiwe ku mugaragaro abanyarwanda uko ikoreshwa n’akamaro ibafitiye 

    Amatike ashobora gushira mbere y’igitaramo-Abifuza kuzataramana na Richard Nick Ngendahayo baburiwe

    Amatike ashobora gushira mbere y’igitaramo-Abifuza kuzataramana na Richard Nick Ngendahayo baburiwe

No Result
View All Result
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
    • All
    • Kwisi hose(world)
    • POLITIKE
    • Ubukungu
    • Ubumenyi(Science)
    Impera za 2026 zirasiga mu Rwanda hatangwa umuti urinda kwandura SIDA

    Impera za 2026 zirasiga mu Rwanda hatangwa umuti urinda kwandura SIDA

    Uganda: Abatrage bazindukiye mu matora y’umukuru w’igihugu

    Uganda: Abatrage bazindukiye mu matora y’umukuru w’igihugu

    Perezida Kagame yakiriye ba Ambasaderi 2 bashya

    Perezida Kagame yakiriye ba Ambasaderi 2 bashya

    Muhanga : Uwitwa Venuste Havugimana arishyuza AFRISET Ibiva mu butaka butari ubwe

    Muhanga : Uwitwa Venuste Havugimana arishyuza AFRISET Ibiva mu butaka butari ubwe

    Perezida Kagame yizeje ubufatanye Gen Doumbouya wa Guinea

    Perezida Kagame yizeje ubufatanye Gen Doumbouya wa Guinea

    RDB yagabanyije ibiciro byo gusura Ingagi

    RDB yagabanyije ibiciro byo gusura Ingagi

    Trending Tags

    • Trump Inauguration
    • United Stated
    • White House
    • Market Stories
    • Election Results
  • IKORANABUHANGA
    • All
    • Apps
    • Gadget
    • Mobile
    • Startup
    eKASH yamurikiwe ku mugaragaro abanyarwanda uko ikoreshwa n’akamaro ibafitiye 

    eKASH yamurikiwe ku mugaragaro abanyarwanda uko ikoreshwa n’akamaro ibafitiye 

    IBTC Kigali ishyigikiye ko gahunda z’ikoranabuhanga na Tekinike zakwigishwa mu Kinyarwanda

    IBTC Kigali ishyigikiye ko gahunda z’ikoranabuhanga na Tekinike zakwigishwa mu Kinyarwanda

    Sosiyete ya MTN Rwanda yatumijweho kugira ngo yisobanure kuri serivise mbi imaze iminsi itanga

    Sosiyete ya MTN Rwanda yatumijweho kugira ngo yisobanure kuri serivise mbi imaze iminsi itanga

    Mu Rwanda hagejejwe telephone za Infinix  zifite umwihariko n’udushya bidasanzwe

    Mu Rwanda hagejejwe telephone za Infinix zifite umwihariko n’udushya bidasanzwe

    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    Trending Tags

    • Nintendo Switch
    • CES 2017
    • Playstation 4 Pro
    • Mark Zuckerberg
  • IMYIDAGADURO
    • All
    • FILIMI
    • Imikino n'Imyidagaduro
    • Muzika
    • Siporo
    Ruben Amorim watozaga Manchester United yirukanwe

    Ruben Amorim watozaga Manchester United yirukanwe

    Zibaho wo gatsindwa we, kirazira mu muco wacu- Rutangarwamaboko abwira Pamela

    Zibaho wo gatsindwa we, kirazira mu muco wacu- Rutangarwamaboko abwira Pamela

    UEFA Champions League: Barcelona na Man city zatsinzwe

    UEFA Champions League: Barcelona na Man city zatsinzwe

    RGB yasheshe komite za Rayon sport Murenzi Abdallah yongera kuyifata bwa 3

    RGB yasheshe komite za Rayon sport Murenzi Abdallah yongera kuyifata bwa 3

    Trinity Nyakabingo FC niyo izahatanira igikombe na Rutongo Mines FC

    Trinity Nyakabingo FC niyo izahatanira igikombe na Rutongo Mines FC

    Rutongo Mines Fc iraranye Ikite iyihesha gukina Umukino wa nyuma

    Rutongo Mines Fc iraranye Ikite iyihesha gukina Umukino wa nyuma

  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
    • All
    • Fashion(Imideri)
    • Imirire
    • Ubucyerarugendo
    • Ubuzima
    Impera za 2026 zirasiga mu Rwanda hatangwa umuti urinda kwandura SIDA

    Impera za 2026 zirasiga mu Rwanda hatangwa umuti urinda kwandura SIDA

    Muhanga : Uwitwa Venuste Havugimana arishyuza AFRISET Ibiva mu butaka butari ubwe

    Muhanga : Uwitwa Venuste Havugimana arishyuza AFRISET Ibiva mu butaka butari ubwe

    RDB yagabanyije ibiciro byo gusura Ingagi

    RDB yagabanyije ibiciro byo gusura Ingagi

    Dore zimwe mu ngamba zafatiwe mu Nama yo kurebera hamwe icyateza imbere umuryango

    Dore zimwe mu ngamba zafatiwe mu Nama yo kurebera hamwe icyateza imbere umuryango

    Abaforomo n’ababyaza basabwe gukunda ibyo bakora

    Abaforomo n’ababyaza basabwe gukunda ibyo bakora

    Rév. Pasiteri Mudagiri Tabazi umwigisha w’Ijambo ry’Imana yatabarutse

    Rév. Pasiteri Mudagiri Tabazi umwigisha w’Ijambo ry’Imana yatabarutse

    Trending Tags

    • Golden Globes
    • Game of Thrones
    • MotoGP 2017
    • eSports
    • Fashion Week
  • INCAMACYE
    Kiliziya ya Ste Famille yizihije Umunsi Mukuru wayo hatangizwa Urugendo rwa Yubile y’Imyaka 50 Arkidiyosezi ya Kigali imaze ishinzwe

    Kiliziya ya Ste Famille yizihije Umunsi Mukuru wayo hatangizwa Urugendo rwa Yubile y’Imyaka 50 Arkidiyosezi ya Kigali imaze ishinzwe

    Polisi y’u Rwanda yungutse abapolisi 1903 bashya

    Polisi y’u Rwanda yungutse abapolisi 1903 bashya

    Abakorera Garage ATECAR bavuga ko bakora biyungura ubumenyi bugendanye n’ibinyabiziga biba bigezweho

    Abakorera Garage ATECAR bavuga ko bakora biyungura ubumenyi bugendanye n’ibinyabiziga biba bigezweho

    Mu cyumweru cyahariwe ubutabera hazibandwa ku buhuza nk’uburyo bufasha kudasiragira mu nkiko

    Mu cyumweru cyahariwe ubutabera hazibandwa ku buhuza nk’uburyo bufasha kudasiragira mu nkiko

    eKASH yamurikiwe ku mugaragaro abanyarwanda uko ikoreshwa n’akamaro ibafitiye 

    eKASH yamurikiwe ku mugaragaro abanyarwanda uko ikoreshwa n’akamaro ibafitiye 

    Amatike ashobora gushira mbere y’igitaramo-Abifuza kuzataramana na Richard Nick Ngendahayo baburiwe

    Amatike ashobora gushira mbere y’igitaramo-Abifuza kuzataramana na Richard Nick Ngendahayo baburiwe

No Result
View All Result
igisabo.rw
No Result
View All Result
Home Amakuru Ubukungu

Kamonyi : Abatuye Umurenge wa Rukoma n’uwa Ngamba mu Iteramber bakesha DEMICO Ltd

NIYONKURU Edouard by NIYONKURU Edouard
April 2, 2025
in Ubukungu
0
Kamonyi : Abatuye Umurenge wa Rukoma n’uwa Ngamba mu Iteramber bakesha DEMICO Ltd
0
SHARES
226
VIEWS
Share on FacebookShare on Twitter

Abazi neza Umurenge wa Rukoma n’uwa Ngamba zo mu Karere ka Kamonyi Intara y’amajyepfo, bahamya ko ari imwe mu mirenge ibitse Ubukungu mu butaka bugendanye ahanini n’amabuye y’agaciro, abaturage  bagashima DEMICO Ltd,  Kampani   icukura amabuye y’agaciro, uburyo ibaha akazi neza, byatumye babasha kwiteza imbere mu buryo bugaragara.

DEMICO Ltd ivugwa imyato n’abaturage bo mu mirenge ikoreramo, by’umwihariko abo mu mu murenge wa Rukoma baganiriye n’Itangazamakuru, bavuga ko aho iyo Kampani igereye mu gace batuyemo, bahise basezerera ubukene, cyane ko bahawe akazi ari benshi,  ku uburyo iterambere rirambye bamaze kugeraho  ariyo barikesha.

Imanizabayo Flugence, ni umwe mu bakozi, ari mubashinzwe guhanga ibyumba bishya bicukurwamo amabuye y’agaciro imbere mucyo bita INDANI.

Imanizabayo Flugence

 avuga ko mu gihe amaze akora akazi ku ubucukuzi, byamufashije kugera kuri byinshi birimo no kubona umugore, akaba anafite n’inka ya kijyambere. Agira ati “ hano twitabwaho neza kandi tugahemberwa igihe. Kampani yacu idufasha  kumenya kwizigama no kwitabira ikigega Ejo Heza, kugira ngo igihe tuzaba tutakibashije gukora, ayo twizigamye azadufashe.

Bwana  Nsabimana Vivien, Umucungamutungo wa DEMICO Ltd, avuga ko Kampani yabo ari Intangarugero mu gace bakoreramo. Avuga ko  uretse no kuba ari Kampani ifite ibirombe byinshi kandi bibitse umutungo kamere w’amabuye y’agaciro, bahemba neza abakozi  kugira ngo bajye bakorana umwete baharanira kubona umusaruro utubutse.

Agira ati” dufite ibirombe byinshi ducukuramo amabuye ya Koruta,  Gasegeriti na Woulfram. Ni Umurimo dukora mu buryo bugezweho bugendanye n’ubcukuzi bw’amabuye y’agaciro kandi habanje gukorwa ubushakashatsi. Dufite abakozi bashinzwe gukurikirana umusaruro w’amabuye mu kuzimu, tukagira abatunda umucanga uba wivanze n’ayo mabuye, tukagira abawakira bawuyungurura batandukanya amabuye y’agaciro n’umucanga n’abandi bashinzwe kwakira amabuye y’agaciro nyirizina yamaze gutunganywa neza.”

 Avuga ko bafite abakozi bagera kuri 500 bahembwa neza,   buri muntu aba bafite ikipe abarizwamo. Buri Ekipe ikagira ibyo ishinzwe, maze bose bagahuriza hamwe.

Avuga ko bakorana neza n’Inzego z’ibanze, ku uburyo hari n’ubwo ibirombe byabo  bicengerwamo n’abo bita Abahebyi, bagenzwa no  kwiba amabuye, bagafashwa kubahashya, abafashwe bakabihanirwa.

Ushinzwe ibidukikije “Environmentalist” muri DEMICO Ltd Manirakiza Daniel, avuga ko muri uko gucukura hashakwa amabuye y’agaciro mu buryo butandukanye, aho bigaragara ko amabuye yashizemo ngo barahasubiranya bakahatera ibiti kugira ngo mu bihe bitaha hazasubirane nk’uko hahoze.

Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Akagari ka Gishyeshye Madame Uwamariya Beatha ashima cyane DEMICO Ltd, uburyo ifasha bamwe mu baturage batishoboye kurihirwa ubwisungane mu kwivuza, abandi benshi nabo bagahabwa akazi mu buryo buhoraho, kugira ngo babashe kwiteza imbere.

Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Akagari ka Gishyeshye Madame Uwamariya Beatha ashima cyane DEMICO Ltd,

Agira ati “ DEMICO Ltd ni Umufatanyabikorwa mwiza umaze igihe akorana neza n’Akagari kacu, cyane ko ari naho  icyicaro cya Kampani yabo kiri  ndetse n’ibirombe byabo byinshi. Twishimira ko Abaturage bahawe akazi ari benshi ,cyane cyane urubyiruko. Ikindi tubashimira ni uburyo badufasha gutunganya imihanda ihuza imidugudu n’iyindi, bagatangira na bamwe  mu batishoobye  Ubwisungane mu kwivuza n’ibindi bikorwa byinshi  duhuriramo bitandukanye.”

Umuyobozi Mukuru wa DEMICO Ltd “Development Mining Company” Emmanuel Kinyogote, avuga ko Kampani ayoboye yatangiye imirimo y’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro muri 2010 ikaba ikorera mu murenge wa Remera Rukoma n’uwa Nkamba, yose yo mu Karere ka Kamonyi.

Avuga ko kugira ngo Kampani yabo ikore neza kandi igere ku Umusaruro uhagije, bakoresha abakozi bafite uburambe kandi bafite imbaraga. Akarusho bakaba ngo ari ugucukura amabuye mu buryo bugezweho hagendewe ku Itegeko rishya rigenga Ubucukuzi bwa’Amabuye y’agaciro, Mine na Kariyeri.

Agira ati” tumaze imyaka isaga 15 dutangiye ibikorwa byacu. Navuga ko tumaze kugera kuri byinshi,  cyane ko aka gace turimo gafite  amabuye menshi. Mu byukuri  dukora ubushakashatsi kenshi, kugira ngo ahanini hakomeze kugaragaza ahagomba gucukurwa. Muri rusange twavuga ko dufite ibirombe byinshi kandi bitanga umusaruro uhagije.”

Umuyobozi Mukuru wa DEMICO Ltd “Development Mining Company” Emmanuel Kinyogote

Avuga ko kugira ngo abakozi bakore neza, bagenerwa umushahara mwiza kandi bagahemberwa igihe. bahererwa mafunguro ku kazi kugira ngo bakore bafite imbaraga, bashyirwa kandi mu bwishingizi, bakanatozwa kwizigamira no gutanga Umusanzu Ejo heza.

Bwana Emmanuel, agaya cyane abavuga ko u Rwanda nta mabuye y’agaciro rufite. kuri we avuga ko babivuga bashaka gupfobya u Rwanda, birengagije ko Abakoloni aribo batangije ibirombe bya Rutongo, Musha, Rwinkwavu n’ahadi, aho hose kugeza n’ubu ngo hara cyari amabuye menshi,  hakiyongera ko mu bice byinshi by’u Rwanda ari amabuye gusa gusa, atanga urugero ko muri Remera Rukoma na Ngamba ubwaho hakorera Amakampani y’amabuye y’agacio arenga 15, ibigaragaza ko hari ubukungu bwinshi bw’ambuye y’agaciro bari kubyaza umusaruro mu buryo bushimishije.

Ashimira cyane Leta y’u Rwanda yabashyiriyeho ikigo gishinzwe ibigendanye n’icukururwa ry’amabuye y’agaciro, kikaba ngo kibagira inama kenshi uburyo bwo gukora bya kinyamwuga.

Ku birebana n’ibibazo  DEMICO Ltd ahagarariye yaba ihura nabyo, avuga ko muri rusange atari byinshi. Gusa  bajya ngo bahura n’ikibazo cy’amazi make, cyakora  ngo bamaze kukibonera  igisubizo mu minsi mike  kizaba cyakemutse. Ashimira kandi Ubuyobozi bw’Inzego z’ibanze z’aho bakorera, bityo abizeza ubufatanye buhoraho.

 Asaba abakozi bose gukora neza kinyamwuga, bambara imyenda yabugenewe mu urwego rwo kwirinda, kandi bagakora baharanira ko Kampani yabo yunguka umusaruro mwinshi, kugira go nabo bajye babona Agahimbazamusyi ko gukomeza kubafasha kwiteza imbere mu miryango yabo.

DEMICO LTD “ Development Mining Company, ni imwe mu masosiyeti acukura amabuye y’agaciro imaze kugira uburambe mu byo ikora. Ni Kampani  ikorera mu murenge wa Remera Rukoma n’uwa Ngamba mu Karere ka Kamonyi Intara y’Amajyepfo.

 Uretse gushimwa n’abakozi ko ibaha akazi  n’ibyo bakeneye byose bigenerwa umukozi, Ubuyobozi bw’inzego z’Ibanze  z’aho bakorera bavuga ko  bafite Umufatanyabikorwa mwiza, Umushoramari wazanye Iterambere mu gace kabo, abaturage bakaba barageze kuri byinshi byo kwishimira.

REBA VIDEO: https://www.youtube.com/watch?v=S_3fliJVrHE

Edouard N.

Previous Post

Hamenyekanye itariki y’amatora y’abagize komite Olempike y’imikino na Siporo mu Rwanda

Next Post

Ababaruramari b’umwuga bo muri Afurika bagiye guteranira i Kigali mu nteko yabo ya 8

NIYONKURU Edouard

NIYONKURU Edouard

Next Post
Ababaruramari b’umwuga bo muri Afurika bagiye  guteranira i Kigali mu nteko yabo ya 8

Ababaruramari b’umwuga bo muri Afurika bagiye guteranira i Kigali mu nteko yabo ya 8

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Stay Connected test

  • 99 Subscribers
ADVERTISEMENT
  • Trending
  • Comments
  • Latest
Rurageretse hagati y’uwahoze ari Minisitiri n’uwo yijeje kugira Umugore akishakira undi

Rurageretse hagati y’uwahoze ari Minisitiri n’uwo yijeje kugira Umugore akishakira undi

December 2, 2025

Dore igisubizo ku bagabo bafite igitsina gito

December 30, 2020
Sobanukirwa uko amapeti y’abapolisi mu Rwanda arutanwa n’imishahara yabo

Sobanukirwa uko amapeti y’abapolisi mu Rwanda arutanwa n’imishahara yabo

September 19, 2020

Gitisi Secondary & TVET School ni Amizero arambye y’urubyiruko rwahisemo kuhiga

September 3, 2021
Urwego rw’igihugu rushinzwe Igorora RCS rwirukanye ACP Dr George Ruterana

Urwego rw’igihugu rushinzwe Igorora RCS rwirukanye ACP Dr George Ruterana

6

Hello world!

1
Kicukiro: Akagari ka Nyanza  bakomeje kubaka akajagari bakingiwe ikibaba n’Abayobozi b’inzego z’ibanze

Kicukiro: Akagari ka Nyanza bakomeje kubaka akajagari bakingiwe ikibaba n’Abayobozi b’inzego z’ibanze

1

Shadow Tactics: Blades of the Shogun Review

0
Impera za 2026 zirasiga mu Rwanda hatangwa umuti urinda kwandura SIDA

Impera za 2026 zirasiga mu Rwanda hatangwa umuti urinda kwandura SIDA

January 15, 2026
Uganda: Abatrage bazindukiye mu matora y’umukuru w’igihugu

Uganda: Abatrage bazindukiye mu matora y’umukuru w’igihugu

January 15, 2026
Perezida Kagame yakiriye ba Ambasaderi 2 bashya

Perezida Kagame yakiriye ba Ambasaderi 2 bashya

January 15, 2026
Muhanga : Uwitwa Venuste Havugimana arishyuza AFRISET Ibiva mu butaka butari ubwe

Muhanga : Uwitwa Venuste Havugimana arishyuza AFRISET Ibiva mu butaka butari ubwe

January 14, 2026

Recent News

Impera za 2026 zirasiga mu Rwanda hatangwa umuti urinda kwandura SIDA

Impera za 2026 zirasiga mu Rwanda hatangwa umuti urinda kwandura SIDA

January 15, 2026
Uganda: Abatrage bazindukiye mu matora y’umukuru w’igihugu

Uganda: Abatrage bazindukiye mu matora y’umukuru w’igihugu

January 15, 2026
Perezida Kagame yakiriye ba Ambasaderi 2 bashya

Perezida Kagame yakiriye ba Ambasaderi 2 bashya

January 15, 2026
Muhanga : Uwitwa Venuste Havugimana arishyuza AFRISET Ibiva mu butaka butari ubwe

Muhanga : Uwitwa Venuste Havugimana arishyuza AFRISET Ibiva mu butaka butari ubwe

January 14, 2026

We bring you the latest news with facts. Check our landing page for details.

Follow Us

Browse by Category

Recent News

Impera za 2026 zirasiga mu Rwanda hatangwa umuti urinda kwandura SIDA

Impera za 2026 zirasiga mu Rwanda hatangwa umuti urinda kwandura SIDA

January 15, 2026
Uganda: Abatrage bazindukiye mu matora y’umukuru w’igihugu

Uganda: Abatrage bazindukiye mu matora y’umukuru w’igihugu

January 15, 2026
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMYIDAGADURO
  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
  • INCAMACYE

© 2024 All Right Reserved IGISABO NEW PAPER Developed by ~MORGAN NIYITEGEKA

No Result
View All Result
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMYIDAGADURO
  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
  • INCAMACYE

© 2024 All Right Reserved IGISABO NEW PAPER Developed by ~MORGAN NIYITEGEKA