• Latest
Ibyo wamenya ku gaseke gapfundikiye Mother Mary ihishiye abanya Kicukiro na Bugesera

Ibyo wamenya ku gaseke gapfundikiye Mother Mary ihishiye abanya Kicukiro na Bugesera

June 29, 2025
Impera za 2026 zirasiga mu Rwanda hatangwa umuti urinda kwandura SIDA

Impera za 2026 zirasiga mu Rwanda hatangwa umuti urinda kwandura SIDA

January 15, 2026
Uganda: Abatrage bazindukiye mu matora y’umukuru w’igihugu

Uganda: Abatrage bazindukiye mu matora y’umukuru w’igihugu

January 15, 2026
Perezida Kagame yakiriye ba Ambasaderi 2 bashya

Perezida Kagame yakiriye ba Ambasaderi 2 bashya

January 15, 2026
Muhanga : Uwitwa Venuste Havugimana arishyuza AFRISET Ibiva mu butaka butari ubwe

Muhanga : Uwitwa Venuste Havugimana arishyuza AFRISET Ibiva mu butaka butari ubwe

January 14, 2026
Perezida Kagame yizeje ubufatanye Gen Doumbouya wa Guinea

Perezida Kagame yizeje ubufatanye Gen Doumbouya wa Guinea

January 6, 2026
RDB yagabanyije ibiciro byo gusura Ingagi

RDB yagabanyije ibiciro byo gusura Ingagi

January 6, 2026
I Ngoma abantu 15 bakubiswe n’Inkuba ,9 bahasiga ubuzima

I Ngoma abantu 15 bakubiswe n’Inkuba ,9 bahasiga ubuzima

January 5, 2026
Ruben Amorim watozaga Manchester United yirukanwe

Ruben Amorim watozaga Manchester United yirukanwe

January 5, 2026
MIGEPROF yatabarije abagore bafunze batajya basurwa

MIGEPROF yatabarije abagore bafunze batajya basurwa

January 5, 2026
Dore zimwe mu ngamba zafatiwe mu Nama yo kurebera hamwe icyateza imbere umuryango

Dore zimwe mu ngamba zafatiwe mu Nama yo kurebera hamwe icyateza imbere umuryango

December 31, 2025
Zibaho wo gatsindwa we, kirazira mu muco wacu- Rutangarwamaboko abwira Pamela

Zibaho wo gatsindwa we, kirazira mu muco wacu- Rutangarwamaboko abwira Pamela

December 31, 2025
Uko Amb. Ndhungirehe afata ihagarikwa rya Gen Ekenge

Uko Amb. Ndhungirehe afata ihagarikwa rya Gen Ekenge

December 31, 2025
  • About
  • Advertise
  • Privacy & Policy
  • Contact
igisabo.rw
Advertisement
ADVERTISEMENT
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
    • All
    • Kwisi hose(world)
    • POLITIKE
    • Ubukungu
    • Ubumenyi(Science)
    Impera za 2026 zirasiga mu Rwanda hatangwa umuti urinda kwandura SIDA

    Impera za 2026 zirasiga mu Rwanda hatangwa umuti urinda kwandura SIDA

    Uganda: Abatrage bazindukiye mu matora y’umukuru w’igihugu

    Uganda: Abatrage bazindukiye mu matora y’umukuru w’igihugu

    Perezida Kagame yakiriye ba Ambasaderi 2 bashya

    Perezida Kagame yakiriye ba Ambasaderi 2 bashya

    Muhanga : Uwitwa Venuste Havugimana arishyuza AFRISET Ibiva mu butaka butari ubwe

    Muhanga : Uwitwa Venuste Havugimana arishyuza AFRISET Ibiva mu butaka butari ubwe

    Perezida Kagame yizeje ubufatanye Gen Doumbouya wa Guinea

    Perezida Kagame yizeje ubufatanye Gen Doumbouya wa Guinea

    RDB yagabanyije ibiciro byo gusura Ingagi

    RDB yagabanyije ibiciro byo gusura Ingagi

    Trending Tags

    • Trump Inauguration
    • United Stated
    • White House
    • Market Stories
    • Election Results
  • IKORANABUHANGA
    • All
    • Apps
    • Gadget
    • Mobile
    • Startup
    eKASH yamurikiwe ku mugaragaro abanyarwanda uko ikoreshwa n’akamaro ibafitiye 

    eKASH yamurikiwe ku mugaragaro abanyarwanda uko ikoreshwa n’akamaro ibafitiye 

    IBTC Kigali ishyigikiye ko gahunda z’ikoranabuhanga na Tekinike zakwigishwa mu Kinyarwanda

    IBTC Kigali ishyigikiye ko gahunda z’ikoranabuhanga na Tekinike zakwigishwa mu Kinyarwanda

    Sosiyete ya MTN Rwanda yatumijweho kugira ngo yisobanure kuri serivise mbi imaze iminsi itanga

    Sosiyete ya MTN Rwanda yatumijweho kugira ngo yisobanure kuri serivise mbi imaze iminsi itanga

    Mu Rwanda hagejejwe telephone za Infinix  zifite umwihariko n’udushya bidasanzwe

    Mu Rwanda hagejejwe telephone za Infinix zifite umwihariko n’udushya bidasanzwe

    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    Trending Tags

    • Nintendo Switch
    • CES 2017
    • Playstation 4 Pro
    • Mark Zuckerberg
  • IMYIDAGADURO
    • All
    • FILIMI
    • Imikino n'Imyidagaduro
    • Muzika
    • Siporo
    Ruben Amorim watozaga Manchester United yirukanwe

    Ruben Amorim watozaga Manchester United yirukanwe

    Zibaho wo gatsindwa we, kirazira mu muco wacu- Rutangarwamaboko abwira Pamela

    Zibaho wo gatsindwa we, kirazira mu muco wacu- Rutangarwamaboko abwira Pamela

    UEFA Champions League: Barcelona na Man city zatsinzwe

    UEFA Champions League: Barcelona na Man city zatsinzwe

    RGB yasheshe komite za Rayon sport Murenzi Abdallah yongera kuyifata bwa 3

    RGB yasheshe komite za Rayon sport Murenzi Abdallah yongera kuyifata bwa 3

    Trinity Nyakabingo FC niyo izahatanira igikombe na Rutongo Mines FC

    Trinity Nyakabingo FC niyo izahatanira igikombe na Rutongo Mines FC

    Rutongo Mines Fc iraranye Ikite iyihesha gukina Umukino wa nyuma

    Rutongo Mines Fc iraranye Ikite iyihesha gukina Umukino wa nyuma

  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
    • All
    • Fashion(Imideri)
    • Imirire
    • Ubucyerarugendo
    • Ubuzima
    Impera za 2026 zirasiga mu Rwanda hatangwa umuti urinda kwandura SIDA

    Impera za 2026 zirasiga mu Rwanda hatangwa umuti urinda kwandura SIDA

    Muhanga : Uwitwa Venuste Havugimana arishyuza AFRISET Ibiva mu butaka butari ubwe

    Muhanga : Uwitwa Venuste Havugimana arishyuza AFRISET Ibiva mu butaka butari ubwe

    RDB yagabanyije ibiciro byo gusura Ingagi

    RDB yagabanyije ibiciro byo gusura Ingagi

    Dore zimwe mu ngamba zafatiwe mu Nama yo kurebera hamwe icyateza imbere umuryango

    Dore zimwe mu ngamba zafatiwe mu Nama yo kurebera hamwe icyateza imbere umuryango

    Abaforomo n’ababyaza basabwe gukunda ibyo bakora

    Abaforomo n’ababyaza basabwe gukunda ibyo bakora

    Rév. Pasiteri Mudagiri Tabazi umwigisha w’Ijambo ry’Imana yatabarutse

    Rév. Pasiteri Mudagiri Tabazi umwigisha w’Ijambo ry’Imana yatabarutse

    Trending Tags

    • Golden Globes
    • Game of Thrones
    • MotoGP 2017
    • eSports
    • Fashion Week
  • INCAMACYE
    Kiliziya ya Ste Famille yizihije Umunsi Mukuru wayo hatangizwa Urugendo rwa Yubile y’Imyaka 50 Arkidiyosezi ya Kigali imaze ishinzwe

    Kiliziya ya Ste Famille yizihije Umunsi Mukuru wayo hatangizwa Urugendo rwa Yubile y’Imyaka 50 Arkidiyosezi ya Kigali imaze ishinzwe

    Polisi y’u Rwanda yungutse abapolisi 1903 bashya

    Polisi y’u Rwanda yungutse abapolisi 1903 bashya

    Abakorera Garage ATECAR bavuga ko bakora biyungura ubumenyi bugendanye n’ibinyabiziga biba bigezweho

    Abakorera Garage ATECAR bavuga ko bakora biyungura ubumenyi bugendanye n’ibinyabiziga biba bigezweho

    Mu cyumweru cyahariwe ubutabera hazibandwa ku buhuza nk’uburyo bufasha kudasiragira mu nkiko

    Mu cyumweru cyahariwe ubutabera hazibandwa ku buhuza nk’uburyo bufasha kudasiragira mu nkiko

    eKASH yamurikiwe ku mugaragaro abanyarwanda uko ikoreshwa n’akamaro ibafitiye 

    eKASH yamurikiwe ku mugaragaro abanyarwanda uko ikoreshwa n’akamaro ibafitiye 

    Amatike ashobora gushira mbere y’igitaramo-Abifuza kuzataramana na Richard Nick Ngendahayo baburiwe

    Amatike ashobora gushira mbere y’igitaramo-Abifuza kuzataramana na Richard Nick Ngendahayo baburiwe

No Result
View All Result
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
    • All
    • Kwisi hose(world)
    • POLITIKE
    • Ubukungu
    • Ubumenyi(Science)
    Impera za 2026 zirasiga mu Rwanda hatangwa umuti urinda kwandura SIDA

    Impera za 2026 zirasiga mu Rwanda hatangwa umuti urinda kwandura SIDA

    Uganda: Abatrage bazindukiye mu matora y’umukuru w’igihugu

    Uganda: Abatrage bazindukiye mu matora y’umukuru w’igihugu

    Perezida Kagame yakiriye ba Ambasaderi 2 bashya

    Perezida Kagame yakiriye ba Ambasaderi 2 bashya

    Muhanga : Uwitwa Venuste Havugimana arishyuza AFRISET Ibiva mu butaka butari ubwe

    Muhanga : Uwitwa Venuste Havugimana arishyuza AFRISET Ibiva mu butaka butari ubwe

    Perezida Kagame yizeje ubufatanye Gen Doumbouya wa Guinea

    Perezida Kagame yizeje ubufatanye Gen Doumbouya wa Guinea

    RDB yagabanyije ibiciro byo gusura Ingagi

    RDB yagabanyije ibiciro byo gusura Ingagi

    Trending Tags

    • Trump Inauguration
    • United Stated
    • White House
    • Market Stories
    • Election Results
  • IKORANABUHANGA
    • All
    • Apps
    • Gadget
    • Mobile
    • Startup
    eKASH yamurikiwe ku mugaragaro abanyarwanda uko ikoreshwa n’akamaro ibafitiye 

    eKASH yamurikiwe ku mugaragaro abanyarwanda uko ikoreshwa n’akamaro ibafitiye 

    IBTC Kigali ishyigikiye ko gahunda z’ikoranabuhanga na Tekinike zakwigishwa mu Kinyarwanda

    IBTC Kigali ishyigikiye ko gahunda z’ikoranabuhanga na Tekinike zakwigishwa mu Kinyarwanda

    Sosiyete ya MTN Rwanda yatumijweho kugira ngo yisobanure kuri serivise mbi imaze iminsi itanga

    Sosiyete ya MTN Rwanda yatumijweho kugira ngo yisobanure kuri serivise mbi imaze iminsi itanga

    Mu Rwanda hagejejwe telephone za Infinix  zifite umwihariko n’udushya bidasanzwe

    Mu Rwanda hagejejwe telephone za Infinix zifite umwihariko n’udushya bidasanzwe

    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    Trending Tags

    • Nintendo Switch
    • CES 2017
    • Playstation 4 Pro
    • Mark Zuckerberg
  • IMYIDAGADURO
    • All
    • FILIMI
    • Imikino n'Imyidagaduro
    • Muzika
    • Siporo
    Ruben Amorim watozaga Manchester United yirukanwe

    Ruben Amorim watozaga Manchester United yirukanwe

    Zibaho wo gatsindwa we, kirazira mu muco wacu- Rutangarwamaboko abwira Pamela

    Zibaho wo gatsindwa we, kirazira mu muco wacu- Rutangarwamaboko abwira Pamela

    UEFA Champions League: Barcelona na Man city zatsinzwe

    UEFA Champions League: Barcelona na Man city zatsinzwe

    RGB yasheshe komite za Rayon sport Murenzi Abdallah yongera kuyifata bwa 3

    RGB yasheshe komite za Rayon sport Murenzi Abdallah yongera kuyifata bwa 3

    Trinity Nyakabingo FC niyo izahatanira igikombe na Rutongo Mines FC

    Trinity Nyakabingo FC niyo izahatanira igikombe na Rutongo Mines FC

    Rutongo Mines Fc iraranye Ikite iyihesha gukina Umukino wa nyuma

    Rutongo Mines Fc iraranye Ikite iyihesha gukina Umukino wa nyuma

  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
    • All
    • Fashion(Imideri)
    • Imirire
    • Ubucyerarugendo
    • Ubuzima
    Impera za 2026 zirasiga mu Rwanda hatangwa umuti urinda kwandura SIDA

    Impera za 2026 zirasiga mu Rwanda hatangwa umuti urinda kwandura SIDA

    Muhanga : Uwitwa Venuste Havugimana arishyuza AFRISET Ibiva mu butaka butari ubwe

    Muhanga : Uwitwa Venuste Havugimana arishyuza AFRISET Ibiva mu butaka butari ubwe

    RDB yagabanyije ibiciro byo gusura Ingagi

    RDB yagabanyije ibiciro byo gusura Ingagi

    Dore zimwe mu ngamba zafatiwe mu Nama yo kurebera hamwe icyateza imbere umuryango

    Dore zimwe mu ngamba zafatiwe mu Nama yo kurebera hamwe icyateza imbere umuryango

    Abaforomo n’ababyaza basabwe gukunda ibyo bakora

    Abaforomo n’ababyaza basabwe gukunda ibyo bakora

    Rév. Pasiteri Mudagiri Tabazi umwigisha w’Ijambo ry’Imana yatabarutse

    Rév. Pasiteri Mudagiri Tabazi umwigisha w’Ijambo ry’Imana yatabarutse

    Trending Tags

    • Golden Globes
    • Game of Thrones
    • MotoGP 2017
    • eSports
    • Fashion Week
  • INCAMACYE
    Kiliziya ya Ste Famille yizihije Umunsi Mukuru wayo hatangizwa Urugendo rwa Yubile y’Imyaka 50 Arkidiyosezi ya Kigali imaze ishinzwe

    Kiliziya ya Ste Famille yizihije Umunsi Mukuru wayo hatangizwa Urugendo rwa Yubile y’Imyaka 50 Arkidiyosezi ya Kigali imaze ishinzwe

    Polisi y’u Rwanda yungutse abapolisi 1903 bashya

    Polisi y’u Rwanda yungutse abapolisi 1903 bashya

    Abakorera Garage ATECAR bavuga ko bakora biyungura ubumenyi bugendanye n’ibinyabiziga biba bigezweho

    Abakorera Garage ATECAR bavuga ko bakora biyungura ubumenyi bugendanye n’ibinyabiziga biba bigezweho

    Mu cyumweru cyahariwe ubutabera hazibandwa ku buhuza nk’uburyo bufasha kudasiragira mu nkiko

    Mu cyumweru cyahariwe ubutabera hazibandwa ku buhuza nk’uburyo bufasha kudasiragira mu nkiko

    eKASH yamurikiwe ku mugaragaro abanyarwanda uko ikoreshwa n’akamaro ibafitiye 

    eKASH yamurikiwe ku mugaragaro abanyarwanda uko ikoreshwa n’akamaro ibafitiye 

    Amatike ashobora gushira mbere y’igitaramo-Abifuza kuzataramana na Richard Nick Ngendahayo baburiwe

    Amatike ashobora gushira mbere y’igitaramo-Abifuza kuzataramana na Richard Nick Ngendahayo baburiwe

No Result
View All Result
igisabo.rw
No Result
View All Result
Home Amakuru

Ibyo wamenya ku gaseke gapfundikiye Mother Mary ihishiye abanya Kicukiro na Bugesera

NIYONKURU Edouard by NIYONKURU Edouard
June 29, 2025
in Amakuru, Amakuru y'ingenzi, Uburezi
0
Ibyo wamenya ku gaseke gapfundikiye Mother Mary ihishiye abanya Kicukiro na Bugesera
0
SHARES
166
VIEWS
Share on FacebookShare on Twitter

Nyuma yo gushimira uburyo abana n’abarezi bo muri Mother Mary i Kibagabaga basoje umwaka w’amasomo 2024-2025 neza, kuri uyu wa 28 Kamena 2025 byasorejwe ku ishami ry’i Gahanga mu Karere ka Kicukiro. Ubuyobozi bw’ikigo bukavuga ko buhishiye byinshi abatuye muri ako gace no hakurya yaho, mu Karere ka Bugesera, cyane ko bazabahera abana uburezi buzira inenge nk’intego biyemeje muri rusange.

Ubuyobozi bwa Mother Mary International School Complex, buvuga ko nyuma yo kugezwaho ibyifuzo n’ababyeyi bo mu bice bigize Akarere ka Kicukio, barushywaga cyane no kugeza abana babo ku kicaro gikuru i Kibagabaga, bwabegereje ishuri hafi yabo imyaka ibiri ikaba ishize, bakishimira ko imfura za mbere zisoje umwaka wa 6 w’amashuri abanza ndetse n’abo muwa 3 w’ikiburamwaka. Abo bose bakaba ngo bahawe impamyabumenyi zibinjiza mu kindi kiciro.

Umuyobozi mukuru akaba n’uwashinze Mother Mary Rwabigwi Cyprien, avuga ko banyuzwe cyane n’uburyo ababyeyi bo mu gace ka Gahanga no mu nkengero zayo  mu Karere ka Bugesera bakiriye neza ishuri ryabo, maze avuga ko bitewe n’uburyo babakiriye neza, byatumye Gahanga igiye kongererwa imbaraga n’ubushobozi ikazahinduka igicumbi cya ICT n’imyuga igezweho.

Bwana Rwabigwi Cyprien ari kumwe n’abana be basoje umwaka wa 6 i Gahanga

Agira ati “Twatangiranye abana bake hano i Gahanga none dore bamaze kwikuba inshuro nyinshi, ku buryo duteganya ko mu minsi idatinze turakira abandi bisumbuyeho. Kugira ngo rero abantu bo muri ibi bice bakomeze kugezwaho na serivise nziza uko babyifuza, twabashyiriyeho Ubuyobozi bushya tuzana uwayoboraga i Kibagabaga ufite uburambe bw’igihe kirekire mu bwarimu, akaba azanye na ekipe ikomeye ije isanga abandi bari basanzwe hano kandi nabo bafite uburambe n’ubushobozi mu buryo burambye. Tukizera tudashidikanya ko mu gihe gito Gahanga iraba imaze kuba iya mbere muri ibice byose no muri Kigali muri rusange.”

Bwana Rwabigwi avuga ko n’ubwo bwose Gahanga yari ishami rya Mother Mary, ariko igiye kwigenga igahabwa izina rya MARY 1000 INTERNATIONAL SCHOOL, agasaba ababyeyi ba Gahanga, Kagarama, Nyanza, Niboye, Gahanga no mu bindi bice bitandukanye birimo n’abo mu Karere ka Bugesera, kuzana abana ari benshi kuko Agaseke gapfundikiye ngo babahishiye kabitse byinshi bizafashiriza abana kwiga bagatsinda, bikazafasha kugera ku rwego mpuzamahanga Mother Mary yagezeho kuva yashingwa imyaka 20 irashize.

Bwana Rwabigwi Cyprien Umuyobozi mukuru wa Mother Mary

Ku rundi ruhande, avuga ko ibikorwa byo kubaka inzu nini zigeretse kandi zigezweho byatangiye i Gahanga, bakaba bafite ubuso bw’ubutaka buhagije buzubakwaho Kaminuza Mpuzamahanga y’imyuga n’ikoranabuhanga, iyi ikazaba ari isangano ry’abaturutse imigabane yose y’isi.

Ikindi ni uko i Gahanga ngo hagiye gushyirwa amshuri y’isumbuye acumbikira abana “Boding” kugira ngo abahuraga n’ikibazo cy’amacumbi kibonerwe umuti.

Kimwe n’uko byakorewe abiga n’abarerera muri Mother Mary ku kicaro gikuru i Kibagabaga, abana basoje ikiburamwaka mu mwaka wa 3 ndetse n’abasoje umwaka wa 6 w’amashuri abanza,  basabanye n’ababyeyi babo, Abarimu n’Ubuyobozi bukuru bw’ikigo.

Abana kandi bahawe impamyabumenyi zibinjiza mu kiciro gikurikiyeho, abo mukiburamwaka bagiye muwa 1 w’amashuri abanza, mu gihe abasoje uwa 6 ubanza bagiye mu mwaka wa 7 w’amashuri y’isumbuye, abitabiriye ibirori  banasangiriye hamwe umutsima w’ibyishimo by’uko basoje umwaka neza.

Uhagarariye komite y’ababyeyi barerera muri Mother Mary, ishami rya Gahanga Karangwa Joseph, avuga ko ari amahirwe bagize abandi badafite, kuba ishuri nka Mother Mary, rifite abarimu b’inzobere n’uburambe mu kwigisha neza mu Murenge wabo.

Karangwa Joseph uhagarariye komite y’ababyeyi barerera muri Mother Mary ishami rya Gahanga

Agira ati ”Dufite ibyishimo kuko ibyiza byaje bidusanga tukabona, aho turerera abana bacu. Mu by’ukuri hari bamwe muri twe bari barashoboye gusanga ishuri i Kibagabaga, bitewe ahanini n’ibyiza benshi barivugagaho. Cyakora twabaye nk’abatunguwe twumvise ko bagiye kuzana ishami ryabo hano i Gahanga. Ni amahirwe twagize, ari nayo mpamvu mpamagarira ababyeyi babishoboye kudapfusha ubusa aya mahirwe, maze bakazana abana babo kwiga hano kuko nkatwe tuharerera tumaze kubona ikinyuranyo kinini twabwira abandi.”

Avuga ko ashimishwa cyane n’uburyo abana mu gihe kitarenze imyaka 2 bahiga, basigaye bavuga indimi nk’abazivukiyemo, atanga urugero uburyo abana basubizanyaga ibibazo hagati yabo mu ndimi zitandukanye ukagira ngo ni abantu bakuru.

Yishimira ko ubwo hagiye kuza na Kaminuza, nta kabuza Gahanga yabo igiye gutera imbere kurushaho babikesheje Mother Mary.

Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Akagari ka Murinja, ishuri ryubatsemo Mutabazi Andre, avuga ko uwambaye ikirezi atamenya ko cyera, gusa ngo ni amahirwe aboneka hakeya abanya Gahanga bagize by’umwihariko Akagari ka Murinja ayoboye kabashije kwakira ishuri Mpuzamahanga riri ku rwego rwo hejuru nka Mother Mary.

Mutabazi Andre Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Akagari ka Murinja kubatsemo ishami rya Gahanga

Agira ati “Birakwiye ko turibyaza umusaruro tukazana abana bacu turi benshi, bakivomera kuri iyi soko idakama y’ubumenyi twabonanye abana biga hano. Birumvikana ko ababyeyi bagomba gukora ibishoboka byose bakazana abana babo hano. Yego amashuri arahari menshi, ariko mu by’ukuri yose siko yaba atanga ubumenyi kimwe.

Cyakora jye uburyo mbonye abana biga hano ari abahanga, byatumye ngira icyizere ko urubyiruko rwacu, mu minsi mike baraba ari abahanga bazakenerwa na buri wese.”

Avuga ko yizera ko ababyeyi bazasobanukirwa,  kandi benshi ngo babigezeho ugereranyije  n’uburyo bagiye batangira, umubare ugenda ngo wiyongera.

Asaba n’abandi babishoboye kugana ibyiza byabashyiriweho, bakaza bakarerera, aho umwana ashobora gukura ubumenyi buzamubeshaho ibihe byose.

Abana berekanye ko bakomeye ku muco mu bihe bitaha bazaba bari mu ‘urukerereza’

Umuyobozi Mukuru wa Mother Mary International School Complex Rwabigwi Cyprien, ku by’ababyeyi n’ubuyobozi bavuga, avuga ko batangiranye metero nkeya z’ubutaka i Gahanga, cyakora ngo bamaze kubona uburyo ishuri ryishimiwe baguye ubutaka, bakaba bageze kuri hegitari zirenga eshatu, bakaba ngo bagiye nabwo kubwongera,  kugira ngo ibikorwaremezo biteganyijwe bizabashe kwisanzura.

Mother Mary International School Complex yasoje igikorwa cyo kwishimira ko basoje umwaka w’amasomo 2024-2025 neza, bigasorezwa ku ishami ryayo ry’i Gahanga, ni ishuri Mpuzamahanga rigendera kuri Porogaramu y’Abongereza n’iy’Abafaransa.

Ni ishuri rimaze imyaka 20 ritanga uburezi buzira inenge nk’uko intego yaryo ivuga, rikagira n’indangagaciro za Gikristu.

Abahiga n’abaharerera, bavuga ko Mother Mary ari ishuri ntangarugero waratira abandi.

Ubuyobozi bwaryo buvuga ko bwatangiye kwandika abaziga umwaka w’amasomo 2025-2026, bityo bagasaba abatuye mu Karere ka Gasabo no mu nkengero zaho, bakaba bifuza kurerera i Kibagabaga kuzana abana babo imyanya itarashira.

Banahamagarira kandi abatuye i Gahanga no mu bice bihakikije, n’abo mu Karere ka Bugesera,  kwihutira kuzana abana babo i Gahanga naho imyanya ngo irabaze.

ANDI MAFOTO :

E. Niyonkuru

Previous Post

Abanyeshuri 400 babonye impamyabumenyi muri Mother Mary bahabwa n’ubutumwa bwo kurangwa n’ubuhanga n’imico myiza

Next Post

Evangelist Amani Returns from Kenya After a Gospel Tour

NIYONKURU Edouard

NIYONKURU Edouard

Next Post
Evangelist Amani Returns from Kenya After a Gospel Tour

Evangelist Amani Returns from Kenya After a Gospel Tour

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Stay Connected test

  • 99 Subscribers
ADVERTISEMENT
  • Trending
  • Comments
  • Latest
Rurageretse hagati y’uwahoze ari Minisitiri n’uwo yijeje kugira Umugore akishakira undi

Rurageretse hagati y’uwahoze ari Minisitiri n’uwo yijeje kugira Umugore akishakira undi

December 2, 2025

Dore igisubizo ku bagabo bafite igitsina gito

December 30, 2020
Sobanukirwa uko amapeti y’abapolisi mu Rwanda arutanwa n’imishahara yabo

Sobanukirwa uko amapeti y’abapolisi mu Rwanda arutanwa n’imishahara yabo

September 19, 2020

Gitisi Secondary & TVET School ni Amizero arambye y’urubyiruko rwahisemo kuhiga

September 3, 2021
Urwego rw’igihugu rushinzwe Igorora RCS rwirukanye ACP Dr George Ruterana

Urwego rw’igihugu rushinzwe Igorora RCS rwirukanye ACP Dr George Ruterana

6

Hello world!

1
Kicukiro: Akagari ka Nyanza  bakomeje kubaka akajagari bakingiwe ikibaba n’Abayobozi b’inzego z’ibanze

Kicukiro: Akagari ka Nyanza bakomeje kubaka akajagari bakingiwe ikibaba n’Abayobozi b’inzego z’ibanze

1

Shadow Tactics: Blades of the Shogun Review

0
Impera za 2026 zirasiga mu Rwanda hatangwa umuti urinda kwandura SIDA

Impera za 2026 zirasiga mu Rwanda hatangwa umuti urinda kwandura SIDA

January 15, 2026
Uganda: Abatrage bazindukiye mu matora y’umukuru w’igihugu

Uganda: Abatrage bazindukiye mu matora y’umukuru w’igihugu

January 15, 2026
Perezida Kagame yakiriye ba Ambasaderi 2 bashya

Perezida Kagame yakiriye ba Ambasaderi 2 bashya

January 15, 2026
Muhanga : Uwitwa Venuste Havugimana arishyuza AFRISET Ibiva mu butaka butari ubwe

Muhanga : Uwitwa Venuste Havugimana arishyuza AFRISET Ibiva mu butaka butari ubwe

January 14, 2026

Recent News

Impera za 2026 zirasiga mu Rwanda hatangwa umuti urinda kwandura SIDA

Impera za 2026 zirasiga mu Rwanda hatangwa umuti urinda kwandura SIDA

January 15, 2026
Uganda: Abatrage bazindukiye mu matora y’umukuru w’igihugu

Uganda: Abatrage bazindukiye mu matora y’umukuru w’igihugu

January 15, 2026
Perezida Kagame yakiriye ba Ambasaderi 2 bashya

Perezida Kagame yakiriye ba Ambasaderi 2 bashya

January 15, 2026
Muhanga : Uwitwa Venuste Havugimana arishyuza AFRISET Ibiva mu butaka butari ubwe

Muhanga : Uwitwa Venuste Havugimana arishyuza AFRISET Ibiva mu butaka butari ubwe

January 14, 2026

We bring you the latest news with facts. Check our landing page for details.

Follow Us

Browse by Category

Recent News

Impera za 2026 zirasiga mu Rwanda hatangwa umuti urinda kwandura SIDA

Impera za 2026 zirasiga mu Rwanda hatangwa umuti urinda kwandura SIDA

January 15, 2026
Uganda: Abatrage bazindukiye mu matora y’umukuru w’igihugu

Uganda: Abatrage bazindukiye mu matora y’umukuru w’igihugu

January 15, 2026
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMYIDAGADURO
  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
  • INCAMACYE

© 2024 All Right Reserved IGISABO NEW PAPER Developed by ~MORGAN NIYITEGEKA

No Result
View All Result
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMYIDAGADURO
  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
  • INCAMACYE

© 2024 All Right Reserved IGISABO NEW PAPER Developed by ~MORGAN NIYITEGEKA