• Latest
Gakenke: Ruli Mining Trade Ltd, imyaka 15  y’intangarugero mu bigendanye n’ubucukuzi   bw’amabuye y’agaciro

Gakenke: Ruli Mining Trade Ltd, imyaka 15 y’intangarugero mu bigendanye n’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro

May 23, 2025
Impera za 2026 zirasiga mu Rwanda hatangwa umuti urinda kwandura SIDA

Impera za 2026 zirasiga mu Rwanda hatangwa umuti urinda kwandura SIDA

January 15, 2026
Uganda: Abatrage bazindukiye mu matora y’umukuru w’igihugu

Uganda: Abatrage bazindukiye mu matora y’umukuru w’igihugu

January 15, 2026
Perezida Kagame yakiriye ba Ambasaderi 2 bashya

Perezida Kagame yakiriye ba Ambasaderi 2 bashya

January 15, 2026
Muhanga : Uwitwa Venuste Havugimana arishyuza AFRISET Ibiva mu butaka butari ubwe

Muhanga : Uwitwa Venuste Havugimana arishyuza AFRISET Ibiva mu butaka butari ubwe

January 14, 2026
Perezida Kagame yizeje ubufatanye Gen Doumbouya wa Guinea

Perezida Kagame yizeje ubufatanye Gen Doumbouya wa Guinea

January 6, 2026
RDB yagabanyije ibiciro byo gusura Ingagi

RDB yagabanyije ibiciro byo gusura Ingagi

January 6, 2026
I Ngoma abantu 15 bakubiswe n’Inkuba ,9 bahasiga ubuzima

I Ngoma abantu 15 bakubiswe n’Inkuba ,9 bahasiga ubuzima

January 5, 2026
Ruben Amorim watozaga Manchester United yirukanwe

Ruben Amorim watozaga Manchester United yirukanwe

January 5, 2026
MIGEPROF yatabarije abagore bafunze batajya basurwa

MIGEPROF yatabarije abagore bafunze batajya basurwa

January 5, 2026
Dore zimwe mu ngamba zafatiwe mu Nama yo kurebera hamwe icyateza imbere umuryango

Dore zimwe mu ngamba zafatiwe mu Nama yo kurebera hamwe icyateza imbere umuryango

December 31, 2025
Zibaho wo gatsindwa we, kirazira mu muco wacu- Rutangarwamaboko abwira Pamela

Zibaho wo gatsindwa we, kirazira mu muco wacu- Rutangarwamaboko abwira Pamela

December 31, 2025
Uko Amb. Ndhungirehe afata ihagarikwa rya Gen Ekenge

Uko Amb. Ndhungirehe afata ihagarikwa rya Gen Ekenge

December 31, 2025
  • About
  • Advertise
  • Privacy & Policy
  • Contact
igisabo.rw
Advertisement
ADVERTISEMENT
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
    • All
    • Kwisi hose(world)
    • POLITIKE
    • Ubukungu
    • Ubumenyi(Science)
    Impera za 2026 zirasiga mu Rwanda hatangwa umuti urinda kwandura SIDA

    Impera za 2026 zirasiga mu Rwanda hatangwa umuti urinda kwandura SIDA

    Uganda: Abatrage bazindukiye mu matora y’umukuru w’igihugu

    Uganda: Abatrage bazindukiye mu matora y’umukuru w’igihugu

    Perezida Kagame yakiriye ba Ambasaderi 2 bashya

    Perezida Kagame yakiriye ba Ambasaderi 2 bashya

    Muhanga : Uwitwa Venuste Havugimana arishyuza AFRISET Ibiva mu butaka butari ubwe

    Muhanga : Uwitwa Venuste Havugimana arishyuza AFRISET Ibiva mu butaka butari ubwe

    Perezida Kagame yizeje ubufatanye Gen Doumbouya wa Guinea

    Perezida Kagame yizeje ubufatanye Gen Doumbouya wa Guinea

    RDB yagabanyije ibiciro byo gusura Ingagi

    RDB yagabanyije ibiciro byo gusura Ingagi

    Trending Tags

    • Trump Inauguration
    • United Stated
    • White House
    • Market Stories
    • Election Results
  • IKORANABUHANGA
    • All
    • Apps
    • Gadget
    • Mobile
    • Startup
    eKASH yamurikiwe ku mugaragaro abanyarwanda uko ikoreshwa n’akamaro ibafitiye 

    eKASH yamurikiwe ku mugaragaro abanyarwanda uko ikoreshwa n’akamaro ibafitiye 

    IBTC Kigali ishyigikiye ko gahunda z’ikoranabuhanga na Tekinike zakwigishwa mu Kinyarwanda

    IBTC Kigali ishyigikiye ko gahunda z’ikoranabuhanga na Tekinike zakwigishwa mu Kinyarwanda

    Sosiyete ya MTN Rwanda yatumijweho kugira ngo yisobanure kuri serivise mbi imaze iminsi itanga

    Sosiyete ya MTN Rwanda yatumijweho kugira ngo yisobanure kuri serivise mbi imaze iminsi itanga

    Mu Rwanda hagejejwe telephone za Infinix  zifite umwihariko n’udushya bidasanzwe

    Mu Rwanda hagejejwe telephone za Infinix zifite umwihariko n’udushya bidasanzwe

    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    Trending Tags

    • Nintendo Switch
    • CES 2017
    • Playstation 4 Pro
    • Mark Zuckerberg
  • IMYIDAGADURO
    • All
    • FILIMI
    • Imikino n'Imyidagaduro
    • Muzika
    • Siporo
    Ruben Amorim watozaga Manchester United yirukanwe

    Ruben Amorim watozaga Manchester United yirukanwe

    Zibaho wo gatsindwa we, kirazira mu muco wacu- Rutangarwamaboko abwira Pamela

    Zibaho wo gatsindwa we, kirazira mu muco wacu- Rutangarwamaboko abwira Pamela

    UEFA Champions League: Barcelona na Man city zatsinzwe

    UEFA Champions League: Barcelona na Man city zatsinzwe

    RGB yasheshe komite za Rayon sport Murenzi Abdallah yongera kuyifata bwa 3

    RGB yasheshe komite za Rayon sport Murenzi Abdallah yongera kuyifata bwa 3

    Trinity Nyakabingo FC niyo izahatanira igikombe na Rutongo Mines FC

    Trinity Nyakabingo FC niyo izahatanira igikombe na Rutongo Mines FC

    Rutongo Mines Fc iraranye Ikite iyihesha gukina Umukino wa nyuma

    Rutongo Mines Fc iraranye Ikite iyihesha gukina Umukino wa nyuma

  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
    • All
    • Fashion(Imideri)
    • Imirire
    • Ubucyerarugendo
    • Ubuzima
    Impera za 2026 zirasiga mu Rwanda hatangwa umuti urinda kwandura SIDA

    Impera za 2026 zirasiga mu Rwanda hatangwa umuti urinda kwandura SIDA

    Muhanga : Uwitwa Venuste Havugimana arishyuza AFRISET Ibiva mu butaka butari ubwe

    Muhanga : Uwitwa Venuste Havugimana arishyuza AFRISET Ibiva mu butaka butari ubwe

    RDB yagabanyije ibiciro byo gusura Ingagi

    RDB yagabanyije ibiciro byo gusura Ingagi

    Dore zimwe mu ngamba zafatiwe mu Nama yo kurebera hamwe icyateza imbere umuryango

    Dore zimwe mu ngamba zafatiwe mu Nama yo kurebera hamwe icyateza imbere umuryango

    Abaforomo n’ababyaza basabwe gukunda ibyo bakora

    Abaforomo n’ababyaza basabwe gukunda ibyo bakora

    Rév. Pasiteri Mudagiri Tabazi umwigisha w’Ijambo ry’Imana yatabarutse

    Rév. Pasiteri Mudagiri Tabazi umwigisha w’Ijambo ry’Imana yatabarutse

    Trending Tags

    • Golden Globes
    • Game of Thrones
    • MotoGP 2017
    • eSports
    • Fashion Week
  • INCAMACYE
    Kiliziya ya Ste Famille yizihije Umunsi Mukuru wayo hatangizwa Urugendo rwa Yubile y’Imyaka 50 Arkidiyosezi ya Kigali imaze ishinzwe

    Kiliziya ya Ste Famille yizihije Umunsi Mukuru wayo hatangizwa Urugendo rwa Yubile y’Imyaka 50 Arkidiyosezi ya Kigali imaze ishinzwe

    Polisi y’u Rwanda yungutse abapolisi 1903 bashya

    Polisi y’u Rwanda yungutse abapolisi 1903 bashya

    Abakorera Garage ATECAR bavuga ko bakora biyungura ubumenyi bugendanye n’ibinyabiziga biba bigezweho

    Abakorera Garage ATECAR bavuga ko bakora biyungura ubumenyi bugendanye n’ibinyabiziga biba bigezweho

    Mu cyumweru cyahariwe ubutabera hazibandwa ku buhuza nk’uburyo bufasha kudasiragira mu nkiko

    Mu cyumweru cyahariwe ubutabera hazibandwa ku buhuza nk’uburyo bufasha kudasiragira mu nkiko

    eKASH yamurikiwe ku mugaragaro abanyarwanda uko ikoreshwa n’akamaro ibafitiye 

    eKASH yamurikiwe ku mugaragaro abanyarwanda uko ikoreshwa n’akamaro ibafitiye 

    Amatike ashobora gushira mbere y’igitaramo-Abifuza kuzataramana na Richard Nick Ngendahayo baburiwe

    Amatike ashobora gushira mbere y’igitaramo-Abifuza kuzataramana na Richard Nick Ngendahayo baburiwe

No Result
View All Result
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
    • All
    • Kwisi hose(world)
    • POLITIKE
    • Ubukungu
    • Ubumenyi(Science)
    Impera za 2026 zirasiga mu Rwanda hatangwa umuti urinda kwandura SIDA

    Impera za 2026 zirasiga mu Rwanda hatangwa umuti urinda kwandura SIDA

    Uganda: Abatrage bazindukiye mu matora y’umukuru w’igihugu

    Uganda: Abatrage bazindukiye mu matora y’umukuru w’igihugu

    Perezida Kagame yakiriye ba Ambasaderi 2 bashya

    Perezida Kagame yakiriye ba Ambasaderi 2 bashya

    Muhanga : Uwitwa Venuste Havugimana arishyuza AFRISET Ibiva mu butaka butari ubwe

    Muhanga : Uwitwa Venuste Havugimana arishyuza AFRISET Ibiva mu butaka butari ubwe

    Perezida Kagame yizeje ubufatanye Gen Doumbouya wa Guinea

    Perezida Kagame yizeje ubufatanye Gen Doumbouya wa Guinea

    RDB yagabanyije ibiciro byo gusura Ingagi

    RDB yagabanyije ibiciro byo gusura Ingagi

    Trending Tags

    • Trump Inauguration
    • United Stated
    • White House
    • Market Stories
    • Election Results
  • IKORANABUHANGA
    • All
    • Apps
    • Gadget
    • Mobile
    • Startup
    eKASH yamurikiwe ku mugaragaro abanyarwanda uko ikoreshwa n’akamaro ibafitiye 

    eKASH yamurikiwe ku mugaragaro abanyarwanda uko ikoreshwa n’akamaro ibafitiye 

    IBTC Kigali ishyigikiye ko gahunda z’ikoranabuhanga na Tekinike zakwigishwa mu Kinyarwanda

    IBTC Kigali ishyigikiye ko gahunda z’ikoranabuhanga na Tekinike zakwigishwa mu Kinyarwanda

    Sosiyete ya MTN Rwanda yatumijweho kugira ngo yisobanure kuri serivise mbi imaze iminsi itanga

    Sosiyete ya MTN Rwanda yatumijweho kugira ngo yisobanure kuri serivise mbi imaze iminsi itanga

    Mu Rwanda hagejejwe telephone za Infinix  zifite umwihariko n’udushya bidasanzwe

    Mu Rwanda hagejejwe telephone za Infinix zifite umwihariko n’udushya bidasanzwe

    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    Trending Tags

    • Nintendo Switch
    • CES 2017
    • Playstation 4 Pro
    • Mark Zuckerberg
  • IMYIDAGADURO
    • All
    • FILIMI
    • Imikino n'Imyidagaduro
    • Muzika
    • Siporo
    Ruben Amorim watozaga Manchester United yirukanwe

    Ruben Amorim watozaga Manchester United yirukanwe

    Zibaho wo gatsindwa we, kirazira mu muco wacu- Rutangarwamaboko abwira Pamela

    Zibaho wo gatsindwa we, kirazira mu muco wacu- Rutangarwamaboko abwira Pamela

    UEFA Champions League: Barcelona na Man city zatsinzwe

    UEFA Champions League: Barcelona na Man city zatsinzwe

    RGB yasheshe komite za Rayon sport Murenzi Abdallah yongera kuyifata bwa 3

    RGB yasheshe komite za Rayon sport Murenzi Abdallah yongera kuyifata bwa 3

    Trinity Nyakabingo FC niyo izahatanira igikombe na Rutongo Mines FC

    Trinity Nyakabingo FC niyo izahatanira igikombe na Rutongo Mines FC

    Rutongo Mines Fc iraranye Ikite iyihesha gukina Umukino wa nyuma

    Rutongo Mines Fc iraranye Ikite iyihesha gukina Umukino wa nyuma

  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
    • All
    • Fashion(Imideri)
    • Imirire
    • Ubucyerarugendo
    • Ubuzima
    Impera za 2026 zirasiga mu Rwanda hatangwa umuti urinda kwandura SIDA

    Impera za 2026 zirasiga mu Rwanda hatangwa umuti urinda kwandura SIDA

    Muhanga : Uwitwa Venuste Havugimana arishyuza AFRISET Ibiva mu butaka butari ubwe

    Muhanga : Uwitwa Venuste Havugimana arishyuza AFRISET Ibiva mu butaka butari ubwe

    RDB yagabanyije ibiciro byo gusura Ingagi

    RDB yagabanyije ibiciro byo gusura Ingagi

    Dore zimwe mu ngamba zafatiwe mu Nama yo kurebera hamwe icyateza imbere umuryango

    Dore zimwe mu ngamba zafatiwe mu Nama yo kurebera hamwe icyateza imbere umuryango

    Abaforomo n’ababyaza basabwe gukunda ibyo bakora

    Abaforomo n’ababyaza basabwe gukunda ibyo bakora

    Rév. Pasiteri Mudagiri Tabazi umwigisha w’Ijambo ry’Imana yatabarutse

    Rév. Pasiteri Mudagiri Tabazi umwigisha w’Ijambo ry’Imana yatabarutse

    Trending Tags

    • Golden Globes
    • Game of Thrones
    • MotoGP 2017
    • eSports
    • Fashion Week
  • INCAMACYE
    Kiliziya ya Ste Famille yizihije Umunsi Mukuru wayo hatangizwa Urugendo rwa Yubile y’Imyaka 50 Arkidiyosezi ya Kigali imaze ishinzwe

    Kiliziya ya Ste Famille yizihije Umunsi Mukuru wayo hatangizwa Urugendo rwa Yubile y’Imyaka 50 Arkidiyosezi ya Kigali imaze ishinzwe

    Polisi y’u Rwanda yungutse abapolisi 1903 bashya

    Polisi y’u Rwanda yungutse abapolisi 1903 bashya

    Abakorera Garage ATECAR bavuga ko bakora biyungura ubumenyi bugendanye n’ibinyabiziga biba bigezweho

    Abakorera Garage ATECAR bavuga ko bakora biyungura ubumenyi bugendanye n’ibinyabiziga biba bigezweho

    Mu cyumweru cyahariwe ubutabera hazibandwa ku buhuza nk’uburyo bufasha kudasiragira mu nkiko

    Mu cyumweru cyahariwe ubutabera hazibandwa ku buhuza nk’uburyo bufasha kudasiragira mu nkiko

    eKASH yamurikiwe ku mugaragaro abanyarwanda uko ikoreshwa n’akamaro ibafitiye 

    eKASH yamurikiwe ku mugaragaro abanyarwanda uko ikoreshwa n’akamaro ibafitiye 

    Amatike ashobora gushira mbere y’igitaramo-Abifuza kuzataramana na Richard Nick Ngendahayo baburiwe

    Amatike ashobora gushira mbere y’igitaramo-Abifuza kuzataramana na Richard Nick Ngendahayo baburiwe

No Result
View All Result
igisabo.rw
No Result
View All Result
Home Amakuru

Gakenke: Ruli Mining Trade Ltd, imyaka 15 y’intangarugero mu bigendanye n’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro

NIYONKURU Edouard by NIYONKURU Edouard
May 23, 2025
in Amakuru, Amakuru y'ingenzi, Imibereho ya buri munsi
0
Gakenke: Ruli Mining Trade Ltd, imyaka 15  y’intangarugero mu bigendanye n’ubucukuzi   bw’amabuye y’agaciro
0
SHARES
180
VIEWS
Share on FacebookShare on Twitter

Ubuyobozi bwa kimwe mu bigo bikomeye bikorera ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro mu Karere ka Gakenke, Ruli Mining Trade Ltd buvuga ko mu myaka 15 bamaze bakora, ibyagezweho byo kwishimira ari byinshi, birimo nko gukora ubushakashatsi bwimbitse kuhashobora kuboneka amabuye y’agaciro, kuzamura agace bakoreramo batanga akazi ku bantu benshi n’ibindi.

Iki kigo kimaze kugira uburambe n’ubunarabibonye ku bigendanye n’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro, Ubuyobozi, abakozi n’abatuye mu gace bakoreramo, bavuga ko ari ikigo cyaje gikenewe bitewe ahanini n’uruhare rutagereranywa mu iterambere bamaze kugaragaza nk’aho abagera kuri 400 bahawe akazi bakabasha kwiteza imbere no kuzamura imiryango yabo.

Bwana NAMAHORO Jean de Dieu, Umugenzuzi w’ibikorwa muri Ruli Mining  trade Ltd, avuga ko batangiye gukora muri 2010, nyuma y’ubushakashatsi bugendanye no kumenya aho amabuye nyirizina aherereye, bakaba bafite ibice bibiri bakoreraho, aribyo GIKOMBE na KADEHERO bigize site ya Ruli bakaba banakorera muri Ngororero.

Namahoro Jean de Dieu, Umugenzuzi w’ibikorwa muri Ruli Mining Trade Ltd

Avuga ko aho hose bakorera bafitemo ibirombe bihagije bibonekamo amabuye ya Gasegereti na Koruta, aho bashobora kubona umusaruro hagati ya Toni 8 na 15 buri Kwezi.

Agira ati “Ruli Mining Trade Ltd, twavuga ko ari ikigo kimaze kugera kuri byinshi. Tukaba ducukura amabuye mu buryo bugezweho, tukagira abakozi babishoboye bafite imbaraga n’ubushake, nyuma y’ibyo, dufite ababahagarariye bakora neza ibyo bize, nka ba Injeniyeri bashinzwe umusaruro na tekinike, ushinzwe ibidukikije, ushinzwe imibereho y’abakozi, abashinzwe ububiko, n’abakozi bahoraho bo ku cyicaro cy’ikigo cyacu.”

Avuga ko umwuga w’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro, ari akazi gakomeye gasaba ubwitange no kutarambirwa, cyane ko urebye nka Metero nyinshi zicukurwa mu kitwa INDANI hashakishwa aho amabuye aherereye nyirizina, bisaba umuhate no gukunda akazi nta kindi.

Ku bigendanye n’abakozi bakoresha, avuga ko bafite abakozi bagera kuri 400 bahoraho, bose bahembwa neza uko bikwiriye kandi ku gihe.

By’umwihariko bakaba ngo baregerejwe abajenti ba Banki bahemberwamo za BK na BPR, ku buryo mu gihe cyo guhembwa biborohera cyane.

Ku rundi ruhande, avuga ko abakozi batangirwa ubwiteganyirize bwa RSSB, EJO HEZA, bagatangirwa umusoro wa TPR n’ubwisungane mu kwivuza.

Ikindi ni uko bafatanya na Leta mu bikorwa by’iterambere, nko gukora no gutunganya imihanda kugira ngo imigenderanire yorohe, bakanafasha bamwe mu batishoboye, babatangira Ubwisungane mu kwivuza no kububakira.

Ku bigendanye n’ingorane bahura nazo, avuga ko muri rusange atari nyinshi.

Gusa asaba Leta ko hakorwa ibishoboka umuhanda wa Nzove, Skol, Ruli ugakorwa, cyane ko uri mu bibangamiye imikorere y’abacukuzi b’amabuye y’agaciro n’abandi bafite ibikorwa by’ubucuruzi muri rusange.

Asaba Leta kandi, kubafasha hakabaho ubuhuza, hagati y’abacukura amabuye y’agaciro n’amabanki kuko zibima inguzanyo, zivuga ko ibyo bakora zitabona uko zibiha agaciro.

Asoza asaba abakozi bagenzi be gukora batikoresheje, kugira ngo umusaruro w’ibyo bakora ukomeze wiyongere, akabashima muri rusange ko bakorana umurava.

Ashimira Leta y’u Rwanda ko yabashyiriyeho ikigo RMB gishinzwe kubagira inama mu kazi kabo ka buri munsi, bityo bakaba bakora bizeye ko bashyigikiwe by’ukuri.

Abakozi bo muri Ruli Mining trade Ltd bishimira ko bafite umukoresha mwiza

Buri mukozi wo muri Ruli Mining Ltd, aba afite inshingano mu byo akora kandi akabikora neza kuva kubacukura, abatunda bazwi nk’abanyonzi, abaronga bakanayungurura umusaruro, ndetse n’abayobozi bahagarariye bagenzi babo.

Uwineza Joseline ni umwe muri ba Enjeniyeri avuga ko abakozi babo bakorana umwete mu kazi kabo buri munsi kugira ngo barusheho kubona umusaruro uko byifuzwa.

Uwineza Joseline umwe muri ba Enjeniyeri b’ikigo

Agira ati “Abakozi dushinzwe bakora ibishoboka byose kugira ngo tubone umusaruro uhagije kandi bikorwa neza hari abakorera mubyo twita Indani, hakabamo abakoresha imashini zabugenewe, abasohora umucanga uba uvanzemo Koruta na Gasegereti, bakabishyikiriza ababishinzwe, nabo bagahereza abandi kugeza ubwo amabuye y’agaciro akenewe agerwaho gusa ni inzira ndende.

Avuga ko nk’umukozi bashimira ikigo bakorera,  cyane ko kibaha ibyo bakenera byose mu kazi, bigatuma bakora nk’abikorera.”

Ibyo Madame Enjeniyeri avuga byo gukora nk’abikorera kugira ngo umusaruro uboneke, uwitwa Nzabamwita ukora nka Kapita ureberera bagenzi be, avuga ko amaze imyaka 10 akora muri Ruli Mining Trade Ltd n’indi 10 yakoze ahandi. akaba afite uburambe mu gukora no guhagararira babenzi be.

Avuga ko amaze kugera kuri byisnhi, yarubatse, afite inka byose abikesha ikigo akorera.

Masezerano Alice, ashinzwe kwegeranya umusaruro wibyabonetse avuga ko amabuye babona ari menshi, akaba afatanyije n’abo bireba umusaruro utunganywa neza ukagezwa ahabigenewe, byose akabikorera Raporo muri rusange buri mukozi mu nshingano ze, avuga ko bakora ibishoboka kugira ngo umusaruro uboneke,  ikigo bakoramo cyunguke, bityo babashe kubona umushahara wo kwiteza imbere n’imiryango yabo.

Masezerano Alice Kontabule ushinzwe gukusanya Umusaruro

Twagirumuhire Francois umutekinisiye ushinzwe ingufu z’amashanyarazi muri Ruli Mining Trade Ltd avuga ko mu kigo cyabo, bafite amashanyarazi ahagije akoreshwa mu birombe, haba mu gushaka umucyo mu Ndani, gusya amabuye no gucukura.

Ruli Mining Trade Ltd ifite akarusho mukurengera ibidukikije no guharanira ubuzima bwiza bw’abakozi bakoresha.

Ku bigendanye no kurengera ibidukikije, Muhire Eric ubishinnzwe, avuga ko bagendeye ku mabwiriza ya RMB, ahamaze gucukurwa hose, ngo haratunganywa hagaterwa ibiti bifata ubutaka, birimo urubingo, imigano cyangwa se inturusu, ku buryo nyuma y’igihe gito, ntawe umenya ko higeze hacukurwa.

Muhire Eric ushinzwe kwita ku bidukikije

Agira ati “Muri Ruli Mining Trade Ltd, twisangije kurengera ibidukikije, dukora ku buryo aho twakoreye tuhasiga hasa nk’uko twahasanze. Ibyo  dukora bitanga umusaruro, kuko nk’ibiti dukoresha mu gutunganya Indani ducukuramo kugira ngo zigire umutekano uhamye, ni ibiti twitereye ahangaha byamaze gukura, bikaba bishimishije.

Ku bigendanya n’imibereho myiza y’abakozi, Madame Uwingeneye Vilginie ubishinzwe, avuga ko abakozi bitabwaho bagakurikiranwa ku buzima bwabo bwa buri munsi, ibyo bigakorwa bahabwa imyambaro n’ibikoreshao byabugenewe, kugira ngo hatagira uwahungabana.

Madame Uwingeneye Vilginie ushinzwe ubuzima bw’abakozi

Agira ati “Abakozi bagize akabazo bitabwaho,  cyane ko bamwe muri bo bahuguriwe, uburyo bashobora gukoramo ubutabazi bw’ibanze, twasanga ari ibikomeye, tukageza uwahuye n’ikibazo kwa muganga. Muri rusange dukora ibishoboka byose kugira ngo abakozi bakore bafite ubuzima buzira umuze, bikanagaragazwa n’uko mbere yo kwinjira mu kazi, tureba ko ntawe ufite ikibazo cyamubangamira mu kazi.”

Kubigendanye no gufasha abatishoboye, Madame  Tuyambaze Berthine, wubakiwe inzu, avuga ko atabona uburyo abashimira, cyane ko ataragiraga aho aba, bakamutangira n’ubwisungane mu kwivuza ndetse agahabwa n’akazi.

Madame Tuyambaze Berthine wubakiwe inzu akanahabwa n’ubundi bufasha

Ruli Mining Trade Ltd, ni imwe mu bigo bikomeye bikorera bucukuzi bw’amabuye y’agaciro mu Karere ka Gakenke.

Mu myaka 15 bamaze bakora, bavuga ko ibyagezweho ari byinshi, abakozi nabo bakishimira ko ikigo bakorera kibafata neza, bagahabwa ibyo bakeneye byose bigenerwa umukozi.

Amabuye arumutswa mbere yo gutunganywa bwa nyuma akajyanwa ku masoko
Abanyamakuru barasobanurirwa ikarita yerekana ibice Ruli Mining Trade ikoreramo
Inzu yubakiwe utishoboye

Ubwanditsi.

Previous Post

Bumbogo-Gasabo: Mukakarangwa Immaculée yasenyewe na Mudugudu Gitifu w’Akagari n’uw’Umurenge bavuga ko ntacyo babiziho

Next Post

Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

NIYONKURU Edouard

NIYONKURU Edouard

Next Post
Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Stay Connected test

  • 99 Subscribers
ADVERTISEMENT
  • Trending
  • Comments
  • Latest
Rurageretse hagati y’uwahoze ari Minisitiri n’uwo yijeje kugira Umugore akishakira undi

Rurageretse hagati y’uwahoze ari Minisitiri n’uwo yijeje kugira Umugore akishakira undi

December 2, 2025

Dore igisubizo ku bagabo bafite igitsina gito

December 30, 2020
Sobanukirwa uko amapeti y’abapolisi mu Rwanda arutanwa n’imishahara yabo

Sobanukirwa uko amapeti y’abapolisi mu Rwanda arutanwa n’imishahara yabo

September 19, 2020

Gitisi Secondary & TVET School ni Amizero arambye y’urubyiruko rwahisemo kuhiga

September 3, 2021
Urwego rw’igihugu rushinzwe Igorora RCS rwirukanye ACP Dr George Ruterana

Urwego rw’igihugu rushinzwe Igorora RCS rwirukanye ACP Dr George Ruterana

6

Hello world!

1
Kicukiro: Akagari ka Nyanza  bakomeje kubaka akajagari bakingiwe ikibaba n’Abayobozi b’inzego z’ibanze

Kicukiro: Akagari ka Nyanza bakomeje kubaka akajagari bakingiwe ikibaba n’Abayobozi b’inzego z’ibanze

1

Shadow Tactics: Blades of the Shogun Review

0
Impera za 2026 zirasiga mu Rwanda hatangwa umuti urinda kwandura SIDA

Impera za 2026 zirasiga mu Rwanda hatangwa umuti urinda kwandura SIDA

January 15, 2026
Uganda: Abatrage bazindukiye mu matora y’umukuru w’igihugu

Uganda: Abatrage bazindukiye mu matora y’umukuru w’igihugu

January 15, 2026
Perezida Kagame yakiriye ba Ambasaderi 2 bashya

Perezida Kagame yakiriye ba Ambasaderi 2 bashya

January 15, 2026
Muhanga : Uwitwa Venuste Havugimana arishyuza AFRISET Ibiva mu butaka butari ubwe

Muhanga : Uwitwa Venuste Havugimana arishyuza AFRISET Ibiva mu butaka butari ubwe

January 14, 2026

Recent News

Impera za 2026 zirasiga mu Rwanda hatangwa umuti urinda kwandura SIDA

Impera za 2026 zirasiga mu Rwanda hatangwa umuti urinda kwandura SIDA

January 15, 2026
Uganda: Abatrage bazindukiye mu matora y’umukuru w’igihugu

Uganda: Abatrage bazindukiye mu matora y’umukuru w’igihugu

January 15, 2026
Perezida Kagame yakiriye ba Ambasaderi 2 bashya

Perezida Kagame yakiriye ba Ambasaderi 2 bashya

January 15, 2026
Muhanga : Uwitwa Venuste Havugimana arishyuza AFRISET Ibiva mu butaka butari ubwe

Muhanga : Uwitwa Venuste Havugimana arishyuza AFRISET Ibiva mu butaka butari ubwe

January 14, 2026

We bring you the latest news with facts. Check our landing page for details.

Follow Us

Browse by Category

Recent News

Impera za 2026 zirasiga mu Rwanda hatangwa umuti urinda kwandura SIDA

Impera za 2026 zirasiga mu Rwanda hatangwa umuti urinda kwandura SIDA

January 15, 2026
Uganda: Abatrage bazindukiye mu matora y’umukuru w’igihugu

Uganda: Abatrage bazindukiye mu matora y’umukuru w’igihugu

January 15, 2026
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMYIDAGADURO
  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
  • INCAMACYE

© 2024 All Right Reserved IGISABO NEW PAPER Developed by ~MORGAN NIYITEGEKA

No Result
View All Result
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMYIDAGADURO
  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
  • INCAMACYE

© 2024 All Right Reserved IGISABO NEW PAPER Developed by ~MORGAN NIYITEGEKA