• Latest
Bumbogo-Gasabo: Mukakarangwa Immaculée yasenyewe na Mudugudu Gitifu w’Akagari n’uw’Umurenge bavuga ko ntacyo babiziho

Bumbogo-Gasabo: Mukakarangwa Immaculée yasenyewe na Mudugudu Gitifu w’Akagari n’uw’Umurenge bavuga ko ntacyo babiziho

May 21, 2025
Impera za 2026 zirasiga mu Rwanda hatangwa umuti urinda kwandura SIDA

Impera za 2026 zirasiga mu Rwanda hatangwa umuti urinda kwandura SIDA

January 15, 2026
Uganda: Abatrage bazindukiye mu matora y’umukuru w’igihugu

Uganda: Abatrage bazindukiye mu matora y’umukuru w’igihugu

January 15, 2026
Perezida Kagame yakiriye ba Ambasaderi 2 bashya

Perezida Kagame yakiriye ba Ambasaderi 2 bashya

January 15, 2026
Muhanga : Uwitwa Venuste Havugimana arishyuza AFRISET Ibiva mu butaka butari ubwe

Muhanga : Uwitwa Venuste Havugimana arishyuza AFRISET Ibiva mu butaka butari ubwe

January 14, 2026
Perezida Kagame yizeje ubufatanye Gen Doumbouya wa Guinea

Perezida Kagame yizeje ubufatanye Gen Doumbouya wa Guinea

January 6, 2026
RDB yagabanyije ibiciro byo gusura Ingagi

RDB yagabanyije ibiciro byo gusura Ingagi

January 6, 2026
I Ngoma abantu 15 bakubiswe n’Inkuba ,9 bahasiga ubuzima

I Ngoma abantu 15 bakubiswe n’Inkuba ,9 bahasiga ubuzima

January 5, 2026
Ruben Amorim watozaga Manchester United yirukanwe

Ruben Amorim watozaga Manchester United yirukanwe

January 5, 2026
MIGEPROF yatabarije abagore bafunze batajya basurwa

MIGEPROF yatabarije abagore bafunze batajya basurwa

January 5, 2026
Dore zimwe mu ngamba zafatiwe mu Nama yo kurebera hamwe icyateza imbere umuryango

Dore zimwe mu ngamba zafatiwe mu Nama yo kurebera hamwe icyateza imbere umuryango

December 31, 2025
Zibaho wo gatsindwa we, kirazira mu muco wacu- Rutangarwamaboko abwira Pamela

Zibaho wo gatsindwa we, kirazira mu muco wacu- Rutangarwamaboko abwira Pamela

December 31, 2025
Uko Amb. Ndhungirehe afata ihagarikwa rya Gen Ekenge

Uko Amb. Ndhungirehe afata ihagarikwa rya Gen Ekenge

December 31, 2025
  • About
  • Advertise
  • Privacy & Policy
  • Contact
igisabo.rw
Advertisement
ADVERTISEMENT
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
    • All
    • Kwisi hose(world)
    • POLITIKE
    • Ubukungu
    • Ubumenyi(Science)
    Impera za 2026 zirasiga mu Rwanda hatangwa umuti urinda kwandura SIDA

    Impera za 2026 zirasiga mu Rwanda hatangwa umuti urinda kwandura SIDA

    Uganda: Abatrage bazindukiye mu matora y’umukuru w’igihugu

    Uganda: Abatrage bazindukiye mu matora y’umukuru w’igihugu

    Perezida Kagame yakiriye ba Ambasaderi 2 bashya

    Perezida Kagame yakiriye ba Ambasaderi 2 bashya

    Muhanga : Uwitwa Venuste Havugimana arishyuza AFRISET Ibiva mu butaka butari ubwe

    Muhanga : Uwitwa Venuste Havugimana arishyuza AFRISET Ibiva mu butaka butari ubwe

    Perezida Kagame yizeje ubufatanye Gen Doumbouya wa Guinea

    Perezida Kagame yizeje ubufatanye Gen Doumbouya wa Guinea

    RDB yagabanyije ibiciro byo gusura Ingagi

    RDB yagabanyije ibiciro byo gusura Ingagi

    Trending Tags

    • Trump Inauguration
    • United Stated
    • White House
    • Market Stories
    • Election Results
  • IKORANABUHANGA
    • All
    • Apps
    • Gadget
    • Mobile
    • Startup
    eKASH yamurikiwe ku mugaragaro abanyarwanda uko ikoreshwa n’akamaro ibafitiye 

    eKASH yamurikiwe ku mugaragaro abanyarwanda uko ikoreshwa n’akamaro ibafitiye 

    IBTC Kigali ishyigikiye ko gahunda z’ikoranabuhanga na Tekinike zakwigishwa mu Kinyarwanda

    IBTC Kigali ishyigikiye ko gahunda z’ikoranabuhanga na Tekinike zakwigishwa mu Kinyarwanda

    Sosiyete ya MTN Rwanda yatumijweho kugira ngo yisobanure kuri serivise mbi imaze iminsi itanga

    Sosiyete ya MTN Rwanda yatumijweho kugira ngo yisobanure kuri serivise mbi imaze iminsi itanga

    Mu Rwanda hagejejwe telephone za Infinix  zifite umwihariko n’udushya bidasanzwe

    Mu Rwanda hagejejwe telephone za Infinix zifite umwihariko n’udushya bidasanzwe

    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    Trending Tags

    • Nintendo Switch
    • CES 2017
    • Playstation 4 Pro
    • Mark Zuckerberg
  • IMYIDAGADURO
    • All
    • FILIMI
    • Imikino n'Imyidagaduro
    • Muzika
    • Siporo
    Ruben Amorim watozaga Manchester United yirukanwe

    Ruben Amorim watozaga Manchester United yirukanwe

    Zibaho wo gatsindwa we, kirazira mu muco wacu- Rutangarwamaboko abwira Pamela

    Zibaho wo gatsindwa we, kirazira mu muco wacu- Rutangarwamaboko abwira Pamela

    UEFA Champions League: Barcelona na Man city zatsinzwe

    UEFA Champions League: Barcelona na Man city zatsinzwe

    RGB yasheshe komite za Rayon sport Murenzi Abdallah yongera kuyifata bwa 3

    RGB yasheshe komite za Rayon sport Murenzi Abdallah yongera kuyifata bwa 3

    Trinity Nyakabingo FC niyo izahatanira igikombe na Rutongo Mines FC

    Trinity Nyakabingo FC niyo izahatanira igikombe na Rutongo Mines FC

    Rutongo Mines Fc iraranye Ikite iyihesha gukina Umukino wa nyuma

    Rutongo Mines Fc iraranye Ikite iyihesha gukina Umukino wa nyuma

  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
    • All
    • Fashion(Imideri)
    • Imirire
    • Ubucyerarugendo
    • Ubuzima
    Impera za 2026 zirasiga mu Rwanda hatangwa umuti urinda kwandura SIDA

    Impera za 2026 zirasiga mu Rwanda hatangwa umuti urinda kwandura SIDA

    Muhanga : Uwitwa Venuste Havugimana arishyuza AFRISET Ibiva mu butaka butari ubwe

    Muhanga : Uwitwa Venuste Havugimana arishyuza AFRISET Ibiva mu butaka butari ubwe

    RDB yagabanyije ibiciro byo gusura Ingagi

    RDB yagabanyije ibiciro byo gusura Ingagi

    Dore zimwe mu ngamba zafatiwe mu Nama yo kurebera hamwe icyateza imbere umuryango

    Dore zimwe mu ngamba zafatiwe mu Nama yo kurebera hamwe icyateza imbere umuryango

    Abaforomo n’ababyaza basabwe gukunda ibyo bakora

    Abaforomo n’ababyaza basabwe gukunda ibyo bakora

    Rév. Pasiteri Mudagiri Tabazi umwigisha w’Ijambo ry’Imana yatabarutse

    Rév. Pasiteri Mudagiri Tabazi umwigisha w’Ijambo ry’Imana yatabarutse

    Trending Tags

    • Golden Globes
    • Game of Thrones
    • MotoGP 2017
    • eSports
    • Fashion Week
  • INCAMACYE
    Kiliziya ya Ste Famille yizihije Umunsi Mukuru wayo hatangizwa Urugendo rwa Yubile y’Imyaka 50 Arkidiyosezi ya Kigali imaze ishinzwe

    Kiliziya ya Ste Famille yizihije Umunsi Mukuru wayo hatangizwa Urugendo rwa Yubile y’Imyaka 50 Arkidiyosezi ya Kigali imaze ishinzwe

    Polisi y’u Rwanda yungutse abapolisi 1903 bashya

    Polisi y’u Rwanda yungutse abapolisi 1903 bashya

    Abakorera Garage ATECAR bavuga ko bakora biyungura ubumenyi bugendanye n’ibinyabiziga biba bigezweho

    Abakorera Garage ATECAR bavuga ko bakora biyungura ubumenyi bugendanye n’ibinyabiziga biba bigezweho

    Mu cyumweru cyahariwe ubutabera hazibandwa ku buhuza nk’uburyo bufasha kudasiragira mu nkiko

    Mu cyumweru cyahariwe ubutabera hazibandwa ku buhuza nk’uburyo bufasha kudasiragira mu nkiko

    eKASH yamurikiwe ku mugaragaro abanyarwanda uko ikoreshwa n’akamaro ibafitiye 

    eKASH yamurikiwe ku mugaragaro abanyarwanda uko ikoreshwa n’akamaro ibafitiye 

    Amatike ashobora gushira mbere y’igitaramo-Abifuza kuzataramana na Richard Nick Ngendahayo baburiwe

    Amatike ashobora gushira mbere y’igitaramo-Abifuza kuzataramana na Richard Nick Ngendahayo baburiwe

No Result
View All Result
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
    • All
    • Kwisi hose(world)
    • POLITIKE
    • Ubukungu
    • Ubumenyi(Science)
    Impera za 2026 zirasiga mu Rwanda hatangwa umuti urinda kwandura SIDA

    Impera za 2026 zirasiga mu Rwanda hatangwa umuti urinda kwandura SIDA

    Uganda: Abatrage bazindukiye mu matora y’umukuru w’igihugu

    Uganda: Abatrage bazindukiye mu matora y’umukuru w’igihugu

    Perezida Kagame yakiriye ba Ambasaderi 2 bashya

    Perezida Kagame yakiriye ba Ambasaderi 2 bashya

    Muhanga : Uwitwa Venuste Havugimana arishyuza AFRISET Ibiva mu butaka butari ubwe

    Muhanga : Uwitwa Venuste Havugimana arishyuza AFRISET Ibiva mu butaka butari ubwe

    Perezida Kagame yizeje ubufatanye Gen Doumbouya wa Guinea

    Perezida Kagame yizeje ubufatanye Gen Doumbouya wa Guinea

    RDB yagabanyije ibiciro byo gusura Ingagi

    RDB yagabanyije ibiciro byo gusura Ingagi

    Trending Tags

    • Trump Inauguration
    • United Stated
    • White House
    • Market Stories
    • Election Results
  • IKORANABUHANGA
    • All
    • Apps
    • Gadget
    • Mobile
    • Startup
    eKASH yamurikiwe ku mugaragaro abanyarwanda uko ikoreshwa n’akamaro ibafitiye 

    eKASH yamurikiwe ku mugaragaro abanyarwanda uko ikoreshwa n’akamaro ibafitiye 

    IBTC Kigali ishyigikiye ko gahunda z’ikoranabuhanga na Tekinike zakwigishwa mu Kinyarwanda

    IBTC Kigali ishyigikiye ko gahunda z’ikoranabuhanga na Tekinike zakwigishwa mu Kinyarwanda

    Sosiyete ya MTN Rwanda yatumijweho kugira ngo yisobanure kuri serivise mbi imaze iminsi itanga

    Sosiyete ya MTN Rwanda yatumijweho kugira ngo yisobanure kuri serivise mbi imaze iminsi itanga

    Mu Rwanda hagejejwe telephone za Infinix  zifite umwihariko n’udushya bidasanzwe

    Mu Rwanda hagejejwe telephone za Infinix zifite umwihariko n’udushya bidasanzwe

    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    Trending Tags

    • Nintendo Switch
    • CES 2017
    • Playstation 4 Pro
    • Mark Zuckerberg
  • IMYIDAGADURO
    • All
    • FILIMI
    • Imikino n'Imyidagaduro
    • Muzika
    • Siporo
    Ruben Amorim watozaga Manchester United yirukanwe

    Ruben Amorim watozaga Manchester United yirukanwe

    Zibaho wo gatsindwa we, kirazira mu muco wacu- Rutangarwamaboko abwira Pamela

    Zibaho wo gatsindwa we, kirazira mu muco wacu- Rutangarwamaboko abwira Pamela

    UEFA Champions League: Barcelona na Man city zatsinzwe

    UEFA Champions League: Barcelona na Man city zatsinzwe

    RGB yasheshe komite za Rayon sport Murenzi Abdallah yongera kuyifata bwa 3

    RGB yasheshe komite za Rayon sport Murenzi Abdallah yongera kuyifata bwa 3

    Trinity Nyakabingo FC niyo izahatanira igikombe na Rutongo Mines FC

    Trinity Nyakabingo FC niyo izahatanira igikombe na Rutongo Mines FC

    Rutongo Mines Fc iraranye Ikite iyihesha gukina Umukino wa nyuma

    Rutongo Mines Fc iraranye Ikite iyihesha gukina Umukino wa nyuma

  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
    • All
    • Fashion(Imideri)
    • Imirire
    • Ubucyerarugendo
    • Ubuzima
    Impera za 2026 zirasiga mu Rwanda hatangwa umuti urinda kwandura SIDA

    Impera za 2026 zirasiga mu Rwanda hatangwa umuti urinda kwandura SIDA

    Muhanga : Uwitwa Venuste Havugimana arishyuza AFRISET Ibiva mu butaka butari ubwe

    Muhanga : Uwitwa Venuste Havugimana arishyuza AFRISET Ibiva mu butaka butari ubwe

    RDB yagabanyije ibiciro byo gusura Ingagi

    RDB yagabanyije ibiciro byo gusura Ingagi

    Dore zimwe mu ngamba zafatiwe mu Nama yo kurebera hamwe icyateza imbere umuryango

    Dore zimwe mu ngamba zafatiwe mu Nama yo kurebera hamwe icyateza imbere umuryango

    Abaforomo n’ababyaza basabwe gukunda ibyo bakora

    Abaforomo n’ababyaza basabwe gukunda ibyo bakora

    Rév. Pasiteri Mudagiri Tabazi umwigisha w’Ijambo ry’Imana yatabarutse

    Rév. Pasiteri Mudagiri Tabazi umwigisha w’Ijambo ry’Imana yatabarutse

    Trending Tags

    • Golden Globes
    • Game of Thrones
    • MotoGP 2017
    • eSports
    • Fashion Week
  • INCAMACYE
    Kiliziya ya Ste Famille yizihije Umunsi Mukuru wayo hatangizwa Urugendo rwa Yubile y’Imyaka 50 Arkidiyosezi ya Kigali imaze ishinzwe

    Kiliziya ya Ste Famille yizihije Umunsi Mukuru wayo hatangizwa Urugendo rwa Yubile y’Imyaka 50 Arkidiyosezi ya Kigali imaze ishinzwe

    Polisi y’u Rwanda yungutse abapolisi 1903 bashya

    Polisi y’u Rwanda yungutse abapolisi 1903 bashya

    Abakorera Garage ATECAR bavuga ko bakora biyungura ubumenyi bugendanye n’ibinyabiziga biba bigezweho

    Abakorera Garage ATECAR bavuga ko bakora biyungura ubumenyi bugendanye n’ibinyabiziga biba bigezweho

    Mu cyumweru cyahariwe ubutabera hazibandwa ku buhuza nk’uburyo bufasha kudasiragira mu nkiko

    Mu cyumweru cyahariwe ubutabera hazibandwa ku buhuza nk’uburyo bufasha kudasiragira mu nkiko

    eKASH yamurikiwe ku mugaragaro abanyarwanda uko ikoreshwa n’akamaro ibafitiye 

    eKASH yamurikiwe ku mugaragaro abanyarwanda uko ikoreshwa n’akamaro ibafitiye 

    Amatike ashobora gushira mbere y’igitaramo-Abifuza kuzataramana na Richard Nick Ngendahayo baburiwe

    Amatike ashobora gushira mbere y’igitaramo-Abifuza kuzataramana na Richard Nick Ngendahayo baburiwe

No Result
View All Result
igisabo.rw
No Result
View All Result
Home Amakuru

Bumbogo-Gasabo: Mukakarangwa Immaculée yasenyewe na Mudugudu Gitifu w’Akagari n’uw’Umurenge bavuga ko ntacyo babiziho

NIYONKURU Edouard by NIYONKURU Edouard
May 21, 2025
in Amakuru, Amakuru y'ingenzi, Imibereho ya buri munsi
0
Bumbogo-Gasabo: Mukakarangwa Immaculée yasenyewe na Mudugudu Gitifu w’Akagari n’uw’Umurenge bavuga ko ntacyo babiziho
0
SHARES
131
VIEWS
Share on FacebookShare on Twitter

Mukakarangwa Immaculée, utuye mu Murenge wa Bumbogo, Akagari ka Ngara, Umudugudu wa Munanira. Kuri uyu wa 20 Gicurasi 2025, uyobora umudugudu wabo Rwemarika Theogene ari kumwe na Komite ye, baje ngo bamuhirikira urukuta rw’inzu. Uwasenyewe akavuga ko ibiri kumubaho, biri kuva ku kagambane ku mugabo we Vedaste, umaze imyaka 5 yarataye urugo, akaba afitanye gahunda na Mudugudu yo gukora uburiganya ngo bagurishe amazu Mukakarangwa yasigayemo.

Ku isaha y’i Saa yine za mu gitondo kuri uyu wa 20 Gicurasi 2025, ikinyamakuru IGISABO, nibwo cyamenye ko uwitwa Rwemarika Theogene uyobora Umudugudu wa Munini, yahengereye Mukakarangwa adahari, we na Komite y’Umudugudu n’insoresore, bafite amapiki n’isuka ngo bafashe urukuta rureba ku nzira y’abagenzi bararusenya, kugeza ubwo ruhirimye rugwa mu myaka y’umuturage begeranye.

Mukakarangwa avuga ko amaze imyaka itanu atawe n’umugabo we Vedaste babyaranye imbyaro 9, kandi babanye mu buryo bwemewe n’amategeko, nyamara wahisemo kubana n’inshoreke, akaba yari anasanganywe ubucuti na Mudugudu Rwemarika Theogene, bari gufatanya ngo imitungo Mukakarangwa arimo, bashake undi muntu bayibaruriraho bazayigurishe, cyane ko mu byangombwa byabo byaje birimo ikosa mu gihe cy’ibarura ry’ubutaka.

Mukakarangwa Immaculée wasenyewe inzu na Mudugudu Rwemarika uri kwidegembya

Agira ati “Mudugudu Rwemarika, ni ubwa kabiri ansenyeye nakwiyambaza ubuyobozi ntibundenganure. Rwemarika ni umuntu udashobotse na gato. Nyoberwa njye n’abamugize Umuyobozi kuko yirirwa anywa inzoga, kuva mu gitondo kugeza izuba rirenze. Umugabo wanjye yarantaye hashize imyaka itanu nyamara niwe basangira, bakaba bagamije ahanini kunaniza kuri aya mazu nasigayemo, bashaka kuyibaruzaho nk’uko hari inshuti ya Mudugudu wanyibiye ibanga. Kubera izo mpamvu zose, niyo mpamvu mubona yazindutse ansenyera amaze kumenya ko ntahari, ababibonye bakaba bari kumushinja.”

Avuga ko amazu barimo yubatswe muri 2009 bakaba baturanye n’abandi bubakiye rimwe n’abubatse mbere nta kibazo gusa atangazwa n’icyo Mudugudu Rwemarika ashingiraho amusenyera, akibaza n’aho ububasha n’imbaraga abikura, cyane ko inshuro nyinshi aba ari kunywa inzoga n’umugabo we Vedaste.

Ku rundi ruhande ashinja Ubuyobozi bw’Umurenge n’akagari kuba hari amazu menshi ari kubakwa muri ako gace, amazu atanafite ibyangombwa ntihagire uyasenya, nyamara we akaba ari gusenyerwa na Mudugudu amazu ye amazemo imyaka 20 akabura uwamutabara.

Mudugudu yazanye abantu bahirika urukuta rw’inzu nyiri urugo adahari

Ikinyamakuru IGISABO kimaze kugera ku nzu ya Mukakarangwa yasenyewe na Mudugudu Rwemarika, yavuganye na Madamu Umuhorakeye, twahinduriye izina ku mpamvu z’umutekano we, akaba yari ahibereye ubwo basenyaga nyiri ubwite adahari.

Avuga ko abagize Komite y’umudugudu wa Munini bane, na Mudugudu wabo, bazanye n’abasore babiri bafite amapiki n’isuka, bahondagura urukuta rw’inzu ya Mukakarangwa bavuga y’uko n’ubundi rwasenyutse ngo rutazagwa ku bantu.

Agira ati “Abasore bahondaguje amapiki urukuta rw’inzu ye maze rugwa mu nzira, amatafari bayakururishaga isuka andi bakayaterura bajugunya mu myaka y’umuturanyi wa Mukakarangwa. Twari benshi dushungereye, gusa harimo akarengane n’ubugome bwinshi.”

Avuga ko n’ubusanzwe Mudugudu wabo arangwa n’imico itari imyiza, ku buryo nta muturage wamushaka ngo amubone, bitewe no guhora mu nzoga, ibyo ngo yakagombye gukora yabihariye ba Mutwarasibo bagowe.

Ikinyamakuru IGISABO cyavugishishije Mudugudu Rwemarika ushinjwa gusenyera umuturage, avuga ko Mukakarangwa atamuzi ndetse n’umugabo we Vedaste, mu gihe nyamara ari abaturanyi, akaba atuye munsi y’urugo rwa Mukakarangwa.

Agira ati “Uwo muntu ntawe nzi, nta n’umuntu nasenyeye. Iyo dushaka gusenyera ababubatse mu manegeka, twifashisha za Man Power, njye ku bwanye sinsenya. Uwo muntu arambeshyera nta n’ubwo muzi. Ese ubundi ni umugore wande? Mu mubwire azaze andebe abinsobanurire, turebe icyo twamufasha ibindi si mbizi.”

Ngayo amagambo ya Mudugudu Rwemarika, wihakana umuturanyi wanavugaga byumvikana ko arushye nk’uwasomye icupa, nk’uko yanabishinjwaga n’abaturage ko aribyo yiberamo buri gihe.

Umunyamabanga Nsingwabikorwa w’Akagari ka Ngara Bwana Pacifique Rugigana abajijwe niba ariwe watumye Mudugudu Rwemarika kujya gusenyera umuturage umaze mu nzu imyaka igera kuri 20, avuga ko ntacyo abiziho ko agiye kujya kubikurikirana akaduha igisubizo.

Amatafari basenye bayakururiye mu murima w’ibishyimbo by’umuturanyi

Agira ati “Nta muntu twatumye gusenyera umuturage ndi hafi yaho hantu uvuze reka mbikurikirane mu gihe kitarambiranye ndabasubiza.”

N’ubwo Gitifu w’Akagari Pacifique Rugigana, avuga ko nta makuru na make afite agendanye na Mudugudu Rwemarika wasenyeye Mukakarangwa.

Cyakora nyuma y’isaha imwe, yahise yandikira umunyamakuru ubutumwa bugira, buti “Mwiriwe. Ni Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Akagari ka Ngara, Ndakeka ko ari wowe wampamagaye umbwira ko hari umuturage uvuga ko Umuyobozi w’Umudugudu wa Munini, yamusenyeye inzu kandi ihamaze igihe. Aya makuru ntabwo ariyo kuko igikuta cyaguye kigushije, kubera ko cyari kimaze igihe cyarigishaje.

Ngicyo igisubizo cy’umuyobozi wavugaga ko atazi ibyo Mudugudu yakoze.

Amakuru yahise agera ku kinyamakuru IGISABO, avuga ko yageze mu rugo rwa Mukakarangwa ahasenywe, akanga kumva no kugira ibyo avuga ku byo yari abonye.

Bavuga ko yahise abwira abo ahasanze, ko agiye gukora raporo ivuga ko ahasenyutse ntawahasenye ahubwo ko hihiritse bisanzwe, ari nabyo yahise yandikira umunyamakuru.

Abo Gitifu wa Ngara yasanze muri urwo rugo rwa Mukakarangwa, bavuga ko batangajwe n’imyitwarire idahwitse y’uwo Muyobozi, waje adashishikajwe no kureba ibyakozwe na Mudugudu Rwemarika, kugira ngo anasabe ko yafatirwa ibihano, ahubwo akaza avuga ibyo yitekerereje bimujemo, ngo arabona inzu ariyo yigushije, mu gihe nyamara nta n’imvura yari yaguye na nkeya.

Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Bumbogo Innocent Nyamutera, avuga ko ibyo gusenyera umuturage ntacyo abiziho na gatoya.

Nyamutera Innocent Umunyamabanga nshingwabikorwa w’Umurenge wa Bumbogo

Agira ati “Ibyo ni wowe mbyumvanye, ntawe twatumye gusenyera umuturage. Ubundi nta muntu dusenyera, habaho gukuraho ibyubatswe mu buryo butemewe cyangwa amanegeka. Ba Mudugudu barabyemerewe kubikuraho bagatanga raporo. Ibyo umbwira rero ko hari umuntu basenyeye muri Ngara nta byo nzi. Gusa icyo numva mwamubwira, ikibazo ke akakitugezaho cyangwa se akagana RIB niba koko habayeho kuvogera umutungo we adahari.”

Amakuru Ikinyamakuru IGISABO cyakuye mu murenge wa Bumbogo ni avuga ko Ubuyobozi bwaho, kuva mu mudugudu kugera mu Murenge Serivise baha abaturage ari hafi ya ntazo.

Kubera izo mpamvu bagasaba inzego zibakuriye, kubakebura bagakorera umuturage uko bikwiriye,  niba koko ariwe bakorera.

Kubirebana na Mukakarangwa wasenyewe urukuta rw’inzu ye na Mudugudu Rwemarika, avuga ko yabigize akamenyero ko kumusenyera igihe cyose abishakiye, bityo akaba asaba ubuyobozi bw’Umurenge, Akarere, RIB na Polisi, kwinjira mu kibazo ke akarenganurwa, cyane ko umugabo yamutaye babyaranye imbyaro 9, muri bo abariho ni batanu, uwo mugabo we akaba ari gufatanya na Mudugudu Rwemarika ngo biyandikisheho imitungo igurishwe atabizi, akaba yaranamenye ko bari gutegura amarozi yo kugira ngo bamwice Umugore yinjiye abe ariwe uza muri iyo mitungo.

Inzu Mukakarangwa amazemo imyaka 20 Mudugudu yayisenyanye ubugome bukabije
Previous Post

Inkomoko Ranked Among Africa’s Fastest-Growing Firms by Financial Times

Next Post

Gakenke: Ruli Mining Trade Ltd, imyaka 15 y’intangarugero mu bigendanye n’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro

NIYONKURU Edouard

NIYONKURU Edouard

Next Post
Gakenke: Ruli Mining Trade Ltd, imyaka 15  y’intangarugero mu bigendanye n’ubucukuzi   bw’amabuye y’agaciro

Gakenke: Ruli Mining Trade Ltd, imyaka 15 y’intangarugero mu bigendanye n’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Stay Connected test

  • 99 Subscribers
ADVERTISEMENT
  • Trending
  • Comments
  • Latest
Rurageretse hagati y’uwahoze ari Minisitiri n’uwo yijeje kugira Umugore akishakira undi

Rurageretse hagati y’uwahoze ari Minisitiri n’uwo yijeje kugira Umugore akishakira undi

December 2, 2025

Dore igisubizo ku bagabo bafite igitsina gito

December 30, 2020
Sobanukirwa uko amapeti y’abapolisi mu Rwanda arutanwa n’imishahara yabo

Sobanukirwa uko amapeti y’abapolisi mu Rwanda arutanwa n’imishahara yabo

September 19, 2020

Gitisi Secondary & TVET School ni Amizero arambye y’urubyiruko rwahisemo kuhiga

September 3, 2021
Urwego rw’igihugu rushinzwe Igorora RCS rwirukanye ACP Dr George Ruterana

Urwego rw’igihugu rushinzwe Igorora RCS rwirukanye ACP Dr George Ruterana

6

Hello world!

1
Kicukiro: Akagari ka Nyanza  bakomeje kubaka akajagari bakingiwe ikibaba n’Abayobozi b’inzego z’ibanze

Kicukiro: Akagari ka Nyanza bakomeje kubaka akajagari bakingiwe ikibaba n’Abayobozi b’inzego z’ibanze

1

Shadow Tactics: Blades of the Shogun Review

0
Impera za 2026 zirasiga mu Rwanda hatangwa umuti urinda kwandura SIDA

Impera za 2026 zirasiga mu Rwanda hatangwa umuti urinda kwandura SIDA

January 15, 2026
Uganda: Abatrage bazindukiye mu matora y’umukuru w’igihugu

Uganda: Abatrage bazindukiye mu matora y’umukuru w’igihugu

January 15, 2026
Perezida Kagame yakiriye ba Ambasaderi 2 bashya

Perezida Kagame yakiriye ba Ambasaderi 2 bashya

January 15, 2026
Muhanga : Uwitwa Venuste Havugimana arishyuza AFRISET Ibiva mu butaka butari ubwe

Muhanga : Uwitwa Venuste Havugimana arishyuza AFRISET Ibiva mu butaka butari ubwe

January 14, 2026

Recent News

Impera za 2026 zirasiga mu Rwanda hatangwa umuti urinda kwandura SIDA

Impera za 2026 zirasiga mu Rwanda hatangwa umuti urinda kwandura SIDA

January 15, 2026
Uganda: Abatrage bazindukiye mu matora y’umukuru w’igihugu

Uganda: Abatrage bazindukiye mu matora y’umukuru w’igihugu

January 15, 2026
Perezida Kagame yakiriye ba Ambasaderi 2 bashya

Perezida Kagame yakiriye ba Ambasaderi 2 bashya

January 15, 2026
Muhanga : Uwitwa Venuste Havugimana arishyuza AFRISET Ibiva mu butaka butari ubwe

Muhanga : Uwitwa Venuste Havugimana arishyuza AFRISET Ibiva mu butaka butari ubwe

January 14, 2026

We bring you the latest news with facts. Check our landing page for details.

Follow Us

Browse by Category

Recent News

Impera za 2026 zirasiga mu Rwanda hatangwa umuti urinda kwandura SIDA

Impera za 2026 zirasiga mu Rwanda hatangwa umuti urinda kwandura SIDA

January 15, 2026
Uganda: Abatrage bazindukiye mu matora y’umukuru w’igihugu

Uganda: Abatrage bazindukiye mu matora y’umukuru w’igihugu

January 15, 2026
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMYIDAGADURO
  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
  • INCAMACYE

© 2024 All Right Reserved IGISABO NEW PAPER Developed by ~MORGAN NIYITEGEKA

No Result
View All Result
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMYIDAGADURO
  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
  • INCAMACYE

© 2024 All Right Reserved IGISABO NEW PAPER Developed by ~MORGAN NIYITEGEKA