Umudugudu wa Murindi biteguriye amatora y’umukuru w’ Igihugu bemeza ko amajwi yose bazayahundagaza RPF Inkotanyi

admin
2 Min Read

Chierman wa RPF Inkotanyi wa kagari ka Kabeza Umudugudu wa Murindi Murenzi martha ashimira imiyoborere y’Umuryango RP ku bw’ibikorwa byishi yakoze

Akomeza agira ati;” twubatse irerero ry’abana, dufasha abatishoboye n’ibindi bikorwa byinhi cyane twangiye dukora nk’abanyamuryango ba RPF ba ubu mu mudugudu wa Murindi dufite abanyamuryango ba RPF basanga 220 , RPF Ikotanyi twaje kandi twaje twambaye, ibikorwa birivugira mbere na mbere iyi manda y’imyaka 30. Kuva 2017 gushyika umukandida wacu Paul Kagame 2024 urumva n’imyaka irindwi iragiye ibyagezweho ni byinshi birumvikana.

Abayobozi bakuriye RPF mu mudugudu

Kandi n’abanyaRwanda barabizi n’umwana ukiri muto abarabimenya, RPF ntacyo wayingereranya nayo, mu  imyaka 7 inshize hari aho twavuye hari naho tugeze kandi birangaragarira buri umwe ndetse na buri munyaRwanda wese ahava akangera, hari ibindi bikorwa dushaka gukora nkokubaka undimuhanda w’akaburimbo cyane ko tushaka kuwuzegurutsa umudugudu wose wa Murindi n’bindi byose byateza imbere Igihugu n’umunyaRwanda muri rusage.

RPF ntije guhangana n’andimashyaka oya kuko ibikorwa byayo birivugira, RPF twifiye icyizere kandi n’abanyaRwanda bayifitiye icyizere, cyereka ibyo twasezeranyije abaturaRwanda iyo tubatutarabikoze nibwo byakabaye ikibazo ariko ibyo twabasezeranyije byose byashyizwe mubikorwa kandi bigenda neza. Ari abo twahaye ngira inka munyaRwanda, abo twubakiye n’ibindi byinshi rero urabyuva nk’umudugudu wa Murindi turakataje mukwiteza imbere ariko nanone turabikesha ubuyobozi bwiza.

Umuyobozi w’umudugudu wa Kabeza Munyaribanje Didace

Murenzi akomeza avuga ko buri munyamuryango wa RPF  afite itafari yashyizeho ati;” antewe ishema ry’uko ndi umunyamuryango wayo ibyo bimpa amahoro cyane.

Turasaba abanyamuryango aho bari hose gushyira hamwe ndetse n’abashaka kwinjira mu muryango ko baza tugafatanya tukubaka Igihugu cyacu dushyigikira na RPF.

Chierman wa RPF Inkotanyi Murenzi martha

Ku myaka 30 RPF idukuye mu icuraburindi hari ahotuvuye hari ahotuge mungero zose haba k’umusaza hari byo akorerwa haba murubyiruko muri rusange nabo nuko, urebye BK Aren ukureba sitade amahoro uko irimo kubakwa n’ibindi bikorwa bigeye bitandukanye.

Kandi buri munyamuryango wa RPF afashwa m’uburyo bwose bushoka yaba mukwivuza mituweli n’ibindi bikorwa turafatanya cyako hari abotubakie amanzu basizwe iheruheru na Jenoside yakorewe abatutsi abacitse ku icumu n’abandi.

Alex RUKUNDO

Share This Article
Leave a Comment

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *