Gahanga: Gutanga imbabazi ni kimwe mu byo Abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi bashyize imbere

admin
1 Min Read

Mu muhango wo kwibuka ku nshuro ya 29 Jenocide yakorewe Abatutsi 1994 mu murenge wa Gahanga aho hibukwa Abatutsi 16,797 bazize uko bavutse, hatanzwe ubuhamya bugaragaza ko abaharokokeye babaye inkirirahato kuko bahizwe bukware bakicwa by’agashinyaguro hagasigara mbarwa.

Gusa nubwo bimeze bityo, ari uwatanze ubuhamya, ari abahagarariye IBUKA n’abandi bayobozi bafashe ijambo, bemeza ko kubaabarira no kubana mu mahoro aricyo bashyize imbere kugira ngo bagere ku iterambere rirambye ridafite inkomyi.

Kurikira amashusho agaragaza uko umuhango wagenze

Share This Article
Leave a Comment

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *