Leta y’u Rwanda yatangaje ko itasubiza kuri raporo itarasohoka kandi itaremezwa irushinja gufasha umutwe wa M23, naho leta ya Congo ivuga ko …
August 2022
-
-
Mu Rwanda bijihije umunsi w’umuganura wa mbere uhuje abantu benshi nyuma y’icyorezo cya Covid-19. Abategetsi bavuga ko umuganura utagomba kumvikana nk’umusaruro w’ubuhinzi gusa kuko n’abakora ibindi bakwiye kwishima. Ku rwego rw’igihugu ibirori bikomeye byabereye mu karere ka Rulindo mu majyaruguru. Ni umunsi waranzwe no kumurika umusaruro w’ubuhinzi, gusangira ndetse no gufasha abatarabonye umusaruro mwiza. …
-
Imikino n'ImyidagaduroIMYIDAGADURO
Umuhanzi Vava(Dore Imbogo dore imvubu) yaguze inka yahawe na Bruce Melody
by adminby adminUmuhanzi mushya wamenyekanye nka Vava(Dore Imbogo dore imvubu) yaguze inka yahawe na Bruce Melody Dore Imbogo yavuze ukuri kose ku gusubira mu …
-
Umukuru w’inteko ishingamategeko ya Amerika, Nancy Pelosi, yavuye muri Taiwan nyuma y’uruzinduko rwo munsi y’amasaha 24 yahagiriye. Arakomereza muri Korea y’Epfo n’Ubuyapani. …
-
Imibereho ya buri munsiUbukungu
Umujyi wa Kigali wasobanuye impamvu ikiraro cya Nyabugogo kitaruzura
by adminby adminUmujyi wa Kigali wasobanuye ko wongereye igihe cyo kubaka ikiraro cya Nyabugogo kugira ngo kizuzure kimeze neza, mu gihe byari byitezwe ko …
-
Perezida Kagame yatangaje ko umusaruro witezwe kuri Minisiteri nshya y’Ishoramari rya Leta ari ukuyifasha mu rugendo rwo kwegurira bimwe mu bigo byayo …