• Latest
Imanzi City of Mainz Nursery and Primary School ni  Intangarugero mu kurerera u Rwanda rw’ejo hazaza

Imanzi City of Mainz Nursery and Primary School ni Intangarugero mu kurerera u Rwanda rw’ejo hazaza

June 9, 2021
Impera za 2026 zirasiga mu Rwanda hatangwa umuti urinda kwandura SIDA

Impera za 2026 zirasiga mu Rwanda hatangwa umuti urinda kwandura SIDA

January 15, 2026
Uganda: Abatrage bazindukiye mu matora y’umukuru w’igihugu

Uganda: Abatrage bazindukiye mu matora y’umukuru w’igihugu

January 15, 2026
Perezida Kagame yakiriye ba Ambasaderi 2 bashya

Perezida Kagame yakiriye ba Ambasaderi 2 bashya

January 15, 2026
Muhanga : Uwitwa Venuste Havugimana arishyuza AFRISET Ibiva mu butaka butari ubwe

Muhanga : Uwitwa Venuste Havugimana arishyuza AFRISET Ibiva mu butaka butari ubwe

January 14, 2026
Perezida Kagame yizeje ubufatanye Gen Doumbouya wa Guinea

Perezida Kagame yizeje ubufatanye Gen Doumbouya wa Guinea

January 6, 2026
RDB yagabanyije ibiciro byo gusura Ingagi

RDB yagabanyije ibiciro byo gusura Ingagi

January 6, 2026
I Ngoma abantu 15 bakubiswe n’Inkuba ,9 bahasiga ubuzima

I Ngoma abantu 15 bakubiswe n’Inkuba ,9 bahasiga ubuzima

January 5, 2026
Ruben Amorim watozaga Manchester United yirukanwe

Ruben Amorim watozaga Manchester United yirukanwe

January 5, 2026
MIGEPROF yatabarije abagore bafunze batajya basurwa

MIGEPROF yatabarije abagore bafunze batajya basurwa

January 5, 2026
Dore zimwe mu ngamba zafatiwe mu Nama yo kurebera hamwe icyateza imbere umuryango

Dore zimwe mu ngamba zafatiwe mu Nama yo kurebera hamwe icyateza imbere umuryango

December 31, 2025
Zibaho wo gatsindwa we, kirazira mu muco wacu- Rutangarwamaboko abwira Pamela

Zibaho wo gatsindwa we, kirazira mu muco wacu- Rutangarwamaboko abwira Pamela

December 31, 2025
Uko Amb. Ndhungirehe afata ihagarikwa rya Gen Ekenge

Uko Amb. Ndhungirehe afata ihagarikwa rya Gen Ekenge

December 31, 2025
  • About
  • Advertise
  • Privacy & Policy
  • Contact
igisabo.rw
Advertisement
ADVERTISEMENT
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
    • All
    • Kwisi hose(world)
    • POLITIKE
    • Ubukungu
    • Ubumenyi(Science)
    Impera za 2026 zirasiga mu Rwanda hatangwa umuti urinda kwandura SIDA

    Impera za 2026 zirasiga mu Rwanda hatangwa umuti urinda kwandura SIDA

    Uganda: Abatrage bazindukiye mu matora y’umukuru w’igihugu

    Uganda: Abatrage bazindukiye mu matora y’umukuru w’igihugu

    Perezida Kagame yakiriye ba Ambasaderi 2 bashya

    Perezida Kagame yakiriye ba Ambasaderi 2 bashya

    Muhanga : Uwitwa Venuste Havugimana arishyuza AFRISET Ibiva mu butaka butari ubwe

    Muhanga : Uwitwa Venuste Havugimana arishyuza AFRISET Ibiva mu butaka butari ubwe

    Perezida Kagame yizeje ubufatanye Gen Doumbouya wa Guinea

    Perezida Kagame yizeje ubufatanye Gen Doumbouya wa Guinea

    RDB yagabanyije ibiciro byo gusura Ingagi

    RDB yagabanyije ibiciro byo gusura Ingagi

    Trending Tags

    • Trump Inauguration
    • United Stated
    • White House
    • Market Stories
    • Election Results
  • IKORANABUHANGA
    • All
    • Apps
    • Gadget
    • Mobile
    • Startup
    eKASH yamurikiwe ku mugaragaro abanyarwanda uko ikoreshwa n’akamaro ibafitiye 

    eKASH yamurikiwe ku mugaragaro abanyarwanda uko ikoreshwa n’akamaro ibafitiye 

    IBTC Kigali ishyigikiye ko gahunda z’ikoranabuhanga na Tekinike zakwigishwa mu Kinyarwanda

    IBTC Kigali ishyigikiye ko gahunda z’ikoranabuhanga na Tekinike zakwigishwa mu Kinyarwanda

    Sosiyete ya MTN Rwanda yatumijweho kugira ngo yisobanure kuri serivise mbi imaze iminsi itanga

    Sosiyete ya MTN Rwanda yatumijweho kugira ngo yisobanure kuri serivise mbi imaze iminsi itanga

    Mu Rwanda hagejejwe telephone za Infinix  zifite umwihariko n’udushya bidasanzwe

    Mu Rwanda hagejejwe telephone za Infinix zifite umwihariko n’udushya bidasanzwe

    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    Trending Tags

    • Nintendo Switch
    • CES 2017
    • Playstation 4 Pro
    • Mark Zuckerberg
  • IMYIDAGADURO
    • All
    • FILIMI
    • Imikino n'Imyidagaduro
    • Muzika
    • Siporo
    Ruben Amorim watozaga Manchester United yirukanwe

    Ruben Amorim watozaga Manchester United yirukanwe

    Zibaho wo gatsindwa we, kirazira mu muco wacu- Rutangarwamaboko abwira Pamela

    Zibaho wo gatsindwa we, kirazira mu muco wacu- Rutangarwamaboko abwira Pamela

    UEFA Champions League: Barcelona na Man city zatsinzwe

    UEFA Champions League: Barcelona na Man city zatsinzwe

    RGB yasheshe komite za Rayon sport Murenzi Abdallah yongera kuyifata bwa 3

    RGB yasheshe komite za Rayon sport Murenzi Abdallah yongera kuyifata bwa 3

    Trinity Nyakabingo FC niyo izahatanira igikombe na Rutongo Mines FC

    Trinity Nyakabingo FC niyo izahatanira igikombe na Rutongo Mines FC

    Rutongo Mines Fc iraranye Ikite iyihesha gukina Umukino wa nyuma

    Rutongo Mines Fc iraranye Ikite iyihesha gukina Umukino wa nyuma

  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
    • All
    • Fashion(Imideri)
    • Imirire
    • Ubucyerarugendo
    • Ubuzima
    Impera za 2026 zirasiga mu Rwanda hatangwa umuti urinda kwandura SIDA

    Impera za 2026 zirasiga mu Rwanda hatangwa umuti urinda kwandura SIDA

    Muhanga : Uwitwa Venuste Havugimana arishyuza AFRISET Ibiva mu butaka butari ubwe

    Muhanga : Uwitwa Venuste Havugimana arishyuza AFRISET Ibiva mu butaka butari ubwe

    RDB yagabanyije ibiciro byo gusura Ingagi

    RDB yagabanyije ibiciro byo gusura Ingagi

    Dore zimwe mu ngamba zafatiwe mu Nama yo kurebera hamwe icyateza imbere umuryango

    Dore zimwe mu ngamba zafatiwe mu Nama yo kurebera hamwe icyateza imbere umuryango

    Abaforomo n’ababyaza basabwe gukunda ibyo bakora

    Abaforomo n’ababyaza basabwe gukunda ibyo bakora

    Rév. Pasiteri Mudagiri Tabazi umwigisha w’Ijambo ry’Imana yatabarutse

    Rév. Pasiteri Mudagiri Tabazi umwigisha w’Ijambo ry’Imana yatabarutse

    Trending Tags

    • Golden Globes
    • Game of Thrones
    • MotoGP 2017
    • eSports
    • Fashion Week
  • INCAMACYE
    Kiliziya ya Ste Famille yizihije Umunsi Mukuru wayo hatangizwa Urugendo rwa Yubile y’Imyaka 50 Arkidiyosezi ya Kigali imaze ishinzwe

    Kiliziya ya Ste Famille yizihije Umunsi Mukuru wayo hatangizwa Urugendo rwa Yubile y’Imyaka 50 Arkidiyosezi ya Kigali imaze ishinzwe

    Polisi y’u Rwanda yungutse abapolisi 1903 bashya

    Polisi y’u Rwanda yungutse abapolisi 1903 bashya

    Abakorera Garage ATECAR bavuga ko bakora biyungura ubumenyi bugendanye n’ibinyabiziga biba bigezweho

    Abakorera Garage ATECAR bavuga ko bakora biyungura ubumenyi bugendanye n’ibinyabiziga biba bigezweho

    Mu cyumweru cyahariwe ubutabera hazibandwa ku buhuza nk’uburyo bufasha kudasiragira mu nkiko

    Mu cyumweru cyahariwe ubutabera hazibandwa ku buhuza nk’uburyo bufasha kudasiragira mu nkiko

    eKASH yamurikiwe ku mugaragaro abanyarwanda uko ikoreshwa n’akamaro ibafitiye 

    eKASH yamurikiwe ku mugaragaro abanyarwanda uko ikoreshwa n’akamaro ibafitiye 

    Amatike ashobora gushira mbere y’igitaramo-Abifuza kuzataramana na Richard Nick Ngendahayo baburiwe

    Amatike ashobora gushira mbere y’igitaramo-Abifuza kuzataramana na Richard Nick Ngendahayo baburiwe

No Result
View All Result
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
    • All
    • Kwisi hose(world)
    • POLITIKE
    • Ubukungu
    • Ubumenyi(Science)
    Impera za 2026 zirasiga mu Rwanda hatangwa umuti urinda kwandura SIDA

    Impera za 2026 zirasiga mu Rwanda hatangwa umuti urinda kwandura SIDA

    Uganda: Abatrage bazindukiye mu matora y’umukuru w’igihugu

    Uganda: Abatrage bazindukiye mu matora y’umukuru w’igihugu

    Perezida Kagame yakiriye ba Ambasaderi 2 bashya

    Perezida Kagame yakiriye ba Ambasaderi 2 bashya

    Muhanga : Uwitwa Venuste Havugimana arishyuza AFRISET Ibiva mu butaka butari ubwe

    Muhanga : Uwitwa Venuste Havugimana arishyuza AFRISET Ibiva mu butaka butari ubwe

    Perezida Kagame yizeje ubufatanye Gen Doumbouya wa Guinea

    Perezida Kagame yizeje ubufatanye Gen Doumbouya wa Guinea

    RDB yagabanyije ibiciro byo gusura Ingagi

    RDB yagabanyije ibiciro byo gusura Ingagi

    Trending Tags

    • Trump Inauguration
    • United Stated
    • White House
    • Market Stories
    • Election Results
  • IKORANABUHANGA
    • All
    • Apps
    • Gadget
    • Mobile
    • Startup
    eKASH yamurikiwe ku mugaragaro abanyarwanda uko ikoreshwa n’akamaro ibafitiye 

    eKASH yamurikiwe ku mugaragaro abanyarwanda uko ikoreshwa n’akamaro ibafitiye 

    IBTC Kigali ishyigikiye ko gahunda z’ikoranabuhanga na Tekinike zakwigishwa mu Kinyarwanda

    IBTC Kigali ishyigikiye ko gahunda z’ikoranabuhanga na Tekinike zakwigishwa mu Kinyarwanda

    Sosiyete ya MTN Rwanda yatumijweho kugira ngo yisobanure kuri serivise mbi imaze iminsi itanga

    Sosiyete ya MTN Rwanda yatumijweho kugira ngo yisobanure kuri serivise mbi imaze iminsi itanga

    Mu Rwanda hagejejwe telephone za Infinix  zifite umwihariko n’udushya bidasanzwe

    Mu Rwanda hagejejwe telephone za Infinix zifite umwihariko n’udushya bidasanzwe

    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    Trending Tags

    • Nintendo Switch
    • CES 2017
    • Playstation 4 Pro
    • Mark Zuckerberg
  • IMYIDAGADURO
    • All
    • FILIMI
    • Imikino n'Imyidagaduro
    • Muzika
    • Siporo
    Ruben Amorim watozaga Manchester United yirukanwe

    Ruben Amorim watozaga Manchester United yirukanwe

    Zibaho wo gatsindwa we, kirazira mu muco wacu- Rutangarwamaboko abwira Pamela

    Zibaho wo gatsindwa we, kirazira mu muco wacu- Rutangarwamaboko abwira Pamela

    UEFA Champions League: Barcelona na Man city zatsinzwe

    UEFA Champions League: Barcelona na Man city zatsinzwe

    RGB yasheshe komite za Rayon sport Murenzi Abdallah yongera kuyifata bwa 3

    RGB yasheshe komite za Rayon sport Murenzi Abdallah yongera kuyifata bwa 3

    Trinity Nyakabingo FC niyo izahatanira igikombe na Rutongo Mines FC

    Trinity Nyakabingo FC niyo izahatanira igikombe na Rutongo Mines FC

    Rutongo Mines Fc iraranye Ikite iyihesha gukina Umukino wa nyuma

    Rutongo Mines Fc iraranye Ikite iyihesha gukina Umukino wa nyuma

  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
    • All
    • Fashion(Imideri)
    • Imirire
    • Ubucyerarugendo
    • Ubuzima
    Impera za 2026 zirasiga mu Rwanda hatangwa umuti urinda kwandura SIDA

    Impera za 2026 zirasiga mu Rwanda hatangwa umuti urinda kwandura SIDA

    Muhanga : Uwitwa Venuste Havugimana arishyuza AFRISET Ibiva mu butaka butari ubwe

    Muhanga : Uwitwa Venuste Havugimana arishyuza AFRISET Ibiva mu butaka butari ubwe

    RDB yagabanyije ibiciro byo gusura Ingagi

    RDB yagabanyije ibiciro byo gusura Ingagi

    Dore zimwe mu ngamba zafatiwe mu Nama yo kurebera hamwe icyateza imbere umuryango

    Dore zimwe mu ngamba zafatiwe mu Nama yo kurebera hamwe icyateza imbere umuryango

    Abaforomo n’ababyaza basabwe gukunda ibyo bakora

    Abaforomo n’ababyaza basabwe gukunda ibyo bakora

    Rév. Pasiteri Mudagiri Tabazi umwigisha w’Ijambo ry’Imana yatabarutse

    Rév. Pasiteri Mudagiri Tabazi umwigisha w’Ijambo ry’Imana yatabarutse

    Trending Tags

    • Golden Globes
    • Game of Thrones
    • MotoGP 2017
    • eSports
    • Fashion Week
  • INCAMACYE
    Kiliziya ya Ste Famille yizihije Umunsi Mukuru wayo hatangizwa Urugendo rwa Yubile y’Imyaka 50 Arkidiyosezi ya Kigali imaze ishinzwe

    Kiliziya ya Ste Famille yizihije Umunsi Mukuru wayo hatangizwa Urugendo rwa Yubile y’Imyaka 50 Arkidiyosezi ya Kigali imaze ishinzwe

    Polisi y’u Rwanda yungutse abapolisi 1903 bashya

    Polisi y’u Rwanda yungutse abapolisi 1903 bashya

    Abakorera Garage ATECAR bavuga ko bakora biyungura ubumenyi bugendanye n’ibinyabiziga biba bigezweho

    Abakorera Garage ATECAR bavuga ko bakora biyungura ubumenyi bugendanye n’ibinyabiziga biba bigezweho

    Mu cyumweru cyahariwe ubutabera hazibandwa ku buhuza nk’uburyo bufasha kudasiragira mu nkiko

    Mu cyumweru cyahariwe ubutabera hazibandwa ku buhuza nk’uburyo bufasha kudasiragira mu nkiko

    eKASH yamurikiwe ku mugaragaro abanyarwanda uko ikoreshwa n’akamaro ibafitiye 

    eKASH yamurikiwe ku mugaragaro abanyarwanda uko ikoreshwa n’akamaro ibafitiye 

    Amatike ashobora gushira mbere y’igitaramo-Abifuza kuzataramana na Richard Nick Ngendahayo baburiwe

    Amatike ashobora gushira mbere y’igitaramo-Abifuza kuzataramana na Richard Nick Ngendahayo baburiwe

No Result
View All Result
igisabo.rw
No Result
View All Result
Home Amakuru Ubumenyi(Science)

Imanzi City of Mainz Nursery and Primary School ni Intangarugero mu kurerera u Rwanda rw’ejo hazaza

NIYONKURU Edouard by NIYONKURU Edouard
June 9, 2021
in Ubumenyi(Science)
0
Imanzi City of Mainz Nursery and Primary School ni  Intangarugero mu kurerera u Rwanda rw’ejo hazaza
0
SHARES
1.2k
VIEWS
Share on FacebookShare on Twitter

Mu gihe abanyarwanda hafi ya bose bashishikajwe no kurera abana babashakira amashuri yujuje ibisabwa kandi bibategurira kuzigirira akamaro mu bihe bizaza, Imanzi city of mainz  ikigo cy’amashuri gitangira uburezi mu Karere ka Gasabo, Umurenge wa Ndera, Akagali ka Masoro cyafatwaho urugero rw.ibanze bitewe n’ingamba zo kurera abana bafite ubwenge, ubumenyi n’uburere bibategurira kuzabaho neza mu Rwanda rw’ejo hazaza.

Imanzi city of mainz ni ishuri ryatangiye gutanga  uburezi  buhamye mu mwaka wa 2017, rihereye ku mashuri y’inshuke, mu gihe gito bitewe n’urugwiro n’ubushake  ababyeyi baryakiranye,  ryahise ryibaruka n’ikiciro cy’amashuri abanza magingo aya kikaba gifite abanyeshuri 205 bari gutegurwa kuzaba abayobozi n’ababyeyi bo mubihe biri imbere,  babifashijwemo n’inyigisho nziza bari guhabwa n’abarezi babifitiye ubushobozi n’ubushake nkuko Bwana Muramira Bernard Washinze iki kigo cy’intangarugero abisobanura.

Aganira n’ikinyamakuru igisabo.rw,  Bwana Muramira Bernard, avuga ko amaze imyaka igera kuri 20,  akora ibikorwa bitandukanye byunganira Leta kandi bigamije kuzamura umwana no guharanira ko yagira ubuzima bwiza,  bihereye mu muryango avukamo,  birimo kubashakira ubwisungane mu kwivuza, ibiribwa, ibyo kwambara  n’ibindi, ari nayo mpamvu ngo yahisemo gushinga ikigo Imanzi City of Mainz kugira ngo arusheho gukurikirana bya kinyamwuga uburere bw’umwana amufasha  kwiga amasomo agezweho azamutegurira kuzaba umuntu wuzuye abihereye mu bwana bwe, kuzageza abaye umugabo cyangwa umugore ushoboye kwitunga.

Agira ati “iki  ni ikigo gitanga uburezi bugezweho giherereye I Masoro hazwi nko kwa Nayinzira. Dutangira amasomo twatangiranye n’ikiciro cya Maternel muri 2017. Muri 2019 twashatse uburyo twakwagura ibyiciro tugendeye kubyifuzo by’ababyeyi bahise batwakirana yombi ahanini bagendeye kubuhanga, ubumenyi n’udushya twari dutangiranye mu myigishirize y’ikigo cyacu. Ibi kuba twarabigezeho si ibyatugwiririye na gato, kuko twari dusanzwe dufatanya naLeta mu myaka hafi makumyabiri ishize muri byishi, kubigendanye n’imibereho myiza  y’abana, urugero rwa hafi ni uko turi mu ba mbere muri 2009  batangije igikorwa cyo gushinga amarerero y’abana bato kugira ngo ababyeyi bafite akazi bajye babona aho basiga abana babo mu buryo bworoheje”

Bwana Muramira Bernard, avuga ko nyuma y’uko ababyeyi bishimiye ikigo Imanzi City of Mainz ku migabo n’imigambi myiza cyatangiranye, bahise bashinga n’ikiciro cy’amashuri abanza,  imfura zikaba zigeze mu mwaka wa gatatu, bakazahita bakomerezaho kugera mu wa gatantatu, abana bakaba ngo  bari kwigana ishyaka ku buryo bazazamuka bafite ubwenge bwo mu kigero cyo hejuru.

Bwana Muramira Bernard Washinze Imanzi City of Mainz

IKindi avuga Bwana Muramira ni uko ikigo cyabo mu by’ukuri ngo gitanga uburezi bwagutse kandi bufite ireme bugamije kubaka umwana witegurira kuzaba umntu nyawe kandi wujuje ibisabwa kugira ngo azibesheho mu buzima bw’ejo hazaza.

Agira ati “ ntabwo ari amakabyankuru, ari ababyeyi turerera, n’abandi benshi basura ikigo cyacu bakwihera ubuhamya. Iri ni ishuri ryihagazeho, rirangwa n’umutekano uhagije , ibikoresho byinshi kandi byujuje ibisabwa bigamije kurwanya covid 19,  amazu agezweho kandi afite ubwiherero bubereye abana turera, uburezi buhamye kandi bufite ireme , abarimu bafite ubushobozi kandi b’inararibonye mukurera abana n’ibindi byinshi,  turabyujuje ngo tugire ikigo cyo kwishimirwa n’abantu bose kandi bizakomeza.

 Ikindi twababwira ni uko mu minsi mike cyane turaba twamaze gushinga (Computer Lab) y’ikitegererezo hano mu Rwanda, ku buryo abana bazajya biborohera gukurikirana amasomo kuri Murandasi ndetse haramuse hongeye no kuvuka ibibazo nk’ibyatewe na Covid 19, abana bakaba banakwigira mu rugo bitabagoye.”

Avuga ko mu by’ukuri icyo bagamije ari ukugira ishuri ry’ikitegererezo kandi rya mbere mu Rwanda.  Ni muri urwo rwego avuga kandi ko bamaze kubona abafatanyabikorwa bo mu Budage, aho abana babo bazajya  bahuza amasomo n’abo hanze, bityo nabo bakiga nk’ibyabo ubumenyi bukiyongera.

 Ikindi  avuga ni uko  banabonye ngo abahanga kabuhariwe  (Experts) bagiye kujya bafasha abana babo  kwiga bifashishije ibimenyetso, umwana nawe akamenya gukora ibye, akabyigiraho mu kinyabupfura bityo akanagira ubuhanga bwo guhanga no kwivumburira udushya dutuma afunguka cyane mu bwonko.

Abanyeshuri muri iki kigo bigira mu mashuri afite ibikoresho bihagije

Agira ati “ mu by’ukuri ntabwo turera tugamije gutsindisha ibizamini bya Leta gusa, ahubwo tugamije guha abana ubwenge bwo ku ishuri, dushingiye ku bwenge kavukire, tunagamije ahanini ariko, kubaha ubumenyimuntu nyabwo.

Ni muri urwo rwego buri wa gatanu tubaha ibiganiro bibafasha kwitekerezaho, kugira ngo tubafashe  no gukura neza bafite imbaduko n’imitekerereze ibagira abantu buzuye bazi ubwenge buzabafasha kuzibeshaho bamaze gukura.”

Asoza avuga ko batazahagararira ku  byiciro by’amashuri y’inshuke n’abanza gusa,  ko  mu bitekerezo bafite imbere,  harimo kwagura ubumenyi bashinga amashuri y’isumbuye y’imyuga ariko yo mu rwego rwo hejuru ku buryo umwana wize nko kubaza, gukanika cyangwa gusudira azaba arangiza ari ku rwego mpuzamahanga ahangana ku masoko akomeye,  bityo agatungwa n’umwuga we hamwe n’umuryango we mu buryo nyabwo.

 Ashimira cyane Leta y’u Rwanda, uburyo ibafasha igihe cyose bayiyambaje haba mu bikoresho, mu nteganyanigisho no mu ikorana buhanga rigezweho, kugira ngo abana barera bazamuke bafite ubumenyi bwifuzwa kandi buzaramba. Urugero rwa hafi ngo ni uko mu minsi mike ishize banahawe amata na Leta yo giha abana babo, ibishimangira ubufatanye bwa Leta n’abikorera.

 Asaba ababyeyi bafatanyije kurera, ko nabo  bagomba kumenya ko bafite ihame n’ishingano ndakuka zo kurera abana babo neza,  babaha ireme nyaryo rishingiye ku muco, ariko bagira indagagaciro zuje ubunyarwanda,  bityo ngo akazaba umwana uzahangana n’isi isigaye ishingiye kubwenge, umuco, ikoranabuhanga n’ubumenyi bwuzuye kandi bwifuzwa.

Ibirebana n’imikorere myiza n’ireme ry’uburezi bitangwa n’ikigo Imanzi   bishimangirwa cyane na Bwana Ntimugura Boaz, Umuyobozi w’ishuri (Director), uvuga ko mu gihe gito ahamaze yasanze ari ikigo cyujuje ibisabwa byose  ngo gitange ireme ry’uburezi rihamye kandi ritegurira abana kuzagira ubuzima bwiza mu bihe biri imbere.

Agira ati “ Iki  ni ikigo gikunzwe n’ababyeyi mu buryo bushimishije.  Twigisha tugendeye kuri Porogaramu ya Leta (Competence Basic Curriculum), ikaba ari porogaramu ifasha abana kwiyubakamo ubushobozi binyuze mu myitozo myinshi kandi itandukanye bahabwa n’abarimu babo.

Imanzi City of Mainz kandi ikaba itanga uburezi ku bana 205 mubyiciro by’amashuri y’ishuke (Nursery) kugera mu mwaka wa gatatu w’ikiciro cy’ayabanza(Primary).”

Abanyeshuri bakurikira amasomo

Bwana Ntimugura, Umuyobozi w’iri shuri, avuga ko ibanga yizera ko barusha abandi binatuma ababyeyi babagana bizeye kurererwa neza uko babyifuza, ari icy’uko ngo bafite abarimu b’abahanga kandi bakunda abana bigisha, kubaha imyitozo myinshi kandi bakabafasha gukora udukino n’iibganiro hagati yabo bibafasha gufunguka mu bwonko bakiga bashyizeho umwete bagambiriye gutsinda no kugira ubumenyibuhagije.

Avuga ko yishimira ko abanyeshuri biga muri Imanzi city of mainz  barangwa n’ikinyuranyo cy’uko  bafite ubushobozi bwo kuvuga neza Igifaransa n’Icyongereza ku rwego nk’urwabize mu mashuri ahanitse akoresha izo ndimi.

Ashimangira ko kugira ngo babigereho bahisemo ko mu mashuri y’inshuke (Nursery), batangirira mu rurimi rw’Igifaransa naho  mu mashuri abanza (Primary) bakiga mu cyongereza.  Ibyo ngo bikaba bitavuze ko babana bato bahagarika kwiga igifaransa iyo bageze muy’abanza  ahubwo ngo bakomeza kugenda bahura nacyo mu yandi masomo (Extra Curriculum).

Asoza avuga ko kugira ngo abana barusheho kwiga banakurikire mu buryo bwiza amasomo bahabwa, abo mu kiciro cy’inshuke bahabwa ifunguro rya mu gitondo, abo mu kiciro cy’abanza bagahabwa ifunguro rya mu gitondo n’irya saa sita kuko biga igitondo n’ikigoroba, ifunguro rikaba ngo riba riteguye neza ryateguriwe  ku kigo n’abahanga mu guteka ikigo kiba cyaratoranyije.

Bwana Ntimugura Boaz, Umuyobozi w’ishuri (Director) rya Imanzi city of mainz

Ikindi ni uko ngo bafite isomero (Library) rigezweho kandi rifite ibitabo bihagije bya buri kiciro cy’amasomo biga ku buryo buri mwana wese abona igitabo yifuje kimufasha kwiyungura ubumenyi mu byo yiga.

Ku bijyanye n’abarezi bafasha ikigo cya Imanzi City of Mainz gutanga uburezi n’ubumenyi bufasha abana kwiga uko bikwiye,  Rebecca Muzoora urerera kuri icyo  kigo, avuga ko yishimira cyane kuba ari umurezi mu ishuri  Imanzi city of mainz kubera ko bafashwa muri byose bakeneye kugira ngo imyigishirije yabo imbere y’abana igende neza uko bikwiriye.

Agira ati “ Abayobozi bacu baduha umushahara mwiza kandi ukazira igihe, Duhabwa ubwishingizi, tugahabwa ifunguro mu gitondo na saa sita n’iibndi byangombwa byose bikenerwa n’umukozi ibituma twigisha abana twishimye kandi dufite ishyaka n’urukundo ku bana turera.

Uyu mwarimu watangiranye n’ikigo kuva cyashingwa kugeza uyu munsi, asoza asaba abarezi bagenzi be gukomeza kurangwa n’urukundo imbere y’abana bashinzwe kurera kugir ngo babategurire kuzavamo abanyarwanda buzuye b’ejo hazaza kuko ngo uwifuza kugira inzu ikomeye ayubakisha iibkoresho bikomeye.

Rebecca Muzoora Umwarimu watangiranye na Imanzi City of Mainz

Imanzi City of Mainz ni ikgo kigamije gutanga uburezi buhamye kandi butegurira kugira umwana wuzuye urangwa n’ubumuntu kandi uberanye n’u Rwanda rw’ejo heza nk’uko bisobanurwa n’abayobozi baryo.

  • Abanyeshuri bafite Imodoka zibajyana/zibavana ku ishuri
  • Abanyeshuri bafite aho bidagadurira hisanzuye
Aho abanyeshuri bakinira
Abanyeshuri mu masaha yo gukina

Imanzi City of Mainz iherereye mu karere ka Gasabo, Umurenge wa Ndera, Akagali ka Masoro mu mujyi wa Kigali. Abifuza kuharerera no kubaza ibindi bisobanuro bihagije mwahamagara +250788538277

Previous Post

French President slapped in face

Next Post

Olivier Nizeyimana yitezweho kuzana impinduka n’amaraso mashya muri FERWAFA.

NIYONKURU Edouard

NIYONKURU Edouard

Next Post
Olivier Nizeyimana yitezweho kuzana impinduka n’amaraso mashya muri FERWAFA.

Olivier Nizeyimana yitezweho kuzana impinduka n’amaraso mashya muri FERWAFA.

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Stay Connected test

  • 99 Subscribers
ADVERTISEMENT
  • Trending
  • Comments
  • Latest
Rurageretse hagati y’uwahoze ari Minisitiri n’uwo yijeje kugira Umugore akishakira undi

Rurageretse hagati y’uwahoze ari Minisitiri n’uwo yijeje kugira Umugore akishakira undi

December 2, 2025

Dore igisubizo ku bagabo bafite igitsina gito

December 30, 2020
Sobanukirwa uko amapeti y’abapolisi mu Rwanda arutanwa n’imishahara yabo

Sobanukirwa uko amapeti y’abapolisi mu Rwanda arutanwa n’imishahara yabo

September 19, 2020

Gitisi Secondary & TVET School ni Amizero arambye y’urubyiruko rwahisemo kuhiga

September 3, 2021
Urwego rw’igihugu rushinzwe Igorora RCS rwirukanye ACP Dr George Ruterana

Urwego rw’igihugu rushinzwe Igorora RCS rwirukanye ACP Dr George Ruterana

6

Hello world!

1
Kicukiro: Akagari ka Nyanza  bakomeje kubaka akajagari bakingiwe ikibaba n’Abayobozi b’inzego z’ibanze

Kicukiro: Akagari ka Nyanza bakomeje kubaka akajagari bakingiwe ikibaba n’Abayobozi b’inzego z’ibanze

1

Shadow Tactics: Blades of the Shogun Review

0
Impera za 2026 zirasiga mu Rwanda hatangwa umuti urinda kwandura SIDA

Impera za 2026 zirasiga mu Rwanda hatangwa umuti urinda kwandura SIDA

January 15, 2026
Uganda: Abatrage bazindukiye mu matora y’umukuru w’igihugu

Uganda: Abatrage bazindukiye mu matora y’umukuru w’igihugu

January 15, 2026
Perezida Kagame yakiriye ba Ambasaderi 2 bashya

Perezida Kagame yakiriye ba Ambasaderi 2 bashya

January 15, 2026
Muhanga : Uwitwa Venuste Havugimana arishyuza AFRISET Ibiva mu butaka butari ubwe

Muhanga : Uwitwa Venuste Havugimana arishyuza AFRISET Ibiva mu butaka butari ubwe

January 14, 2026

Recent News

Impera za 2026 zirasiga mu Rwanda hatangwa umuti urinda kwandura SIDA

Impera za 2026 zirasiga mu Rwanda hatangwa umuti urinda kwandura SIDA

January 15, 2026
Uganda: Abatrage bazindukiye mu matora y’umukuru w’igihugu

Uganda: Abatrage bazindukiye mu matora y’umukuru w’igihugu

January 15, 2026
Perezida Kagame yakiriye ba Ambasaderi 2 bashya

Perezida Kagame yakiriye ba Ambasaderi 2 bashya

January 15, 2026
Muhanga : Uwitwa Venuste Havugimana arishyuza AFRISET Ibiva mu butaka butari ubwe

Muhanga : Uwitwa Venuste Havugimana arishyuza AFRISET Ibiva mu butaka butari ubwe

January 14, 2026

We bring you the latest news with facts. Check our landing page for details.

Follow Us

Browse by Category

Recent News

Impera za 2026 zirasiga mu Rwanda hatangwa umuti urinda kwandura SIDA

Impera za 2026 zirasiga mu Rwanda hatangwa umuti urinda kwandura SIDA

January 15, 2026
Uganda: Abatrage bazindukiye mu matora y’umukuru w’igihugu

Uganda: Abatrage bazindukiye mu matora y’umukuru w’igihugu

January 15, 2026
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMYIDAGADURO
  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
  • INCAMACYE

© 2024 All Right Reserved IGISABO NEW PAPER Developed by ~MORGAN NIYITEGEKA

No Result
View All Result
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMYIDAGADURO
  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
  • INCAMACYE

© 2024 All Right Reserved IGISABO NEW PAPER Developed by ~MORGAN NIYITEGEKA