Bugesera: Nyamata Smart Motel niyo Motel yonyine yagufasha kuruhuka wowe n’umuryango wawe

admin
4 Min Read

Nyamata Smart Motel Ni Motel y’inyenyeri iherereye mu mujyi wa Nyamata mu karere ka Bugesera, ikaba ifite umwihariko muri bino bihe byo guhangana n’icyorezo cya covid 19. ino motel ikaba ibafitiye serivise nyinshi zitandukanye.muri serivise wasanga muri ino Motel, harimo Ifunguro igihe cyose wifuza, amacumbi meza agezweho, ndetse mbere ya covid 19 ukaba warahasangaga imyidagaduro itandukanye uretse ko yabaye ihagaritswe kugeza imyidagaduro ikomorewe.

Nyamata Smart Motel muri bino bihe byo guhangana na Covid 19, yabageneye Serivise zo kubagezaho amafunguro meza ndetse n’icyo kunywa cyijyanye nayo, ibirenze kuri ibyo kandi ino Motel ibafitiye amacumbi meza wararamo wowe n’umuryango wawe cyangwa inshuti n’abavandimwe.

Nyamata Smart Motel ifite umwihariko kubera abakozi bayo b’inararibonye babyigiye kandi bazi kwakira ababagana.ukigera muri Nyamata Smart Motel wakiranwa ubwuzu n’abakozi bazi agaciro k’umukiriya, ibyo bakabihuza no gutanga serivise yihuse kandi inoze.

Nyama Smart Motel abantu benshi bayikundira ko iherereye ahantu hatari akavuyo, ibyo bikaba bifasha abaharaye kuruhuka neza kandi bakabona n’umwanya wo gutegura akazi kabo, dore ko muri Nyamata Smart Motel babafitiye n’ahantu heza wabasha kwicara ugakora akazi kawe nta nkomyi. kubera ubunyamwuga bwa Nyamata Smart Motel byatumye ihabwa amashimwe n’Akarere ka Bugesera.

Wifuza Serivise zose zijyanye na Motel wagana Nyamata Smart Motel aho ikorera mu Karere ka Bugesera Mu murenge wa Nyamata, mu mujyi neza cyangwa ukabahamagara kuri (+250)784707013 cg (+250)788847949 ushobora no kubandikira kuri Email : nyamatasmartmotel@gmail.com abakeneye ko musanga bamaze kubatunganyiriza ibyo mwifuza twababwira iki.

IREBERE ANDI MAFOTO AGARAGAZA UBWIZA BWA NYAMATA SMART MOTEL

Uretse kuba muri Nyamata Smart Motel bafite ibyumba byiza byo kuraramo ndetse n’ahantu heza mwakorera inama mu buryo bwemewe, muri ino Motel bakugezaho amafunguro atandukanye, ndetse ababyifuza bakaba bayabagereza n’aho muherereye. ano mafunguro kandi agendana n’icyo kunywa kigufasha mu igogorwa ry’ibyo wariye.

Nawe niba wifuza ko tugufasha kumenyekanisha ibikorwa byawe, kugufatira amashusho cyangwa amafoto yibyo ukora, kuguhuza n’itangazamakuru duhamagare/whatsaap kuri 0782511443 cyangwa utwandikire kuri Email : igisabonews1@gmail.com wadusanga kandi mu mujyi wa Kigali, Remera hafi ya Stade Amahoro aho dukorera

Share This Article
Leave a Comment

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *