• Latest
Ibyo wamenya ku butumwa bwahawe abarerera muri  Mother Mary International School Complex

Ibyo wamenya ku butumwa bwahawe abarerera muri Mother Mary International School Complex

December 23, 2024
Impera za 2026 zirasiga mu Rwanda hatangwa umuti urinda kwandura SIDA

Impera za 2026 zirasiga mu Rwanda hatangwa umuti urinda kwandura SIDA

January 15, 2026
Uganda: Abatrage bazindukiye mu matora y’umukuru w’igihugu

Uganda: Abatrage bazindukiye mu matora y’umukuru w’igihugu

January 15, 2026
Perezida Kagame yakiriye ba Ambasaderi 2 bashya

Perezida Kagame yakiriye ba Ambasaderi 2 bashya

January 15, 2026
Muhanga : Uwitwa Venuste Havugimana arishyuza AFRISET Ibiva mu butaka butari ubwe

Muhanga : Uwitwa Venuste Havugimana arishyuza AFRISET Ibiva mu butaka butari ubwe

January 14, 2026
Perezida Kagame yizeje ubufatanye Gen Doumbouya wa Guinea

Perezida Kagame yizeje ubufatanye Gen Doumbouya wa Guinea

January 6, 2026
RDB yagabanyije ibiciro byo gusura Ingagi

RDB yagabanyije ibiciro byo gusura Ingagi

January 6, 2026
I Ngoma abantu 15 bakubiswe n’Inkuba ,9 bahasiga ubuzima

I Ngoma abantu 15 bakubiswe n’Inkuba ,9 bahasiga ubuzima

January 5, 2026
Ruben Amorim watozaga Manchester United yirukanwe

Ruben Amorim watozaga Manchester United yirukanwe

January 5, 2026
MIGEPROF yatabarije abagore bafunze batajya basurwa

MIGEPROF yatabarije abagore bafunze batajya basurwa

January 5, 2026
Dore zimwe mu ngamba zafatiwe mu Nama yo kurebera hamwe icyateza imbere umuryango

Dore zimwe mu ngamba zafatiwe mu Nama yo kurebera hamwe icyateza imbere umuryango

December 31, 2025
Zibaho wo gatsindwa we, kirazira mu muco wacu- Rutangarwamaboko abwira Pamela

Zibaho wo gatsindwa we, kirazira mu muco wacu- Rutangarwamaboko abwira Pamela

December 31, 2025
Uko Amb. Ndhungirehe afata ihagarikwa rya Gen Ekenge

Uko Amb. Ndhungirehe afata ihagarikwa rya Gen Ekenge

December 31, 2025
  • About
  • Advertise
  • Privacy & Policy
  • Contact
igisabo.rw
Advertisement
ADVERTISEMENT
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
    • All
    • Kwisi hose(world)
    • POLITIKE
    • Ubukungu
    • Ubumenyi(Science)
    Impera za 2026 zirasiga mu Rwanda hatangwa umuti urinda kwandura SIDA

    Impera za 2026 zirasiga mu Rwanda hatangwa umuti urinda kwandura SIDA

    Uganda: Abatrage bazindukiye mu matora y’umukuru w’igihugu

    Uganda: Abatrage bazindukiye mu matora y’umukuru w’igihugu

    Perezida Kagame yakiriye ba Ambasaderi 2 bashya

    Perezida Kagame yakiriye ba Ambasaderi 2 bashya

    Muhanga : Uwitwa Venuste Havugimana arishyuza AFRISET Ibiva mu butaka butari ubwe

    Muhanga : Uwitwa Venuste Havugimana arishyuza AFRISET Ibiva mu butaka butari ubwe

    Perezida Kagame yizeje ubufatanye Gen Doumbouya wa Guinea

    Perezida Kagame yizeje ubufatanye Gen Doumbouya wa Guinea

    RDB yagabanyije ibiciro byo gusura Ingagi

    RDB yagabanyije ibiciro byo gusura Ingagi

    Trending Tags

    • Trump Inauguration
    • United Stated
    • White House
    • Market Stories
    • Election Results
  • IKORANABUHANGA
    • All
    • Apps
    • Gadget
    • Mobile
    • Startup
    eKASH yamurikiwe ku mugaragaro abanyarwanda uko ikoreshwa n’akamaro ibafitiye 

    eKASH yamurikiwe ku mugaragaro abanyarwanda uko ikoreshwa n’akamaro ibafitiye 

    IBTC Kigali ishyigikiye ko gahunda z’ikoranabuhanga na Tekinike zakwigishwa mu Kinyarwanda

    IBTC Kigali ishyigikiye ko gahunda z’ikoranabuhanga na Tekinike zakwigishwa mu Kinyarwanda

    Sosiyete ya MTN Rwanda yatumijweho kugira ngo yisobanure kuri serivise mbi imaze iminsi itanga

    Sosiyete ya MTN Rwanda yatumijweho kugira ngo yisobanure kuri serivise mbi imaze iminsi itanga

    Mu Rwanda hagejejwe telephone za Infinix  zifite umwihariko n’udushya bidasanzwe

    Mu Rwanda hagejejwe telephone za Infinix zifite umwihariko n’udushya bidasanzwe

    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    Trending Tags

    • Nintendo Switch
    • CES 2017
    • Playstation 4 Pro
    • Mark Zuckerberg
  • IMYIDAGADURO
    • All
    • FILIMI
    • Imikino n'Imyidagaduro
    • Muzika
    • Siporo
    Ruben Amorim watozaga Manchester United yirukanwe

    Ruben Amorim watozaga Manchester United yirukanwe

    Zibaho wo gatsindwa we, kirazira mu muco wacu- Rutangarwamaboko abwira Pamela

    Zibaho wo gatsindwa we, kirazira mu muco wacu- Rutangarwamaboko abwira Pamela

    UEFA Champions League: Barcelona na Man city zatsinzwe

    UEFA Champions League: Barcelona na Man city zatsinzwe

    RGB yasheshe komite za Rayon sport Murenzi Abdallah yongera kuyifata bwa 3

    RGB yasheshe komite za Rayon sport Murenzi Abdallah yongera kuyifata bwa 3

    Trinity Nyakabingo FC niyo izahatanira igikombe na Rutongo Mines FC

    Trinity Nyakabingo FC niyo izahatanira igikombe na Rutongo Mines FC

    Rutongo Mines Fc iraranye Ikite iyihesha gukina Umukino wa nyuma

    Rutongo Mines Fc iraranye Ikite iyihesha gukina Umukino wa nyuma

  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
    • All
    • Fashion(Imideri)
    • Imirire
    • Ubucyerarugendo
    • Ubuzima
    Impera za 2026 zirasiga mu Rwanda hatangwa umuti urinda kwandura SIDA

    Impera za 2026 zirasiga mu Rwanda hatangwa umuti urinda kwandura SIDA

    Muhanga : Uwitwa Venuste Havugimana arishyuza AFRISET Ibiva mu butaka butari ubwe

    Muhanga : Uwitwa Venuste Havugimana arishyuza AFRISET Ibiva mu butaka butari ubwe

    RDB yagabanyije ibiciro byo gusura Ingagi

    RDB yagabanyije ibiciro byo gusura Ingagi

    Dore zimwe mu ngamba zafatiwe mu Nama yo kurebera hamwe icyateza imbere umuryango

    Dore zimwe mu ngamba zafatiwe mu Nama yo kurebera hamwe icyateza imbere umuryango

    Abaforomo n’ababyaza basabwe gukunda ibyo bakora

    Abaforomo n’ababyaza basabwe gukunda ibyo bakora

    Rév. Pasiteri Mudagiri Tabazi umwigisha w’Ijambo ry’Imana yatabarutse

    Rév. Pasiteri Mudagiri Tabazi umwigisha w’Ijambo ry’Imana yatabarutse

    Trending Tags

    • Golden Globes
    • Game of Thrones
    • MotoGP 2017
    • eSports
    • Fashion Week
  • INCAMACYE
    Kiliziya ya Ste Famille yizihije Umunsi Mukuru wayo hatangizwa Urugendo rwa Yubile y’Imyaka 50 Arkidiyosezi ya Kigali imaze ishinzwe

    Kiliziya ya Ste Famille yizihije Umunsi Mukuru wayo hatangizwa Urugendo rwa Yubile y’Imyaka 50 Arkidiyosezi ya Kigali imaze ishinzwe

    Polisi y’u Rwanda yungutse abapolisi 1903 bashya

    Polisi y’u Rwanda yungutse abapolisi 1903 bashya

    Abakorera Garage ATECAR bavuga ko bakora biyungura ubumenyi bugendanye n’ibinyabiziga biba bigezweho

    Abakorera Garage ATECAR bavuga ko bakora biyungura ubumenyi bugendanye n’ibinyabiziga biba bigezweho

    Mu cyumweru cyahariwe ubutabera hazibandwa ku buhuza nk’uburyo bufasha kudasiragira mu nkiko

    Mu cyumweru cyahariwe ubutabera hazibandwa ku buhuza nk’uburyo bufasha kudasiragira mu nkiko

    eKASH yamurikiwe ku mugaragaro abanyarwanda uko ikoreshwa n’akamaro ibafitiye 

    eKASH yamurikiwe ku mugaragaro abanyarwanda uko ikoreshwa n’akamaro ibafitiye 

    Amatike ashobora gushira mbere y’igitaramo-Abifuza kuzataramana na Richard Nick Ngendahayo baburiwe

    Amatike ashobora gushira mbere y’igitaramo-Abifuza kuzataramana na Richard Nick Ngendahayo baburiwe

No Result
View All Result
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
    • All
    • Kwisi hose(world)
    • POLITIKE
    • Ubukungu
    • Ubumenyi(Science)
    Impera za 2026 zirasiga mu Rwanda hatangwa umuti urinda kwandura SIDA

    Impera za 2026 zirasiga mu Rwanda hatangwa umuti urinda kwandura SIDA

    Uganda: Abatrage bazindukiye mu matora y’umukuru w’igihugu

    Uganda: Abatrage bazindukiye mu matora y’umukuru w’igihugu

    Perezida Kagame yakiriye ba Ambasaderi 2 bashya

    Perezida Kagame yakiriye ba Ambasaderi 2 bashya

    Muhanga : Uwitwa Venuste Havugimana arishyuza AFRISET Ibiva mu butaka butari ubwe

    Muhanga : Uwitwa Venuste Havugimana arishyuza AFRISET Ibiva mu butaka butari ubwe

    Perezida Kagame yizeje ubufatanye Gen Doumbouya wa Guinea

    Perezida Kagame yizeje ubufatanye Gen Doumbouya wa Guinea

    RDB yagabanyije ibiciro byo gusura Ingagi

    RDB yagabanyije ibiciro byo gusura Ingagi

    Trending Tags

    • Trump Inauguration
    • United Stated
    • White House
    • Market Stories
    • Election Results
  • IKORANABUHANGA
    • All
    • Apps
    • Gadget
    • Mobile
    • Startup
    eKASH yamurikiwe ku mugaragaro abanyarwanda uko ikoreshwa n’akamaro ibafitiye 

    eKASH yamurikiwe ku mugaragaro abanyarwanda uko ikoreshwa n’akamaro ibafitiye 

    IBTC Kigali ishyigikiye ko gahunda z’ikoranabuhanga na Tekinike zakwigishwa mu Kinyarwanda

    IBTC Kigali ishyigikiye ko gahunda z’ikoranabuhanga na Tekinike zakwigishwa mu Kinyarwanda

    Sosiyete ya MTN Rwanda yatumijweho kugira ngo yisobanure kuri serivise mbi imaze iminsi itanga

    Sosiyete ya MTN Rwanda yatumijweho kugira ngo yisobanure kuri serivise mbi imaze iminsi itanga

    Mu Rwanda hagejejwe telephone za Infinix  zifite umwihariko n’udushya bidasanzwe

    Mu Rwanda hagejejwe telephone za Infinix zifite umwihariko n’udushya bidasanzwe

    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    Trending Tags

    • Nintendo Switch
    • CES 2017
    • Playstation 4 Pro
    • Mark Zuckerberg
  • IMYIDAGADURO
    • All
    • FILIMI
    • Imikino n'Imyidagaduro
    • Muzika
    • Siporo
    Ruben Amorim watozaga Manchester United yirukanwe

    Ruben Amorim watozaga Manchester United yirukanwe

    Zibaho wo gatsindwa we, kirazira mu muco wacu- Rutangarwamaboko abwira Pamela

    Zibaho wo gatsindwa we, kirazira mu muco wacu- Rutangarwamaboko abwira Pamela

    UEFA Champions League: Barcelona na Man city zatsinzwe

    UEFA Champions League: Barcelona na Man city zatsinzwe

    RGB yasheshe komite za Rayon sport Murenzi Abdallah yongera kuyifata bwa 3

    RGB yasheshe komite za Rayon sport Murenzi Abdallah yongera kuyifata bwa 3

    Trinity Nyakabingo FC niyo izahatanira igikombe na Rutongo Mines FC

    Trinity Nyakabingo FC niyo izahatanira igikombe na Rutongo Mines FC

    Rutongo Mines Fc iraranye Ikite iyihesha gukina Umukino wa nyuma

    Rutongo Mines Fc iraranye Ikite iyihesha gukina Umukino wa nyuma

  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
    • All
    • Fashion(Imideri)
    • Imirire
    • Ubucyerarugendo
    • Ubuzima
    Impera za 2026 zirasiga mu Rwanda hatangwa umuti urinda kwandura SIDA

    Impera za 2026 zirasiga mu Rwanda hatangwa umuti urinda kwandura SIDA

    Muhanga : Uwitwa Venuste Havugimana arishyuza AFRISET Ibiva mu butaka butari ubwe

    Muhanga : Uwitwa Venuste Havugimana arishyuza AFRISET Ibiva mu butaka butari ubwe

    RDB yagabanyije ibiciro byo gusura Ingagi

    RDB yagabanyije ibiciro byo gusura Ingagi

    Dore zimwe mu ngamba zafatiwe mu Nama yo kurebera hamwe icyateza imbere umuryango

    Dore zimwe mu ngamba zafatiwe mu Nama yo kurebera hamwe icyateza imbere umuryango

    Abaforomo n’ababyaza basabwe gukunda ibyo bakora

    Abaforomo n’ababyaza basabwe gukunda ibyo bakora

    Rév. Pasiteri Mudagiri Tabazi umwigisha w’Ijambo ry’Imana yatabarutse

    Rév. Pasiteri Mudagiri Tabazi umwigisha w’Ijambo ry’Imana yatabarutse

    Trending Tags

    • Golden Globes
    • Game of Thrones
    • MotoGP 2017
    • eSports
    • Fashion Week
  • INCAMACYE
    Kiliziya ya Ste Famille yizihije Umunsi Mukuru wayo hatangizwa Urugendo rwa Yubile y’Imyaka 50 Arkidiyosezi ya Kigali imaze ishinzwe

    Kiliziya ya Ste Famille yizihije Umunsi Mukuru wayo hatangizwa Urugendo rwa Yubile y’Imyaka 50 Arkidiyosezi ya Kigali imaze ishinzwe

    Polisi y’u Rwanda yungutse abapolisi 1903 bashya

    Polisi y’u Rwanda yungutse abapolisi 1903 bashya

    Abakorera Garage ATECAR bavuga ko bakora biyungura ubumenyi bugendanye n’ibinyabiziga biba bigezweho

    Abakorera Garage ATECAR bavuga ko bakora biyungura ubumenyi bugendanye n’ibinyabiziga biba bigezweho

    Mu cyumweru cyahariwe ubutabera hazibandwa ku buhuza nk’uburyo bufasha kudasiragira mu nkiko

    Mu cyumweru cyahariwe ubutabera hazibandwa ku buhuza nk’uburyo bufasha kudasiragira mu nkiko

    eKASH yamurikiwe ku mugaragaro abanyarwanda uko ikoreshwa n’akamaro ibafitiye 

    eKASH yamurikiwe ku mugaragaro abanyarwanda uko ikoreshwa n’akamaro ibafitiye 

    Amatike ashobora gushira mbere y’igitaramo-Abifuza kuzataramana na Richard Nick Ngendahayo baburiwe

    Amatike ashobora gushira mbere y’igitaramo-Abifuza kuzataramana na Richard Nick Ngendahayo baburiwe

No Result
View All Result
igisabo.rw
No Result
View All Result
Home Amakuru

Ibyo wamenya ku butumwa bwahawe abarerera muri Mother Mary International School Complex

NIYONKURU Edouard by NIYONKURU Edouard
December 23, 2024
in Amakuru, Amakuru y'ingenzi, Uburezi
0
Ibyo wamenya ku butumwa bwahawe abarerera muri  Mother Mary International School Complex
0
SHARES
428
VIEWS
Share on FacebookShare on Twitter

Mu gihe abanyeshuri bo mu bigo bitandukanye byo mu Rwanda bari gutangira ibiruhuko by’igihembwe cya mbere bihurirana n’Umunsi mukuru wa Noheli n’uw’ubunani, muri Mother Mary International Ishuri Mpuzamahanga rikorera Kibagabaga mu Karere ka Gasabo n’i Gahanga mu Karere ka Kicukiro, kuri uyu wa 21 Ukuboza 2024 basoje igikorwa cyo kwifuriza abana barera n’ababyeyi babo Noheli n’umwaka mushya wa 2025, ahatanzwe ubutumwa bwo gukomeza gufasha abana mu myigire ya buri munsi batozwa kugira ubumuntu no kurangwa n’indangagaciro za Gikiristu.

Ni igikorwa cyabereye ku ishami rya Mother Mary International Complex rihereye i Gahanga mu Karere ka Kicukiro kuri uyu wa 21 Ukuboza 2024, hagamijwe ahanini kwifuriza Noheli nziza n’Umwaka mushya ibibondo biharererwa kuva mu Kiburamwaka “Nursery” kugeza mu mwaka wa gatandatu w’amashuri abanza “Primary”.

Ni nyuma y’aho no kuwa 14 Ukuboza  2024 igikorwa nk’icyo cyari cyabereye ku kicaro gikuru cy’ishuri giherereye i Kibagabaga mu Karere ka Gasabo, aha hose ababyeyi bakaba barashimiye cyane Bwana Rwabigwi Cyprien, Umuyobozi mukuru akaba n’uwashinze ikigo, uburyo akomeje gushyigikira ireme ry’Uburezi mu Rwanda ashinga amashuri agezweho, amashuri arererwamo abana b’abahanga batsinda amasomo yose bigishwa.

Bwana Rwabigwi Cyprien Umuyobozi mukuru wa Mother Mary International Complex ushimwa cyane n’ababyeyi, avuga ko kuba Umurezi ubusanzwe bisaba guhozaho ntucike intege,  ugahora ushakisha icyatuma ibikorwa watangiye byaguka, abana bakiga neza, ukabashakira abarimu babishoboye n’imfashanyigisho zigezweho.

Bwana Rwabigwi Cyprien Umuyobozi Mukuru wa Mother Mary International Complex

Agiraa ati ”Icyo nabawira ni uko kuba tuba kuri ibi byiza byose mubona ntabwo ariko byatangiye. Twatangiriye ku banyeshuri 23 gusa, abarimu batarenze babiri, inyubako ari hafi ya ntazo, nyamara ubu turabara abarimu barenga 200, abanyeshuri barenga 1500, inyubako zigezweho n’izindi ziri kubakwa. Hano i Gahanga dutangira ababyeyi bamwe ntibabyumvaga neza. Cyakora ndashima ko abana bamaze kuba benshi, cyane ko twahaje kubera ibyifuzo byabo. Icyo twababwira ni uko mu minsi mike Gahanga haba hari inyubako zikomeye kandi zigezweho, inyubako zizaba zifite agaciro kagera kuri Miliyoni 20 z’amadorari.” 

Avuga ko ashimira cyane abayeyi b’i Gahanga, uburyo bakiranye na yombi Mother Mary International School Complex bazana abana babo ari benshi.

Abasaba gukomezanya uwo murava bafite, maze abemerera ko umwaka utaha hazatangizwa n’umwaka wa 7 w’abazaba barangije amashuri abanza ibindi byiciro bikazagenda bitangizwa nabyo buhoro buhoro.

Aboneraho kandi gusaba ababyeyi bose, baba abarerera i Gahanga n’abarerea i Kibagabaga, kumenya neza ko abana barera, bazaba uko bazashaka ko babaho, bityo abasaba kubafasha  kwiga neza uko bikwiriye bagatsinda amasomo yose, bakanabatoza kuba abantu nyabo barangwa no kumvira n’urukundo ntibabe ibyigenge, ahubwo bagatozwa umuco wo kuzaba abagabo n’abagore babereye u Rwanda mu bihe biri imbere.

Umuyobozi Mukuru wa Mother Mary yafatanyije n’ababyeyi n’abana gukata umutsima wa Nohel n’Ubunani

Ku rundi ruhande, ashimira cyane Nyakubahwa Perezida wa Repubuloka Paul Kagame afata nk’intwari, uburyo atajya aryama agamije ko u Rwanda rukomeza kurangwa n’umutekano n’imibereho myiza y’abaturage. 

By’umwihariko akaba amushimira imbaraga ashyira mu guteza imbere uburezi, akaba yarashyizeho gahunda nziza y’Uburezi kuri bose, ari nabyo biha abana bose uburenganzira bwo kwiga, kugira ngo ahanini nibasoza, bazanabashe kwigirira akamaro ubwabo n’igihugu cyabibarutse.

Ibibondo byo muri Mother Mary bari babukereye kugira ngo bahabwe Noheli n’Ubunani

Bamwe mu babyeyi barerera muri Mother Mary International School Complex, bashimangira ko umwana wese wize ku kigo bari kurereraho, bigoranye kumugereranya n’uwiga ahandi, bitewe n’ubumenyi baba bafite, bikaba byanagaragajwe n’uburyo abana bato bavuga indimi zitandukanye nk’abantu bakuru.

Hategekimana Anastase, afite abana babiri biga kuri Mother Mary International School Complex,  biga neza ku buryo yishimira cyane.

Agira ati “Iki kigo cyaje hano mu kagari ka Murinja tugikeneye cyane. Twabanje kujya kubisaba ubuyobozi bw’ikigo butwizeza ko buzabyigaho. Icyo gihe twavanaga abana hano, tukabajyana kwigira Kibagabaga. Ubuyobozi bwaradufashije kuko batujyaniraga abana bakanabacyura ku buntu, kugeza ubwo batwubakiye amashuri yacu abana bari kwiga neza turanezerewe.”

Bwana Hategekimana Anastase umwe mu babyeyi bishimiye kurerera muri Mother Mary International School Complex

Avuga ko ikimushimisha cyane, ari uburyo abana  baza bamubwira ko bigishwa neza, ku buryo akana gato kari gucuka baba bansaba ko nkazana  bakigana, umwaka utaha nako nzakabaha kazaba kamaze gukura. 

Ibyo Hategekimana avuga bishimangirwa na Carine Uwankunda, nawe uharerera, akavuga  kuva yamenya Mother Mary, yasanze nta rindi shuri yashyiramo umwana we, ahamagarira ababyeyi bose kuhazana abana babo kugira ngo babone itandukaniro riri hagati ya Mother Mary n’andi mashuri.

Madame Carine Uwakunda ahamagarira ababyeyi kuzana abana muri Mother Mary ari benshi

Agira ati “Twagize amahirwe hano i Gahanga, kuba twarabonye ishuri ry’intangarugero hano iwacu. Mu by’ukuri abana bacu bari kwiga neza, mwabonye uburyo bavuga indimi neza. Turashimira iki kigo cyane ko gifite abarimu b’ababanga babishoboye, aribo baha abana bacu Ireme ry’uburezi bubakwiriye. Ndashishikariza ababyeyi bo muri Kicukiro bose na Bugesera kudacikwa n’aya mahirwe yo kubona ikigo cy’intangarugero nk’iki ngiki, maze bazane abana babo bahabwe uburezi buzira inenge nk’uko intego y’ikigo bivuga.

Umuyobozi ushinzwe imari n’ubutegetsi muri Mother Mary International School Complex Didace Munyaribanje, yunga mubyo ababyeyi bavuga byo gushimira Ubuyobozi bukuru bw’ishuri.

Bwana Munyaribanje Didace ushinzwe imari n’abakozi muri Mother Mary International School Complex

Avuga ko nk’umuntu uhamaze igihe, yabonye kandi yigira byinshi kuri Bwana Cyprien Rwabigwi ukomeje kugaragaza urukundo afitiye abanyarwanda abegereza amshuri hafi, kugira ngo abana bose bagerweho n’ireme ry’uburezi ryifuzwa.

Agira ati “Umuyobozi wacu Mukuru  namugereranya n’intwari ikomeye. Ndamukunda cyane kuko icyo atekereje cyose bucya yagishyize mu bikorwa. Urugero nabaha ni hano i Gahanga. Yahatangije tutazi ko hazitabirirwa ku gipimo nk’iki. Rwose Imana niyo izamwihembera ibyo amaze gukorera abanyarwanda nta gihembo twe twamubonera tumuragije Imana yacu gusa.”

Mother Mary Interantional School Complex ni rimwe mu mashuri mpuzamahaga akunzwe kandi atanga Ireme ry’uburezi buhamye.

Ababyeyi bari baherekeje abana babo ari benshi

Ni ishuri rirangwa no kugira abanyeshuri b’abahanga kandi batsinda amasomo yose, iyo basoje bahita bakirwa muri za Kaminuza zikomeye zo ku isi.

Abarerera kuri iri ishuri, bashima cyane iki kigo uburyo kibafatira neza abana. Uretse no kuba bigishwa neza, banishimira uburyo abana bahabwa mafunguro atunganyije neza.

Akarusho bagashima kandi ko Mother Mary Intenational School Complex, ari ishuri rirangwa n’Indangaciro za Gikirisitu, abana babo bakaba barangwa n’ikinyabupfura n’imico myiza.

Bwana Cyprien Rwabigwi n’abo bayoborana mu gikorwa cyo kwifuriza abana n’ababyeyi Noheli nziza n’Ubunani

ANDI MAFOTO:

Igisabo.rw

Previous Post

Abifuza aho kwizihiriza Noheli n’Ubunani Hotel IBIGABIRO yo muri Rutsiro yabashyize igorora

Next Post

Ikinyamakuru Igisabo nomero ya 28 cyasohotse SPECIALE NOHELI N’UMWAKA MUSHYA 2025

NIYONKURU Edouard

NIYONKURU Edouard

Next Post
Ikinyamakuru Igisabo nomero ya 28 cyasohotse SPECIALE NOHELI N’UMWAKA MUSHYA 2025

Ikinyamakuru Igisabo nomero ya 28 cyasohotse SPECIALE NOHELI N'UMWAKA MUSHYA 2025

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Stay Connected test

  • 99 Subscribers
ADVERTISEMENT
  • Trending
  • Comments
  • Latest
Rurageretse hagati y’uwahoze ari Minisitiri n’uwo yijeje kugira Umugore akishakira undi

Rurageretse hagati y’uwahoze ari Minisitiri n’uwo yijeje kugira Umugore akishakira undi

December 2, 2025

Dore igisubizo ku bagabo bafite igitsina gito

December 30, 2020
Sobanukirwa uko amapeti y’abapolisi mu Rwanda arutanwa n’imishahara yabo

Sobanukirwa uko amapeti y’abapolisi mu Rwanda arutanwa n’imishahara yabo

September 19, 2020

Gitisi Secondary & TVET School ni Amizero arambye y’urubyiruko rwahisemo kuhiga

September 3, 2021
Urwego rw’igihugu rushinzwe Igorora RCS rwirukanye ACP Dr George Ruterana

Urwego rw’igihugu rushinzwe Igorora RCS rwirukanye ACP Dr George Ruterana

6

Hello world!

1
Kicukiro: Akagari ka Nyanza  bakomeje kubaka akajagari bakingiwe ikibaba n’Abayobozi b’inzego z’ibanze

Kicukiro: Akagari ka Nyanza bakomeje kubaka akajagari bakingiwe ikibaba n’Abayobozi b’inzego z’ibanze

1

Shadow Tactics: Blades of the Shogun Review

0
Impera za 2026 zirasiga mu Rwanda hatangwa umuti urinda kwandura SIDA

Impera za 2026 zirasiga mu Rwanda hatangwa umuti urinda kwandura SIDA

January 15, 2026
Uganda: Abatrage bazindukiye mu matora y’umukuru w’igihugu

Uganda: Abatrage bazindukiye mu matora y’umukuru w’igihugu

January 15, 2026
Perezida Kagame yakiriye ba Ambasaderi 2 bashya

Perezida Kagame yakiriye ba Ambasaderi 2 bashya

January 15, 2026
Muhanga : Uwitwa Venuste Havugimana arishyuza AFRISET Ibiva mu butaka butari ubwe

Muhanga : Uwitwa Venuste Havugimana arishyuza AFRISET Ibiva mu butaka butari ubwe

January 14, 2026

Recent News

Impera za 2026 zirasiga mu Rwanda hatangwa umuti urinda kwandura SIDA

Impera za 2026 zirasiga mu Rwanda hatangwa umuti urinda kwandura SIDA

January 15, 2026
Uganda: Abatrage bazindukiye mu matora y’umukuru w’igihugu

Uganda: Abatrage bazindukiye mu matora y’umukuru w’igihugu

January 15, 2026
Perezida Kagame yakiriye ba Ambasaderi 2 bashya

Perezida Kagame yakiriye ba Ambasaderi 2 bashya

January 15, 2026
Muhanga : Uwitwa Venuste Havugimana arishyuza AFRISET Ibiva mu butaka butari ubwe

Muhanga : Uwitwa Venuste Havugimana arishyuza AFRISET Ibiva mu butaka butari ubwe

January 14, 2026

We bring you the latest news with facts. Check our landing page for details.

Follow Us

Browse by Category

Recent News

Impera za 2026 zirasiga mu Rwanda hatangwa umuti urinda kwandura SIDA

Impera za 2026 zirasiga mu Rwanda hatangwa umuti urinda kwandura SIDA

January 15, 2026
Uganda: Abatrage bazindukiye mu matora y’umukuru w’igihugu

Uganda: Abatrage bazindukiye mu matora y’umukuru w’igihugu

January 15, 2026
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMYIDAGADURO
  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
  • INCAMACYE

© 2024 All Right Reserved IGISABO NEW PAPER Developed by ~MORGAN NIYITEGEKA

No Result
View All Result
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMYIDAGADURO
  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
  • INCAMACYE

© 2024 All Right Reserved IGISABO NEW PAPER Developed by ~MORGAN NIYITEGEKA