• Latest
Gasabo: Abahagarariye abandi bakanguriwe kurandura burundu icuruzwa ry’abantu

Gasabo: Abahagarariye abandi bakanguriwe kurandura burundu icuruzwa ry’abantu

August 29, 2024
Huye: RERA Mountain Honey ishishikajwe cyane no kubyutsa Umwuga w’Ubuvumvu wari ugiye gukendera

Huye: RERA Mountain Honey ishishikajwe cyane no kubyutsa Umwuga w’Ubuvumvu wari ugiye gukendera

May 15, 2025
Menya uburyo IBTC Ltd iri gufasha urubyiruko kumenya gutegura Ikawa mu buryo bugezweho

Menya uburyo IBTC Ltd iri gufasha urubyiruko kumenya gutegura Ikawa mu buryo bugezweho

May 14, 2025
Ishyaka Green Party ryemeje Abakomiseri bashya rinasaba Abanyarwanda guhangana n’ingaruka z’ibihano byafatiwe u Rwanda

Ishyaka Green Party ryemeje Abakomiseri bashya rinasaba Abanyarwanda guhangana n’ingaruka z’ibihano byafatiwe u Rwanda

May 10, 2025
Nyakabanda: Konseye Gregoire yabeshye abatutsi ihumure bava aho bari bihishe bose baricwa

Nyakabanda: Konseye Gregoire yabeshye abatutsi ihumure bava aho bari bihishe bose baricwa

May 10, 2025
Menya uburyohe buhebuje bw’inzoga ya “MPA NGUHE” yengwa n’Akahebuje Ltd yo mu Karere ka Rwamagana

Menya uburyohe buhebuje bw’inzoga ya “MPA NGUHE” yengwa n’Akahebuje Ltd yo mu Karere ka Rwamagana

May 9, 2025
NT Mining Company Ltd ikora Ubucukuzi bw’amabuye y”Agaciro yateje imbere Abaturage b’i Rukoma muri Kamonyi

NT Mining Company Ltd ikora Ubucukuzi bw’amabuye y”Agaciro yateje imbere Abaturage b’i Rukoma muri Kamonyi

May 1, 2025
Polisi y’igihugu yahaye ubutumwa abasore n’inkumi basoje amahugurwa muri GUARDSMARK Security

Polisi y’igihugu yahaye ubutumwa abasore n’inkumi basoje amahugurwa muri GUARDSMARK Security

April 29, 2025
Amateka y’umunsi mpuzamahanga w’ibidukikije ndetse n’icyumweru cy’ibidukikije mu Rwanda

Amateka y’umunsi mpuzamahanga w’ibidukikije ndetse n’icyumweru cy’ibidukikije mu Rwanda

April 25, 2025
Samuel Gueulette w’Amavubi mu bahataniye igihembo cy’umukinnyi mwiza wa Mata

Samuel Gueulette w’Amavubi mu bahataniye igihembo cy’umukinnyi mwiza wa Mata

April 25, 2025
Gisagara: 54% by’abarwaye Malaria bavuwe n’Abajyanama b’Ubuzima

Gisagara: 54% by’abarwaye Malaria bavuwe n’Abajyanama b’Ubuzima

April 25, 2025
Jenoside ntabwo ari ikiza cyangwa indwara itungurana – Madamu Jeannette Kagame

Jenoside ntabwo ari ikiza cyangwa indwara itungurana – Madamu Jeannette Kagame

April 25, 2025
Chriss Eazy agiye gutaramira i Burayi

Chriss Eazy agiye gutaramira i Burayi

April 25, 2025
  • About
  • Advertise
  • Privacy & Policy
  • Contact
igisabo.rw
Advertisement
ADVERTISEMENT
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
    • All
    • Kwisi hose(world)
    • POLITIKE
    • Ubukungu
    • Ubumenyi(Science)
    Huye: RERA Mountain Honey ishishikajwe cyane no kubyutsa Umwuga w’Ubuvumvu wari ugiye gukendera

    Huye: RERA Mountain Honey ishishikajwe cyane no kubyutsa Umwuga w’Ubuvumvu wari ugiye gukendera

    Menya uburyo IBTC Ltd iri gufasha urubyiruko kumenya gutegura Ikawa mu buryo bugezweho

    Menya uburyo IBTC Ltd iri gufasha urubyiruko kumenya gutegura Ikawa mu buryo bugezweho

    Ishyaka Green Party ryemeje Abakomiseri bashya rinasaba Abanyarwanda guhangana n’ingaruka z’ibihano byafatiwe u Rwanda

    Ishyaka Green Party ryemeje Abakomiseri bashya rinasaba Abanyarwanda guhangana n’ingaruka z’ibihano byafatiwe u Rwanda

    Nyakabanda: Konseye Gregoire yabeshye abatutsi ihumure bava aho bari bihishe bose baricwa

    Nyakabanda: Konseye Gregoire yabeshye abatutsi ihumure bava aho bari bihishe bose baricwa

    Menya uburyohe buhebuje bw’inzoga ya “MPA NGUHE” yengwa n’Akahebuje Ltd yo mu Karere ka Rwamagana

    Menya uburyohe buhebuje bw’inzoga ya “MPA NGUHE” yengwa n’Akahebuje Ltd yo mu Karere ka Rwamagana

    NT Mining Company Ltd ikora Ubucukuzi bw’amabuye y”Agaciro yateje imbere Abaturage b’i Rukoma muri Kamonyi

    NT Mining Company Ltd ikora Ubucukuzi bw’amabuye y”Agaciro yateje imbere Abaturage b’i Rukoma muri Kamonyi

    Trending Tags

    • Trump Inauguration
    • United Stated
    • White House
    • Market Stories
    • Election Results
  • IKORANABUHANGA
    • All
    • Apps
    • Gadget
    • Mobile
    • Startup
    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Trending Tags

    • Nintendo Switch
    • CES 2017
    • Playstation 4 Pro
    • Mark Zuckerberg
  • IMYIDAGADURO
    • All
    • FILIMI
    • Imikino n'Imyidagaduro
    • Muzika
    • Siporo
    Umuraperi Ice Cube agiye gukota ibitaramo bizaba bivuga ukuri ku butegetsi bwa Amerika

    Umuraperi Ice Cube agiye gukota ibitaramo bizaba bivuga ukuri ku butegetsi bwa Amerika

    Hamenyekanye itariki y’amatora y’abagize komite Olempike y’imikino na Siporo mu Rwanda

    Hamenyekanye itariki y’amatora y’abagize komite Olempike y’imikino na Siporo mu Rwanda

    Ategerejwe ubutaha muri  Bk Arena-Umuhanzi Cyprien Rwabigwi wasusurukije abanya Gikondo, aho bicara hakababana hato

    Ategerejwe ubutaha muri Bk Arena-Umuhanzi Cyprien Rwabigwi wasusurukije abanya Gikondo, aho bicara hakababana hato

    Mu kubifuriza umwaka mushya Uwaririmbye ‘NKUBONE’ agiye gutaramira abanya-Gikondo

    Mu kubifuriza umwaka mushya Uwaririmbye ‘NKUBONE’ agiye gutaramira abanya-Gikondo

    Kunda mugenzi wawe uko ari kose umwubahe nk’Umuntu nkawe

    Kunda mugenzi wawe uko ari kose umwubahe nk’Umuntu nkawe

    Menya imigabo n’imigambi uwatorerewe kuyobora Rayon Sports ayifitiye

    Menya imigabo n’imigambi uwatorerewe kuyobora Rayon Sports ayifitiye

  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
    • All
    • Fashion(Imideri)
    • Imirire
    • Ubucyerarugendo
    • Ubuzima
    Menya uburyo IBTC Ltd iri gufasha urubyiruko kumenya gutegura Ikawa mu buryo bugezweho

    Menya uburyo IBTC Ltd iri gufasha urubyiruko kumenya gutegura Ikawa mu buryo bugezweho

    Nyakabanda: Konseye Gregoire yabeshye abatutsi ihumure bava aho bari bihishe bose baricwa

    Nyakabanda: Konseye Gregoire yabeshye abatutsi ihumure bava aho bari bihishe bose baricwa

    Menya uburyohe buhebuje bw’inzoga ya “MPA NGUHE” yengwa n’Akahebuje Ltd yo mu Karere ka Rwamagana

    Menya uburyohe buhebuje bw’inzoga ya “MPA NGUHE” yengwa n’Akahebuje Ltd yo mu Karere ka Rwamagana

    Umujyi wa Kigali watangiye kwimura abatuye mu manegeka kubera imvura

    Umujyi wa Kigali watangiye kwimura abatuye mu manegeka kubera imvura

    Umwanditsi w’ibitabo Hategekimana Richard yashimiwe nk’umwanditsi w’umwaka

    Umwanditsi w’ibitabo Hategekimana Richard yashimiwe nk’umwanditsi w’umwaka

    Abakundaga amasengesho ya Saa Sita yo ku ‘INKURU NZIZA’ bashonje bahishiwe

    Abakundaga amasengesho ya Saa Sita yo ku ‘INKURU NZIZA’ bashonje bahishiwe

    Trending Tags

    • Golden Globes
    • Game of Thrones
    • MotoGP 2017
    • eSports
    • Fashion Week
  • INCAMACYE
    Menya uburyo IBTC Ltd iri gufasha urubyiruko kumenya gutegura Ikawa mu buryo bugezweho

    Menya uburyo IBTC Ltd iri gufasha urubyiruko kumenya gutegura Ikawa mu buryo bugezweho

    Nyakabanda: Konseye Gregoire yabeshye abatutsi ihumure bava aho bari bihishe bose baricwa

    Nyakabanda: Konseye Gregoire yabeshye abatutsi ihumure bava aho bari bihishe bose baricwa

    Menya uburyohe buhebuje bw’inzoga ya “MPA NGUHE” yengwa n’Akahebuje Ltd yo mu Karere ka Rwamagana

    Menya uburyohe buhebuje bw’inzoga ya “MPA NGUHE” yengwa n’Akahebuje Ltd yo mu Karere ka Rwamagana

    Polisi y’igihugu yahaye ubutumwa abasore n’inkumi basoje amahugurwa muri GUARDSMARK Security

    Polisi y’igihugu yahaye ubutumwa abasore n’inkumi basoje amahugurwa muri GUARDSMARK Security

    Urugo rwa Joseph Kabila rukomeje gusakwa n’ibirimo imitungo ye

    Urugo rwa Joseph Kabila rukomeje gusakwa n’ibirimo imitungo ye

    Amerika ishobora guhagarika inkunga yatangaga kuri Loni na OTAN

    Amerika ishobora guhagarika inkunga yatangaga kuri Loni na OTAN

No Result
View All Result
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
    • All
    • Kwisi hose(world)
    • POLITIKE
    • Ubukungu
    • Ubumenyi(Science)
    Huye: RERA Mountain Honey ishishikajwe cyane no kubyutsa Umwuga w’Ubuvumvu wari ugiye gukendera

    Huye: RERA Mountain Honey ishishikajwe cyane no kubyutsa Umwuga w’Ubuvumvu wari ugiye gukendera

    Menya uburyo IBTC Ltd iri gufasha urubyiruko kumenya gutegura Ikawa mu buryo bugezweho

    Menya uburyo IBTC Ltd iri gufasha urubyiruko kumenya gutegura Ikawa mu buryo bugezweho

    Ishyaka Green Party ryemeje Abakomiseri bashya rinasaba Abanyarwanda guhangana n’ingaruka z’ibihano byafatiwe u Rwanda

    Ishyaka Green Party ryemeje Abakomiseri bashya rinasaba Abanyarwanda guhangana n’ingaruka z’ibihano byafatiwe u Rwanda

    Nyakabanda: Konseye Gregoire yabeshye abatutsi ihumure bava aho bari bihishe bose baricwa

    Nyakabanda: Konseye Gregoire yabeshye abatutsi ihumure bava aho bari bihishe bose baricwa

    Menya uburyohe buhebuje bw’inzoga ya “MPA NGUHE” yengwa n’Akahebuje Ltd yo mu Karere ka Rwamagana

    Menya uburyohe buhebuje bw’inzoga ya “MPA NGUHE” yengwa n’Akahebuje Ltd yo mu Karere ka Rwamagana

    NT Mining Company Ltd ikora Ubucukuzi bw’amabuye y”Agaciro yateje imbere Abaturage b’i Rukoma muri Kamonyi

    NT Mining Company Ltd ikora Ubucukuzi bw’amabuye y”Agaciro yateje imbere Abaturage b’i Rukoma muri Kamonyi

    Trending Tags

    • Trump Inauguration
    • United Stated
    • White House
    • Market Stories
    • Election Results
  • IKORANABUHANGA
    • All
    • Apps
    • Gadget
    • Mobile
    • Startup
    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Trending Tags

    • Nintendo Switch
    • CES 2017
    • Playstation 4 Pro
    • Mark Zuckerberg
  • IMYIDAGADURO
    • All
    • FILIMI
    • Imikino n'Imyidagaduro
    • Muzika
    • Siporo
    Umuraperi Ice Cube agiye gukota ibitaramo bizaba bivuga ukuri ku butegetsi bwa Amerika

    Umuraperi Ice Cube agiye gukota ibitaramo bizaba bivuga ukuri ku butegetsi bwa Amerika

    Hamenyekanye itariki y’amatora y’abagize komite Olempike y’imikino na Siporo mu Rwanda

    Hamenyekanye itariki y’amatora y’abagize komite Olempike y’imikino na Siporo mu Rwanda

    Ategerejwe ubutaha muri  Bk Arena-Umuhanzi Cyprien Rwabigwi wasusurukije abanya Gikondo, aho bicara hakababana hato

    Ategerejwe ubutaha muri Bk Arena-Umuhanzi Cyprien Rwabigwi wasusurukije abanya Gikondo, aho bicara hakababana hato

    Mu kubifuriza umwaka mushya Uwaririmbye ‘NKUBONE’ agiye gutaramira abanya-Gikondo

    Mu kubifuriza umwaka mushya Uwaririmbye ‘NKUBONE’ agiye gutaramira abanya-Gikondo

    Kunda mugenzi wawe uko ari kose umwubahe nk’Umuntu nkawe

    Kunda mugenzi wawe uko ari kose umwubahe nk’Umuntu nkawe

    Menya imigabo n’imigambi uwatorerewe kuyobora Rayon Sports ayifitiye

    Menya imigabo n’imigambi uwatorerewe kuyobora Rayon Sports ayifitiye

  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
    • All
    • Fashion(Imideri)
    • Imirire
    • Ubucyerarugendo
    • Ubuzima
    Menya uburyo IBTC Ltd iri gufasha urubyiruko kumenya gutegura Ikawa mu buryo bugezweho

    Menya uburyo IBTC Ltd iri gufasha urubyiruko kumenya gutegura Ikawa mu buryo bugezweho

    Nyakabanda: Konseye Gregoire yabeshye abatutsi ihumure bava aho bari bihishe bose baricwa

    Nyakabanda: Konseye Gregoire yabeshye abatutsi ihumure bava aho bari bihishe bose baricwa

    Menya uburyohe buhebuje bw’inzoga ya “MPA NGUHE” yengwa n’Akahebuje Ltd yo mu Karere ka Rwamagana

    Menya uburyohe buhebuje bw’inzoga ya “MPA NGUHE” yengwa n’Akahebuje Ltd yo mu Karere ka Rwamagana

    Umujyi wa Kigali watangiye kwimura abatuye mu manegeka kubera imvura

    Umujyi wa Kigali watangiye kwimura abatuye mu manegeka kubera imvura

    Umwanditsi w’ibitabo Hategekimana Richard yashimiwe nk’umwanditsi w’umwaka

    Umwanditsi w’ibitabo Hategekimana Richard yashimiwe nk’umwanditsi w’umwaka

    Abakundaga amasengesho ya Saa Sita yo ku ‘INKURU NZIZA’ bashonje bahishiwe

    Abakundaga amasengesho ya Saa Sita yo ku ‘INKURU NZIZA’ bashonje bahishiwe

    Trending Tags

    • Golden Globes
    • Game of Thrones
    • MotoGP 2017
    • eSports
    • Fashion Week
  • INCAMACYE
    Menya uburyo IBTC Ltd iri gufasha urubyiruko kumenya gutegura Ikawa mu buryo bugezweho

    Menya uburyo IBTC Ltd iri gufasha urubyiruko kumenya gutegura Ikawa mu buryo bugezweho

    Nyakabanda: Konseye Gregoire yabeshye abatutsi ihumure bava aho bari bihishe bose baricwa

    Nyakabanda: Konseye Gregoire yabeshye abatutsi ihumure bava aho bari bihishe bose baricwa

    Menya uburyohe buhebuje bw’inzoga ya “MPA NGUHE” yengwa n’Akahebuje Ltd yo mu Karere ka Rwamagana

    Menya uburyohe buhebuje bw’inzoga ya “MPA NGUHE” yengwa n’Akahebuje Ltd yo mu Karere ka Rwamagana

    Polisi y’igihugu yahaye ubutumwa abasore n’inkumi basoje amahugurwa muri GUARDSMARK Security

    Polisi y’igihugu yahaye ubutumwa abasore n’inkumi basoje amahugurwa muri GUARDSMARK Security

    Urugo rwa Joseph Kabila rukomeje gusakwa n’ibirimo imitungo ye

    Urugo rwa Joseph Kabila rukomeje gusakwa n’ibirimo imitungo ye

    Amerika ishobora guhagarika inkunga yatangaga kuri Loni na OTAN

    Amerika ishobora guhagarika inkunga yatangaga kuri Loni na OTAN

No Result
View All Result
igisabo.rw
No Result
View All Result
Home izindi nkuru

Gasabo: Abahagarariye abandi bakanguriwe kurandura burundu icuruzwa ry’abantu

NIYONKURU Edouard by NIYONKURU Edouard
August 29, 2024
in izindi nkuru
0
Gasabo: Abahagarariye abandi bakanguriwe kurandura burundu icuruzwa ry’abantu
0
SHARES
201
VIEWS
Share on FacebookShare on Twitter

Ku bufatanye bwa Never Again Rwanda n’Umuryango utari uwa Leta uharanira Uburenganzira n’Iterambere ry’Abaturage, CRD; kuri uyu wa 28 Kanama 2024 bunguranye ibitekerezo na bamwe mu bahagarariye abandi ku bintu byaca burundu igurishwa ry’abantu rikomeje kuba icyorezo cyane mu bakiri bato.

Ni ibiganiro byahuje bamwe mu rubyiruko ruhagarariye abandi, barimo abahagarariye inama nkuru y’Abagore n’abahagarariye abafite ubumuga hamwe n’abayobozi bo mu nzego z’ibanze kuva ku rwego rw’Akagari, Umurenge n’Akarere ka Gasabo; hagamijwe ahanini gukomeza gukangurira abantu gukomeza kwirinda no gukumira icuruzwa ry’abantu; benshi bemeza ko ubushomeri n’ubukene biri mu biteza umurindi iki gikorwa kigayitse gikorwa n’abatifuriza ineza y’abandi.

Kwizera Julius ushinzwe gahunda muri Never Again Rwanda, avuga ko bafatanya n’imiryango itandukanye mu guharanira iterambere n’imibereho yabo muri icyo gikorwa cyo kwamagana icuruzwa ry’abantu, bakaba babifatanyamo n’umuryango CRD ukomeje guhugura no gusobanurira abaturage ibibi by’icuruzwa ry’abantu.

Agira ati: “Ni icyorezo cyafashe intera, icuruzwa ry’abantu rigomba gucika kuko biri mu bidindiza iterambere ry’ibihugu cyane ko abakiri bato bafite imbaraga zo gukora aribo bashukwa bakajya gukoreshwa imirimo y’uburetwa mu bihugu bagurishwamo.”

Kwizera Julius ushinzwe gahunda muri Never Again Rwanda, avuga ko bafatanya n’imiryango itandukanye mu guharanira iterambere n’imibereho myiza yabo.

Umuyobozi ushinzwe imiyoborere mu Karere ka Gasabo, Rwamucyo Louis Gonzague asaba abari mu biganiro nk’abahagarariye abandi, gufata ingamba zihamye zo kurwanya icuruzwa ry’abantu; cyane ko bagera ku bantu benshi mu byiciro bitandukanye.

Agira ati: “Ni kenshi duhura n’abaduha ubuhamya bw’ibyababayeho, urugero akaba umwana twigeze kubona wo muri umwe mu Mirenge igize aka Karere wigaga mu wa gatatu w’amashuri yisumbuye ariko akaba yari yarafashe isoko ryo kugurisha abana bagenzi be, cyakora aza gufatwa ataragera ku mugambi we.”

Umuyobozi ushinzwe imiyoborere mu Karere ka Gasabo, Rwamucyo Louis Gonzague (uhagaze), asaba abari mu biganiro nk’abahagarariye abandi, gufata ingamba zihamye zo kurwanya icuruzwa ry’abantu.

Abakurikiranye ibiganiro bishimiye inyigisho bahawe, bagaragaza ko byari bikwiriye ko zigera kuri benshi, cyane ko hateye abashukanyi bagambiriye kuyobya urubyiruko barwizeza ibitangaza bidafashije bazabonera hanze, bagerayo bagafatwa nk’abacakara.

Icyimpaye Jacqueline uhagarariye Inama nkuru y’Abagore mu Murenge wa Gisozi, avuga ko ibiganiro bahawe bibabereye ingirakamaro, bakaba bagiye gushyiraho umwete kugira ngo bahangane n’uwari we wese wagaragaraho gushaka gushuka abantu ashaka kubacengezamo ibyabakururira mu ngeso yo kubagurisha.

Agira ati: “Ibi biganiro ni  ingirakamaro kuri njye nk’umuntu uhagariye abagore n’urubyiruko rw’abakobwa ari nabo bashukika cyane ugereranyije n’abandi. Tugiye gufasha bagenzi bacu kugira ngo bamenye nabo uburyo bukoreshwa n’abantu baba bagamije kubashuka babizeza ibitangaza, bityo tubabwire ko kuva mu gihugu cyabo babajyanye hanze nta nyungu na nkeya bahabona uretse ibyago byo kubaho nabi bakoreshwa imirimo itaboneye kandi badahemberwa.”

Asaba abantu gukunda igihugu cyabo aho guhubukira ibyinshi byo hanze bitabagirira umumaro.

Icyimpaye Jacqueline uhagarariye Inama nkuru y’Abagore mu Murenge wa Gisozi, avuga ko ibiganiro bahawe bizabafasha guhangana n’abashuka abantu babajyana kubagurisha.

Ibyo Icyimpaye avuga abihurizaho na Tuyizere Eric uyobora Akagari ka Musezero mu Murenge wa Gisozi, avuga ko bagize umugisha wo kumenya ibirebana n’icuruzwa ry’abantu.

Agira ati: “Najye umuvandimwe wanjye yigeze gushukwa n’umuntu    amwizeza akazi gakomeye hanze, bageze muri Kenya amutayo ku buryo yagiriyeyo ibibazo avayo yenda gupfa, araza turondora.”

Avuga ko aherutse gusoma icyegeranyo cy’ishami ry’umuryango w’Abibumbye uvuga ko buri mwaka hagaragara ibibazo by’abagurisha abantu bagera kuri Mliyoni 24 n’ibihumbi 90(24,900,000) ku Isi yose, muri bo 70% bakaba ari urubyiruko rw’abakobwa, rukoreshwa imirimo mibi n’ubusambanyi.

Eric Tuyizere uyobora Akagari ka Musezero mu Murenge wa Gisozi, avuga ko bagize umugisha wo kumenya ibirebana n’icuruzwa ry’abantu.

Asaba urubyiruko gukomera ku gihugu cyabo bakagikunda, bagaharanira guhanga imirimo batararikiye ibyo hanze bashukishwa akazi n’amafaranga, ahubwo urubyiruko rugakomeza kwigishwa rukareka kumva ko ruzakizwa n’ibyo hanze.

Yifashishije Itegeko Nomero 51/2018 ryo kuwa 13/08/2018 ryerekeye gukumira, kurwanya no guhana icuruzwa ry’abantu no gushakira inyungu mu bandi, Umuyobozi ushinzwe ibikorwa mu muryango utegamiye kuri Leta uharanira uburenganzira n’Iterambere ry’abaturage (Citizen Rights and Development-CRD), Emmanuel Shema, avuga ko kuva umuryango ahagarariye washingwa muri 2020 umaze kugera ku ntego zishimishije ku bigendanye no gusobanurira abantu ibibi n’ingaruka ry’icuruzwa ry’abantu.

Agira ati: “Twahuguye abantu bo mu ngeri zitandukanye mu bice by’igihugu ku bufatanye n’umuryango Never Again ku buryo dukurikije uburyo abantu bitabiriye ibiganiro n’inyigisho zitandukanye twizera tudashidikanya ko umusaruro uzaboneka ari ukuba umubare w’abifitemo ibyo bitekerezo by’icuruzwa ry’abantu uzagabanuka, bakazacika intege.”

Emmanuel Shema ushinzwe ibikorwa mu muryango CRD, avuga ko bamaze kugera ku ntego zishimishije ku bigendanye no gusobanurira abantu ibibi n’ingaruka ry’icuruzwa ry’abantu.

Yishimira ko abahuriye mu kiganiro kuri uyu wa 28 Kanama 2024 bashashe inzobe bakungurana ibitekerezo ku bitera abantu bamwe kwemera ko bajya kuba abackara mu bihugu byo hanze birimo ubukene, ubushomeri, kurarikira iby’Isi, ubujiji n’ibindi; bityo akizera ko bagiye gufasha bagenzi babo kumenya neza uburyo bagomba kwirinda no kwamagana abagifite agatima ko gushaka kugurisha no kuyobya bagenzi babo cyane cyane urubyiruko kandi aribo igihugu gitezeho imbaraga zizacyubaka.

Abitabiriye iyi nama bunguranye ibitekerezo mu buryo butandukanye.

Umuryango utari uwa Leta CRD uharanira Uburenganzira n’Iterambere ry’abaturage wagiranye inama nyunguranabitekerezo n’abahagarariye abandi bo mu Mirenge ya Gisozi na Kinyinya, umaze imyaka irenga ine ukangurira abanyarwanda kwirinda no kurwanya icuruzwa ry’abantu.

Abitabiriye iyi nama bafashe imyanzuro n’ingamba zo gukumira icuruzwa ry’abantu.

Ni ibikorwa ufatanyamo na Never Again Rwanda, aho abahuguwe nawo n’Ubuyobozi bwawo bose bashima umusaruro umaze kugerwaho, bityo bakizera ko mu bihe biri imbere icuruzwa ry’abantu mu Rwanda no hanze yarwo rizasigara ari umugani.

Andi mafoto agaragaza iyi nama nyunguranabitekerezo:

Previous Post

Large-scale adoption of innovations key to Food System Transformation

Next Post

Buri wese wagaragaraho kutazabasha gusoza inshingano ze yahagarikwa “Oda Gasingizwa”

NIYONKURU Edouard

NIYONKURU Edouard

Next Post
Buri wese wagaragaraho kutazabasha gusoza inshingano ze yahagarikwa “Oda Gasingizwa”

Buri wese wagaragaraho kutazabasha gusoza inshingano ze yahagarikwa “Oda Gasingizwa”

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Stay Connected test

  • 99 Subscribers
ADVERTISEMENT
  • Trending
  • Comments
  • Latest

Dore igisubizo ku bagabo bafite igitsina gito

December 30, 2020
Sobanukirwa uko amapeti y’abapolisi mu Rwanda arutanwa n’imishahara yabo

Sobanukirwa uko amapeti y’abapolisi mu Rwanda arutanwa n’imishahara yabo

September 19, 2020

Gitisi Secondary & TVET School ni Amizero arambye y’urubyiruko rwahisemo kuhiga

September 3, 2021
Menya ibigo by’amashuri by’ubukombe mu byigenge hano mu Rwanda

Menya ibigo by’amashuri by’ubukombe mu byigenge hano mu Rwanda

December 14, 2020

Hello world!

1
Kicukiro: Akagari ka Nyanza  bakomeje kubaka akajagari bakingiwe ikibaba n’Abayobozi b’inzego z’ibanze

Kicukiro: Akagari ka Nyanza bakomeje kubaka akajagari bakingiwe ikibaba n’Abayobozi b’inzego z’ibanze

1

Washington prepares for Donald Trump’s big moment

0
Huye: RERA Mountain Honey ishishikajwe cyane no kubyutsa Umwuga w’Ubuvumvu wari ugiye gukendera

Huye: RERA Mountain Honey ishishikajwe cyane no kubyutsa Umwuga w’Ubuvumvu wari ugiye gukendera

0
Huye: RERA Mountain Honey ishishikajwe cyane no kubyutsa Umwuga w’Ubuvumvu wari ugiye gukendera

Huye: RERA Mountain Honey ishishikajwe cyane no kubyutsa Umwuga w’Ubuvumvu wari ugiye gukendera

May 15, 2025
Menya uburyo IBTC Ltd iri gufasha urubyiruko kumenya gutegura Ikawa mu buryo bugezweho

Menya uburyo IBTC Ltd iri gufasha urubyiruko kumenya gutegura Ikawa mu buryo bugezweho

May 14, 2025
Ishyaka Green Party ryemeje Abakomiseri bashya rinasaba Abanyarwanda guhangana n’ingaruka z’ibihano byafatiwe u Rwanda

Ishyaka Green Party ryemeje Abakomiseri bashya rinasaba Abanyarwanda guhangana n’ingaruka z’ibihano byafatiwe u Rwanda

May 10, 2025
Nyakabanda: Konseye Gregoire yabeshye abatutsi ihumure bava aho bari bihishe bose baricwa

Nyakabanda: Konseye Gregoire yabeshye abatutsi ihumure bava aho bari bihishe bose baricwa

May 10, 2025

Recent News

Huye: RERA Mountain Honey ishishikajwe cyane no kubyutsa Umwuga w’Ubuvumvu wari ugiye gukendera

Huye: RERA Mountain Honey ishishikajwe cyane no kubyutsa Umwuga w’Ubuvumvu wari ugiye gukendera

May 15, 2025
Menya uburyo IBTC Ltd iri gufasha urubyiruko kumenya gutegura Ikawa mu buryo bugezweho

Menya uburyo IBTC Ltd iri gufasha urubyiruko kumenya gutegura Ikawa mu buryo bugezweho

May 14, 2025
Ishyaka Green Party ryemeje Abakomiseri bashya rinasaba Abanyarwanda guhangana n’ingaruka z’ibihano byafatiwe u Rwanda

Ishyaka Green Party ryemeje Abakomiseri bashya rinasaba Abanyarwanda guhangana n’ingaruka z’ibihano byafatiwe u Rwanda

May 10, 2025
Nyakabanda: Konseye Gregoire yabeshye abatutsi ihumure bava aho bari bihishe bose baricwa

Nyakabanda: Konseye Gregoire yabeshye abatutsi ihumure bava aho bari bihishe bose baricwa

May 10, 2025

We bring you the latest news with facts. Check our landing page for details.

Follow Us

Browse by Category

Recent News

Huye: RERA Mountain Honey ishishikajwe cyane no kubyutsa Umwuga w’Ubuvumvu wari ugiye gukendera

Huye: RERA Mountain Honey ishishikajwe cyane no kubyutsa Umwuga w’Ubuvumvu wari ugiye gukendera

May 15, 2025
Menya uburyo IBTC Ltd iri gufasha urubyiruko kumenya gutegura Ikawa mu buryo bugezweho

Menya uburyo IBTC Ltd iri gufasha urubyiruko kumenya gutegura Ikawa mu buryo bugezweho

May 14, 2025
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMYIDAGADURO
  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
  • INCAMACYE

© 2024 All Right Reserved IGISABO NEW PAPER Developed by ~MORGAN NIYITEGEKA

No Result
View All Result
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMYIDAGADURO
  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
  • INCAMACYE

© 2024 All Right Reserved IGISABO NEW PAPER Developed by ~MORGAN NIYITEGEKA