• Latest
Bugesera: Bambuwe ubutaka ku ngufu na KTN Rwanda ibabwira ko yabitumwe na Leta

Bugesera: Bambuwe ubutaka ku ngufu na KTN Rwanda ibabwira ko yabitumwe na Leta

July 9, 2024
Africa’s Leading Communications Association unveils landmark AU partnership

Africa’s Leading Communications Association unveils landmark AU partnership

July 16, 2026
OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

July 15, 2026
Dr Rwamucyo uregwa ibyaha bya Jenoside yasabiwe imyaka 30 muri Gereza

Dr Rwamucyo uregwa ibyaha bya Jenoside yasabiwe imyaka 30 muri Gereza

July 15, 2026
U Rwanda ni urwa mbere mu gukoresha neza amadeni

U Rwanda ni urwa mbere mu gukoresha neza amadeni

July 15, 2026
Ecole Mère du Verbe ishuri rikomeje kugaragaza Ubudasa mu gutanga Ireme ry’Uburezi nyabwo

Ecole Mère du Verbe ishuri rikomeje kugaragaza Ubudasa mu gutanga Ireme ry’Uburezi nyabwo

July 11, 2026
Aba Jenerali 3 bahawe ikiruhuko cy’Izabukuru

Aba Jenerali 3 bahawe ikiruhuko cy’Izabukuru

July 11, 2026
IKINYAMAKURU IGISABO VOL 35 CYASOHOTSE SPECIAL KWIBOHORA 32

IKINYAMAKURU IGISABO VOL 35 CYASOHOTSE SPECIAL KWIBOHORA 32

July 13, 2026
Iran has fired at a US military base in Qatar: List of key events, June 23, 2025

US President Trump says Israel and Iran agreed to ceasefire

June 24, 2025
Iran has fired at a US military base in Qatar: List of key events, June 23, 2025

Iran has fired at a US military base in Qatar: List of key events, June 23, 2025

June 23, 2025
Ubwiyongere bw’abaturage bwagabanyije amashyamba mu mujyi wa Kigali

Ubwiyongere bw’abaturage bwagabanyije amashyamba mu mujyi wa Kigali

June 23, 2025
U Rwanda na Congo bemeranyije igihe cyo gusinya amasezerano

U Rwanda na Congo bemeranyije igihe cyo gusinya amasezerano

June 23, 2025
Ibikomoka ku buhinzi byoherezwa hanze, byinjirije u Rwanda miliyari 6.046 Frw

Ibikomoka ku buhinzi byoherezwa hanze, byinjirije u Rwanda miliyari 6.046 Frw

June 23, 2025
  • About
  • Advertise
  • Privacy & Policy
  • Contact
igisabo.rw
Advertisement
ADVERTISEMENT
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
    • All
    • Kwisi hose(world)
    • POLITIKE
    • Ubukungu
    • Ubumenyi(Science)
    Africa’s Leading Communications Association unveils landmark AU partnership

    Africa’s Leading Communications Association unveils landmark AU partnership

    OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

    OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

    Dr Rwamucyo uregwa ibyaha bya Jenoside yasabiwe imyaka 30 muri Gereza

    Dr Rwamucyo uregwa ibyaha bya Jenoside yasabiwe imyaka 30 muri Gereza

    Ecole Mère du Verbe ishuri rikomeje kugaragaza Ubudasa mu gutanga Ireme ry’Uburezi nyabwo

    Ecole Mère du Verbe ishuri rikomeje kugaragaza Ubudasa mu gutanga Ireme ry’Uburezi nyabwo

    Aba Jenerali 3 bahawe ikiruhuko cy’Izabukuru

    Aba Jenerali 3 bahawe ikiruhuko cy’Izabukuru

    IKINYAMAKURU IGISABO VOL 35 CYASOHOTSE SPECIAL KWIBOHORA 32

    IKINYAMAKURU IGISABO VOL 35 CYASOHOTSE SPECIAL KWIBOHORA 32

    Trending Tags

    • Trump Inauguration
    • United Stated
    • White House
    • Market Stories
    • Election Results
  • IKORANABUHANGA
    • All
    • Apps
    • Gadget
    • Mobile
    • Startup
    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Trending Tags

    • Nintendo Switch
    • CES 2017
    • Playstation 4 Pro
    • Mark Zuckerberg
  • IMYIDAGADURO
    • All
    • FILIMI
    • Imikino n'Imyidagaduro
    • Muzika
    • Siporo
    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Byanditse he ko ikipe ya Rayon Sports itagomba gutsindwa?

    Byanditse he ko ikipe ya Rayon Sports itagomba gutsindwa?

    Umuraperi Ice Cube agiye gukota ibitaramo bizaba bivuga ukuri ku butegetsi bwa Amerika

    Umuraperi Ice Cube agiye gukota ibitaramo bizaba bivuga ukuri ku butegetsi bwa Amerika

    Hamenyekanye itariki y’amatora y’abagize komite Olempike y’imikino na Siporo mu Rwanda

    Hamenyekanye itariki y’amatora y’abagize komite Olempike y’imikino na Siporo mu Rwanda

    Ategerejwe ubutaha muri  Bk Arena-Umuhanzi Cyprien Rwabigwi wasusurukije abanya Gikondo, aho bicara hakababana hato

    Ategerejwe ubutaha muri Bk Arena-Umuhanzi Cyprien Rwabigwi wasusurukije abanya Gikondo, aho bicara hakababana hato

    Mu kubifuriza umwaka mushya Uwaririmbye ‘NKUBONE’ agiye gutaramira abanya-Gikondo

    Mu kubifuriza umwaka mushya Uwaririmbye ‘NKUBONE’ agiye gutaramira abanya-Gikondo

  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
    • All
    • Fashion(Imideri)
    • Imirire
    • Ubucyerarugendo
    • Ubuzima
    OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

    OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Gakenke: Ruli Mining Trade Ltd, imyaka 15  y’intangarugero mu bigendanye n’ubucukuzi   bw’amabuye y’agaciro

    Gakenke: Ruli Mining Trade Ltd, imyaka 15 y’intangarugero mu bigendanye n’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro

    Bumbogo-Gasabo: Mukakarangwa Immaculée yasenyewe na Mudugudu Gitifu w’Akagari n’uw’Umurenge bavuga ko ntacyo babiziho

    Bumbogo-Gasabo: Mukakarangwa Immaculée yasenyewe na Mudugudu Gitifu w’Akagari n’uw’Umurenge bavuga ko ntacyo babiziho

    Menya uburyo IBTC Ltd iri gufasha urubyiruko kumenya gutegura Ikawa mu buryo bugezweho

    Menya uburyo IBTC Ltd iri gufasha urubyiruko kumenya gutegura Ikawa mu buryo bugezweho

    Trending Tags

    • Golden Globes
    • Game of Thrones
    • MotoGP 2017
    • eSports
    • Fashion Week
  • INCAMACYE
    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga  udushya no gutanga akazi

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga udushya no gutanga akazi

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

No Result
View All Result
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
    • All
    • Kwisi hose(world)
    • POLITIKE
    • Ubukungu
    • Ubumenyi(Science)
    Africa’s Leading Communications Association unveils landmark AU partnership

    Africa’s Leading Communications Association unveils landmark AU partnership

    OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

    OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

    Dr Rwamucyo uregwa ibyaha bya Jenoside yasabiwe imyaka 30 muri Gereza

    Dr Rwamucyo uregwa ibyaha bya Jenoside yasabiwe imyaka 30 muri Gereza

    Ecole Mère du Verbe ishuri rikomeje kugaragaza Ubudasa mu gutanga Ireme ry’Uburezi nyabwo

    Ecole Mère du Verbe ishuri rikomeje kugaragaza Ubudasa mu gutanga Ireme ry’Uburezi nyabwo

    Aba Jenerali 3 bahawe ikiruhuko cy’Izabukuru

    Aba Jenerali 3 bahawe ikiruhuko cy’Izabukuru

    IKINYAMAKURU IGISABO VOL 35 CYASOHOTSE SPECIAL KWIBOHORA 32

    IKINYAMAKURU IGISABO VOL 35 CYASOHOTSE SPECIAL KWIBOHORA 32

    Trending Tags

    • Trump Inauguration
    • United Stated
    • White House
    • Market Stories
    • Election Results
  • IKORANABUHANGA
    • All
    • Apps
    • Gadget
    • Mobile
    • Startup
    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kigali: Hafunguwe Imurikagurisha Mpuzamahanga Nyirangarama akomeje kuzanamo udushya

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    Kuva ku myaka 4 kugera kuri 14 bazishyura 500frw mbere yo kwinjira muri Expo 2024

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    East African University Rwanda yibutse abashyinguye ku Rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro bishwe bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Ubutaka butakoreshwaga bwahawe abahinzi babubyaza umusaruro-Minisitiri Dr Uzziel Ndagijimana

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Aba Minisitiri barasaba ko Ikoranabuhanga ryakoreshwa mu buvuzi muri Afurika

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Gasabo : Keza Education Future Lab irigufasha abana gukuza impano zibihishemo

    Trending Tags

    • Nintendo Switch
    • CES 2017
    • Playstation 4 Pro
    • Mark Zuckerberg
  • IMYIDAGADURO
    • All
    • FILIMI
    • Imikino n'Imyidagaduro
    • Muzika
    • Siporo
    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Byanditse he ko ikipe ya Rayon Sports itagomba gutsindwa?

    Byanditse he ko ikipe ya Rayon Sports itagomba gutsindwa?

    Umuraperi Ice Cube agiye gukota ibitaramo bizaba bivuga ukuri ku butegetsi bwa Amerika

    Umuraperi Ice Cube agiye gukota ibitaramo bizaba bivuga ukuri ku butegetsi bwa Amerika

    Hamenyekanye itariki y’amatora y’abagize komite Olempike y’imikino na Siporo mu Rwanda

    Hamenyekanye itariki y’amatora y’abagize komite Olempike y’imikino na Siporo mu Rwanda

    Ategerejwe ubutaha muri  Bk Arena-Umuhanzi Cyprien Rwabigwi wasusurukije abanya Gikondo, aho bicara hakababana hato

    Ategerejwe ubutaha muri Bk Arena-Umuhanzi Cyprien Rwabigwi wasusurukije abanya Gikondo, aho bicara hakababana hato

    Mu kubifuriza umwaka mushya Uwaririmbye ‘NKUBONE’ agiye gutaramira abanya-Gikondo

    Mu kubifuriza umwaka mushya Uwaririmbye ‘NKUBONE’ agiye gutaramira abanya-Gikondo

  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
    • All
    • Fashion(Imideri)
    • Imirire
    • Ubucyerarugendo
    • Ubuzima
    OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

    OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Gakenke: Ruli Mining Trade Ltd, imyaka 15  y’intangarugero mu bigendanye n’ubucukuzi   bw’amabuye y’agaciro

    Gakenke: Ruli Mining Trade Ltd, imyaka 15 y’intangarugero mu bigendanye n’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro

    Bumbogo-Gasabo: Mukakarangwa Immaculée yasenyewe na Mudugudu Gitifu w’Akagari n’uw’Umurenge bavuga ko ntacyo babiziho

    Bumbogo-Gasabo: Mukakarangwa Immaculée yasenyewe na Mudugudu Gitifu w’Akagari n’uw’Umurenge bavuga ko ntacyo babiziho

    Menya uburyo IBTC Ltd iri gufasha urubyiruko kumenya gutegura Ikawa mu buryo bugezweho

    Menya uburyo IBTC Ltd iri gufasha urubyiruko kumenya gutegura Ikawa mu buryo bugezweho

    Trending Tags

    • Golden Globes
    • Game of Thrones
    • MotoGP 2017
    • eSports
    • Fashion Week
  • INCAMACYE
    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Rwamagana: Ntakaziraho ushinjwa ipfobya n’ingengabitekerezo ya Jenoside azaburanira i Nyanza

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Abahinzi bafashijwe na Green Gicumbi kuvanga imyaka n’ibiti bitayangiza byabazamuriye Umusaruro

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Solid Minds ikomeje gufasha no kugira inama abafite ibibazo biterwa n’indwara zo mu mutwe

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga  udushya no gutanga akazi

    Rwanda Polytechnic yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 4500 bafite intego yo guhanga udushya no gutanga akazi

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Kirehe: Mukeshimana wakubiswe inyundo n’umugabo we akaba ariwe ufungwa avuga ko akomeje gutotezwa yakwitabaza Ubuyobozi ntatabarwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

    Barashimira FERWAFA yaciye urubanza iraramye impaka z’umukino wa Rayon Sports na Bugesera Fc zigakemuka ntawuhutajwe

No Result
View All Result
igisabo.rw
No Result
View All Result
Home Amakuru

Bugesera: Bambuwe ubutaka ku ngufu na KTN Rwanda ibabwira ko yabitumwe na Leta

NIYONKURU Edouard by NIYONKURU Edouard
July 9, 2024
in Amakuru, Amakuru y'ingenzi, Imibereho ya buri munsi, Ubutabera
0
Bugesera: Bambuwe ubutaka ku ngufu na KTN Rwanda ibabwira ko yabitumwe na Leta
0
SHARES
307
VIEWS
Share on FacebookShare on Twitter

Bamwe mu baturage bo mu murenge wa Juru mu Karere ka Bugesera bamaze igihe binubira Rwiyemezamirimo Hagenimana Philemon ufite Kampani  ya KTN Rwanda igura ikanagurisha ibibanza,  uri gushaka  kubimura mu masambu yabo ku ngufu ngo akatemo ibibanza agurisha,  byose akabikora avuga ko  ari mu izina rya Leta yabimutumye.

Ni abaturage batuye hafi y’aho bari kubaka ikibuga cy’indege mpuzamahanga cya Bugesera, biganjemo abo mu Kagari ka Rwinume, Umudugudu wa Kinihira n’ahandi hitwa m’Uwimpunga, bamaze igihe batakambira Akarere ka Bugesera n’Umurenge batuyemo wa Juru, basaba ko babakiza nyiri KTN Rwanda ubatera ubwoba, avuga ko bagomba kwimuka, uzabyanga we akazihombera kuko yatumwe ngo n’ababifitiye ububasha.

UKO IKIBAZO GITEYE

Umuyobozi bwa KTN Rwanda wavuzwe haruguru, abaturage bavuga ko yaje ababwira ko yatumwe na Leta kuza kubimura, kugira ngo aho batuye  hubakwe amazu agezweho kandi agendanye n’Ikibuga cy’indege kigiye kuhuzura, akababwira  ko uzatinda kubyumva azihombera.

Aho bari bashyize icyapa n’icyicaro hameze ibyatsi

Umwe mu baganiriye n’ikinyamakuru IGISABO wo mu Mudugudu wa Kinihira, twahaye izina rya Bugingo ku mpamvu z’umutekano we nk’uko yabyifuje.

Agira ati “Twarumiwe! aha hantu hacu tuhamaze imyaka irenga 70 tuhatuye. Leta yacu nta bikorwa yigeze itubwira ko yaba igiye kuhashyira ngo tubyange. Gusa twatangajwe n’uwitwa Hagenimna Philemon wavuy i Kigali  adutera ubwoba. Yaje avuga ko atumwe n’inzego za Leta, ko aho dutuye  agomba kuhakata ibibanza byo kugurisha abashoramari bakomeye, twe tukimukira ahandi.”

Uretse uyu Bugingo, n’abandi benshi babashije gutanga amakuru, bose, bavuga ko uwo nyiri KTN  yanashyizeho abantu, bagendaga kuri buri rugo bifuza ko rwakwimurwa ngo bakabatera ubwoba, babawira ko nibatemera kwimurwa bazabihomberamo bakazagenda nabi kandi nta na kimwe bahawe.

Uwitwa Byamungu wo mu mudugudu wa Uwimpunga, avuga ko bitumvikana na gato kubona mu Rwanda rw’Amahoro, hakiri umuntu nk’umuyobozi wa KTN, waba ukitwaza ibintu by’iterabwoba agambiriye kwimura abantu ku ngufu.

Agira ati “Uyu nyiri KTN Rwanda ni Umutekamutwe, cyane ko atigeze ashaka kwigaragaza. Yarebaga abantu, bakaba aribo biyemeza kugirana amasezerano y’ubugure n’umuturage. Nta na hamwe we agaragaye,  Abakomisiyoneri be, nibo basinyaga ko baguze.”

Avuga ko Akarere ka Bugesera n’inzego zishinzwe umutekano zakagombye gukurikirana uwo Rwiyemezamirimo, kuko bakeka ko ari muri bamwe batekera abantu umutwe bakabanyaga ubutaka cyangwa ibyabo byose.

Amasambu y’Abaturage KTN Rwanda yarayigabije ibatwara ibyangombwa by’ubutaka nta n’ofaranga ibahaye

Nta bushobozi na buke Hagenimana afite

N’ubwo bwose bivugwa ko nyiri KTN Rwanda, ariwe Hagenimana, yaje ashyira iterabwoba ku baturage, ndetse Abakomisiyoneri be ngo bakavuga ko  Sosiyete ye igizwe n’Abasirikare bakomeye, Abapolisi n’Umuyobozi w’Akarere ka Bugesera, bagamije ahanini gutera ubwoba, bene gutanga amakuru, bavuga ko baje gusanga nta mafaranga na make afite, cyane ko abo yari yabashije kumvisha ibitekerezo bye  bakemera ko yabagurira, yaje kubabwira ko azajya abishyura ari uko nawe yagurishije ibibanza.

Bityo bakibaza impamvu yaje kubashyira mu rujijo ashaka kubambura amasambu yabo nta n’amafaranga agira.

Ku rundi ruhande, abaturage bavuga ko batangajwe n’uburyo abo yashatse kubarira imitungo, atanabageneraga amafaranga angana kuri Metero kare y’ubutaka.

Bagasaba ubuyobozi guhagarika ibyo bikorwa bya KTN nta nteguza, nyirayo n’abakozi be bataragirirwa nabi n’abaturage, cyane ko hari abatangiye no kwitwaza  ibikoresho byo kwirwanaho, bavuga ko nibongera kubagerera mu masambu bazahashwanira.

KTN Rwanda yabeshye abaturage ko yatumwe na Leta Kwimura abaturage Akarere ka Bugesera karabanyomoza

Ushinzwe ubutaka mu murenge arashinjwa gukingira ikibaba KTN Rwanda mu manyanga

Bene gushaka kwamburwa ubutaka, bavuga hari umuyobozi wo mu nzego z’ibanze batashatse kuvuga, wababwiye  ko ibiri gukorwa na KTN ko atari ibya Leta, ko bagomba kubyitondamo, uwazagurisha bikazaba ari ubushake bwe, ku buryo yakwirengera ingaruka zabyo.

Gusa nyum y’ibyo ngo batunguwe n’uburyo ushinzwe ubutaka n’imiturire mu Murenge wa Juru MUNYANGEYO Jean Bosco, yaje gufasha KTN gupima amasambu y’abari bemeye kugurisha, bataramenya ko ari amanyanga bari gukorerwa, nyuma yo kubwirwa ko bazajya bishyurwa, ari uko Rwiyemezamirimo yagurishije.

Bavuga kandi ko batangajwe no kumva amatangazo KTN  kuri amwe mu ma Radiyo na Televiziyo ahamagarira abantu kuza kugura ibibanza kandi  nta muntu bigeze bishyura.

Yangiwe hamwe yimukira ahandi

Andi makuru ni avuga ko uyobora KTN, yamaze kubona ko abo muri Kinihira bamenye ko ibyo akora ari amanyanga  ngo yahisemo kwimukira  mu Mudugudu wa Uwimpunga,  muri  muri Rwinume naho.

Gusa nabo ngo bahise bamwamagana, n’ubwo hariho, abari bemeye kumuha ubutaka bagira ngo azishyura, nyamara bagategereza bagaheba.

Muri make baba abo muri Kinihira ndetse nabo mu Uwimpuga, bose barasaba Akarere ka Bugesera kubakiza akajagari bazanwemo na nyiri KTN, ifatanyije n’abakomisiyoneri bayo, cyane ko  banatangiye  kuzana abaguzi, kandi nta muturage n’umwe wishyuwe aho bari bakase hose.

Hagenimana Philemon Umuyobozi wa KTN Rwanda bivugwa ko yaburiwe irengero atishyuye abaturage

Hagenimana nyiri KTN ntashaka kuvugana n’Itangazamakuru 

Ubwo abaturage bamenyeshaga Umunyamakuru ibyo bari gukorerwa na KTN Rwanda, ikinyamakuru IGISABO cyahamagaye Umuyobozi wayo Hagenimana Philemon, kimusaba kugira icyo yabivugaho, yemereye umunyamakuru kuza aho bakorera mu mazu ya CPR-Kimihurura.

Gusa ntibyakunze kuko Hagenimana yavuze ko ari mu nama, kuva icyo gihe ntiyongeye kwakira Telefoni, inshuro nyinshi  yahamagawe.mu gihe cy’ukwezi kose.

Byabaye ngombwa ko hitabazwa indi telefoni aza kuyitaba, ariko akimenya ko ari wa munyamakuru, asubizanya uburakari avuga ko atajya avugira abaturage.

Agira ati “sinshinzwe kugusubiza ibireba abaturage. Baza Umuyobozi w’Akarere ka Bugesera niwe ubashinzwe.” Ngiyo imvugo yakoresheje.

Abajijwe impamvu atagira icyo atangaza ku birego ashinjwa n’abaturage yateye ubwoba ashaka kubambura ibyabo, yahise akupa Telefoni ye. Yongeye guhamagarwa ntiyakira telefoni.

Ubuyobozi bw’Akarere ka Bugesera bwihakanye ibikorwa na KTN Rwanda

Umuyobozi w’Akarere ka Bugesera MUTABAZI Richard, avuga ko  KTN Rwanda atayizi na gato.

Umuyobozi w’Akarere ka Bugesera MUTABAZI Richard yigaramye Hagenimana Philemon nyiri KTN Rwanda

Ahakana yivuye inyuma ibyo KTN yaba yaravuze ko Leta yabatumye, ashimangira ko ari ibinyoma, ko Leta idashobora gutuma umuturage kuri mugenzi we, kuko ifite inzego zayo zizwi ziyihagarariye.

Agira ati “Iyo KTN Rwanda ntayo nzi rwose. Nayumvise ku maradiyo nk’abandi bose. Uwo muyobozi wayo niba ari kugenda atera ubwoba abaturage ibyo sibyo. Ubundi se ko ubutaka ari ubwabo barabumuhera iki ? Ntitubuza umuturage kugurisha, nta n’ubwo twabuza ugura kugura. Gusa nta gahunda Leta yahaye uwari wese ngo yimure abo baturage, uburyo kwimura abantu bikorwa birazwi.”

Mutabazi, avuga ko KTN Rwanda nta byangombwa yahawe, bityo ko nta mpungenge na nkeya abaturage bakwiriye kugira ku butaka bwabo.

Aboneraho gusaba abashobora kuba barahuye n’ubwo buriganya, kwihutira kugana Ubuyobozi bw’Umurenge n’Akarere, bakavuga ikibazo cyabo, uwarenganye akarenganurwa, uwabigizemo uruhare akaba yafatirwa ibihano,  biramutse bigaragaye ko yashatse kwimura abantu kandi atabyemerewe.

Amakuru mashya agera ku kinyamakuru IGISABO ni uko Hagenimana Philemon nyiri KTN Rwanda,  yaje kuburirwa irengero mu Bugesera,  bikagaragazwa n’uburyo  aho yari yashyize icyicaro,  hamaze kumera  ibyatsi ndetse n’ibikoresho yakoreshaga byatangiye kwangirika. 

Hagati aho abo yari yahaye akazi nabo bararira ayo kwarika nk’uko hari ababitangarije ikinyamakuru igisabo mu minsi mike ishize. 

Agira ati “Twabumbaga ama Broke turi benshi, none bagiye batatwishyuye, ntabwo tuzi icyo KTN yabaye kuko baje ubona bashyushye nyamara baratwambuye jye bamfitiye arenga 35 uretse ko hari n’abandi benshi batishyuwe. Turi gushaka uko twarega kugira ngo badushakishirize abadukoreshaga kugira ngo batwishyure.”

Hari kandi abaturage nabo bashutswe na KTN batwarirwa ibyangombwa by’ubutaka, nabo baratabaza Akarere ngo barenganurwe.

Iki kibazo cy’abaturage bo mu Murenge wa Juru bahatiwe kugurisha no kwimuka mu byabo ku ngufu, bikozwe na KTN Rwanda, yaje  ivuga ko yatumwe na Leta, Ubuyobozi bubukaba bwarayihakanye, kimaze hafi umwaka wose kitarabonerwa igisubizo

Bene kugurirwa ku ngufu ntibanishyurwe, bavuga ko bagizwe ingwate na KTN Rwanda, bagasaba ko Umuyobozi wayo Hagenimana Philemon yakurikiranwa n’amategeko bakarengenurwa. 

Birakwiye ko inzego bireba zabihagurukira, kugira ngo abamaze gufatirwa ibyabo bigaruzwe vuba,  cyane ko byatangiye no gushyirwa ku isoko mu bisa n’ubujura n’ubwo bwose uwafatiriye ubutaka bwabo yamaze kuburirwa irengero.

Previous Post

Dr Frank Habineza yijeje ab’i Bugesera kaburimbo Nyamata-Juru

Next Post

‘Inzu zifungirwamo abitwa inzererezi turashaka kuzica burundu’ Dr Frank Habineza ubwo yiyamamarizaga i Muhanga

NIYONKURU Edouard

NIYONKURU Edouard

Next Post
‘Inzu zifungirwamo abitwa inzererezi turashaka kuzica burundu’ Dr Frank Habineza ubwo yiyamamarizaga i Muhanga

'Inzu zifungirwamo abitwa inzererezi turashaka kuzica burundu' Dr Frank Habineza ubwo yiyamamarizaga i Muhanga

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Stay Connected test

  • 99 Subscribers
ADVERTISEMENT
  • Trending
  • Comments
  • Latest

Dore igisubizo ku bagabo bafite igitsina gito

December 30, 2020
Sobanukirwa uko amapeti y’abapolisi mu Rwanda arutanwa n’imishahara yabo

Sobanukirwa uko amapeti y’abapolisi mu Rwanda arutanwa n’imishahara yabo

September 19, 2020

Gitisi Secondary & TVET School ni Amizero arambye y’urubyiruko rwahisemo kuhiga

September 3, 2021
Menya ibigo by’amashuri by’ubukombe mu byigenge hano mu Rwanda

Menya ibigo by’amashuri by’ubukombe mu byigenge hano mu Rwanda

December 14, 2020

Hello world!

1
Kicukiro: Akagari ka Nyanza  bakomeje kubaka akajagari bakingiwe ikibaba n’Abayobozi b’inzego z’ibanze

Kicukiro: Akagari ka Nyanza bakomeje kubaka akajagari bakingiwe ikibaba n’Abayobozi b’inzego z’ibanze

1

Washington prepares for Donald Trump’s big moment

0
Africa’s Leading Communications Association unveils landmark AU partnership

Africa’s Leading Communications Association unveils landmark AU partnership

0
Africa’s Leading Communications Association unveils landmark AU partnership

Africa’s Leading Communications Association unveils landmark AU partnership

July 16, 2026
OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

July 15, 2026
Dr Rwamucyo uregwa ibyaha bya Jenoside yasabiwe imyaka 30 muri Gereza

Dr Rwamucyo uregwa ibyaha bya Jenoside yasabiwe imyaka 30 muri Gereza

July 15, 2026
U Rwanda ni urwa mbere mu gukoresha neza amadeni

U Rwanda ni urwa mbere mu gukoresha neza amadeni

July 15, 2026

Recent News

Africa’s Leading Communications Association unveils landmark AU partnership

Africa’s Leading Communications Association unveils landmark AU partnership

July 16, 2026
OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

July 15, 2026
Dr Rwamucyo uregwa ibyaha bya Jenoside yasabiwe imyaka 30 muri Gereza

Dr Rwamucyo uregwa ibyaha bya Jenoside yasabiwe imyaka 30 muri Gereza

July 15, 2026
U Rwanda ni urwa mbere mu gukoresha neza amadeni

U Rwanda ni urwa mbere mu gukoresha neza amadeni

July 15, 2026

We bring you the latest news with facts. Check our landing page for details.

Follow Us

Browse by Category

Recent News

Africa’s Leading Communications Association unveils landmark AU partnership

Africa’s Leading Communications Association unveils landmark AU partnership

July 16, 2026
OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

OMS yagaragaje impungenge itewe n’ubwiyongere bwa Ebola muri RDC

July 15, 2026
  • AHABANZA
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMYIDAGADURO
  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
  • INCAMACYE

© 2016 All Right Reserved IGISABO NEW PAPER Developed by ~MORGAN NIYITEGEKA

No Result
View All Result
  • AHABANZA
    • Home – Layout 1
    • Home – Layout 2
    • Home – Layout 3
    • Home – Layout 4
    • Home – Layout 5
    • Home – Layout 6
  • AMAKURU
  • IKORANABUHANGA
  • IMYIDAGADURO
  • IMIBIREHO YA BURI MUNSI
  • INCAMACYE

© 2016 All Right Reserved IGISABO NEW PAPER Developed by ~MORGAN NIYITEGEKA